To view a copy of the CC BY-SA 4.0 license visit
http://creativecommons.org/licenses/by-sa/4.0/
Genesis
Chapter 1
1Mu ndangiro Imana yaremye amajuru n' isi. Isi yari ndako imerire kandi urimo busha. 2Umuyobe gwari guri heru y'umwobo mureyi, ariko Umuka gw'Imana gwari gutandareze heru y'amazi.3Imana yagamba ngo: Habeho umwanganza, niko umwanganza gubaho. 4Imana yabwenye ko umwanganza guboneye. Nuko Imana itanya umwanganza n'umuyobe. 5Imana yita umwanganza umutaga naho umuyobe agwita ijoro. Habaho umugoroba n'igitondo. Nigo musi gwa mbere.6Imana iragamba ngo: Umwanganza gubeho hagati y'amazi n'agandi kangari. 7Imana ihiraho ugo mwanya kandi igabura amazi gari hagati y'ugo mwanya n'agandi heru yago. Niko byabeye. 8Imana yayitire ugo mwanya ijuru. Habaho umugoroba n'igitondo, guba ku gwa kabiri.9Imana igamba tena ngo: Amazi gari hashi y'ijuru gikusanywe mu bwimbo bumwe, n'ubutaka byumire bubeho. Niko byabeye. 10Imana yita ubutaka byumire isi n'aho amazi gikusanyije yahitire ingezi. Abona biboneye.11Imana igamba ngo: Mu butaka haturukemo ibyatsi: ibiti bibyaraga imbuto, ibiti bibyaraga amatunda garimo imbuto, ibiti by'ubwoko bwoshe. Niko byabeye. 12Ubutaka bumeraho ibiti n'ibyatsi, imbuto za buri bwoko, n'ibiti bihekire amatunda garimo imbuto. Imana yabwenye ko byoshe biboneye. 13Habaho umugoroba n' igitondo, guba umusi gwa gashatu.14Imana iragamba ngo: Habeho umwangaza mu juru go gutanyisa umusi n'ijoro kugira ngo gubere ikimenyetso c'ibihe, imisi n'imyaka. 15Bibe imyangaza mu joro yo kuangaziya isi. Niko byabeye.16Imana yaremire imyangaza zibiri, umwangaza munini go gutegeka umutaga, na munnyori ngo gategeke umuyobe. Yaremire tena inyenyeri. 17Imana yazihize mu juru ngo zirebeshe ubutaka. 18Ngo zitegeke umutaga n'ijoro no gutanya umutaga n'umuyobe. Imana yabwenye ko byose biboneye,19Umugoroba gurija, hanyuma buraca, guba ku gwa kane.20Imana yagambire ngo: Amazi gujwiremo ibiremwa kangari, kandi inyoni zitambe heru mu juru. Imana yaremye ibisimba binini biberaga mu ngezi,21Imana irema ibisamaki binini buri kimwe mu muryango gwabyo, n'ibisimba bigenderaga mu mazi kandi abyujwiza mu mazi. Irema n'inyoni zifite amababa buri bwoko. Imana ibona biboneye.22Imana yabiheye umugisha irikugamba ngo: muzare, mube kangari, mwujwize amazi g'ingezi n'inyoni zujwire k'ubutaka .23Umugoroba gwabeyeho, buraca, guba ku gwa tanu.24Imana iragamba ngo: Ubutaka buzare ibizima biriguhemuka bure bwoko: amatungo, ibiyoka, ibisimba byo k'ubutaka, bukurikije ubwoko bwabyo. Ni guco byabeye.25Imana irema ibisimba byo k'ubutaka buri muryango, amatungo gakurikije ubwoko bwago, ibiyoka byo ku taka bikurikije ubwoko. Imana ibona biboneye.26 Iragamba ngo :Tureme umundu mu sano yetu, ngo atageke isamaki zo mu mazi, inyoni zo mu kirere, amatungo, ubutaka byoshe, n'ibiyoka bikururukaga ha ubutaka. 27Imana irema umundu usana nayo, yamuremire ku sano yayo, umugabo n'umugore niko yabaremire.28Imana yabeye imigisha no kubabwira ngo: Muzare, mukiyongere, mwujwizeubutaka kandi mubutegeke. Mutegeke isamaki zo mu mazi, inyoni zo mu kirere na buri gikururukaga ha butaka, n'ibiti by'amatunda bifite imbuto, nibyo mukarye.30Buri gisimba ha butaka, buri nyoni yo mu kirere, buri igikururukaga kandi gifite ubuzima, kikarye ibyatsi. Niko byabeye. 31Imana ibona byoshe yaremire biboneye. Bwagorobire, buraca. Guba ku gwa gatandatuChapter 2
1 Imana irangiza kurema isi n'ijuru n'ibirimo byose. 2Ku gwa karindwi, Imana irangiza akazi ko yakoraga koshe, iraruhuka. 3Imana iha ugo musi umigisha, iraguboneza kubera ko ni muri go yaruhukiyemo.4Yinoya n'iyo ndangiro y'ukjuru n'ubutaka. Umusi Imana yaremire ubutaka n'ijuru, ugo musi Imana yaremire ubutaka n'amajuru, nd'agati kaberaga k' ubutaka,5 nda n'akatsi kabaga kamerire k'ubutaka kubera ko Imana yari itaranyagiza ubutaka kandi nda mundu wabaga yahingire ubutaka. 6Ahubwo umuka gwaturukaga m'ubutaka gukanyagiza ubutaka byoshe.7Imana irema umundu m'umucucu gw'ubutaka, ihumurira mu m'utwobo tw'amazuru umwuka g' ubuzima. Nuko umundu ahinduka umundu muzima.8 Uhoragaho atera ubustani iyo izuba riturukaga, muri Edeni, ahirayo umundi wo yari yaremire.9Uhoragaho yamezize k'ubutaka buri bwoko bw'ibiti biboneye kandi buryoheye kuribwa, hamwe n'igiti c'ubuzima hagati y'ubustani. Yahizemo n'igiti co kumenyesa ibiboneye n'ibibi. 10Umugezi munini gwaturukaga muri Edeni gwije kumezesha ubwo bustani. Guturuka hakurya ya Edeni gwari gucibwemo kane gukabyara imigezi zine.11Igice ca mbere citwaga Pishoni, cazungurukaga igihugo cose ca Havila. Niho habaga izahabu. 12Izaha yo mu co guhigo iboneye kirenza izindi. Harimo bideliyumu n'ibuye rya oniksi.13Igice ca kabiri cabeye umugezi gwitaga Gihoni. Gwateremukaga mu gihugo coshe ca Kushi. 14Umugezi gwa gashatu gitwaga Tigre. Ugo gwateremukiraga iyo izuba riviraga, gurigutemberera i Ashuru. Umugezi gwa kane nigo Efrati.15Imana afatire umundu, imuhira m'ubustani bwa Edeni ngo abuhinge no kubucunga. 16Imana itegeka umundu ngo: Ukarye imbuto zo ku biti byoshe byo m'ubustani, 17Ariko were gupima gukora ku tunda ryo ku giti c'ubumenyi bw'ibiboneye n'amabi kubera ko umusi ukakiryeho, ukapfe.18Uhoragaho Imana iragamba ngo: ndo biboneye ko umugabo abera wonyine, ndenda kuremera uwundi umerire ngawe wo kumufasa. 19Uhoragaho Imana yaremire m'ubutaka ibisimba byoshe byo mu shamba, n'inyoni zoshe zo mu kirere. Abijanira umundu ngo abihee amajina kugira ngo buri kindu caremirwe giheke ijina ryo cahewe n'umundu. 20Umundu aha buri tungo ijina , inyoni zo mu kirere, buri gisimba co mu shamba. Ariko ndo yabwenye umufasa usana nawe.21Nuko Uhoragaho agwisa umugabo mu tiro rinini, nuko aramisinziriza. Afata igufa ryo mu mbavu ze, hanyuma ahafungisha inyama. 22Uhoragaho Imana irema umugore m'ugufa ryo yakuye m'urubavu rw'umugabo, hanyuma aramumujanira. 23Nuko umugabo agamba ngo: noneho wunoya n'igufa ryo mu magufa ganje, umubiri go m'umubiri gwanje, niwe akayitwe umugore kubera ko yaviye m'umugabo.24Nico kikatume umugabo asiga she na mama we, hanyuma akiyunga n'umugore we, bombi bakahinduka umubiri gumwe. 25Umugabo n'umugore bari bambeye busha bombi ariko batarikumwara.Chapter 3
1Mu bisimba byoshe Uhoragaho yabaga yaremire, injoka niyo yabaga yiji kubeha kurenza bhoshe. Ibyira umugore ngo: Mbesi koko Imana yababwiye ngo mureke kurya ku biti byoshe biri mu guno murima? 2Umugore yasubiza injoka ngo: Turyaga amatunda g'ibiti byo mu murima. 3Ariko amatunda gerire ku giti kiri hagati y'umurima, Imana yagambire ko ndo tukagarye, ndo tukagakoreho kugira ngo tutakapfe.4Injoka yabwiye uwo mugore ngo: ndo mukapfe.5 Ariko Imana yiji ko umusi mukaryeho, amiso genyu gakafunguke, mubere ng'utumana twiji ibibi n'ibiboneye. 6Nuko umugore yabwenye ago matunda gabonereye kuribwa, gabonereye no kureba, kandi gashobweye kumenyesa byinshi. Yagiciyeho amatunda ararya, kandi yaheyeho umugabo wari ari hamwe nawe, nawe ararya.7Amiso gabo boshe gafungukire, hanyuma bamenyire ko bambeye busha. Bashonye ubuhivu bikorera ibyo kwambara. 8Bumva ijwi ry'Uhoragaho Imana arigutembera m'umurima igihe co ha mugoroba. Umugabo n'umugore bahisa ku biti ngo Imana yere kubareba9Uhoragaho Imana yayakwiye umugabo no kumubaza ngo: Urihe si? 10 Umugabo aramusubiza ngo: Nakumvisize m'umurima, ndatinya kubera nambeye busha, ndakugihisa.11 Imana iramubwira ngo: Ni nde wakubwiye ko wabeye busha si? Mbesi wariye kuri ca giti nakwangiye kuryaho?12Umugabo arasubiza ngo: Umugore wambeye ngo tubane, yakiriyeho, nyuma aramba na nyewe ndyaho. 13Uhoragaho niho yabazize wa mugore ngo: wokorire ki? Umugore arasubiza ngo: Injoka yambesize, na nyewe ndyaho.14Niho Uhoragaho yabwiye injoka ngo: Kubera ko wakorire binoya, mu matungo goshe no mu bisimba byose ni weho uvumirwe. Ukagende urigukururukisha inda, kandi akabeho urikurya umucucu amaisha gawe goshe. 15Ngakwanganise n'umugore, imbuto zawe n'ize zikahoreho zangenye. Akaguhonyore umutwe, nawe umurume ku gatsintsino.16Ibwira umugore ngo: ukazare umarire guteseka. Kugifuza kwawe ukaguhoze k'umugabo wawe , ariko akagutegeka.17Abwira umugabo nawe ngo: kubera ko wayumvire ijwi rya mugore wawe, kandi ukarya ku giti nakubuzizw, ubutaka bukavume kubera wowe, ukasarure ibyo kurya guturuka m'ubutaka umaze kumva kandi bikakubera guco imisi yose ukabe uriho. 18Ubutaka bukakubyarire imishubi n'ibyatsi bya busha busha kandi ukarye ibyatsi biviye mu mashamba, imisi yawe yoshe 19Itutu ryo ku gahanga kawe niryo rikaguheshe umukati kegeza umusi ukashubire m'ubutaka bwo waremirwemo. Kuko weho uri umucucu kandi ukashibe iwawe m'umucucu.20Nuko umugabo yita umugore we Eva kubera ko niwe ma!a w'abafite ubuzima boshe. 21Nyuma Uhoragaho akorera Adamu n'umugore we imyenda zo m'uruhu, nuko arabafunika.22Uhoragaho Imana iragamba ngo: None, kubera umundu yabeye ng'umwe muri twewe kubera ko yamenyire ibiboneye n'ibibi, tumubuze gukoza ukuboko kwe ku giti c'ubuzima, akaryaho no kubaho atakapfe. 23Uhoragaho amwirukana m'ubustani bwa Edeni kugira agumye guhinga ubutaka bwo yakwiwemo. 24Amarire kumugirukana, yamuteye kure iyo izuba riturukaga, acungisa Edeni amakerubi n'umisho gurikwaka ngo izunguruke no gucunga igiti c'ubuzima.Chapter 4
1Adamu yarajije Eva umugore we amuhekesha inda. Azara Kaini. Aragamba ngo: Uhoragaho aramvasize, ambeye umwana w'umuhungu. 2Hanyuma yazeye Abeli, mutoya wa Kaini, Abeli yibera umworozi w'indama, Kaini aba umuhinzi.3Umusi gumwe Kaini atura Uhoragaho ku matunda go m'ubutaka.4Abeli we, azana ku ntdama zavukire mbere no ku mashushi,5 Imana ndo yashimire Kaini n'ituro rye, Kaini arababara cane, yerekana umubabaro gwe.6Uhoragaho yabaza Kaini ngo: N'iki kikubabeze? Kaini, n'iki kiguteye kwerekana uburakari? 7Ukorire ikiboneye si ukabure gute kuyemerwa? Ariko wangire gukora ibiboneye, ibyaha bikahore iwawe, kandi ni wowe birigushakisha, ariko ukwiye kubitsinda.8Kaini arababara kubera Abeli mutoya we wo babaga bari m'umurima hamwe. Kaini arahaguruka akubita mutoya we no kumwita.9Uhoragaho yabaza Kaini ngo: Abeli mutoya wawe ari hehe? Kaini yamusubiza ngo: Ndo nyiji, ndi murinzi wa mutoya wanje si?10Aramubwira ngo: Ico wakorire n'igiki? Ijwi ry'amaraso ga mutoya wawe ririkundirira riviye m'ubutaka .11Gutangira bunoya, ubeye ikivume n'ubutaka buvumirwe kuko bwemeye kwakira amaraso ga mutoya wawe, ukuboko kwawe kwamenire.12Guturuka none, ukahinge ubutaka bwere kwera nguko bwayeraga mbere. Ukabe umukimbizi na kawayawaya hanoya ku si.13Kaini abwira Uhoragaho ngo: Umbanire birengire. Igihano co umpeye ndo nshobweye kucihanganira. 14Reba, guno musi unyirukireho k'ubutaka, no mu miso gawe, ndo ngaharebe tena, mbeye ikivume co kuwayawaya mu si , kandi ukambone woshe akanyite. 15Uhoragaho abarira Kaini ngo: Ni co gitumire, ukite Kaini akabihorerwe karindwi. Niho Uhoragaho yahize kuri Kaini ikashe ngo hatere kugira ukamwite.16Nuko Kaini ava hambere y'amiso g'Uhoragaho, agenda mu gihugu c'i Nodi, hakuno ya Edeni. 17Hanyuma, Kaini yegera umugore we, amuhekesha inda. Niho yazeye Henoki. Niwe wubakire umugi go yaheye izina rya muhungu we Henoki.18Henoki yazeye Iradi, Iradi azara Mehuyaeli, Mehuyaeli azara Metusela, Metusela ni she wa Lameki.19 Lameki afata abagore babiri. Ijina ry'umugore wa mbere ni Ada, uwakabiri ni Zila.20Adahi yazeye Yabali: abera she w'abahoraga mu biraro barikuragira amatungo. 21Muvukanyi we yabaga Yubali; uwo niwo she wa abanyamuzika. 22Na Zilahi yazeye Tubali Kaini umucuzi w'imiringa n'ibyuma. Mushiki wa Tubali Kayini yitwa Naamahi.23Lameki abarira abagore be ngo: munyumve mwewe Adahi na Zila bagore banje. Lameki arongera kubabwira ngo: mufungure amatwi mumve amagambo ganje: Nayitire umugabo mudyojeje kundema igisebe. Nayitire umusore mudyojeje kungubita. 24Kaini abeye yohorerwa karindwi, Lameki we rero akahorerwe kari mirongo irindwi.25Adamu yahekesize tena umugore we inda. Azara umuhungu amwita Seti ngo: Ni koko Imana imbeye uwundi mwana mu cimbo ca Abeli, kuko Kaini yamwitire. 26Seti yazeye umuhungu, amwita Enoshi. Ico gihe abandu batangira guhamagara Izina ry'Uhoragaho.Chapter 5
1Kinoya nico gitabo c'uruzaro rwa Adamu. Umusi go Imana yaremire ho Adamu yamusanisize nayo. 2 Umugabo n'umugore yabaremire, ibaha umugisha, hanyuma ibita umundu, igihe yabaremire.3Adamu afite imyaka 130 yazeye umwana usana nawe, w'isura ye amuha ijina rya Seti. 4Imisi ya Adamu hanyuma yo kuzara Seti yabeye imyaka 800, kandi yazeye abahungu n'abahara. 5Umubare gujwiye go kubaho kwe gwabeye imyaka 930, nyuma yapfa.6Seti amarire imyaka 105 yazeye Enoshi.7Amarire kumuzara, yabeyeho iyindi myaka 807, hanyuma yo kuzara abahungu n'abahara. 8Imyaka zoshe zo kubaho kwa Enoki zabeye 912, hanyuma aragipfira.9Enoshi yazeye Kenani afite 90. 10Hanyuma yo kumuzara, yabeyeho tena imyaka 815, amarire kuzara abahungu n'abahara. 11Imyaka zoshe za Enoshi ni 905, hanyuma yasigire isi.12Kenani yazeye Mahalaleeli afite imyaka 70. 13Amarire kumuzara, yabeyeho 840. Yazeye abahungu n'abahara. 14Imyaka zose za Kenani ni 910, hanyuma arapfa.15Mahalaleeli yujwize imyaka 65, yazeye Yaredi. 16Hanyuma yabeyeho imyaka 830, azara abahungu n'abahara. 17Imyaka ze zoshe zo kubaho ni 895, hanyuma aragipfira.18Yeredi yazeye Henoki afite imyaka 162. 19Hanyuma yo kuzara abahungu n'abahara, Yeredi yabeho izindi myaka 800. 20Imyaka yo kubaho kwe yabeyo 962, hanyuma asiga isi.21Henoki, ku mwaka gwa 65, yazeye Matusalemu. 22Amarire kuzara Matusalemu, yatemberanye n'Imana mu myaka 300. Azara abahungu n'abahara. 23Umubare goshe gw'imyaka ze hano ku si ni 365. 24Henoki yatemberanye n'imana, hanyuma yaviye ku si kubera ko Uhoragaho yamupandisize.25Matusalemu, afite imyaka 189, yazeye Lameki. 26Amarire kuzara Lameki, yabeye ho tena imyaka 782, yazeye abahungu n'abahara. 27Imyaka zoshe za Metusalemu zabeye 969 hanyuma arapfa.28Lameki yabeyeho imyaka 182 nuko azara umuhungu. 29Yamuheye izina rya Nowa arikugamba ngo: Wunoya akapunguze umuruho gw'akazi gakomeye dukoraga hano k'ubutaka bwavumwe n'Uhoragaho.30Hanyuma yo kuzara Nowa, Lameki yabeho izindi myaka 595, yazeye abahungu n'abahara. 31Imisi zoshe zo kubaho kwe zabeye imyaka 777, hanyuma arapfa.32Nowa afite imyaka 500, yazeye Shemu,Hamu na Yafeti.Chapter 6
1Abandu batanguye kuba kangari ku si, bazeye abahara,2Abana b'Imana barebire ko abahara bo ku si baboneye, babafatire, bababereye abagore kubera ko babifuzaga.3Nuko Imana yagamba ngo: Umuka gwanje ndo gukahore hamwe n'umundu igihe coshe, kuko umundu ari umubiri, imisi yukubaho kwe ni jana na mirongo ibiri.4Ibihangange byabeye ku si ico gihe, byabeye guco hanyuma yuko abana b'Imana bashohweze abahara b'abandu no kubazaraho abana. Abo nibo bagabo bari bafite ingufu nyingi mu gihe ca kera.5Uhoragaho abwenye ko ibibi by'abandu birikukiyongeza ku si, ko imipango n'ibitekerezo byavaga mu mitima yebo ari mibi imisi yoshe,6yagicuzize kuba yaremire umundu ku si, biramubabaja m'umutima.7Uhoragano yagamba ngo: Ndarimbura umundu naremire uri ku sura y'isi, gutangura k'umundu kageza ku bisimba, ku bikururuka n'inyoni zo mukirere, kuko ndikugicuza icatumire nabirema.8Ariko Nowa yabwenye ubundu mu miso g'Uhoragaho.9Reba uruzaro rwa Nowa. Nowa yari umundu w'ukuri, indungane mu gihe ce, Nowa yagendana n'Imana.10Nowa azara abana bashatu, Semu, Hamu na Yafeti.11Isi irazambagurika imbere y'Imana, yujuramo ubugome.12Imana yagitegereze isi, reba yarimarire kuzambagurika, kubera imibiri yoshe yarimarire kuzambya injira kuri yino si.13Noneho Imana ibyira Nowa ngo: Buri mubiri hageze imbere yanje, kubera ko buzwize isi ubugome. Reba, ngiye kubarimbura hamwe n'isi. 14Weho kora isafina yibiti byi goferi, uzahiramo ibyumba muriyo Safina uzayihoma ishoka munda y'inyuma.15Reba uko uzakora iy safina uburebure kuja hejuru nikude mirongwi tatu.16Kuriyo safina ukireho idirisha, ukaarigire rinnyori ng'inusu yikude, ukahire urugi mu mbavu yiyo safina, ukayubakemo amagorofa, iyo hashi, n'iyakabiri ni ya gashatu.17Nanje, ngagungure umwuzure gw'amazi ku si kugira ndimbure imibiri yoshe ihumekaga mu si y'ijuru. Byoshe biri musi y'ijuru bibikaveho.18Ariko nsizeho indagano hagati ya njewe nawe. Ukayingire mu safina, weho na bana bawe, n'umugore wawe n'abagore b'abahungu bawe, nawe.19Buri kindu coshe kiriguhumeka, gifite umubiri , ukakingize mu safina bibiri bibiri buri bwoko, kugira ngo bibeho nawe. Ukahiremo ingabo n'ingore.20N'inyoni za buri bwoko, n'ibisimba bya buri bwoko, n'ibikururuka byoshe biri mu si, bifite ubuzima.21Nawe, ufate buri biryo biribwaga, wibikire hafi yawe, kugira ngo bikubere ibiryo hamwe nazo.22Niko Nowa yabigirire: Yakorire byoshe Imana yamutegekire.Chapter 7
1Uhoragaho abwira Nowa ngo: Winjire mu safina weho n'umuryango gwawe goshe, kubera nakubwenyemo ubutungane kurenza abo mu gihe cawe coshe. 2Ufate bibiri bibiri buri bwoko bw'ibisimba bitungenye, ingabo n'ingore kugira ngo udahezo ubwo bwoko hano k'ubutaka. Kandi wongezeho n'ibisimba bidatungenye, ingabo n'ingore. 3Ufate ibigabo birindwi n'ibigore birindwi mu nyoni zo mu kirere kugira udaheza ubwo bwoko hano habutaka.4Kubera ko mu misi zirindwi ndanyagiza ubutaka imvura y'imisi ine n'amajoro gane, kugeza aho ngafute neja k'ubutaka ibyo naremire byoshe. Nowa akora biri kindu nguko Uhoragaho yari yabimutegekire.6Nowa yabaga afite imyaka 600 igihe umwuzure gwafunikire isi. 7Nowa yiginjirira mu safina ,we n'abahungu be, umugore we n'abakazana be kugira bere kuzamishwa n'umwuzure.8Mu bisismba bitungenye n'ibidatungenye, inyoni, n'ibikururuka k'ubutaka, 9Nowa yayingizemo ingabo n'ingore akulikije amategeko g'Uhoragaho. 10Hanyuma y'imisi irindwi, amazi g'umwizure gavumbukira k'ubutaka.11Mu mwaka gusha 660 go kubaho kwa Nowa ,mu kwezi kwa kabiri, umisi gwa cumi na karindwi ,ugo musi, amasoko goshe gazeye amazi, amadirisha g'ijuru garakifungura. 12Imvura igwa imisi mirongo ine n'amajoro mirongo ine.13Ugo musi Nowa, Shemu, Shamu na Yafeti, bahungu ba Nowa, umugore wa Nowa, n'abakazana be bashatu bingira mu safina. 14N'ibisimba byoshe bikulikije ubwoko bwebyo, amatungo ga buri bwoko, ibiyoka byo gukururuka ha butaka by'ubwoko bwoshe, n'ibigurukaga kandi n'ibifite amababa.15Mu safina hayiingiyemo buri ikiri guhumeka,ingabo n'ingore. 16Hayingiyemo buri kigabo n'ikigore c'ibyaremirwe nguko Imana yari yategekire Nowa.Hanyuma Uhoragaho afunga umuryango wonyine.17Umwuzure gutinda k'ubutaka imitanga mirongo ine n'amajoro mirongo ine.Amazi garapanda gatembesha isafina, igendera heru y'ubutaka. 18Amazi gariyongera, gatarama cane heru y'ubutakata. Nuko i safina irerembera ku mazi.19Amazi gakiyongeye k'ubutaka. Imisozi zoshe ziri hashi y'ijuru yafunikirwe. 20Amazi gaba akangari, garengera imisozi ku metero cumi n'itanu.21Ibibaga ku si byose birapfa: bibe inyoni, cangwa amatungo, ibisimba, ibyari birikunyagata ha butaka n'abandu boshe. 22Ibya humekeraga mu mazuru kandi bibereye ha butaka bwayumire byapfa.23Imana ikuraho ikindu coshe caberaga k'ubutaka, byoshe byafutirwe k'ubutaka. Hasigaraho Nowa n'ibyari mu safina hamwe nawe gusha. 24Amazi gagumije kukiyongera k'ubutaka mu misi ijana na mirongo itanu.Chapter 8
1Imana yibuka Nowa, ibisimba byose, n'amatungo gaberaga hamwe nawe mu safina. Imana yahuhire umuyaga k'ubutaka, amazi gatangira gupunguka.2 Amasoko go m'ukuzimu n'amadirisha go mu juru garafungana, imvura nayo yahagarara. 3Umwuzure gutangira gupunguka bunnyori nyori, nuko hanyuma y'imisi ijana na mirongo itanu amazi gari gakamire.4Mu kwezi kwa karindwi, umusi gwa karindwi g'uko kwezi, isafina yija kuruhukira ku misozi Ararati. 5Amazi gagumye gupunguka kugeza m'ukwezi kwa cumi. Ku musi gwa mbere g'ukwezi, imitwe z'imisozi zatangiye kurebekana.6Hanyuma y'imisi mirongo ine, Nowa yafungwiye idirisha ry'isafina yo yabaga yabajije. 7Yatumire igikona, kiragenda, cagaruka kugeza igihe amazi gapungukiye k'ubutaka.8Hanyuma yatumye inuma ngo igende kureba ko amazi gapungukire ha butaka. 9 Ariko yabuze aho kuruhukira. Nuko igaruka mu safina, amazi gari gakiri kangari heruy'ubutaka. Nowa yarambwiye ukuboko, inuma yikaraho, ayingija mu safina.10Yarindiriye izindi misi zirindwi, hanyuma atuma tena inuma. 11Ha mugoroba, inuma yagurukire. Reba. Inuma yagurukire ifite mu munwa gwayo akababi kabisi k'umuzabibu. Nuko Nowa amenya ko amazi gakamire ha butaka. 12 Yarindiriye tena izindi misi zirindwi, atuma tena inuma. Yamugarukira.13Umwaka gwa 601, umusi gwa mbere g' ukwezi kwa mbere, amazi gakama. Nowa yafungwiye isafina, areba hanje, abona, reba, k'ubutaka byoshe byayumire. 14Mu kwezi kwa kabiri, ku musi gwa makumi abiri g'uko kwezi, ubutaka bwabaga bwayumire neja.15Imana ibwira Nowa ngo: 16Va mu Safina, weho, umugore wawe, abahungu bawe, n'abakazana bawe. 17Ufate buri kiremwa kiriguhumeka kiri hamwe na wowe, inyoni, ibisimba, na buri kindu kirigukururuka ha butaka, kugira ngo bizare bibere akangari no kukiyongeza hanoya ha butaka.18Nuko Nowa yashohokire mu safina , we n'umugore we, abahungu be n'abagore bebo. 19Buri kindu kigukururukaga, buri nyoni, buri kindu gitemberaga ku si, bikurikije ubwoko, bishohoka mu safina.20Nowa yubakira igitwikiro Uhoragaho. Yafatire bimwe mu bisimba bitungenye, no mu nyoni zitungenye, atanga ituro ryo gutwika kuri ico gitwikiro.21 Uhoragaho ahumekire amarashi gariguhumura neja, yigambira mu mutima ngo: ndekire kuvuma ubutaka kubera umwana w'umundu, naho imipango yo mu mitima yebo ari mibi guturuka m'ubwana bwebo. Kandi ndo ngayite ibifite ubuzima byose nguko nabikorire.22 Igihe coshe hakabeho ubutaka, ibihe byo kubiba no gusarura, imbeho n'ubushuhe, imisi zo gusaruran'izo imbeho nyinshi ndo zikashire.Chapter 9
1Imana yaheye Nowa umugisha hamwe n'abana be. Irababwira ngo: muzare, mukiyongze, isi yujwire abandu.2Ibisimba byo mu si byoshe, n'inyoni, n'ibisiga byo heru byoshe bikagire ubwoba, bibatinye: mubihewe, n'ibyujwiye ha butaka byoshe n'amahere go mu ngezi goshe.3Ibigendaga byose bifite ubuzima bikababere ibiryo. mbibaheye byoshe nguko nabaheye imboga ngo muzirye. Bunoya, mbaheye ibindu byoshe.4Ariko mwere kugenda murikurya ibisimban'ubuzima bwebyo, ni kugamba amaraso gabyo.5Kandi amaraso genyu, amaraso g'ubuzima bwenyu, ndo ngabure kugishurira; ngahore inyamaswa zoshe, kandi umundu nawe muhorere. Ubuzima bw'umundu ngabuhorere uwundi mundu wese. 6Umenire amaraso g'umundu, amaraso ge gakavishwe n'abandi bandu: kuko Imana yaremire umundu afite isura yayo. 7Namwe rero, mukiyongere mube akangari, muture mu si yoshe kandi muyigwiriremo.8Imana yabwira Nowa n'abana be ngo: 9 Njewe ngomeze indagano yanje namwe n'abana mukazare hanyuma, 10n'ibifite ubuzima biri hagati yenyu, inyoni,n'amatungo, n'ibisimba byo mu si yose.11Ngomeze indangano yanje na mwewe, ndo ngatembe na rimwe umundu n'umwuzure ikindi gihe, kandi ndo hakabeho tena umwuzure go kurimbura isi.12Imana iragamba ngo: Kinoya nico kimenyetso c'indangano ndagenye na mwewe, n'ibifite ubuzima byo muri mwewe kugeza imisi yoshe.13Nsizeho umuheto heru, n'igo mukororombya. Gukahore guri icibutso c'indagano kiri hagati yanje n'isi.14Ngahireho igicu hejuru y'isi, umukorokombya gukabonekere muri ico gicu.15Nanje ndabaho ndikwibuka indagano iri hagati yanje na mwewe, n'ibifite umubiri byoshe. Amazi ndo gakabe umwuzure tena go kumaraho ibifite umubiri byoshe.16Umukororombya gukabe hejuru m'ubicu nanje ngabeho ndikugureba kugira ngo nibuke indagano itakashire iri hagati y'Imana n' ibiriho bifite umubiri byose biri mu si. 17Imana ibwira Nowa ngo: runoya nirwo rwibutso rw'indagano nayemeze hagati yanje n'ibifite umubiri byoshe biri mu si.18Bahungu ba Nowa baviye mu safina ni Shemu na Hamu na Yafeti. Hamu ni se wa Kanaani. 19Abo ko ni batatu, nibo Nowa yazeye: nabo bazeye abatuye ku si boshe.20Nowa atangura guhinga ubutaka, ateramo impoko. 21Agnwa inzoga so yakamiremo, yasinda. Aryama yambeye busha mu hema rye.22Hamu se wa Kanaani, abwenye ubusha bwa she, abwira abavukanyi bari hanje.23Shemu na Yafeti bafata umwenda, baguhira k'ubitugu byebo bombi, bagenda bushubanyuma bahisha ubusha bwa she. Kandi kubera ko bagiye bushubanyuma ndo barebye ubusha bwa she.24Inzoga zimuhizemo, Nowa yamenyire ibyo abana be batoto mukoreye. 25Yagamba ngo: Mvumire Kanaani, akabe umuboyi w'abatoya be.26Kandi ngo: Uhoragaho, Imana ya Shemu ihimbazwe, ihimbazwe, Kanaani abe umuboyi we. 27Imana yongerere Yafeti igihugo, abe mu maju ga Shemu; Kanaani abe umukozi we.28Nyuma ya gwa mwuzure, Nowa yabeyeho iyindi miaka magana tatu na mirongo itano. 29Imisi zoshe Nowa yabeyeho ni imiaka magana cenda na mirongo itano. Hanyuma arakiryamira.Chapter 10
1Runoya nirwo ruzaro rwa Nowa: Shemu na Hamu na Yafeti. Nabo bazeye abahungu nyuma ya gwa mwazure.2Abahungu ba Yafeti ni: Gomeri, Magogi na Madayi, Yavani, Tubali, Mesheki na Tirasi. 3Gomeri yazeye Ashkenazi, Rifati na Togatumahi.4Yavani yazeye Ekishahi, Tarshishi, Kitimu na Dodanimu. 5Nibo batuye mu bigihugo byebo bakurikije ingambo zebo, imiryango n'ubwoko bwebo.6Abana ba Hamu ni: Kushi, Mizraimu, Puti na Kanaani. 7Kushi yazeye Seba, Havilahi, Sabtahi, Raamahi na Sebuteka. Raamahi nawe yazeye Sheba na Dedani.8Kushi yazeye Nimirodi, ari nawe wazeye umurwanyi ukomeye ku si. 9 Yari ari umuhizi mukuru hambere y'Uhoragaho. Nico catumire habaho ingambo ngo: amerire nga Nimirodi umuhizi ukomeye hambere y'Uhoragaho.10 Yategekire hambere na mbere i Babuloni, Ereki, Akadi na Kalunehi mu gihugo ca Shinari.11Yaturukire mu co gihugo, agenda i Asuria, niho yayubakire Ninive, Rehoboti Uri, Kalahi, 12na Reseni, gwari guri hagati ya Ninive na Kalahi. Gwari ari umugi munini.13 Mizraimu yazeye Abaludi, Abanamu, Abalebu, Abanafuti, 14Abapatrusi, Abakasuluhi ( nibo bazeye Abafilistina) n'Abakaftori.15Umuhungu wa mbere wa Kanaani ni Sidoni. 16Yazeye tena Hesi. Niwe sekuru w'Abayebusi, Abaamori, Abagirgishi, 17Abahivi, Abaarki, Abasini, Abaarvi, Abazemari n'Abahamisi. 18Hanyuma umuryango gw'Abakanaani gwatawanyikire19Umupaka gwa Abakanaani gwatangiriraga i Sidoni gukagendera i Gerari, no kugeza i Gaza, no m'uruhande rwa Sodomo na Gomora, rwa Adumahi na Zeboyiimu no gushirira i Lasha. 20Abo nibo bana ba Hamu bakurikije imiryango, ingambo, ubuture n'ibihugo.21Shemu nawe, mukuru wa Yafeti, yazeye abahungu. Shemu niwe wazeye abatuye Eberi. 22Abahungu be Shemu ni Elamu, Ashuri, Arpaksadi, Ludi, na Aramu. 23Aramu yazeye abahungu bitwa Uzi, Hulu, Geseri na Mesheshi.24Aripakisadi azara Sela, Sela azara Eberi. 25Amahasa gazewe na Eberi, ijina ryumwe ni Pelegi, kuko muri izo misi igihugu cagabirwe ,izina ry'uwundi yitwa Yoktani.26Yokitani azara Almodadi na Selefi na Hazarimaveti na Yera. 27Na Hadoramu na Uzali ,na Dikelahi. 28Na Obali,na Abimael na Seba, 29Na Ofiri na Havila na Yobabu, banoya boshe n'abana ba Yokitani.30Aho babaga batuye hitwaga Mesa, mu gihe urikugendera Sefari, umusozi gwaho izuba riturukaga. 31Banoya nibo bana ba Shemu, ukurikize imiryango yebo, mu ngambo zebo, mu gihugu cebo na mu mahanga gebo.32zinoya nizo miryango y'abana ba Noa m'ubwoko bwebo, bakurikije inzaro zebo, n'amahanga gebo. Guturuka muri bo amahanga gagabiwe mu si nyuma yumuzure.Chapter 11
1Kandi abandu boshe bagambaga ingambo imwe barigukoresa amagambo gamwe. 2Baturukire iyo izuba riviraga, bija mu burambo bwa Sheneari, baturayo.3Barabwirana umwe k'uwundi ngo: Tugende, dukore amatafari, tugatwike. Amatafari gababeraga amabuye, n'ibitini bibabera umucanga go kubakisa. 4Barigambira tena ngo: Tugende, tukiyubakire umugi n'umunara mureyi gukorire ha juru, tugikorere ijina kugira ngo twere gutawanyika ha butaka hoshe.5Uhoragaho aratemuka ngo arebe ugo mugi, n'ugo munara go abana b'abandu bari barikubaka. 6Uhoragaho arakigambira ngo: Buno bwoko ni bumwe, bufite ingambo imwe kandi n'ibyo bapangire gukora bunoya ndaco kikababuze kugera kubigeraho.7Tugende. Duteremuke, tucanganise ingambo yebo kugira ngo bere kumvikana umwe k' uwundi.8Uhoragaho abawayawayisha ha butaka hoshe, nuko ndo bayubakire gwa mugi tena. 9Nico catumire bahita Babeli kubera ko niho Uhoragaho yacanganisize ingambo zo ku si hoshe no gutatanya abandu ha butaka hoshe.10Runoya nirwo ruzaro ruturukire kuri Shemu. Amarire imyaka ijana, Shemu yazeye Arpaksadi, imyaka ibiri hanyuma y'umwuzure. 11Hanyuma yo kuzara Arpaksadi, Shemu yabeyeho imyaka magana atanu, yazeye abahungu n'abahara.12Arpaksadi yazeye Shelahi afite imyaka makumi ashatu n'itanu. 13Shelahi amarire kuvuka, Arpaksadi yamarire imyaka magana ane n'ishatu (403) hanyuma yapfiye amarire kuzara abahungu n'abahara.14Selahi nawe yazeye Eberi afite imyaka mirongo ishatu. 15Sehali yabeyeho imyaka iyindi magana ane n'itanu hanyuma yo kuzara Heberi. Yazeye abahungu n'abahara.16K'umwaka gwa mirongo ishatu n'ine, Heberi yazeye Pelegi. 17Hanyuma yabeyeho izindi myaka magana ane na makumi ashatu, azara abahungu n'abahara.18Yuzwize imyaka makumi ashatu n'ibiri, Pelegi yazeye Rewu. 19Hanyuma yo kuvuka kwa Rewu, Pelegi yabeyeho imyaka magana abiri n'icenda. Yazeye abahungu n'abahara.20Rewu afite imyaka makumi ishatu n'ibiri, yazeye Serugi. 21Hanyuma yongeyeho izindi magana abiri n'irindi. Yazeye abahungu n'abahara.22Serugi yazeye Nahori afite imyaka makumi ishatu. 23Amarire kuzara Nahori, yabeyeho izindi myaka magana abiri, kandi yazeye abahungu n'abahara.24Ku myaka makumi abiri n'icenda, Nahori yazeye Terahi. 25Nahori yabeyeho izindi myaka ijana na cumi n'icenda (119), kandi yazeye abahungu n'abahara. 26Terahi yazeye Abramu, Nahori na Harani afite imyaka makumi arindwi.27Runoya nirwo ruzaro rwa Terahi. Terahi yazeye Aburamu, Nahori na Harani. Harani nawe yazeye Loti. 28Harani yapfiriye mu miso ga she Terahi ,mu gihugu co yavukiyemo, arico Uri y'Abakalideya.29Aburamu na Nahori bashohweye. Aburahamu yashoshweje Sarai n'umugore wa Nahori ni Milka, muhara wa Harani, she wa Milka na Yiska. 30Sarai yabaga ingumba; nda mwana yazeye.31Terahi yafatire umuhungu we Aburamu, umuzukuru we Loti, muhungu wa Harani hamwe n'umukazana we Sarai, mugore wa Aburamu bagenda hamwe mu gihugu ca Uri y'i Kalideya. Barikugendera i Kanani. Bagerire i Harani, baberayo. 32Terahi yabeyeho imyaka magana abiri n'itanu. Terahi apfira i Harani.Chapter 12
1Hanyuma y'ibyo byoshe, Uhoragaho yaburiye Aburahamu ngo: Uve mu gihugo cawe, usige umuryango gwawe, usige bene sho, ugende mu gihugu co ngakwereka. 2 Njewe ngakugire ubwoko akangari, ngakuhe imigisha, ngamenyanise ijina ryawe. Nawe ukabere akangari umugisha. 3Ngahe umugisha ugahe umugisha, ukakuvumire ngamuvume. Imiryango yo ku si yoshe zikahabwe kubera wowe.4Nuko Aburamu yagendire nguko Uhoragaho yari yamutegekire, na Loti agendana nawe. Aburamu yabaga afite imyaka makumi arindwi n'itanu igihe yaviye i Harani. 5Aburamu yafatire umugore we Sarai na Loti umwana wa muvukanyi we, bagenda n'ubukire bwebo bwoshe. Bagendana n'abakozi bebo babaga bafite kuva i Harani. Bashohokire bagendera mu gihugu ca Kanaani, nabo batura muri Kanaani.6Aburamu yayambukire agenda i Sikemu, agera ku mwalo gwa Morehi. Abanyekanani nibo babaga batuye muri izo misi. 7Uhoragaho yakiyerekire Aburamu no kumubwira ngo: Kino gihugu ngagihe abo ukazare. Nuko Aburamu yubakira Uhoragaho igitwikiro kubera yamukiyerekire.8Aburamu ava aho, agenda gutura mu misozi, hakurya ya Beteli. Yubakayo ihema hagati ya Beteli, iyo izuba rirengerega na Ayi iri hakurya. Yubakayo igitwikiro, atangira gushaba Uhoragaho. 9Nyuma yagumye kugenda, yateremukira ipfo, aherekeye i Negebu.10Injara yateye ico gihugu. Nuko Aburamu ateremukira i Misri ngo abereyo kuko injara yari irikumara abandu. 11Agerire hafi ya Misri, yabwiye mugore we Sarai ngo: Reba rero, nyiji ko uboneye. 12Kandi n'Abanyamisiri barakureba, barigambira ngo: Wuriya ni n'umugore we. Barakuntsindaho weho bakureke. 13Ugambe ko uri mushiki wanje kugira ngo bamvate neja kubera weho, kandi kubera weho ndo bakanyite.14Aburamu agerire i Misri, Abanyemisri batangariye ububonere bw'umugore we. 15Aba ministere ba Farao bamubwenye, baramumuratira. Nuko bagendana uwo mugore mu nju y'umwami ya Farao. 16Ariko Aburamu, bamwitaho kubera Sarai. Baha Aburamu amatungo matoya n'amatungo manini, abakozi b'abagabo n'abakozi b'abagore, ipunda n'ingamiya.17Ariko Uhoragaho akubitisa Farao n'inju ye ibinyoro kubera Sarai, umugore wa Aburamu. 18Niho Farao yahamageze Aburamu no kumubwira ngo: Wangoreye ibya hehe mwa? Kuki utambwiye ko ari umugore wawe? 19Kuki wagambire ngo: ni mushiki wawe? Kuki wanyobeze ugatuma mufata ngo abe umugore wanje? Bunoya rero, ng'uwu umugore wawe mufate, ugende. 20Farao ategeka abandu be ngo bamureke agende, we n'umugore we n'ibyo babaga bafite byose.Chapter 13
1Nuko Aburamu aratama,asubira Negebu ,We n'umugore we,nobyo bari bafite.Loti nawe arabaherekeza. 2Aburamu yari amukire,afite inka akangari,amafaranga n'izahabu.3Yagiye buhoro buhoro aturukire i Negebu arikugendera i Beteli, aho yari yatandikire i hema rye ku ndangiro,hagati ya Beteli na Ai. 4Ahandu hari hari igitwikiro coyayubakire hambere, ahahambariza ijina ry'Uhoragaho.5Loti nawe,wari uherekeje she webo Aburamu yari afite indama, inka n'amahema. 6Aho baberaga haba hannyori kubera bombi bari bafite ubukire burengire, batashobora gutura hamwe. 7Habayeho intongani habagti y'abaragizi b'Aburahamu n'abashumba b'inga za Loti.8Niko Aburamu yabwiye Loti ngo: ngushabiree,here kubaho intonganyi hagati y'abaragizi n'abawe n'abanje. Ukibuke ko turi umuryango gumwe. 9Reba, kino gihugu coshe kiri hambere yawe. Reka dutane. Ugendire m'ukuryo, njewe ndagenda m'ugutandi kandi ni ucaguwa ugutandi, njewe ndakigendera m'ukuryo.10Loti afungura amiso ge, nuko yarebire uburambo bwa Yorodani gujwiyemo amazi. Aho ni hambere yuko Uhoragaho abomora Sodomo na Gomora, gwari gugerire i Tsoari, kandi gumerire ng'ubustani bw'Uhoragaho, ng'igihugo ca Misri.11Loti yagicaguriye uburambo byose bwa Yorodani kandi agenda gutura iyo izuba riturukaga. Ni guco batenye bombi.12Aburamu we yatuye mu gihugu ca Kanani na Loti yibera mu mugi guri m'uburambo, yubakayo amahema gerekeye i Sodomo. 13Abandu b'i Sodomo babaga ari babi cane kandi batumviraga Uhoragaho.14Uhoragaho abwira Aburamu hanyuma yo kurekana ngo: Fungura amiso aho uri bunoya, reba heru, hagati, hakurya no hepfo. 15Kubera ko kino gihugu urikureba ngakiguhe weho nabo ukazare ibihe byoshe.16Ngagire uruzaro rwawe akangari ng'umucucu. Nguko umundu adoshobweye kubara umumucu go ha bukata, niko batakashobwere kubara abo ukazare. 17None rero, haguruka, uzunguruke kino gihugu n'ubugari, ubureyi kuko ngakiguhe coshe. 18Aburamu arambura amahema ge aho, agenda gutura ku myaro gwa Mamre, ibyo n'ibiti biberaga i Hebroni, yubakirayo Uhoragaho igitwikiro.Chapter 14
1Mu co gihe c'Amrafeli, umwami wa Shineari,na Ariyoko, mwami wa Elasari, Kedorlama, umwami wa Elamu na Tidali umwami wa Goyimu, 2kugira ngo barwanye Bera,umwami wa Sodomo na Birsha, umwami wa Gomora na Shinabu umwami wa Aduma, Shemeberi, umwami wa Zeboyimu, n'umwami wa Bela ( mana yake Tsoari.3Bo boshe bahuriye m'uburambo gwa Sitimu, ku ngezi y'umunyu. 4Mu myaka cumi n'ibiri bakoreye Kedorlaoma, n'ugwa cumi na gashatu bamwangire. 5Ku mwaka gwa cumi na kane, Kedelaoma yaiyungire n'abandi bami, bakubita Abarefimu i Ashteroti-Karnaimu, Abazuzimu i Hamu, Abaemi i Shavehi kiriataimu, 6na Abahori mu misozi ya Seiri, kugeza El Parani yaberaga hambavu y'ubutayu.7Hanyuma bagarukie bagera i En Mishpati ariyo Kadeshi, bakubita igihugu coshe c'Abamedeki, n'ica Abaomori babaga batuye i Hazezoni-Tamari. 8Umwami wa Sodomo, umwami wa Gomora n'umwami wa Aduma, n'umwami wa Tseboimu, n'umwami wa Bela ariyo Tsoari basohokire no kugipanga m'uburambo bwa Sitimu. 9Ngo barwanize Kedorlaomeri, umwami wa Elamu, na Tidali umwami wa Goyimu, na Amurafeli umwami wa Shineari na Arioko umwami wa Elasari, bari abami bane k'ubami batanu.10Abami ba Sodomo na Gomora ba bahunze,bagwira n'umubande gwa sitimu gujwiyemo ibitini,Abasigaye bahungiye m'umusozi. 11Abatsindire bafata imali zose za Sodomo na Gomora n'ibiryp byabo byose,barigendera. 12Bafashe Loti umwana wa mwene nyina wa Aburamu ,waberaga i Sodomo,harimuheka wen'imali ze zose,kubera ko LOti niyo yaberaga.13Umundu umwe wanyururukire, yagenda kubwira Aburamu Umuheburania. Uwo yari atuye k'umwalo gwa Mamure kandi yari ari Umuamori,muvukanyi wa Eshikoli na Aneri bagwanye na Aburamu. 14 Amarire kumva ko muhungu webo yafatirwe no kugendanwa, Abaramu yaheye abana be ibirwanisho, abo ba yazeye ari abandu magana ashatu na cumi na bana (104) hanyuma arabakurikira i Dani.15Abipanga neja ngo arwane nabo m'ujoro we n'abakozi be. Arabakubita, abatururukaho kugez i Hobahi, heru ya Damaski. 16Yagarwiye ibindu byoshe, Loti muhungu webo, n'ibintu bye byoshe, n'abagore n'abandu.17Aburamu agarukire, kurwana na Kedorlaoma, hamwe n'ababami bari bari hamwe nawe, umwami wa Sodoma yashohokire kumuyambira m'uburambo wa Shavehi, gwitwaga mu gandi magambo, uburambo bw'Umwami. Melkisedeki, umwami wa Salemi yamuzaniye umukati na vino, uwo yari ari umutambyi w'Imana iri heru ya byoshe.19Yamuheye umugisha arikugamba ngo: Aburamu abone umugisha n'Imana iri heru ya byoshe, itegekaga ijuru n'isi imuhe umugisha. 20Imana iri heru ya byoshe ihabwe imigisha kuko yahize abanzi m'umaboko gawe. Niho Aburamu yamuheye kimwe ca cumica byoshe yari afite.21Umwami wa Sodomo abwira Aburamu ngo: Mpeshe abo bandu ariko ubere n'ibyo bindu. 22Aburamu aramusubiza ngo: Amaboko ganje ngahize heru ya byoshe, nagaheye Uhoragaho, umuremyi w'isi n'ijuru. 23Ndo ngafate na kimwe mubyawe, ndo ngagendane n'urudoda cangwa ikoroshe y'isanda kugira utakagambe ngo: ni njyewe nakizize Aburamu. 24Ndaco keretse ibyo abasore bariye, n'isehemu z'abandu bo twajenye, aribo Aneri,Eshkoli na Mamure. Mubahe isehemu yebo.Chapter 15
1Ago amagambo goshe gashirire, igambo ry'Uhoragaho ryayijire Aburamu mu ndoto ngo: Were gutinya Aburamu. Njewe njenyine ndi ingambo ya wowe, ibihembo byawe bikabe akangari. 2Aburamu arasubiza ngo : Mwami Uhoragaho, ukampe ki? Ndenda gutaha ndafite akana, kandi urikureba ko umuragwa wanje ni Eliezeri w'i Damasi. 3 Yongeyeho: Nda ruzaro wampeye, kandi uwazeye mu nju yanje niwe ukahabwe umurage.4Ariko Uhoragaho yamwijiye nokumubwira ngo: Ndo ariwe ukaragwe iwawe, ariko ukaturuke m'ubura bwawe, niwe ukabe umuragwa wawe. 5Uhoragaho aramusohora hanze no kumubwira ngo: Hengereza ijuru hanyuma ubare inyenyeri umbwire niba ushobwenye kuzibara. Niho yamubwiye ngo: Niko uruzaro rwawe rukangane.6Aburamu aremera ibyo Uhoragaho yamubwiye, niko yabazwe nk'umunyakuri. 7 Uhoragaho yongera kumubwira ngo: njewe ndi Uhoragaho, ni njewe nagukuye i Uri y'Abakaludeya kugira ngo nguhe kino gihugu kikubere icawe. 8Aburamu aramusubiza ngo: Ngamenye gute ko kikabe icanje?9Igihe nabeye ndikuragira, narebye mu ndoto amfizi z'ihene zirigupandira amatungo g'ibihuga, n'ubugondo n'ibitobo.11Malayika w'Imana arambwira mu ndoto ngo: Yakobo! Nditaba ngo karame.12Ha mugoroba, Aburamu yitwa n'ituro n'ubwoba bw'umuyobe gukomeye. 13Uhoragaho abwira Aburamu ngo: umanye ko abakukomokireho bakabe abashitsi mu gihugu kitari icebo, bakabe abakozi b'abo bandu n'abo bakateseke mu gihugo imyaka amagana ane.14Nabo bakakorere nkabahane, ariko bakasohoke n'ibintu akangari. 15Ariko ukapfe mu tuze, ukahambwe uhagire imisi. 16Uruzaro rwawe rwa kane rukagaruke hanoya kuko niho ububi bw'Aburamu bukabe bugerire ku mwisho.17Izuba ririzima ,umuyobe gurakura ,nuko itanuru y'umwotsi n'urumori runyura hagati ya za bice by'inyama. 18Ugo musi,Uhoragaho aragana na Aburahamu .Aramubwira ngo :''urubyaro rwawe nduheye kino gihugu guturuka ku mugezi gwa Misri kugeza ku Efurati. 19Igihugu c'Abakeni,ic'Abakenizi, ic'Abakadumoneya 20Ic'Abahiti, ic'Abaferezi,ic'Abarefaimu, 21Ic'Abaamori,Abakanaaani,Abagingosi n'Abayebusi.Chapter 16
1Sarai umugore wa Aburahamu ntibari babyarane ,kandi yar'afit'umuja w'Umunyegiputakazi witwaga Hagari. 2Sarai abgira Aburahamuati:Dore Uwiteka yanyimy'urubyaro ;ndakwinginze ,gir'umuja wanjy'inshoreke ahari, nazaboner urubyaro kuriwe . Aburamu yamvira Sarai. 3Nuko Aburamu amaz'imyaka cum'atuye mu gihugu cy'i Kanaani,Sarai,umugore we,ajyana Hagari Umunyegiputakazi umuja we . 4Aryamana na Hagari,asam'inda:abonye yukw asam'inda ,bimusuzuguza nyirabuja.5Sarai abgira Aburamu ati:Guhemurwa kwanjye kube kuri wowe:ko nashyiz'umuja wanjye mu gituza cyawe,maz'abonye yukw asamy'inda,biramusuzuguza. 6Aburamu asubiza Sarai ati:Dore,umuja wawe mwitegekere ,umugir'ukushatse kose.Sarai amugirira nabi,na w'aramuhunga.7Maraika w'Uwiteka amubonekerera mu butayu,ari hafi y'isoko ,yo mu nzir'ijy'i Shuri. 8Aramubaz'ati :Hagari,muja wa Sarai,arava h'akajya he?Aramusubiz'ati:Mpunze mabuja Sarai.9Maraika w'Uwiteka aramubgir'ati:Subirayo kwa nyokobuja,wemer'iby'akugirira. 10Maraika w'Uwiteka aronger'amubgir'ati:Nzagwiza cyan'urubyaro rwawe,rwe kubakira.11Maraikia w'Uwiteka aronger'amubgir'ati:Dore,uratwite ,uzabyar'umuhungu,uzamwita Ishimaeli.kuk'uwiteka yumvise kubabazwa kwawe. 12Hagati y'abat'azamera k'imparage, aragir'undi muntu wes'umubisha we n'abandi bose bazamubir'umubisha wabo;azatur'imbere ya bene se bose.13Ahimb'Uwiteka wavuganye na w'izina,ati: Uri Mana ireba.Ati:mbes'Indeba nayiboneye na hano? 14Ni cya cyatumwe rya riba ryitw'iriba rya Lahairoi;riri hagati y'i Kadeshi n'i Beredi15 Aburamu abyarana na Hagari. Aburamu yit'umuhugu we,Hagari yabyaye,Ishimaeli. 16Aburamu yar'amaze imyaka mirongwinani n'itandatu avutse,ubgo yabyaranaga na Hagari Ishimaeli.Chapter 17
1Aburamu yuzwize imyaka mirongo icenda, abonekerwa n'Uhoragaho arikumubwira ngo: Njewee ndi Imana Nyiringufu zoshe. Gendera hambere ya njewe udafite amakosa. 2Niho ngakomeze indagano hagati yawe na njewe kandi ngaguhe abana akangari cane.3 Abramu areba hashi, agwisa igihanga ce ha butaka n'Imana iramubwira ngo: 4Yino ni indagano yanjye. Ndakuraganiye njenyine,nawe ukabe shokuruza w'amahanga kangari. 5Kandi ijina ryawe ndo ari tena Aburamu, ahubgo witirwe Aburahamu; kuko ngugize shekuruza w'amahanga kangari. 6Kandi ngakororokeshe cane, ngatume amahanga gagukomokaho, ukazare n'abami kangari.7Ngatangize indagano hagati yanje na wowe n'abo ukazare hanyuma ya wowe ngakomeze indagano y'imisi yoshe nabo. 8Ngaguhe weho, abana bawe n'abo bakazare hanyuma ya wowe ubutaka bwo wabaga utuyemo, arico gihugo ca Kanani. Kikabe icebo ibihe byoshe nanje ngabe Imana yebo.9Nuko Imana yabwiye Abrahamu ngo: Noho wowe ucunge neja indagano yanje, weho, abana nawe kugeza abo bakazare hanyuma yo gupfa kwawe.10 Buri muhungu agombire gukatwa.11 Ukakatwe umubiri go hambere, na kino nico kikabe indagano hagati yanje na wowe.12Umuhungu wose ufite imisi umunane avukire, akakatwe. 13Bikabere guco abana bagukomokireho n'abana bo mwagurire ku makuta hamwe n'umunyamahanga utari uwo m'umuryango gwawe. Ni kugamba ko indagano yanje ikabere mu mibiri yenyu mu bihe byoshe.14 Umuhungu wose utakatirwe umubiri go hambere bakamukure m'umuryango kuko akabe yitire indagano yanye.15Imana yabwiye Abrahamu ngo: Sarai, mugore wawe, were kongera kumuhamagara Sarai. Ahubwo ijina rye ribeye Sara.16 Ngamuhe imigisha, akabe nyina w'ubwoko kangari. Akabe nyina w'abami b'ibihugu akangari.17Niko Abrahamu yayunamire, akoza igihanga ce ha butaka, arasheka arikukigambira ngo: Umusaza w'imyaka ijana yozara gute? Sara si ufite mirongo icenda akaheke inda gute? 18Niho Abrahamu yabwiye Imana ngo: None si Ishimaeli akabeho imbere yawe!19Imana iragamba ngo:Oya ariko Sara umugore wawe agakuzarire umwana w'umuhungu ukamwite ijina rya Isaka. Kandi ngaragane nawe byoshe hagati yanje nawe n'uruzaro rwawe. 20Ku bya Ishimayeli nabyo ndabyunvisize. Ngamuhe imigisha, akororoke cane, akazare abakuru cumi na babiri, tena ngamigire ubwoko bukomeye cane. 21Tena ngahireho indagano ikomeye ya buri gihe hamwe na Isaka, mwana wa Sara. Akazare mu myaka ya nyuma nyuma.22Barangize kuganira, Imana iragenda, iva imbere y'Aburahamu. 23Aburahamu afata Ishimayeli, umwana we n'abandi boshe bari munzu, n'abantumwa bo yabaga yagurire ku makuta ge, n'abagabo boshe bo mujama ge, arabakata ugo musi nguko Imana yabaga yamutegekire.24Aburahamu yabaga afite imyaka mirongo cenda n'icenda igihe co yakatirwe. 25Ishimayeli, muhungu we nawe yakatirwe afite imyaka cumi n'ishatu. 26Aburahamu na Ishimayeli, muhungu we bakatirwe umusi gumwe. 27Abandu boshe bo mujamaa ge, n'abakozi be hamwe n'abatumwa bo yabaga yagurire ku makuta ge boshe bakatirwe ugo musi hamwe n'Aburahamu.Chapter 18
1Rurema aramubonekera mugatigati k'imisebeya y'i Mamure,ubwo yariyikeye mu mwiji riro gw'ihema rye,mu bushuhe bwo homutaga. 2Arambura ameso ,arareba;abona abagabo basatu bahagereye iruhande rwe.Ababonye,arabirukangira ,aturukire mu rwinjiriro ry'i hema rye,arabapfukamira.3Nuko agamba ngo:Mutware,nibo ungiriye imbabazi,utanyura kure y'umukozi wa we nyabuna. 4Uyemere ko bakuzanira utuzi two kwoza ibirnge;ubone kuruhukira musi y'igiti. 5Ndaja kukuzanira akamanyu k'umukati ,ko kugukomere umutima ,hanyuma ura komeza i safari yawe,kuko ariyompanvu wanyuviye kumukozi wawe.Barasubiza ngo:Korankuko wagambye.6Aburahamu aihuta ajamuhema rye kwa Sara ngo:Fata bwangu ibipimo bisatu by'isano itotire,ukore imikati. 7Aburahamu yirukira mu busha bwe,afata akanya na kaboneye kandikazibuhire akahereza umukozi,na we yihutira kukabaga. 8Arongera afata amavuta n'amata hamwe n'iyonyana babagire ,abishira mbere yabo nawe ahagarara iruhande rwabo,musi y'igiti.Nabo bararya.9Nuko baramubwira ngo:Arihehe Sara umugore wawe?Asubiza ngo:Ari iriya mu hema. 10Umwe muribo agamba ngo:ikindi gihe ngakino ngagaruke usange Sara mugore wawe afite umuhungu.Sara yararikumviriza ha rwinjiriro rw'ihema ryari ririnyuma ye.11Abrahamu na Sara bari basarize imyaka ,na Sara ntaho yarariringiye kubona abana. 12Arisetsa wenyine arikugamba ngo:Buno ko ndi umukecuru nosobora kusam'inda?umutware wange nawe asazire.13Rurema abwira Abrahamu ngo:Kubera ki nyine Sara yasekire ,arikugamba ngo:Ariko si koko ngabone umwana ,nyewe w'umukecuru? 14Hariho ikintu gikomeye kuri Rurema?Mugihe categekiwe ngagaruke hano ngikigihe ;Sara akabe afite umuhungu. 15Sara arabesha agamba ngo:Ntaho anasekire.Kuko yariyagirire ubwoba.Ariko aragamba ngo:Ahubwo wasekire.16Abo bagabo barahaguruka,baragenda,berkez'amas'i Sodomu:Aburahamu arabaherekeza. 17Uwiteka aribaza ati:Aburahamu namuhish'icyo ngiye gukora? 18Kuko Aburahamu atazabura guhinduk'ubwoko bukomeye bg'ubunyamahoko kandi amahanga yose yo mw is'azaherw'umugisha muriw. 19Kuki icyatumwe mumenya,arukugirango ategek'abana be nabo murugo rwe bazakurikiraho,gukomeze munzira y'Uwiteka,bakor'ibyo gukiranuka bac'imanza zibatera:Kugir'Uwiteka azanire Aburahamu ibyo yamuvuzeho.20Uwiteka aravug'ati: Ubgo gutaka kw'abager' i sodomu n'i gomora ari kwinshi, ibyaha byabo bigakabya cyane; 21Ndamanuka ndebe yuko bakor'ibihwanye rwose no gutaka kw'abaharega kwangezeho; kandi nib'atari ko bimeze, ndabimenya.22Abo bagabo barahindukira,bavaho bageda berekej'i sodomu; Aburahamu agihagaz'imbere y'Uwiteka. 23Aburahamu aramwegera, aramubaz' ati: Warimburan'abakiranutsi n'abanyabyaha?24Ahari mur'uwo mudugudu harimw abakiranutsimirogwitanu; waharibura se, ukanga kuhareka kugb'abakiranutsi mirogwitan'ihari? 25Ntibikaguturukeho kugir'utyo, kurimburan'abakiranutsi n'abanyabyaha, abakiranutsi bagahwana n'abanyabyaha; karakazira: Umucamanza w'abari mwisi bose ntiyakor'ibyo kutabera? 26Uwiteka aramusubiz'ati: Ni mbon'i sodomu abakiranutsi mirongwitanu bari mur'uwo mudugudu, nzahababarira hose kubgabo.27Aburahamu aronger'amubgir'ati: Mpangaye kuvugana n'Umwami wanjye, nubgo nd'umukungugu n'ivu gusa: 28ahari ku bakirautsi mirongwitanu hazaburaho batanu; uzarimbur'umudugudu wose, kuko habuzeho batanu? Aramusubiz'ati: sinzawurimbura, ni mbonayo mirongwine na batanu.29Aronger'amubgir'ati: Ahari hazabonekamo mirongwine. Aramusubiz'ati: Sinzawurimbura kubg'abo mirongwine. 30Aramubgir'ati: Umwami ye kurakara, nanjye ndavuga: ahari hazabonekanamo mirogwitatu. Aramusubiz'ati: Sinzawurimbura ni mbonayo mirongwitatu. 31Aramubgir'ati: Dore, mpangaye kuvugana n'Umwami wanjye: ahari hazabonekamo makumyabiri. Aramusubiz'ati: Sinzawurimbura kubg'abo mukumyabiri.32Aramubgir'ati: Umwami ye kurakara, reka mvuge rimwe gusa: ahari hazabonekamw'icumi. Aramusubiz'ati: Sinzawurimbura kubg'abo cumi. 33Uwiteka arigendera, amaze kuvugana na Aburahamu, Aburahamu asubir'iwe.Chapter 19
1Babamaraika babili bagera isodomo kumogoroba, Loti yariyicaye kurembo ryi sodomu Loti ababonya abahagarara ngo abasanga nire, yikubita hasi avumaye.2Arababwira ngo ndabahendahenda ba data buja nimucumbike munzu yumugarago wanyu, muharare buce, mukarabe ibirenge, ejomuza zinduke mugende bamusubiza ngo 3oya, turarasa munzira BuceArabahati bajiwe, Abatekeribiryo, ovuga umutsima gudocanswe bararya.4Batarakaryama, abagabo bumuryo risisiro rwa Sodomu bazunguka iyinzu, abana bato na bakuru bose, baturutse ahantu hose ho musurwo risisiro.5Bahamagara Loti baramubaza ngo, abagabo bacumbitse hano muririjoro barihi? bakurema dusambane nabo;6Loti aja arukigiri nyumaye.Arababwira ngo: Bana bacu, mbasabye imbabazi mutakora icaha kingana guco.7Dore mfite abahara babili batarakamenya abagabo, ndababaha mubakorere ibyo murenda byose. 8Aliko ababagabo mutagiraico mubakoraho, kuko bagoze musiyintarure yanje:9Bagamba mgo: vaho dutambuka:ngo uru; rugobo rwurushage, none nuri kwigira urucamanza: Turakugirira inabi ita iyo tugiye kugirira babandi. Basu niko Loti cane, beger'ururugi mgo barumore.10Nuko ababagabo bafata Loti ni mbaraga, bamusumikira minzu, barakinga.11Babagabo babarikurugi barahuma, abato nabakuru bayo berwa aho urugi rusi12Ababagabo babaza Loti ngo hara bandi bantu bufite? abakwe na bahungu bawe na bahara bawe nabo ufite muzusisiro bose bakuremo:13Dushatse kulimbura hano hose kuko ibibi byabo none ya dutumyeko tuharimbura.14Loti agambamanabakwe be bantunze bahara be ngo: abahara be arababwira mugende murikwirikwa muvemwurusisiro kuko imana ihoraho igiye kurimbura inohose, ababakwe barabisuzugura.15Bukeye mugitondo babamaraika batera loti ubwira ngo: hagarara wiruke hamwe n'umugore wawe na bahara bawe babili, kigira ngo utarimburwa hamwe nababa bagome bo mururu rusisiro.16Akididinganya, babamaraika bamufata ukuboko, numuboko kumugo rewe, namaboko ya banara bebaberi kuko Imana yamugiriye imbambuzi ba. Mukura muso rusisiro barenza umupaka.17Bamaze kumurenzu umupaka araya mbango: hungisha ubuzima bwawe nturebe inyuma nambwa guhagarura kububutaka wirukiye kumusozi hejuru udapfa.18Loti agamba alikubabwira ngo; oyo ntaho aliko bimeze databuja:19Dore buno umukpzi wawe aremewe mumaso gawe, kandi umugiriye ububwo wanyeretse nogukiza ubuzima bwanje: niko ntashobora kwirukira kumusozi, kugirongo tafatwa nububi kandi ngapfa.20Dre ahokurwikira ni hafi, kandi nurusisiro rukeya, nuko ninyirikira yo ubuzima bwanje buzabaho.21Aramubwira ngo: dore ngukunze kubera ikikintu kimwe ngo ntarimbura urusisiro wagambye ko nahalimbura.22Gira vumba wiruke, kuko mtakintu ndakora utarakagera yo. Gutangira ako kanya urworusisiro baruha izina Zoari.23Habaye mumutaga izuba ririkuva, Loti agerizoari.24Nuko imana isarura vumeti itwika isodomu n'igomora numuriro uvuye ku mana mwijuru.25Atwika izo nsisiro zose nakurage bamwo ni bibyameza kubutaka byose.26Ariko umugore wa Loti, kubera ko yari hanyuma, ahengereza ibiri nyuma, Niko ahindika igishinga c' umunyu.27 Nke ejo mu gitondo, Aburahamu, agenda karekare who umugore wa Loti yari ahageze hambere y' Uhoragaho.28 Yarebye iyo Sodomo na Gomora byaberaga n' ubutaka bwo ha mubande. Yarebye, Reba, umwotsi nigo gwari gurigupanda guri guturuka m' ubutaka gumerire nk' umuriro gw' itanura.29Imana imaze gutwika urworwisisiro Imana yibuka Abrahamu: Ikura Loti mubokurimbuka mugihe yarimbiye aho Loti ya baga.30Loti ava izoari, abakurugo musozi hamwe nabakarabe babili, kuko yatinye kuba izoari abona na baharabe babili.31Uwabyawe mbele abwirumutawe ngo: arashaje kandi ntamugobo tuza bona musi wo kudusohoza ngo tubyare.32Ngwino duhe data inzoga anywe aside, turarembana nawe kugira ngo gwadata gudacika.33Banywesha se inzoga muriryojoro, umuhara wambele arinjira asambana nase: ntaho we yamenye igihe muhara we yasambanye nawe cangwa yaha gurukiye.34Bukeye mugitondo umkuru abwira utoyo ngo: dole na sambaye na data ejo: tumunyweshe izoga kandi mwirijoro, kugira ngo nawe uzajeyo usambane nawe, kugira ngo tubone uku umuryango gwa data gudocika.35Maze banyweshe se inzoga mwiryo joro umuto arinjira asambana nase, kandi ntaho seyamenye igihe ya sambaniye nawe nigihe yamuvuyeho.36Nuko abo bahara bombi batwarinda za se. 37Umuhara wa mbere abyar'umwana amwita Moabu, uwo ni se wabamoabu kugeza none.38 umutoya nawe abyara umuhara amwita Beni-Ami se wabaamoni kugeza none.Chapter 20
1Aburahamu avayo, agenda yerej'i Negebu, atura hagati y'i kadeshi n'i shuri; asuhukir'i Gerari. 2Aburahumu avuga Sara mugorew'ati: Ni mushiki wanjye: Abimeleki umwami w'i Gerari atumira Sara aramunjyana. 3Maz'Imana ibonekerera Abimeleki munzozi n'ijoro, iramubgir'iti: Umeze nkintumbi kubga wa mugore wanze, kukw'afit'umugabo.4Ariko Abimeleki y'arataramwegera: arayibaz'ati: Mwami, wakwic'ishyanga nubgo rikiranuka? 5Ubge si we wavuz'ati, Ni mushiki wanjye? N'umugore na w'ubge ntiyavuz'ati, ni musaza wanjye? Icyo nkoz'icyo ngikoze mfit'umutim'ukiranutse n'amabokw'atanduye.6Imana imusubiriza mu nzoz'iti: koko nzi yuk'ukoz'ibyo, ufitumutim'ukiranutse, kandi najye nakubujije kunshumuraho; ni cyo cyatumye ntagukundira kumukoraho. 7Noneho subiz'uwo mugab'umugore we, kukw'arumuhanuzi, azagusabira, ukarama: ariko n'utamumusubiza, umenye yuk'utazabura gupfana n'a bawe bose.8Abimeleki azinduka karekare, ahamagaz'abagaragu be bose, abatekererez'ibyo byose: baratinya cyane. 9Maz'Abimeleki ahamagaz'Aburahamu, aramubazati: Watugiz'ibiki? Nagucumuyehw' iki, cyatumy'unshyiraho jyewe n'ubgami bg'ajy'icyaha gikomeye? Wankorey'ibindakwiriye gukorwa10Abimeleki aronger'abaz'Aburahamu ati:wabony'iki cyagukoreshej'ibyo? 11Aburahamu aramusubiz'ati:N'uko nibgiraga ndashidikanya yukw aha hantu nta kubah'Imana kuhari,kandi nanjye nari nzi ko bazanyica bampor'umugore wanjye. 12Erega ni mushiki wanjye ,ni mwene data,ariko si mwene mama;kandi naramurongoye.13Kand'ubg'imana yankuraga mu nzu ya data,ikanzerereza,naramubgiye nti,Iyo ni yo nez'uzajy'ungirira;aho tuzajya tugera hose,ujy'uvuga yuko ndi musaza wawe. 14Abimeleki azan'intama n'inka n'bagaragu n'abaja ,abih'Aburahamu,amusubiza na Sara umugore we.15Abimeleki aramusbgir'ati:Igihugu cyanjye kir'imbere yawe:utur'ah'uzashaka hose. 16Abgira na Sara ati:Dore mpaye musaza waw'ibice by'ifez'igihumbi:ni byo bizab'ibyo gukinga mu maso y'abo muri kumwe bose,ngukuyeh'umugay'imbere ya bose.17Aburahamu asab'Imana:ikiz'Abumeleki n'umugore we n'abaja be;barabyara . 18Kuk'Uwiteka yari yaziby'inda z'abo mu rugo rwa Abumeleki bose,abahora Sara umugore wa Aburahamu.Chapter 21
1Uwiteka agendera Sara nkuko yavuze,Uwiteka agirira Sara ibyo yasezeranije. 2Sara asam'inda y'Aburahamu ashaje,babyaran'umuhungu igih'Imana yamubgiye kigeze. 3Aburahamu yit'umuhugu yabyaye Isaka,uwo yabyaranye na Sara. 4Aburahamu akeb'Isaka umuhungu we,amaz'iminsi munan'avutse,ukw Imana yamutegetse.5Aburahamu yabyay'uwo muhungu we Isaka,amaz'imyak'ijana avutse. 6Sara aravug'at:Imana iranshekeje,abazabyunva bose bazasekana nanjye. 7Ati:Ni nd'uba warabgiy'Aburahamu yuko Sara azons'abana?ko mmubyariy'umihungw ashaje.8Umwan'arakur'aracuka:ku munsi Isaka yacukiyeho Aburahamu ararik'abantu beshi ,arabagaburira. 9Sara abon'umuhugu wa Hagari Umunyegiputakazi,uwo yabyaranye na Aburahamu,abaseka.10Ni cyo cyatumy'abgira Aburahamu at:Send'uyu muja n'umuhugu we,kuk'umuhungu w'uyu muj'atazaraganwa n'umuhungu wanjye Isaka. 11Ibyo by'uwo muhungu we bitera Aburahamu agahinda kenshi.12Imana ibgira Aburahamu iti:We kugirir'uwo uhungw agahinda n'umuja wawe:ibyo Sara akubgira byos'imwimvire:kuko kuri Isaka ari h'urubyaro ruzakwitirirurwa. 13Kand'umuhungu w'uwo muja na we nzamuhindur'ubgoko,kukw ar'urubyaro rwawe.14Aburahamu abyuka karekare, agenda na n'umutsima n' uruhu rw'amazi. Abiha Hagari abishyira k' urutugu rwe, amuha n'uwo mwana, aramwirukana. Nagari aragenda, awayawaya m' ubutayo bw'i Beeri-sheba. 15Amazi gamarire gushira muri rwa ruhu, yateye umwana we musi y'igihuru caho. 16Aragenda, yikara kure gatoya ye, nk'aho umuntu yaras'umwambi: kuko yibwiraga ngo : ndaho ndenda kureba k' urupfu rw' umwana nazeye. Yikara amwerekeye,apandisha ijwi hejuru, ararira.17Imana yumv'ijwi ry'uwo muhugu;maraika w'Imana,ari mw ijuru ,ahamagara Hagari aramubaz'ati:Ubay'ute,Hagari?witinya kukw Imana yumviy'ijwi ry'uwo muhugu ,ahw ari. 18Haguruka byuts'umuhungu ,umufate mu maboko ;kuko nzamuhindur'ubgoko bukomeye.19Imana muhumura amaso, abon'iriba; aragenda,avom'amazi yuzuye ya mvumba,ayaramiz'umuhungu we. 20Nukw Imana ibana n'uwo muhungu,arakura;atura mu butayu,ab'umurashi. 21Aba mu butayu bg'i Parani; nyin'amusabir'Umunyegiputakazi.22Muri ugo mwanya, Abimeleki ari hamwe na Pikoli, umukuru w'abasoda be, agambana na Aburahamu ngo: Uhoragaho aberaga nawe mu bintu byose ukoraga.23 Urahire hambere ya nyowe guno musi, ko utakambeshe cangwa abana, cangwa abuzukuru ba nyowe. Undahirie nyowe, n' ubutaka utuyeho ko ukatubere umugnwanyi. 24 Niko Aburahamu aragamba ngo: ndabyemeye.25Aburahamu nawe abuburira Abimeleki Ku byerekeye igisima co yari yicu, kuriye, ariko abakozi ba Abimeleki bakakimwaka. 26Abimeleki aramusubiza ngo: Ndo nomenya uwakorire ibyo kubera ndo wabimbiye hambere, guno niho mbyumvishije.27 Aburahamu yafashe intama n' ibimasa no kubiha Abimeleki. Guturuka ugo musi bakoranye indagano.Niho Aburahamu yashije iruhande intama zirindwi z' ingore. Niko Abimeleki abaza Aburahamu: zino ntama so washije iruhande, zigambye ki? Ah rahamu aramusubiza ngo: Uzifate kubera ko zikambere umudimwe ko ni nyowe nacukwiye nyenyine kino gisimaNiko aho hantu yahise Beerisheba, kubera ko niho baraganiye bombi. I Beerisheba niho baharahiriye, hanyuma Abimeleki na Pikoli kapiteni w' abasoda basubiza mu gihugo c' Abafilistina.33Aburahamu atera igiti citwa tamariski who I Beerisheba, ahaturura igitambo k' Uhoragaho, Imana y' igihe byose. 34 Aburahamu yagumye kuberahong' umushitsi mu ubutaka bya Abafilistini imisi akangari.Chapter 22
1Hanyuma ya gano magambo Imana ipima Abrahamu. Ibwira Abrahamu nawe arasubiza ngo: Ndihano. 2Fata umwana wawe, umwana umwe gusa owu ukundaga, Isaka mugende mu gihugu ca Moria umuturemo isadaka yakutoswa hejuru yu musozi nkakwereka. 3Abrahamu azinduka kare kare mukajorojoro. Ashira imikaba ku pundaho we na muhungu we, umwana umwe wonyine, yasa inkwi zo igitwikiro co gutwikiraho isadaka aragenda iyo Imana yamwerekire.4Umusi gwa gatatu Abrahamu arebye araba aho hantu ari kure. 5Abrahamu abwira muhugu we ngo, ube hano hamwe n' ipunda,na nyowe na muhungu wa nyowe turagendayo ,turasengerayo nyuma tugaruke. 6Abrahamu afata inkwi za hagitwikiro azikorera Isaka muhungu we ,afata umuriro n' indiga mu ntokeze, bagenda ari bombi gusa.7Isaka abaza se ,Abrahamu ngo:Papa sen ngo:Ndihano mwana wanje ,agamba ngo:Dufite umuriro ,nimkwi none intama yo gushira hagitwikiro irihe? 8Abrahamu aramusubiza ngo Imana iriha intama yisadaka yo kotswa maze bagendea ko nibombi.9Bagera ahantu Imana ya mubwiye ,Abrahamu yubaka igitwikiro aho ashiraho inkwi ,aboha umwana we Isaka hejuru zo gutwikisha . 10Abrahamu afata igisu ngo,abaga umwana we.11Maze Maraika w'Imana amwakura ari mwijuru ngo Abrahamu Abrahamu nawe ngo,ndihano 12Utakora haruwo mwana cangu ngo ugire ico umukora,kuko menye ko utinyaga Imana ,kuko utayanze kumpa umwana wawe ,umwana wikinege.13Aburahamu yubur'amaso ,arareba,abon'inyama ye imfizi y'intama,amahembe yay'afashwe mu gihuru:Aburahamu aragenda,yenda ya ntama ,ayitamba hw igitambocyowa mu cyimbo cy'umuhungu we. 14Aburahamu yit'aho hantu Yehovah-yire,nkuko bavuga na bugingo n'ubu bati:ku musozi w'uwiteka kizabonwa.15Maze maraika w'Uwiteka aronger'ahamagara Aburahamu,ari mw ijuru, 16Aramubgir'ati:Ndirahiye,ni kw'Uwiteka avuga,ubg'ungenjej'utyo,ntunyim'umwana wawe w'ikinege, 17Yuko no kuguh'umugisha nzaguh'umugisha no ugwiza nzagwiz'urubyaro rwawe n'inyenyeri zo mw ijuru,kandi ruhwawe n'umusenyi wo mu kibaya cy'inyanja,kandi ruzahindur'amarembo y'ababisha barwo.18Kandi mu rubyaro rwawe ni mw'amahanga yose yo mw is'azaherw'umugisha,kuko wanyumviye. 19Aburahamu asubir'ahw abagaragu be bari ,barahaguruka,bajyan'i Beeri-sheba;agezayo arahatura.20Hanyuma y'ibyo abgira Aburahamu bati:Na Milika yabyaranye na mwene so Nahori abana. 21Imfura ye ni Usi,hakuriraho Buzi murumuna we,na Kemueli se wa Aramu, 22Na Kesedi na Hazo na Piludashi na Yidilafu na Betueli.23Betueli yabyaye Rebeka:abo,ukw ar'umunani,Miluka yababyaranye na Nahori mwene se wa Aburaham. 24Ishoreke ye yitwa Reuma,na yo yabyaye Teba na Gahamu na Tahashi na Maaka.Chapter 23
1Sara yaramy'imyak'ijana na makumyabiri n'irindwi :iyo ni yo myaka Sara yaramye. 2Sara apfir'i Kiriat-aruba (ni ho Heburoni) mu gihugu cy'i Kanaani:Aburahamu aza kuborogra Sara,amuririra.3Aburahamu arahaguruka ,ava ku ntumbi ye ,abgir'Abaheti ati: 4Nd'umushyitsi n'umusuhuke muri mwe:mumpe gakondo yo guhambamo,mpamb'umupfu wanjye,mmwivane mu maso.5Abaheti basubiza Aburahamu bati: 6Databuja utwumve;ur'umunt'ukomeye cyane muri twe;uhamb'umupfu wawemu mva yac'uribuhitemo muri zose,nta wo muri tw'uribukwim'imva ye,ngo we guhambamw umupfu wawe.7Aburahamu arahaguruka,yikubit'imbere ya ben'igihugu ni bo Baheti. 8Avugana na bo,arababgir'ati:Ni mwemera yuko mpamb'umupfu wanjye,ngo mmwivane mu maso,munyunvire,munyingingire Efuroni mwene Sohari, 9Amp'ubuvumo bg'i Makipela afite,buri ku mpera y'isambu ye;abungurishirize hagati yany'igiciro kibukwiriye kitagabanije,bube gakondo yo guhambamo.10Efuroni yari yicaye hagati mu Baheti:Efuroni Umuheti asubiza Aburahamu,Abaheti bamwumva,abinjiraga mw irembo ry'umudugudu wabo bose;ati: 11Ahubgo,databuja,nyumva:iyo sambu ndayiguhaye,n'ubuvumo burimo ndabuguhaye ,mbiguherey'imbere y'ab'ubgoko bgacu:hamb'umupfu wawe.12Aburahamu yikubit'imbere ya ben'igihugu . Abgira Efuroni ,ben'igihugu bamwumva ,ati:Ndakwinginze,nyumvira,ndakwishyur'igiciro cy'iyo sambu;cyemere ,nkiguhe,mpambemw umupfu wanjye.14Efuroni arasubiza Aburahamu ati: 15Databuja,nyumvira ,agasmbu kuguze Shekeli maganane z'ifeza kanteranya nawe?Nuko hamb'umupfu wawe. 16Aburahamu yumvira Efuroni agerera Efuroni ifez'avuze,Abaheti bamwumva,Shekeli maganane z'ifeza ,zemerwa n'abagenza.17Nukw isambu ya Efuroni yar'i Makipela ,ir'imbere y'i Mamure,yo n'ubuvumo burimo n'ibiti byo muri yo byose byayigotaga hose ku mpera yayo,bikomerezwa Aburahamu. 18Kuba gakondo ye,imbere y'Abaheti ,imbere y'abinjiraga mw irembo ry'umudugudu wabo bose.19Hanyuma yibyo ,Aburahamu ahamba Sara umugore w mur'ubgo buvumo bgo mw isambu y'i Makipela,ir'imbere y'i Mamure (ni ho Heburoni ) mu gihugu cy'i Kanaani. 20Nukw Abaheti bakomereza Aburahamu iyo sambu n'ubuvumo buyirimokuba gakondo yo guhambamo.Chapter 24
1Aburahamu yar'umusaza, mumyakaye, Uwiteka yari yaramuhaye imigisha muri byose.2Aburahamu abwira umukoziwarumaze igihe cyinshi muwe, umuhagarikize wibintu bye byose, ariko ntakwinginje, shira ukuboko kwawe musi yi kibero canje.3Nja kurahiriza k'Uwiteka Imana yijuru n'Imana yisi, ntusohoreze umuhungu wanje umunyakananikazi abo nduyemo.4Ariko genda mugihugu canje kub'umumuryango wanje ufatire umuhungu wanje umugore.5Umukozi aramusubiza, hari uyu mugore ntazemera kuza n'uriki kihugo, none njobora kuzana umuhungu wawe murikigihugu waturutsemo?6Aburahamu aramubwira wireba ntuzane umwana wanje iyo.7Uwiteka, Imana yijuru nisi, yanguye munju ya Data no mugihugo canje, yambwiye no kuntahira ko, iki gihugo nja kiha urubyaro rwawe, wenyine azatuma marayika imbere yawe, naho ngaho uzavana umugore w'umwana wanje.8Niba uwo mugore ataza kukurikira, uzava kuriyi ndahiro ngukoreye.Icangombwa nuko utazanayo umuhungu wanje.9Umukozi ashira ukuboko kwe musi yi kibero ca Aburahamu, umutware we amarahirira ibi bintu.10Umukozi afata ingamiya cumi mungamiya zu mutware, aragenda, arafite ibyiza byose by'umutware we. Arahagera aragenda Mezapotaniya, mu mugi gwa Nahori.11Apfukamisha ingamiya hafi yumugi, iruhande wigisima ca mazi, igihe ca niugoroba, igihe abantu bazakuvamo amazi.12Aragmba ngo: Uwiteka, Imana yu mutware wanje Aburahamu ngirira neza ndakwinginze, garagaza ibyifuzo byanje, erekana ubuntu ku mutware wanje Aburahamu.13Reba ndihafi yikisima ca mazi, nabahara ba bantu bo mu mugi baraza kuvama amazi.14Umuhara wunjabwira, manura ikibindi, ndakwinginze, kugira nyweho, uzasubiza: inywa, ntahereze ningamiya zawe zinywe, abe ariwe wateguriye umukozi wawe isake! nahongaho nja menyako werekanye ubundu ku mutware wanje.15Atariyarangiza kugamba Rebeka aratunguka afite ikibindi kurutugu, yabyawe Betueri, umwana Neluka, umugore wa Naheri, mwene nyina wa Aburahamu.16Yarar'umuhara uboneye cane mumaso, wisugi yari atararyama numugabo. yarari kurindimura kusoko, yuzuza ikibindi ce aratarama.17Umukozi yirukanga imbere ye, aramubwira ngo: ndeke nywe, ndagusaba, amazi make, yo mukibindi.18Aramusubiza: inywa, Mwami wanje.Arapfukama ashira ikibindi kumaboko ye, amuha ico kunywa.19Amaze kumuhereza ibyo kunywa, aramubwira ngo: ntavomero ningamiya zawe, mbaka igihe ziramara kunywa.20Agenda vuba asuka amazi yo mukibindi murubumbira, ariruka kandi aja kusoko kuvoma, avomera ingamiya zose.21Uwo muntu abirebye aratangara ndakumubwira icarico cose, kugira ngarebe yaba Imana irashoboza urugendo rwe, cangwa dya.22Ingamiya zirangije kunywa, uwo muntu afata ibage yizahabu, uburemere bwayo nari afata nibikoma bibiri, bifite uburemere bwi shekeri cumi.23Aramubwira urinde wa muhara we! mpyira, ndabikusaba. Haboneka ahantu ho kuryama munzu yaso?24Arasubiza ngo: ndumuhara wa Betuweri, umuhungu wa Miluko wa Nahori.25Aramubwira tena: tufite ibyatsi nibyo kurya bizihagije, hamwe na ho kurara.26Nuko uwo muntu arapfukama aramya uw'Iteka.27Arikugamba ngo: Uwiteka ahabwe icubahiro, Imana ya Data buja Aburahamu, itabuze kugirira databuja imbabazi nu bwira kuri databuja! naje Uwiteka yanyaye munzu ye benenyina badata buja.28Uwo muhara areka kubigamba munzu yanyina.29Rebeka yarafite musaza we witwa Raboni.Raboni ariruka hafi yuwo muntu, iruhande wisoko.30Yabonye imbeta nibikomo kukuboko kwa mushiki we, yumva mushikiwe arikugamba, ngo: uko niko uyu muntu yambwiye. Hanyuma agera kuruwo muntu ari ahagaze hafi wingamiya iruhande wisoko,31Aragamba ngo: ngwino, weho wabonye umugisha k'Uwiteka! kuberiki urikusigara hanze? namaze kutegura inzu, nah'ingamiya zawe.32Uwo muntu ageze murugo. Laboni atura imitwaro yari kungamiya, ahereza izo ngamiya ibyatsi nibyo kurya, ahereza nuwo muntu amazi yo kukaraba kumaguru, niyo kumaguru yabobantu babiri hamwe nawe.33Hanyuma, hamuha ibiryo. Ariko aragamba ngo: ndondarya, ndarinagamba icomvite. Gamba! niko Ranani.34Nuko aragamba ngo: ndumukozi wa Aburahamu.35Uwiteka yujuje imigisha kuri data buja Aburahamu, yahindutse umuntu ukomeye. Yamuhaye indama, inga, amakuta nizahabu, amuhaabakozi na bakozikazi, n'ingamiya hamwe nipunda.36Sara umugore wa data buja, abyarira data buja umuhungu mubusaza bwe, amuha byose byo yari afite.37Data buja arandahira ngo: nduzafatira umuhungu wanje umugore wo mubahara bi kanane, mu gihugo co nduyemo;38Ariko uzagenda munzu yadata no mumuryango wanje kufatira umuhungu wanje umugore.39Mbwira data buja: ahari uwo mugore ndazemera kungurikira.40Aramusubiza: Uwiteka uwo ngenda imbereye, azatuma marayika hamwe nawe, azashoboza urugendo rwawe, uzafatira umuhungu wanje umugore, wo mumuryango no munzu ya data.41Uzafungurwa muriyi ndahiro nguhaye, igihe uzagera mumuryango wanje, nibatamuguha, uzaba ufunguwe muriyi ndahiro nguhaye.42Nageze uyu musi kusoko, mbwira Uwiteka Imana ya data buja baburahamu. Niba uhaye umugisha ururugendo rwanje rusohore,43Reba, ndihafi y'isoko y'amazi, bibe umuhara uraza kuvoma, uwo ndabwira ngo: ndeke nywe, ndabikusaba, amazi makeya yo mukibindi, nuzanzubiza ngo:44Inywa weho wenyine, kandi ndavomera ingamiya zawe, abe ariwe muhara uzaba umugore uwo Uwiteka ateguriye umuhungu wa data buja.45Mbere yuko ndangiza kubigamba mumutima wanje, Reba, Rebeka araza,ashize ikibindi ku bitugu, amanuka ku soko, aravoma. Ndamubwira ngo: mbereza ibyo kunywa, ndabikusaba.46Iwe arapfukama amanura ikibindi ce cari kubitugu, iwe aramubwira inywa, kandi nahereza ingamiya zawe ibyo kunywa. Ndanywa, nawe ahereza ingamiya zanje ibyo kunywa.47Ndamubaza ngo: urumuhara wande? nawe arambwira: ndumuhara wa Batueri, umuhungu Nahori, Nahori wa Miluko. nzira ipete ku mazuru ye, ni ibikoma kumakeye.48Nuko ndapfukama, ndamya Uwiteka, nsingiza Uwiteka, Imana ya data buja Aburaham, iyanyoboye mubyukuri kugira ngopfatire umuhungu wa data buja umuhara , kuri mwene nyina.49Noneho niba muragirira ubuntu ni byiza data buja, mubimbwire ingo cangwa oya mbinduke iburyo cangwa ibumoso.50Rabani na Batuweri baramusubiza, baragamba ngo: ibibintu bivuye k'Uwiteka, ndotugomba kukubwira ni nabi cangwa ni byiza. 51Reba Rebeka arimbere yawe: mufate mugende, na abe umugore wu mwana wa shobuja, nkuko Uwiteka yabigambye.52Ahubwo umukozi wa Aburahamu yumvishe amagambo yabo, apfuma kubutaka imbere y'Uwiteka. 53Nuwo mukozi abahra ibintu byifeza ni bintu byi zhabu ni myenda abihereza Rebeka; na beneyina na nyina abagira abakire bico gihe.54Nyuma yaho, aradya no kunywa, iwe na bantu bari hamwe nawe, bararaho. Mugitondo, bumaze kuca umukozi aragamba ngo: mundeke nzubire kwa databuja. 55Benenyina hamwe na nyina baragamba ngo: bisaba ngo uyumuhara yosigara natwe igihe kitoya, imisi cumi, nzagenda.56Arasubiza ngo: mutandindisha, kubera Uwiteka yashobije urugendo rwanje, mundeke nigendere nigire kwa data buja. 57Nuko baramusubiza ngo: twakure uyo muhara, tumugenzure.58 Baramuhamagara Rebeka, baramubwira ngo: ushaka ko ujana n'uyu muntu? arabasubiza ngo: ingo ntagenda.59Bareka Rebaka kugenda, mushiki wabo, bamuha ibyo kurya, hamwe n'umukozi wa ABrahamu na bantu be. 60Bahumugisha Rebaka, baramubwira ngo: mushiki wacu ube nyina w'igihumbi ni bihumbi cumi, abana bawe bahambwe urugi rwa wabanzi babo!61Rebeka arahaguruka hamwe na bakozi be, baja hejuru yingamiya bakurikira uwo muntu n'uwo mukozi ajana Rebeka, baragenda. 62Murugo mwanya Isaka yarekuye ku soko yitwa Lahayoroyi, kuko yarouye mugihugo ci Negebu.63Nimugoroba Isaka yaravuye mumirima kutekereza no kwibaza, yubura amaso, aritegereza, areba ingamiya zisohoye. 64Rebeka nawe yubura amaso, areba Isaka ahita ava kungamiya yo yarariho. 65Abwira umukozi ngo: uriya muntu ninde? uvuye mu mirima akaba aje kuhura natwe! umukozi aramubwira ngo: ni data buja. Ahita afata umwirogoso we arirogosa.66Umukozi abwira Isaka ibintu byose ya kozeyo. 67Isaka ayobora Rebeka muhema dya nyina Sara, afata Rebeka, aba umugore we, aramukunda, Isaka aragumanywa nyuma yu rupfu rwa nyina.Chapter 25
1Abrahamu yongera gufata umugore witwaga Ketura. 2Amuzarira Zimurani,Yokishani,Medani,Madiyani,Yishibaki na Shuwaki. 3Yokishaniyazcye Seba na Dedani.Abahungu ba Dedani babeye Abashurimu,Abacetushimu n'Abaleumimu. 4Abahungu ba Mediani babeye Efa eferi,Henoki,Abida na Elida.Abo bose noibo bahungu ba Ketura.5Aburahamu aha Isaka ibintu bye byose. 6Abahungu b'ishorekeze abaha impano,kandi ubwo yarakiriho,abahereza kure y'umuhungu we Isaka mu ruhande rw'iburasirazuba,mugihugo c'iburasirazuba.7Ngiyo imisi y'imyaka y'ubuzima bw'Abrahamu ,yaramire imyaka igana na miro mirongirindwi.8Aburahamu avamo umuka arapfa nyuma y'ubusaga busimisize,bukurire kandi bahagire imisi,abayazanwa mu bwoko bwe.9Bahungu be Isaka na Ishimaeli bamuhambire mu buvumo bw'i Makipela,mu murima gwa Efuroni mwene Tisokari w'Umuhiti hahereranye n'i Mamure. 10Ni umurima g'Abrahamu yari yagurire n'abahungu ba Heti.Abo niho Abrahamu na Sara mugore we bahambirwe. 11Nyuma y'urupfurw'Abrahamu ,Rurema yahiriye Isaka muhungu we. Yabaga ayubakire hamwe n'igitega c'i Lahayiroyi.12Ngurwo urubyaro rwa Ishimaeli mwene Aburahamu wo Hagari umunya Misiri,umuboyi wa Sara yazeye hamwe n'Aburahamu.13Ngago amazina g'abahungu ba Ishimayeli,Hkurikijwe igisekuruza cabo Neyabati ,umwana w'infura wa Ishimaeli ,Kedari ,Adibeli ,Mibisamu. 14Misikima,Duma,Masa. 15Hadadi ,Tema ,Yeturi,Nafishi na Kedima. 16Abonibo bahungu ba Ishimayeli;Ago nigo mazina gabo hakurijwe amazu gabo.Nibo babeye abasheju cumi na babiri b'ubwoko bwabo.17Ngiyi imyaka y'ubuzima bw'Ishimayeli :Igana na mirongisatu n'irindwi.Avano umuka arapfa ,abayazamwa mu bwoko bwe. 18Abahungu ba batura guturuka i Havila kugeza i Sishuri,hateganye n'i Misiri ,urikuja i Asiriya .Yayubakire imbere ya bene se bose.19Runo nirwo rubyaro rwa Isaka mwene Aburahamu . 20Aburahamu yazeye Isaka,Isaka yamarire imyaka mirongwine ubwo yasohozaga umugore Rebeka umuhara wa Betuweli umuyunani w'i Padani ni Aramu na mushiki wa Labani Umuyunani.21Isaka atakambira Rurema kubw'umugore we ,kuko yariyabeye ingumba,Rurema aramusubiza :Rebeka mugore we aba asamire inda. 22Abana bakaza barabyiganira munda ye,nuko agamba ngo:Niba ariguco yakubereaki nasamire inda?Aba yagenda kuboza kubana Rurema .23Maze Rurema aramubwira ngo:amahanga abiri munda yawe.kandi ubwoko bubiri bukatandukane bumarire kuva munda yawe ,umwe w'ubwo bwoko akakomere kuruta uwundi ,kandi imukuru akamikire umutoya.24Imisi yo yagombire kuzarimo iba igerire;Mundaye haba haviyemo amahasha abiri. 25Uwambere yaviyemo afite ubwoya kangari,bamwita izina rya Esawu. 26Hanyuma mwene nyina yaviye mo ukuboko kufatire akatsi nzino ka Esawu.nawe bamwita izina rya Yakobo.Isaka yari amarire imyaka mirongitandatu ubwo bavukire.27 Abo bana bakurire .Esawu ahindukire umuhigi akomeye,umugabo w'ishamba ,ariko Yakobo yabeye umugabo uturize yakiberaga mu mahema. 28Isaka yakundaga Esawu,Kubera ko yaryaga ku nyama zo yabaga yahigire;na Rebeka yakundaga Yakobo.29Ubwo Yakobo yaratekire imboga Esawu aturuka mu shamba yaruhire kabisa. 30Esawu abwira Yakobo ngo:Nybuna womba kwizo mbaga,naruhire basi.Niyo impanvu Esawu bamuheye izina rya Edomu.31Yakobo agamba ngo:Manza wangurisha ubukuru bwawe. 32Esawu asubiza ngo:kongiye kwipfira si, ubwo bukuru bumariye iki? 33Na Yakobo agamba ngo:Manza undahire kwanza.Aba yamurahirira ,gucorero abayagurisize Yakobo ubukuru bwe. 34Nuko Yakobo ahereza Esawu umukati hamwe n'imboga .Aragya,aranywa hanyuma yahagurukire arakigendera.Uko niko Esawu yagayire ubukuru bwe.Chapter 26
1Indi nzar'itera mur'icyo gihugu itar'iyateraga mbere,Aburahamu akiriho .Isaka ajy'i Gerari kwa Abumeleki umwana w'Abafilistia.2Uwiteka aramubonekera ,aramubgir'ati:Ntumanuke ngu'jye mw Egiputa,,uzature mu gihugu nzakubgira; 3Suhukira mur'iki gihugu ,nanjye nzabana nawe,nguh'umugisha,kuko wowe n'urubyaro rwawe nzabah'ibi bihugu byose,kandi nzakomez'indahiro narahiye Aburahamu.4Kandi nzagwiz'urubyaro rwawe ruhwane n'inyenyeri zo mw ijuru,kandi nzah'urubyaro rwaw'amahanga yose yo mw is'azaherw'umugisha. 5Kuko Aburahamu yanyunviraga,akitonder'ibyo namwihanangirije n'ibyo nategetse n'amategeko yanjye nandikushije nayo navuze.6Isaka atur'i Gerari: 7Abantu baho bamubaz'iby'umugore we,arabasubiz'ati:Ni mushiki wanjye;kuko yatinye kuvug'ati:N'umugore wanjye:ati,Abantu b'aha be kunyica bampora Rebeka:Kuko yar'umunyagikundiro. 8Amazey'igihe kirekire ,Abimeleki umwami w'Abafilistia arungurukira ,mw idirishya ,aban'Isaka akinish'umugore we.9Abimeleki ahamagaza Isaka,aramubgir'ati:Biragaragara yukw ar'umugore wawe;ko wavuz'uti,ni mushkiki wanjye?Isaka aramusubiz'ati:N'uko nibgiraga nti,be kunyica bamumpora. 10Abimeleki aramubz'ati:Ibyo watugiz'ibyo n'ibiki?byashigaje hohato,umwe mu bantu banjy'akaryamana n'umugore wawe,akadushyirishahw icyaha. 11Abimeleki yihanangiriz'abantu be bos'ati:Uzakur'uyu mugabo cyangw'umugore we ntazabura gucirwahw iteka.12Isaka abiba mur'icyo gihugu ,mur'uwo mwaka yez'ibirutaho inshur'ijana.Uwiteka amuh'umugisha. 13Uwo mugab'abb'umukire,agend'arushaho.agez'aho yaberey'umukirre cyane. 14Yar'afit'imikumbi n'amashyo n'abagaragu benshi:ater'Abafilistia ishyari.15Amariba yos'abagaragu ba se bafukuye ,Aburahamu se akiriho,Abafilistia bari bayashibishij'ibitaka. 16Abumeleki abgira Isaka ati: Gend'utuvemo,kuk'uturuta cyane. 17Isaka avayo ,abamb'amahema ye mu gikombe cy'i Gerari,aturayo.18Isaka asubiz'amariba bafukuye,Aburahamu se akiriho ;kukw Abafilistia bari bayasibye,Aburahamu amaze gupfa ,Ayitamazina se yayise.19Abagaragu ba Isaka bafukura mur'icyo gikombe,babona mw iriba ry'amaz'idududubiza. 20Abashumba b'i Gerari batonganir'ayo mazi n'aba Isaka ,bati,n'ayacu.Isaka yit'iryo riba Eseki,kuko bamugishij'impaka.21Bongera gufukur'irindi riba ,ryo ntibaritonganira:aryita Sitina. 22Avayo afukuz'irindi riba ,ryo ntibaritonganira ,aryita Rehoboti, aravug'ati:non Uwiteka adushyiz ahagutse,natwe tuzororokera mur'iki gihugu.23Avayo ,arazamuka ,ajy i Beeri-sheba. 24Uwiteka amuboneker'iryo joro,aramubgir'ati:Nd'Imana ya so Aburahamu ntutinye ,kuk'uri kumwe nanjye,kandi nzaguh'umugisha,ngwiz'urubyaro rwawe ngiriy'umugaragu wanjye Aburahamu. 25Yubakay'igicaniro yambaz'izina ry'Uwiteka ,abambay'ihema rye:kand'abagaragu ba Isaka bahafukura n'iriba.26Maze Abimeleki av'i Gerari,ajyan'ahwari na Ahuzati inshuti ye na Fikoli umutware w'ingabo ze. 27Isaka arababaz'ati:N'iki kibazany'aho ndi ,kandi munyanga,mwaranyirukany'aho muri?28Bramusubiza bati:Twabonye neza yuk'Uwiteka ari kumwe nawe,turavuga tuti,dushyir'indahiro hagati yacu nawe,kandi dusezerane nawe. 29Yuk'utazatugirira nabi,nkuko natwe tutakwakuye ,ahubgo twakugiriye neza gusa,tugusezerahw amahoro.non'uhiriwek'Uwiteka.30Nuk Isaka abateker''ibyo kurya ,bararya baranywa. 31Bazinduka kare ,bararahiranya :Isaka arabasezerera ,bamusig'amahoro.32kur'uwo muns'abagaragu ba Isaka baraza ,bamubgir'iby'iriba bafukuye. 33Aryita Shaba:ni cyo gitum'uwo mudugudu witwa Beeri-sheba na bugingo nubu.34Esau amaz'imyaka mirongwine avutse,arongora Yuditi mwene Beeri Umuheti ,na Basemati mwene Eloni Umuheti,35Bababaz'imitima ya Isaka na Rebeka.Chapter 27
1Mugihe co Isaka yaramaze kuba umusaza ,amaso ge gamaze guhuma ,yakuara umwana we mbere aramubwira ngo:Umwana wanje:nawe aritaba ngo karame data. 2Reba maze kuba umusaza ntaho nzi neza umusi go nzapfira ho.3None rero fata icumi ryawe ugende guhiga mushamba unzanire inyama. 4Maze untekre isupu nziza iryoshire umutima gwanje gwishime mbone kuguha imigisha mbere yo gupfa kwanje.5Rebeka yari arikumvirije ibyo Isaka arikuganira na Esau umuhungu we.Esau agenda kugira ngo atekere ise isupu.6Rebeka agendera Yakobo aramwongorera byose byo Isaka yaganiriye na Esau. 7Ngo : genda mu ishamba uhige unzanire inyama n'isupu umutima gwanje gwishime nguhereze umugisha mbere yo gupfa.8None nawe mwana wanje tega ugutwi wunve ibyo giye kukubwira. 9Genda nawe ufate intama nziza zamavuta ibiri zijwiye amashushi nanje nteke isupu iryohire yo iso akundaga. 10Kandi ni weho urabijanira iso namara kurya araguhereza imigisha mbere yo gupfa.11Yakobo abwira nyina:Birashoboko gute ko Esau afite ibyaya kumubiri njewe ntabyo? 12Ndigutinya Data nankoraho,aramvumbura ndaba umubeshi aho kugira ngo nzane imigisha ndazana imivumo.13Nyina aramubwira:Imivumo yawe ari njewe ifata ariko weho kora gusa ibyo nakubwiye unyumvire. 14Yakobo aragenda azana intama zibiri z'amashishi imbere ya nyina arateka neza kubera yari azi isupu yo Isaka akundaga.15Rebeka afata imyenda ya Esau ayambika Yakobo akoresha amayeri ngo Isaka atamuvumbura. 16Amworogose uruhu rw'intama kugira ngo agire ibyoya nka Esau. 17Yakobo ajanira ise isupu n'imikote yo nyina yari yateguye abimugereza mu ntoke akoresha amayere ga nyina.18Araza agera imbere ya se aramwakura:Data ;nawe aramusubize :ndi hano mwana wanje ,uri nde? 19Aragamba ngo:ni njewe mwana wawe wa mbere Esau ,akoze uko wambwiye ,rero haguruka wichare irye inyama unywe isupu kubyo nagiye guhiga kugira ngo umpereze imigisha.20Isaka aragamba ngo:byabeye gute ko none wavumbuye vuba?Erega hafi ngukoreho menye neza kabisa niba ari weho.Yakobo aramubwira:Imana yawe niyo yabikoze. 21Isaka abwira Yakobo ,mwana wanjye Esau egera hafi yanjye gukoreho menye neza ari weho Esau changwa niba utariwe.22Yakobo yegera se, amukorireho, aragamba ngo: Ndikunva ijwi ari Yakobo ariko umubiri nugwa Esau.23Isaka ntaho yamenye amayeri go bakoze.Nuko agira ngo ni Esau ,amuhereza umugisha..24Isaka yongera aramubaza :Kweli kabisa ni weho mwana wambere Esau?Yakobo aremera ngo.Ni njewe. 25None rero zana ibyo watayarishije nimara kurya umutima gukishima ndaguhereza imigisha,Yakobo arazana amaze kurya amuhereza inzoga asozaho.26Isaka amaze guhaga,aramubwira,egera hafi yanje umpobere mwana wanje. 27Aramwegera ,aramuhobera yunva imyenda ye iriguhumura imyama zo mushama amuhereza imigisha arikugamba ngo:Ndishimye umwana wanje ariguhumura nkibiti by'ishamba Imana yahaye imigisha ,nawe ugire imigisha.28Imana iguhereze urume rwo mwijuru kandi imana iguhe ibyiza byose byo mwisi,uzahinge weze,kandi imizinga yawe ntikaburemo umutobe.29Amahanga gose gazabe abakozi bawe ubwoko bwose buzagupfukamire kandi uzabe mukuru kuri benenyoko bose .Abenenyoko bose bazagupfukamira.Uzakuvuma nawe avumwe ,kandi uzaguha umugisha nawe azahabwa imigisha.30Ako kanya Isaka amaze guhereza imigisha imigisha Yakobo,Esau nawe araza avuye guhiga azanye ibyo bamusabye kandi yari yarushe cane. 31Arateka vuba ashira inyama n'isupu uziza ku sahani ajanira ise kugira ngo abone imigisha ,abyutsa ise ngo:Data haguruka urye unywe isupu ,umutima gwawe gwishime myuma umpereze imigisha.32Isaka aratangara aramubaza:weho uri nde?aramusubiza:ni njewe Esau umwana wawe wambere. 33Isaka aratitira araregeya cane aramubaza:Ninde wanzanie inyama n'isupu akambesha ngoavuye guhiga?None ndangije kumuhereza imigisha kandi azabona iyo imigisha.34Esau yumvishije ibo ise agambye ararira i kilio gikomeye cane,abwira ise ngo:Papa nanje umbabarire umpereze kumigisha. 35Isaka aramubwira:Mwenenyoko Yakobo yakoze ububandi none imigisha yawe niwe uyijanye.36Esau aravuga ngo:Kumbe kuri busha yitwa Yakobo kubera buno nubwakabiri ngo ajane uburenganzira bwanje bw'umwana wambere none reba ajanye imigisha yanje,nyabuneka papa nanje umbereze ata gakeya,ntanakagisha kanyori wambikiye? 37Isaka abwira Esau :Ntaho byoshoboka maze kumugira mukuru kuri mwese muhaye byose kandi abantu bose baamupfukamira,nonesi mwana wanje nkugire gute?38Esau abwira ise:Nonesi papa nigo mugisha gumwe gusa gufite?Nanje papa,umpe akagisha ata kanyori basi,Esau arasandara ararira.39Isaka aramusubiza ngo:Basi mwana wanje ,ukature ahateraga,aho urume rwo mujuru rutageraga. 40ukobseshweho no kurwana,ukokorere mutoya wawe ariko urikuwayawaya uko ushaka,kandi kurwana kwawe niko kukagukize uburetwa.41Esau yanga Yakobo kubera imigisha ye yo yibye,agamba mumutima gwe ngo ,papa yenda gupfa ,nituba turi ku kilio Yakobo nkamwite. 42Ago magambo ga Esau gagera kuri Rebeka,yakura Yakobo aramubwira ngo:Esau arikwipendekeza kuri weho ariko afite programe yo kukwita mazima.43None rero uje kwa nyokorome umva i sauti ,toroka uje kwa nyokorome Labani utuye i Harani. 44Ubeyo kwanza kugeza igihe co umujinya gwa mwenenyoko guzapunguka. 45Nimbona Esau amaze kwibagirwa ibyo wamukoreye, nzagutumiraho uze kubera ntaho caka ko mupfira umusi gumwe mwembi.46Rebeka abwira umugabo we Isaka ngo:Maze kuruha kubera kubana n'abahara ba Heti.Umwana wanje Yakobo ntaho caka ko asohoza bano bahara ba Heti kubera ntafaida yo mbonagaho.Chapter 28
1Isakayakura Yakoboamuha umugisha, amuha iritegeko ngo: ntunza sohora umugore womubakobwa b'Ikanani. 2Haguruka, nje ipandan-Avamumunzu ya Beteli, sewanyoko, uduhoreze yo umugore womubakobwa bahabani, musaza wanyoko.3Imana ishobora byose iguhe umugisha, iguhe kororoka, kandi ikangerere, kugirango uhinduke ubwoko bwinci. 4Igihe imugisha ya Aburahamu wowe n'urubyovo rwawe, kugira ngo: wigarure igihuco utuye mo nk'umunya mahhunga kandi co yahaye Abwahemu!5Isaac yohereza Yakobo ajaIpandan-Aromu kwa hebani musaza inaRebeka nyina weYakobo na Esau.6Esau abonako Isaka yahaye yabeba umugisha, nuko yamwohereje ipunda niAromu gushaka yo umugore kandi ko igihe yamuhaga umugisha yamuhaye iritegeko ngo: Ntuza sohoze umugore womubakobwa b'ikanani.7AbonakoYakobo yuwiye se nanyina kanoli ko yagiye ipunda ni Aromomu.8Esau abona kumenya ko baherezaga se Isaka.9Esau aja kaIsaka. Asahoza umugore, mahuluti, umuhorawe Isaka mwene Aburahamu kandi mushiki nanebayo Isimaeli, wetse abagore boyari afite.10Yakobo awa iBetisheba aja Havani.11Agera ahantu ho ya raye, izuba ryari rimeza ku,rengo gwe, araraho,afata ibuye arigira umusego,ibitinsi biramufata12Ararota, Doreumungazi gwari gushinze kw'isi kandi wago gwabora mw'ijuru.Dore abana baiko b'Imana barataramagano guteremuka kuri ngomungazi.13Dore Uwiteka yari ahugoze hejuru;aragamba ngo: ndi Uwiteka Imana yaAburahamu, co, nimana yaIsaka14MMUrubyaro ruza ngana n'umucucu gw'isi, uzakwira ibuvasira zuba kugera oiburemgera zuba, amajaruguru n'amaje pfo ; kandi imiryango yose Y'isi izabanera umugisha muri waho nomueubyaro rwawe. 15Dore, ndi hanawe nzaku rinda aho uzaja hose. gihugu; kubera ko intazagute rerama, ntari nahosoza ibyo nkubwiye.16Yakobo akagutse, aragamba ngo: Ninkuri Imana irihano hantu naho njewe ntaho nari mbizi! 17Agira ubwoba aragamba: mhege ahantu hateye ubwoba! Hano, ni inzu yImana hanoni Irembo ry'Ijuru!18Nuko Yakobo azinduka karekure;afata rya buye ryo yari yagize umusego gwe, arihagaruka nk'urubutso, arimenaho amavuta.19Aho hantu ahita -Beteli; Ariko mbere nugomugi gwitwazi.20Yakobo higa umuhigo arekugamba ngo: Niba Imana in'hamwena nje; ikandi nda muriuru rugenda rwo ndamo, nampa umukati gwo kurya, n'imyendo yakurembara,21 kandi nimugoroba amahoro muInzu nigo mwudata, nibwo Uwiteka azuba Imana yanje.22Iribye ryo nohagaritse nk'urwibutso, rizuba inzu y'Imana, kandi nkaguhe kimwe mw'icumi c'ibyo wampeye byose.Chapter 29
14Farao ahamagara Yosefu .Bamusohora vuba vuba mu pirizoni. Arijogosha,abindura imyenda ,aja kwa Farao.15Farao abwira Yozefu ngo:Narose indoto .Ntamuntu washoboye kuyisobanura;none nabwiwe ko usobanuraga indoto ,umaze kuyunviriza. 16Yozefu asubiza Farao agamba ngo:Ntaho ari njewe.Imana rurema niyo irahereza Farao igisubizo gikwiriye.4Yakobo abwira abashumba ngo:Bene mama ,mura ba hehe?Barasubiza ngo:Turi abi Harani. 5Arababwira ngo:Muzi Labani,mwene Nahori?Barasubiza ngo:Turamuzi. 6Arababwira ngo:Afite ubuzima buboneye.Kandi nguyu n'umuharawe Rasheli ayezine hamwe n'ubusho.7Agamba ngo:Hrachari kare,kandi ntaho arigihe cho kuzibumbira hamwe (Kuzi chura );mushera intama ,hanyuma mugende ,kandi muzisagire. 8Barasubiza ngo:Ntaho twoshobora kugeza aho ubusho bwose burataruru kana,niho barahirika ibuye umuumunwa.gw'igitega ,no gushobora intamba.9Akirikubabwira,Rasheri aba ayizire hamwe n'ubusho bwase;kuberako yabaga umushumba. 10Yakobo abonye Racheri ,muhara wa Labani ;muzaza wa nyina ,hamwe n'ubusho bwa Labani musaza wa nyina ,aregera ,ahirika ibuye ryo ha munwa gw'igitega ,kandi ashora umukumbi gwa Labani musaza wa nyina.11Kandi Yakobo ahobera Rasheri,apandisha ijwi ararira. 13Labani akimara kumva barikugamba Yakobo ,muhungu wa mushiki we,ira mwirukangira,aramuhobera,kandi amuzana mu rugo rwe.Yakobo abwira Labani amakuru gose. 14Labani aramubwira ngo:Mukuri kose uri igufa yanjewen'umubiri gwanje Yakobo amara ukwezi kumwe kwa Labani.15Hanyuma Labani abwira Yakobo ngo:Kuberako uri mwishwa wanje,ukankorere kubusa?Ubwire niki ico nkaguhemba. 16Lbani yagiraga abashara babiri:infura yitwaga Leya,naho bucura yitwaga Rasheri. 17Leya yagiraga ameso gatarebaga neza ariko Rasheri yari abonye kugihagaro kandi afite isura nziza. 18Yakobo yakundaga Rasheri,aragamba ngo:Ngakukorere imyaka irindwi kubwa Rasheri muhara wawe bucura.19Labani agamba ngo:Nkunze ngo mugihe aho kumuha undi mugabo.Ugume iwanje. 20Nuko Yakobo aratumika imyaka irindwa kubwa Rasheri ;Kandi mu maso ye yari nk'imisi mike kuberako yamukundaga.21Hanyuma Yakobo abwira Labani ngo:Umpe umugore wanje ,kuko igihe canje casohoye,ngo nje kumusohoza. 22Labani ateranya abantu bose baho,akore sha umusi mukuru.23Hamugoroba ,afata Leya muharawe,amujanira Yakobo ,nawe aramusohoza. 24Kandi Labani ahereza muharawe Leya ,umuboyi we Zilipa. 25Bukeye mugitondo ,basanga yarari Leya.Nuko Yakobo abwira Labani ngo:Wankoreye ibiki mbesi ntaho nagutumikiye kubwa Rasheri?kuberiki wambeshije?26Labani agamba ngo:Ntaho ari umugenzo kwino gutanga bucura mbere y'imfura. 27Niba ushaka Racheri kora ibyo umuco gwacu gusabaga.Ongera ukore imyaka irindwi tena tuguhereze Rasheri wawe.28Yakobo aremera yongera gukora iyindi miaka irindwi,labani amuhereza Racheri aba umugore we. 29Labani afata umugore we Bilha ngo abe umukozi wa Racheri. 30Yakobo atunga aramukunda kurusha Leya,kubera yari yemeye gukora iyindi miaka irindwi.31Imana yarabonye ko Leya bamwangaga amuhereza urubyaro,ariko Racheri akomeza kuba ingumba. 32Leya aheka inda yambere abyara umwana amwita Rubeni,agambango:Imana yumwishije ikiho chanje ,none umugabo wanje arakunda.33Yongera gutwara inda abyara uwundi mwana aragamba ngo:Imana yamenye ko ntaho nkundwaga ampereza wuno mwana amwita Simiyoni. 34Yongera kuheka inda abyara umwana aragmba ngo:Noneho umugabo wanje ntaho twatana kubera ko mubyariye abana babahungu batatu,amwita Lawi.35Yongera kubyara tena agamba ngo:guno numwanya gwanje go gushima Imana amwita Yuda,aba arekeye aho kubyara.Chapter 30
1Rasheri arebye yuko aba byaranye na Yakobo agira ishari rya mukuru we, aba ya bwira Yakobo ngo: mpa abana; ndutabampaye ndondobaho. 2Racheli atuma Yakobo yararakara cane, aramubaza ngo: ndimuchimbo c'Imana? ko ariyo ya kwimire imbuto ivaga munda yawe?3Aramusubiza ngo: reba umujakazi wanje Biluha umugire uwawe, kugira ngo abyarire ku mavi ganje nanje mubonereho abana. 4Amushira Biluha umukozi we Yakobo amugira umugore we,5Biluha agira inda abyarana na Yakobo umuhungu. 6Rasheli aba yagamba ngo: Imana ichiye urubanza rwanje ndarutsindire, kandi iranyumviye imbeye umuhungu nichochatumire ya mwita Dani.7Biluha umukozi wa Rasheli yongera kugira inda abyarana na Yakobo umuhungu wakabiri. 8Racheli abayagamba ngo: ndwanye n'umwana wa data indwano ikomeye ndamutsindire amwita Nafutari.9Lea arebire yuko yarekire kuzara afata Zilupa umukozi we, amushinga Yakobo. 10Zilupa umukozi wa Lea azarana na Yakobo umuhungu. 11Lea aragamba ngo: mbwenye Umugisha aba ya mwita Gadi.12Zilupa umukozi wa Lea azarana na Yakobo umuhungu wa kabiri. 13Lea aragambana ngo: ngirire amahirwe kuko abahara bakanyite ufite amahirwe aba yamwita Asheri.14Mu sarura ry'ingano Rubeni aja mumurima abona amatunda meza agazanira mama we Lea. 15Nawe aramubaza ngo: kujana umugabo wanje birorohire, none urigushaka kujana amatunda meza gu mwana wanje? Racheli aramusubiza ngo: none nijoro murarana kumpa izombuto zo umwana wawe ya zanire.16Yakobo ni mugoroba ava mu gikuyu Lea ava munzu aja ku mwakira, aramubwira ngo: ukwiriye kurarana nanje kuko natangire imbuto zigendire zumwana wanje ku mushahara ararana nawe iryo joro. 17Imana yumvira Lea, agirinda azarana na Yakobo umuhungu wagatanu. 18Lea agamba ngo Imana impaye ibihembo kuko mashingiye umugabo wanje kumukozi wanje amwita Isakari.19Lea agira iyindi nda azara na Yakobo umuhungu wa gatandatu. 20Lea aba yagamba ngo: Imana imbeye imbazo nziza noneho umugabo wanje akabana nanje kuko twazaranye abahungu batandatu aba yamwita Zebuloni. 21Nyuma azara umuhara amwita Dina.22Imana yibuka Rasheli ira mwumvira iba yafungura indaye. 23Agira inda azara umuhungu aragamba ngo: Imana unkurire ho agasuzuguro. 24Amwita Yozefu aragamba ngo: Imana Ihoragaho inyongereye undi mwana w'umuhungu.25Nuko Rasheli amarire kuzara Yozefu, Yakobo yabwiye Labani ngo: ndekure, ngende nje iwetu mugihugo chetu. 26Mpa abagore banje nabana banje bo nagutendeye ho nkigendere kuko ubujiko na beye umutende iwawe.27Labani aramubwira ngo: ichamba ngakuboneraho imigisha kuko na hanurize kuko kubera weho umwami mpeye imigisha. 28Ariko ibihembo byo ngaguhe nkabiteho.29Aramusubiza ngo: ubiji ko nagutendireho kandi uko amatungo gawe gabeya ngaragiye. 30Kuko amatungo gawe go wari ufite gari makeya none gagwiriye gabeye menji chane, Imana yaguhaye imigisha aho nagerire hoshe none nkabone ryari uko nakorera urugo rwanje?31Aramubwira ngo: nkaguhemb'iki? Yakobo aramusubiza ngo: ntacho ukampembe hubwo n'ukorera iki nkayo ugere kurangira amatungo gawe ngarinde. 32Ndanyura mu matungo goshe none nkuremo indama zamadowa dowa nizibitobo zose n'indama zibikara zoshe ni hene za madowadowa nizimeze gucho zikabe ibihembo byanje.33N'ukuri kwanje kukampamirize gucha hanyuma nuzakurera ibihembo byanje birimbere yawe ihene yoshe itari amadowadowa, changwa ibitobozoshe n'intama itari igikara nizibonekaho uzazite inyibano. 34Labani aramusubiza ngo: nkuko byaba gucho.35Nuko ago musi arondora amapfizi g'ihene z'amadowa dowa, zoshe n'ibitobozoshe ihene yoshe ifitire ibara ry'umweru, n'indama zibikara zoshe aziha bahungu be. 36Hagati yabo na Yakobo ahashira urugendo rw'imisi itatu Yakobo aragira amatungo ya Labani gasigeye.37Yakobo ashikira uduti twimilebeni tubishi n'utwimiluzi, n'utwi myarumoni adushishuraho amabara maremare gasana nimisengo yerekana umweru go kuritwo duti. 38Ashira uduti two yashishurire kubibumbiro byo ku bibuza aho amatungo gara nywera zarindaga uko zije kunywa.39Amatungo garindaga gagerire imbere y'utwo duti, zikazara izifite amadowadowa ni zibitobo ni zubugondo. 40Yakobo yarondoraga izivukire agashira hamwe izo mu matungo ga Labani ni za madowadowa n'ibikana agashira amatungo ge ukwago ataziteranye ni za Labani.41Kandi uko itungo ryiza ririndire, Yakobo yashiraga twa duti kubibumbiro imbere y'amatungo kugira ngo zimire hagati yatwo. 42Ariko zabambi atadushireho byatumire imbi zoshe zaba iza Labani naho iziboneye zoshe zikaba iza Yakobo.43Uwo mugabo agwiza amatungo chane agira menji chane, n'abaja, n'abagaragu n'ingamiye, n'indogobe.Chapter 31
1Bukeye Yakobo yumva amagambo g'abahungu ba Labani bagambaga ngo: Yakobo yajenye ibya data byose kandi ubukire bwo afite bwose yabukuye mu bya data. 2Yakobo areba ku gahanga ka Labani. Asanaga atarikumureba ngo hambere,3Uhoragaho aburira Yakobo ngo: Subiza mu gihugo ca ba swo muri bene wanyu na nyowe nkabe hamwe na wowe.4Yakobo ahamagara Rasheli na Leya ngo bije aho yari arikuragirira, 5arababarira ngo: Nabwenye ko swo atari kundeba nga hambere, ariko Imana ya data iberaga hamwe na nyowe. 6Namwe mwiji ko nakoresheje ingufu za nyowe zose ndigukorera swo.7Kandi swo yandimanganyije. Buri gihe ariguhindura umushahara gwa nyowe kari icumi ariko Imana yaramundinze. 8Yagambaga ngo: Izifite amabara nizo zikabe umushara gwa nyowe, amatungo gose gabyaraga izifite amabara, yogamba ngo: Iz' ikivuvu ngo zikabe umushahara gwa nyowe, amatungo gose gakabyara ibivuvu.9Guco niko Imana yakire amatungo ga swo no kuganyihera.10Kandi ubwo nari ndikuragira, narebye mu ndoto amapfizi g'ihene garigupandira amatungo yaribihuga, n'ubugondo n'ibitobo.???11Malayika w'Imana arambwira mu ndoto ngo: Yakobo! Nditaba ngo karame.134Iisi z' imisibo zishije,Yozefu yabwiriye abakozi ba Farao ngo: Mbaye mboneye mu mask ga wowe,mumbwirire Farao ngo: 5Data yandahije ngo: Reba ndenda guofa. Ukampambe mu kabiri na yowe ko nacukwiye mu gihugo ca Kanani. Niyo ukampambe. None ungirire imbabazi, ntarame guhamba data, nyuma nkagaruke. 6Farao aramusubiza ngo: genda uhambe swo, kubera ko niko yakurahize.14Rasheli na Lea baramusubiza barikugamba ngo: None si hari agace cangwa umurage mu nzu ya data?15 None ntaho wiji ko adufataga nk' abanyamahanga? None si siyatugurishije kandi akamira amafaranga gatuviyeho. 16Kubera ko ubukire bwo Imana yayatse data bubeye ubwacu n'abo twazeye. None rero cose Imana yakubwiye , ugukore17Nuko Yakobo arahaguruka, afata abana be n'abagore abashira hejuru y'ingamiya. 18Afata amatungo ge gose ,n'imali ye yose yari amarire kubona i Pandani-Aramu, aragenda iwabo kwa se Yakobo mu gihugo c'i Kanani.19Labani yari yagiye gukata ubwoya b'intama ze ,nuko Rasheli yiba ibihindi byose arabigendana. 20Nuko Yakobo aratoroka, arayombokoka Labani atamenya ko Yakobo yatorotse. 21Yakobo ajana ibye byose yambuka umugezi, agezeyo araruhuka arikureba hakurya ku musozi gwa Gileadi.22Hashize imisi itatu niho Labani yamenye ko Yakobo yatorotse. 23Labani na benenyina birukanka kuri Yakobo bamara imisi irindwi,bamusanga ku musozi gwa Gileadi.24Imana ibonekanira Labani mu joro mu ndoto iramubwira ngo: Wirinde cane utere kubwira Yakobo igambo ribe ribi cangwa riboneye. 25Labani aramutsa Yakobo, aho ku musozi yari yamarire kushinga ihema. Labani na banenyina nabo bubaka i hema kuri ugo musozi hamwe na Yakobo.26Labani abwira Yakobo ngo: Kubera ki watorotse ukajana n'abakobwa ba nyowe bombi bameze nk'abafungwa? 27Yo ureka gutoroka ukambwira nkaguherekeza n'abantu bari kukuririmbira twishimye no kupika ingoma. 28Ndo wanyemereye ngo manze nahobera abahara ba nyowe no kubahereza imigisha, wankoreye uburyarya.29Kano kanya mfite ubushobozi kuri weho, ngo ngukorere ico nshakire, ariko ejo mu joro Imana ya wowe yambujije ngo nere kukugirira nabi. 30None urigushaka kugenda bwishishwa kubera ukumbuye iwanyu, ariko kubera iki wibye uduhindi twa nyowe?31Yakobo aramusubiza arikumubwira ngo: Nagutinye,nagize ngo nigusezeraho, uranyaka abagore ba nyowe. 32Kandi niba hari umuntu wibye ibintu byawe umufate, umukorere ibyo ushatse, Yakobo ndo yari azi ko Rasheli yibye amasanamu gase.33Labani yinjira mu hema rya Yakobo no kwa Leya hamwe no mu mazu gose g' ababoyi be ko aari babiri, ntiyagira ico asangamo, aragenda yinjira mu nzu ya Rasheli.34Rasheli yari yashize twa dusanamu tw' ibihindi musi y'ibyo gusasa ku ngamiya, nuko abyicaraho. Labani yinjira mu nzu arashaka arabibura. 35Rasheli abwira se ngo: utere kurakara,ntaho nshobweye guhagarara hmbere yawe kubera ndi mubihe by'abagore. Labani akomeza gushakisha aratubura.36Yakobo ararakara ashaka kurwana na Labani, aramubwira ngo: Nakorire ki kibi kungira ngo ukomeze kunkurikirana mupaka ino i Gileadi? Nakorire ikihe caha? 37Wamennye ibintu bya nyowe byose hasi kweli kabisa hari icawe co wasanzemo?Niba harico wabwenyemo, ngsho gishire hanze hambere y'abantu bawe n'aba nyowr baducire urubanza.38Iyi miaka yose mirongo ibiri turi hamwe, nta kintu cawe nakimwe co naherize, n'amatungo gawe gose nta n'intama n'imwe yo nariye. Guno musi niho ndenda kuba umusambo? 39Intama yo intare yashatse kurya nakoze uko nshobweye kose ndayikiza, umutaga na mu joro narwanye bikomeye kugira ngo ibya wowe byere kuzamba. 40Bino byose byambayeho, mu mutaga nagize imyota, ijoro imbeho ikanyita, ntaho napimye guhunia naba na kannyori.41Imyaka mirongo ibiri zose,nabenye nawe: imyaka cumi nine nagukoreye kugira ngo mbone abahara bawe ,iyindi myaka itandatu narindi kuragira intama zawe, umushahara wampeye gwapfuye busha kari icumi. 42Yabeye atari Imana ya data, Imana ya sogokuru Aburahamu, Imana yo Isaka yatinyaga yandinze, uba waranyirukanye hambere y'igihe. Ariko Imana yabweneye amateso ga nyowe, impfira imbabazi, nuko ikugira inama ejo mu joro.43Labani asubiza Yakobo ngo: Abahara ba nyowe n'aba nyowe kandi about bazeye no abasukuru ba nyowe, n'amatungo n'aga nyowe, n'ibyo urikureba byose n' ibya nyowe. None si urikureba hari ikintu kibi nabakorera? 44None rero ,tugende dukore indagano hagati ya nyowe nawe.45Yakobo afata ibuye ararihagarika aho rimera nk'inkingi 46Yakobo abwira bene wabo ngo: mutoragure amabuye mugakusanye nk'amashiga mugazunguruke murye mwese musangire. 47Labani ahita izina rya Yegari-Sahaduta, ariko Yakobo ahita izina rya Galeedi.48Labani aragamba ngo: gano mashiga n'ubushuhuda hagati ya wowe na nyowe. Izina ryaho hantu rikomeze kwitwa Galeedi. 49Na Misipa, kubera yaragambye ngo: Imana yonyine ibirebe kandi ibe hamwe natwe mugihe tutazaba tutakiri kubonana. 50Weho nutesa abahara ba nyowe cangwa ukabaharika, naho nkabe ntari hambavu yawe, Imana ikabe irikubireba, kubera ikakomeze indagano zacu za none.51Labani abwira Yakobo ngo: ugende uribuka gano mashiga na yino nkingi yo twahagaritse hagati yacu. 52Gano mashiga gabe urwibutso na yino nkingi ibe ubushuhuda y'indahiro ko ntaho nkabirengeho no gukore ibyo kukubabaza cangwa weho ukore ibyo kumbabaza. 53Imana y'Aburahamu n'Imana ya Nahori, n'Imana za sogokuru ikatubere umujuji. Yakobo ararahira ngo ubwoba bwa se Isaka bukamubeho, atere kurenga kubyo bwumvikane.54Yakobo atanga ituro kuri ugo musozi basangira ibiryo barahaga barara aho bose ijoro ryose. 55Mu gitondo karekare Labani arabyuka ahobera abana bose n'abahara be abahereza umugisha,nuko asubira iwe m'urugo yishimye.Chapter 32
1Yakobo ya gumije kugenda mu safari ye,maze abamalaika b'Imana bahura nawe. 2Yakobo abibwenye yagamba ngo:aba ni gikundi ca basoda b'Imana maze ya yita aho handu Mahanaimu.3Yakobo yatumire imbuzi ngo bagende kwanza iwa mwene nyina Esau iyongiyo Seiri mu kihugo yi Edomu. 4Yabaheye amategeko ngo muzazambe na mukuru wanje Esau umukoze wawe Yakobo ya gambire ngo nabeye umushitsi wa Labani nabeye yo no kugeza bunoya. 5Kandi mfite inga ni punda nu bukumba na bafundi na bajakazi ni nabatumire kubwira shebuja wanje kugira ngo mpinguke imbere ya meso ge.6Zambuzi zagarukire iwa Yakobo zagamba ngo: twagerire iwa mwene nyoko Esau, none nawe yijire ngo muhure na bandu magana ne bari hamwe nawe. 7Maze Yakobo yatinya cane, ya hagarika umutima ya panga panga abantu bo yarahamwe nabo, nibikumba bye n'inga ze n'ingamiya ha basoda bo yagabi mo kabiri. 8Yagambire ngo Esau nayija, hamwe ni gikundi kimwe ya basoda no kurasa, abandi basoda barasigara bakakire.9Yakobo yagamba ngo: Imana ya sokuruza wanje Abrahamu, n'Imana ya data Isaka Imana yambwiye ngo: subira mugihugo ciwenyu, no muri benye wenyu nkakugirire neja. 10Ntakwiriye imbabazi zawe zoshe n'ukuri kwawe kose, byo wayerekire abakozi bawe, kuko ni nkoni yanje nayambukire Yorodani none mbeye ibikundi bibiri bya basoda.11Undabare ndabikushakire, mukuboko kwa mwene mama, ukuboko kwa Esau, kuko ndikumutinya atere kunyitana na mama na bana. 12Nawe ugambire ngo: ndakugirira neza no kugira abana bawe ngumuchanga go mungezi, guto bagwa mu bwingi.13Yareye aho ugo musi yafatire ho byo afite ahaho Esau mwene nyina habyo yafite byoshe. 14Ihene zibyara magana biri ni ndama zimfizi magana abiri. 15Ingamiya zikamwanga amata mizongo itatu na bana babo ni ngazi byarago mirongo ine ninga zimfizi icumi, ingamia zibyaraga mirongo ibiri ni byana byazo icumu. 16Yabirire mukuboko kwa bakozi be no gikundi ukwaco: yabwira abakozi be, mugende imbere yanje, musige ahandu mu gikundi, ni gikundi.17Abwira uwambere ngo: mugihe Esau mwene mama ni yija kuhura nawe, akabaza ngo: weho uruhande? urikuja hehe? na nibande barimbere yawe? 18Maze ugambe ngo: abo nabumukozi wawe Yakobo nibyo atumye iwa Petro we Esau; kandi nawe arikwija inyuma yetu.19Yabwira uwa kabiri ngo: uko muragambana na Esau mugihe murahura nawe. 20Muragamba ngo: reba umukozi wawe ni nyuma. Yakobo arikwija inyuma yetu kuko ya gambire: murohereze habyagerire imbere yanje hanyuma murebe mumasho ge: yenda ara nyemera. 21Kuko ibindu byageriire imbere ye, nawe wenyine ya pangire nyijoro hamwe n'abasoda.22Yahagurukire muriryo joro yafata bagore be babiri, na bakozi be babiri, na bana be cumi numwe, ya yambuka mu cumba ci Yaboki. 23Yabanjenye, yayambuka, yayambutsa nibyo yafite byoshe.24Maze Yakobo ya sigeye wenyine, maze hija umundu yagwana nawe buraca. 25Abonye yuko ya munaniwe, yafata umutsi go hatako rye, umutsi go hatako rya Yakobo gwa yikangire mugihe ya marire gutsinda. 26Nawe yagambire ngo: ureke ngende ni mugitondo karekare yagamba ngo ndondakureka ngugende utambeye umugisha.27Yamuha izina ryawe urinde, agamba ngo Yakobo. 28Ndaho rizaba Yakobo, ahubwo Isiraeli, kuko wafatanye n'Imana na bandu nawe utsindire.29Yakobo yamubarize ngo, mbwire izina ryawe ngushashirs, kubera ki umbarize izina ryanje? ya muheye umugisha ako kanya. 30Yakobo yayetire aho handu Penueli kuko yagambire ngo:mbwenye Imana mu mesho ku mesho nubugingo bwanje bikirizwe.31Izuba rya muviyeho, amarire kwambuka Penueli, yashindikanya kubera indambe zukuguru kwe. 32Nicho gitumaga Abisiraeli bataryaga umutsi go hatako kugeza bunoya. kuko yafatire umutsi go hatako rya Yakobo umutsi gwifero.Chapter 33
1Yakobo yubura amaso ,arareba ;abona Esawu arikuza ,hamwe n'abagabo maganane.Agabanya abana hagati ya Leya ,Rasheri na ababoyi babo babiri. 2Ashira imbere ababoyi hamwe n'abana babo,akurikizaho Leya hamwe n'abana be,ubwa nyuma Rasheri hamwe na Yosefu. 3We ubwe aja imbere yabo,apfukama hasi kutaka incuro zirindwi kugeza aho yagereye hafi ya mwene nyina.4Esawu ariruka arikumusanganiza;aramuhobera.Nuko bararira. 5Esawu yubura amaso,abona abagore hamwe n'abana ,agamba ngo:Bariya bo ufite ni bande?Na Yakobo asubiza ngo:Nabana bo Imana yahaye umugaragu wawe.6Ababoyi hamwe n'aban babo baraza barapfukama; 7Leya hamwe n'abanabe baraza nabo barapfukama;hanyuma Yosefu na Rasheri baraza nabo barapfukama. 9Esawu agamba ngo: Oya,ndikukwingi nga,niba nabonye imbabazi mu maso gawe,wemere impano yo muntoke zanje;kuko ariyo mpamvu narebye mu ruhanga rwawe nk uri kubera mu ruhande rw'Imana,kandi wanyakiriye n'urugwiro. 11Nuko rero wemere impano yanje yo nakuzaniye,kuberako Imana yambeye imigisha ,kandi ntaco mbuze.Amwihambiraho ,nuko Esawu aremera.12Esawu agamba ngo:Tugende ,dufate urugendo ndakugenda imbere.13Yakobo aramusubiza ngo:Databuja aziko abana bagendaka buhoro,kandi nfite intama n'inka zirikonsa,tena uwozihata kugenda,mu musi gumwe,ubusho bwose bwopfira ica rimwe. 14Databuja naje imbere y'umugaraguwe kandi nanje ndamukurikira buhoro buhoro,nshoreye ubusho burimbere,n'abana kugeza aho ndagerera kwa databuja i Seyiri.15Esawu agamba ngo:Ndagusigira isehemu y'abantu bange.Na Yakobo asubiza ngo:Ni abiki?Reka gusa mbonere imbabazi mu maso ga databuja. 16Ugo munsi,Usawu afata inzira asubira i Seyiri. 17Yakobo aragenda aja i Sukoti:Yubaka inzu ye,kandi yubaka n'ibiraro by'ubusho bwe.Niyo mpanvu aho hantu bahitire izira rya Sukoti.18Agarukire aviye i Pedani.Aranu,Yajobo agera mumugi gw'I Sekimu,mugihugu c'i Knani,akambika imbere y'umugi. 19Agura isehemu y'umurima na bene Hamori,se wa Sekemu,ibice ijana by'izahabu. 20Agerire yo,yubaka yo igitwikiro,achita Eli Elohe Isiraeli.Chapter 34
1Nyuma y'ibyo :Dinaumuhara na lea wo yabyaranye na Yakobo ,aragenda aja kwwoba abahara bo muri ico gihugu. 2Sekemu umuhungu na Homori umuhivi umukuru wico gihugo aramubona aramufata aryamana nawe kungufu.3Umutima gwe guja kuri Dina aramukunda cane,atangira kumubwira amagambo go kumubembeleza kugira ngo atuze.4Sekumu abwira ise Hamori ngo:Utangire imali kuri wuno muhara abe umugore wanje. 5Yakobo yumva amakuru ko bajambiye umuhara we,abahungu be bari bagie kuragira kure,arahora arindira ko abo bahungu be bataha.6Hamori papa wa Sekumu aragenda aja kureba Yakobongo baganire kubyabaye. 7Abahungu ba yakobo bava kuragira bageze murugo bunva abyabaye nuko abantu bose barakaye nabo barababara kunva ko mushiki wabo Dina bamubatse kandi ico nikizira muri Isiraeli.8Hamori agambana nabo ngo:Umuhungu wanje Sekumu yakuze umuhara wanyu none muntegeke mbareheze i mali abe umugore we. 9Sasa muribubireba gute?muduhereze abahara banyu tubasohoze natwe tuzabahereza abahara bacu mubasohoze. 10Kandi tuzabana muri kino gihugu ,muzakora ico mushaka,guhinga no gucuruza muzabe abakire.11Sekumu abwira sebukwe nabaramu be ngo:Ningirirwa ubuntu mu maso gamyu mukampereza uyu muhara wanyu ico mushaka cose ndakibahereza. 12Ni mushaka musabe i mali incuro ijana ni zawadi akangari ndabitanga ariko mwemere Dina abe umugore wanje. 13Abahungu ba Yakobo basubiza Hamori ma muhungu we Sekumu bitavuye kumutima kubera ko bakoze ikizira muri Isiraeli,mushiki wabo Dina baramubaka.14Barabasubiza ngo:Ntaho twotanga umuhara wacu ngo asohozwe nabatakaswe,kubera niteye isoni kuri twene. 15Tumanzedupatane kwanza ,mube nkatwe,buri mugabo iwanyu akatwe. 16Niho twobohereza abahara bacu,natwe tugasohoza abanyu,tugatura hamwe tukaba ubwoko bumwe ntakibazo. 17Ariko nimutumva ibyo tubabwiye mukanya gukatwa ,turabaka umuhara wacu,natwe ndotukabane namwe.18Ago magambo gashimisha Hamori na Sekumu. 19Umusore Sekumu ndoyaratinze gukora ibyo bamubwiye kubera gukunda cane umukobwa wabo Dina,Sekumu baramuhishimiraga kurusha bose mu munzu ya se Hamori.20Hamori n'umuhungu we Sekumu baragenda bageze ku muryango gumugi bahamagara abantu bose nokubabwira ngo: 21Bano bantu n'abanyamahoro kuri twe ,mubareke bakore ibyo bashaka nahinge bacuruze kandi igihugo ni kinini kiradutosheje,dusoheze abahara babo natwe tubahereze abacu.22Ariko twakowe nabo amapatano ngo nidushaka kubana nabo ,tumanze dukatwe nkuko nabo bose bakswe. 23Inka n'amatungo gabo n'imali yabo nibyacu ndo twokena tubafite tugomba gupatana nabo no gutura hamwe.24Abantu bose baribaje ku kubasanganira ku muryango g'umugi barabyemera,abagabo bose barakatwa bakurikija ibyo Hamori na muhungu we Sekumu bababwiye. 25Hashize imisi itatu ,abahungu babiri ba Yakobo,Simeoni na Lawi bagira umujinya nagahinda kubera Dina mushiki wabo,bafata imipanga bwihishwa baragenda nijoro abagabo hafi bose. 26Bica Hamori na Sekumu kuberaumujinya bafata Dina mushiki wabo bamusubiza iwabo.27Abahungu ba Yakobo,baragenda bazunguruka umugi baragufata baturamo barayishurira kubyo bakoreye Dina. 28Bafata ibyabo byose:Inka,intama ni unda zabo n'ibintu byose byabo byari biri mumugi n'ibyari biri mu mirima byose. 29Abana babo,n'abagore babo babagira abapirizoniye b'i vita,baja gusarura byose byari biri mumurima.30Yakobo abwira Simeoni na Lawi:Munkjeje isoni mugize kinuko muri kino gihugo,muratuma Abanyakanaani n'Abaperesi biyishurira kandi murabizi ko twene turi bakeya baje botumara nanje bakanyica. 31Bramusubiza ngo:Kubera iki bashatse kugira umushili wacu umumbaraga?Chapter 35
1Umunsi gumwe Imana yabyiye Yakobo tangira kugenda kuja i Beteli unyubakire uko ikitwikiro nyewe Imana yakubonekeye ichiye cho wayikurire muhungu we Esau. 2Noneho Yakobo yababwira numuryango we na bandi bose babaga ho, ati mutane n'isanamu yibigeni. Ibyo mufite mukiyeze no guhindura imyenda yenyu. 3Hanyuma turaza i Beteli kugira unyubakire ichitwikiro Imana yatabeye mumisi yibigeragezo byanje uwabeye nanje hoshe aho nadyiye.4Noneho banuheye Yakobo ibisanamu byose byibigeni ibyo babaga bafite ku maboko yabo nimpet zokumatwi: Yakobo yabihishire hasi yumwaro. 5Batangiye kugenda nibitinyisho bikomeye biragenda hejuru yi gihugu chabaga chibazungurukire. Kandi ntaho bayirukire bakurikiye inyuma y'abana ba Yakobo.6Noneho Yakobo yayijire uwa Ruzi yaberaza i Kanana (Beteli) arihamwe nabandi bose boyabaga arikugendana nabo. 7Yayubakire uko ikitwikiro ya hitire izina yaho Eli-Beteli. Hejuru yaho Imana yayiyerekenye uwe, umwanya go ya yirukire arikuva bene nyina. 8Na Debora, aya ya Rebeka arigupfa yahambigwe i Beteli hasi yu mwero yiyitirwe izina rye Aloni Baruti.9Imana yayirekeye kandi uwa Yakobo umwenya go ya yijishe aviye Ipadani-Yaalamu ya muheye imigisha. 10Imana yamubwiye ngo: izina gyawe ni Yakobo. Yamubwiye izina gyawe rihindukire Isiraeli.11Imana yamubwiye ngo: nyewe ndi Mana iboneye ugende winyongerere ubwoko ni miryango kangari mu wawe na bami bakave wawe na bami bakave iwawe. 12Nibihugo byo nakuheye buraha mu Isaka, ejo ndabiguha weho nurubyaro gwawe nyuma yawe. 13Imana yataramire iva iwe bikurikiranye nibyo yamuzanyiye.14Yakobo yahagarikire i nkingi hahandi aho yarikuganirira nawe. Hamwe nikingi ya mabuye, amenaho ibyo kunywa ameneho namavuta hejuru. 15Yakobo yahirire izina gaho go Imana ya mubyiye.16Batangiye i safaribarikuja i Beteli, bagerire hafi yo kusohorayo uwaye Fura Rebeka yafatirwe ninda yo kubyara yagirire umubabaro wo kubyara. 17Byagerire igihe choyagize umubabaro mwinci cane ngo kuzara. uwo kumuzarisha ya mubyiye utatinya uragira undi mwana. 18Bigerire akanya ko gupfa amwita izina rye Benoni, ariko she yamuheye izina Benjamini. 19Rasheli arapfa bamuhambire kubarabara ryi Efrati iri mu Betlehemu. 20Yakobo ashiraho kukaburi ye inkingi: iyo nkingi iliho kugeza na none.21Ariko Isiraeliayeneze ihem ye hakurya yu musozi Edeli. 22Habeyeho igihe cho Isiraeli ya yicheye muricho kihugo Rubeni yagenda ya ryama na Bilha, injoreke ya she Isiraeli ya yumva abana ba Yakobo baza bari cumi na babiri.23Abana ba Lea, Rubeni uwabyenye wa mbere uwa Yakobo, na Simeoni na Lawi na Yuda na Isaka na Zabuloni. 24Na bana ba Rasheli : Yozefu na Benjamini. 25Abana ba Bilha umukozi wa Rasheli: Dani na Nafutali.26Abana ba Zilpa umukoze wa Lea: Gadi, Aseri. Abo bana ba Yakobo bo yazarire iwe iwa Padani-Alamu. 27Na Yakobo yayijire kwa Isaka she we i Mamure, i kiri ati ( aba uri Hebroni) ahantu Abrahamu na Isaka aho bari bicheye.28Nichechesha Isaka yabaga ari imyaka ijana na mirongo munane. 29Isaka ya hereyeko apfa yateranye n'abandu biwabo nabamarire iminsi myinji. Abana ba Esau na bayakobo ba muhamba aho.Chapter 36
1Runo urubyaro rwa Esau witwaga Edomu 2Esau yashohoje abagore b' Abanyakanani: Ada, muhara wa Eloni Umuhiti, Oholibamahi, muhars wa Ana, umuzukuru wa Zibeoni, umuhivi;3Na Basemasi muhara wa Ishmaeli, mushiki was Nebayiosi.4Ada yazeye Elifazi; Basemasi yazeye Reueli; na 5Oholibamahi yazeye Yeusi; Yalamu na Kora. Ababahungu bazewe na Esau mu gihugo ca Kanani6Nuko Esau afata abagore be, abahungu be n'abahora be, nabantu bose bomunzu ye bosehamwe n'amasho ge n'ibyoyari afite byose, ibyo yari yarabone yemugihugo c'i kanani; nukoaragenda avaahomwene nyina Yakobo yari ari aja mukindi gihugo.swo, muhara mwari wagiputa.7Avayo kuherako igihugu c'ikanani cari kitabuhagije we nayababo mwene nyina; kubera ko bari bafite imikumbi myinci cane bituma bada shora kuguma hamwe.8Guco Esau yabaga mu mumusozi go mugihugo ca Edomu.12Abun'urubyoro ruro Esau sekuru wabaedomu.10Adaumugore wa Esau yamubyariye umuhungu umwe, Elifazi, kandi Elifazi 11yariyafite abanu butanu: Temani Omari, Zefo, Gatamu, naKenazi kandi kuwundi mugore, 9Timana yari afite umuhungu umwe gusu, Amalela.13Basemati, umugore wa Esau, yamubyariyo umwana umwe w'imuhungu: Reudi, kandi Reudi yari afiite abahungubame:Nahati, Zera, shuma, na Mizza.14Aholibana umuhungu wa Esau, mwari wa Ana waZibe,oni, Yamubyariye abana babahungu batatu: Yeushi, Yalamu, nakora.15Agan'amoko gakomoka kuri Esau.Elifazi, umuhungu w'infura wa Esau, yari sekuru wagamokogakuribira: Temani, Omari, Zofo, Kenazi,16Kora, Gatamu, na Amaleki. Ababoae, bariwubyoro rwaAda, umugore waEsau.17Reueli mwene Esau yari sekuru waga moko gakurikiye:Nahati,Zera, shamashi, naMizza.Ababose bariurubyoro rwaBamsemati, umugorewaEsau.18Agamoko gakurikiye gariurubyoro rukomoka kuri Esau, kuriAholibama umugore we,mwari waAna: Yeusiyalamu, nakora19Agamokogose gariurubyarirubomoka kuriEsau.20Abotwge babasu ngubutaba bomu mugihugu caEdomubari bagahaje mumokogari gakurikijeamokogabasekuru bubo muri ababakomoka kuri seiri,21 mwene hori: Lotani,Shabuli, Zibeoni, Dishoni, Ezari Mudishani2223Lotani yariariSokuru n'umuryango gwa Hori naHemani (hatani,yareafitemushikiwewitwagaTimnco) 24Shobli yarisekuru wumuryango gwa: Aivani, Manahati, Ebali, Shefo na Onamu.Zibeoni yari afite ubuhungu babiri, naAna.25Ana yari se wa Dishoni. 26wari ari sekuru w'umuryango gwaHemudari, Eshibani, Itrani, nacerani. kandi Ana yari afite umuhara wobitagaOhalibana. 27Ezeri sekuruw'umuryango gwa Bilimani, Zaavauni, na Akamu. 28Dishani yari sekuru womuryanngo gwaUzinaArani.29Agan'amoko gabahori mugihugo ca Edomu: Lotani shobali, Zbeoni, Ana, 30Dishuri, Ezeni, na naDishani.31Mbere, ntaho habagahoabami muIsiraeli, abamibakurikiya bayoboraga igihugu ca Edomu bakurikiranaguca: 32Bela muhungu wa Beori yatwa ragamumugi gwitwaga Dinihobaw'iBotsira.33Iobabu muhungu wa Zera, yimamumwanye gwaBela amaze gupfa.34Jobabu arapfa maze Hushamu womugihugu c'abutemani atwara mumwunyagwe. 35Hushamu arantanga nuko Hadudi mwene Benihadadi atwara muc'iboce.wakubitiye abanadiani mumurima suraMoabu. 36izana ryango mugi ryitwaga Avizi Hadadi arapfa, muze samba w'imasraka yimamu cimboce.37Samra aratanga maze Sauli yatwara mu mwanya gwe, W'irehoboti.38Sauli arupfa nukabaali -Harunimwene Akbori atwara mumwanyu gwe 39Baali mwene Haroni arapfa, izunaru,ry'umugi gwe ryori pou, n'izina ry'umugore wenihetabeelimwariwa Matredi, mwari wa Mezaba,40Aga ngo azina g'abatware ba Esau. Mumiryango yabo,namumidugudu yabo nkuko amazina gabo gari: Umuturare Timuna, umutware Aiva umutware yereti. Umutware 41Oholihama Umutwe Elaumutwar Pimoni. 42umutware Kenaze umutware Temani, umutware Wibtsari 43Umutware Magdiel,Umutware Inemu,Abonibobatware Edomu,n'ubuturo bwabo, mugihugu co baribafite Uwoni Esau sekuruwe Edomu.Chapter 37
1Maze Yakobo aba mugihugu cose ya zereragamo,igihugu c'Ikanaani. 2Ibi bisekuru bya Yakobo ,Yosefu amaze imiaka cumi ni rindwi,ajakucunga intama na bene se,yararu musore hamwe na bana ba Biiliha, na bana ba Zilipa,abasore bose. Maze Yosefu azanira se amakuru gabo mabi.3Aliko Isaraeli yakundaga Yosefu kuruta bandi bose mubanabe kuko yararumwana wo mubuka mwebwe,amushonera imyenda ya maraba gatandahuye.4Bene se barebako se amukunze kubaruta bose,baramwanga babura amahoro.5Yakobo arotaindoto,azirotore bene se banaguma kumwanga . 6Arababwira ngo:ni mwumve ndabasabye ,kulizi ndoto na rose.7Dore twaturi guhambi imzigo mumurima,aliko umuzigo gwanje guragwa ,aliko gusubira guhagarara,dore imitwaro yanyu,irazunguruka,aliko nyuma ipfukama imbere yumuzigo gwanje. 8Bene se baramubwira ngo:Weho uzadutwara?Cngwa mukuri uzadutegeka?bagumya kumwana kubera indotoze na magambo ge.9Arota ni zindi ndoto ,azirotorera bene se aragamba ngo:narose izindi ndoto .dore izuba,ukwezi ,inyenyeri cumi numwe biri kumpfukamira. 10Abibwira se na bene se ,ise aramwiyama ngo:Nindoto zowarose?Njewe na nyoko na bene so tuza gupfukamira hasi kubutaka. 11Bene se bamugira ishali,Aliko se acunga isili mumutima gwe.12Bene se haja kuragira intama za se Isekumu.13Israeli abwira Yosefu ngo :bene so ntibaragiye Isekumu ?ngwino ngutume ahobari yitaba ngo ndihano. 14Aramubwira ngo:Genda urebe bene so noba barikuragira neza,nintama ko arinziza maze unzanire ihabari menye amutuma avuye i Herimoni mpaka Sekumu.15Umuntu mwe asanga arikugenda mu Sharuba,uwo muntu amubaza ngo:urikushakaki? 16Aramubwira ngo: Ndigushaka bene data ndagusabye umbwire aho baragiriye intama. 17Uwo muntu aramubwira ngo:Bavuye hano,kuko nayumwishe barikugamba ngo bave hano ,tuje kwa Dotana Yosefu akurikira bene se ,abasanga kwa Donata.18Baramuranga ,atarakabageraho bajina ma y kumwica. 19Baragambana ubwabo:dore Kolosi araje. 20Nuko rero ni muze tumwice ,tumute nucoba turagamba ngo:Ikimizi co mushamba camuriye ,maze tuzarebe indoto ze ico zirakora.21Rubeni abyumvishije aramuburira amukura mumaboko gabo.aragamba ngo:tutakuraho ubuzima bwe. 22Rubeni arabwira ngo:Matamena amaraso ge;ahubwo mumujugujure kuri Mubutayu,aliko mutamukozaho amaboko,kugira ngo akize ubugingo bwe ngo amusubize iwase.23Maze Yosefu asohoye kuribene se,bamukuramo imyendaye yamabara yariyambaye. 24Bamufashe bamujana kumuta mu mwobo icocoba cakirimo ubusa ntana mazi gagarimo.25Baricara bararya:barebye babona igikundi cabachuruzi na ba Ishimaeli baza baturutse i Beliadi hamwe ni ngomya bikoreye amavuta meza nagandi mavuta barigute remukira mi Misri.26Yuda abwira bene se ngo:bitumariye iki kwica umwana wacu tugahisha amaraso ge?27Muze tumugurishe mu Baisimael,amaraso ge gatatu baho,kanini umwana wacu,bene se baramurunva . 28Maze Abamidiani banyu kuba curuzi,bafata Yosefu bara mugurisha ku Waishimaeli ibice mirongo ibiri ba makuta bajana Yosegfu mu Misri.29Rubeni agiye guhengeza murica cobo abona Yosefu ntaurimo ;apasura imyendaye. 30Asubira kwa bene se aragamba .Umwana wacu ntaho arimucobo ,none njewe ndajahe?31Bafata umwenda gwa Yosefu maze bafata,hene yimfizi ugo mwenda gwe bagushira mu maraso gayo. 32Batumagwa mwenda gwa mabara bagujanira se baramubeira ngo dore ibyo tubonye,reba niba arumwenda gu mwana wawe cangwa ntaho arigo. 33Amaze kumenya ,agamba n'umwenda gu mwana wanje,ikimizi camuriye.nukuri Yosefu camusatagiye.34Yakobo asatura imyenda ye akenyera ibifuko bishaje arikuririra umwana we imisi myingi. 35Abanabe ,abahara be bose bazagufariji se,ariko yanga guceceka agamba ngo:Oya ndateremuka nje kureba akaburi ku mwana wanje,ndanikuboroga,ise yamurirye cane. 36Abamidiani ba muguze bo mu Misri biwafotifari comanda nkuru wa barindaga Farao.Chapter 38
1Murico gihe Yuda arateremuka kwa bene se aja ku muadulamu umweizinarye ni Hira. 2Yuda ahabona umuhara wu Mukanana izinarye ni Sua;aramujana aryamahamwe nawe.3Aheka inda, abyaramo umwana amwita Eri. 4Asubira guheka iyinda nda abyara umwana amwita Onanu. 5Abyara uwundi mwana amwita Sela yabaga iwa Kezibu m'ugihe co yamuzeye .6Yuda asohoreza Eri umugore, w'umwana we wa mbere, izina rye ni Tamari. 7Na Eri umwana wa mbere wa Yuda yari ari mubi mu maso g'Imana , Imana iramwita.8Yuda abwira Onanu,tunga mugore wa mwene nyoko ,ukore milimo yabagabo yo mwene nyoko yakoraga,uhagurutse urubyaro rwa mwene nyoko. 9Onanu amenyeko abobana ko atarabe ,mugihe yaramaze guhura nuo mugore wa mwene nyina ayimena hasi ngo adaha mwene nyina abana.10Ico kintu co yakoze ntaho cashimishi je Imana ,nawe Imana iramwica.11Yuda mugore we Tamari mugore we,uzabe umupfakazi ube iwaso kugezaho Sela umuhungu wanje azagira imbaraga ,kuko yagize ngo adapfa nka bene nyina maze tamali aja kuba iwase.12Hashize imisi myishi muhara wa Sua muka Yuda arapfa:Yuda aratarama aja kubantu bogoshaga ubwoya bw'intamazingore kwa Timuna we namushatiwe w'umuduramu. 13Tamari ko sebukwe yataramye akaja iwa Tamari kogosha ubwoya bwintamaze.14Akuramo imyenda yubupfakazi,yirogosa akenda kaboneye agafunga neza yicaba hamuryango gwa Enaimu gwerekeye munzi yi Timuna,kuko yaramaze kubona ko Sela yamaze gukura kandi batamumuhaye ngo abe umugore we.15 16Atambikira ho ari ipembeni yi nzira aramubwira ngo: ndagusabire turyamane kuko yari ataziko ari umukazana we, aramubaza ngo: ntituryamana urampong'iki?17Aramusubiza ngo: ndagutimira umwana gw'ihene go mubusho bwanje, aramubaza ngo: urampa ingwate nkurindire kugeza igihe uka yoherereze? 18Nawe aramusubiza ngo: mpa impeta yawe iriho umudimwe, n'umukaba gwawe, n'ingoni yawe, arabimuha bararyamana amutera inda.19Arahaguruka aragenda akura umwenda go mumutwe yambara imyenda ye y'ubupfakazi. 20Yuda amutumira gwamwana gw'ihene agutuma wamunya Dulamu injutiye ng'uwo mugore amusubizee zangwate aramubura.21Abaza abagabo bo mu muji rusisiro rwo yari arimo ngo: malaya wabaga hano ariho wabaga Enaimu uruhande rwinzira? baramusubiza ngo nda malaya wa beye hano. 22Asubiraho Yuda ari aramubwira ngo: ndawe nabonire, kandi abandu baho bambwiye ngo nda malaya wa habaye. 23Yuda aramusubiza ngo: nabikijanire tutamwara ddore natumye umwana gw'ihene mazee uramubura.24Hashirire amezi nk'ashatu babwira yuda ngo tamari umukazana wawe yasambanye kandi afite inda y25Bamushirire hanze atuma kuuri shebukwe ngo: nyiri bino bindu niwe wanteye inda kandi ngo: ndakwingingire, menya nyir'ibi imbeta ifite ikimenyutso, ni migozi yayo n'inkoni. 26Yuda yemera ko aribye ngo: andushije gukiranuka kuberako ntamuhaye shela umwana wanje, ndo yayongeye kuryamana nawe ukundi.27Nuko igihe co kubyara kigerire aba na b'impanga baribari munda ye. 28Ageze igihe cokuzara umwee ahinguka ikiganza, amubyarisha afata uko kuboko agufungaho urudodo rw'urutuku agamba ngo: uyu niwe mwana w'infura.29Asubije ca kiganza mwene nyina aravuka aragamba ngo: dore uko kushatuye gucha, gushatura kwawe kukubeho nico catumire bakwita Peresi. 30Nyuma yaho mwene she aravuka war'ufite urudodo rufungigwe ku kiganza bamwita Zera.Chapter 39
1Yozefu bamujana mu Miisri, Potifari umunya Miisri, umutware wa Farao watwaraga abarindaga umwami, amugura n'Abisiraeli bamuzanireyo . 2Uhoragaho abana na Yozefu agira kuboko kwija abamunju yya shebujja umunya Misri.3Shhebuja areebako ahoragaho abanaga nawe kandi k'Uhoragaho yamuhayye ukuboko kwija kucha akorire coshe. 4Yozefu amugiriraho imigishha abariwe akorera ubwe, amugira igisonga curugogwe rwoshe amubikisha ibyo atungirre byooshe.5Gutangira igihe co yamugiriye igisonga curugogwe n'icibindu bye byoshe, uhoragaho aha umugisha urrugo rw'uwo munya Misri kubera Yozefu, umugisha g'uhoraggaho guba kubyo atungire byoshe ibyo murugo n'ibyo mu miirima no mugasozi. 6Abikisha Yozefu ibyo atungire byoshe mu by'amabikize ndo ya mugenzurire keretsee kwita kubyo ya ryaga. Yozefu yari ari mwija afite mu masho haja.7Nyuma yibyo, nyirabujawe abengguka Yoozefu aramubwira ngo: turyamane. 8Maze abayikiyangira abwira nyirabuja ngo: dore databuja ndo agenzuraga ibyo mubikiye byo murugo ndetse ambikize ibyo atungire byoshe. 9Muri runorugo ndamundu unduta, kandi ndaco yyasigirre akinyimire keretse weho kuko ur'umugorewe: none no shobora gute gukora icaha gikomeye guco noba ncumurire ku Mana.10Yabibwiraga Yozefuu burimusi atamwwumvire ngo aryamane nawe cchanggwwa ngo abane nawe. 11Bukeye yinjira munju gukora akazi ke ari nda bandi baggabo baraho munju barimo. 12Uwo mugore afata umwenda gwe, aramubwira ngo: turyamane, amusigira umwenda gwe, arahunga avamunju.13Arebireko amusigiye umwenda gwe agahunga akoja hanze. 14Yakura abantu bo munjuye arababwira ngo: reba yattuzaniye umuheburayo wo kundu sheka n'agasuzuguro, yanyegereye ngo aryamane nanje, ndatabaza cane. 15Maze yumvishiye ko ntabajije cane asiga guno mwendagwe arahunga aja hanze.16Areka ugo mwenda pembeni kugeza ubwo shebuka wa Yozefu ya yijire. 17Maze amubwira amagambo gamwe n'ago ngo: wamugurano wawe w'umu Heburayo wo watuzaniye ya nyiyegereje ngo asuzugure. 18Nanje ndabarije cane, asiga umwenda gwee iruhande rwanje arahunga, arasohoka.19Shebuja yumvire amagambo go mugore we yamubwiye ngo: uko niko umugurano wawe yangiriye uburakari bwe bwinji. 20Shebuja wa Yozefu aramujana amushira mu Pirizo bafungira mo abafungwa boshe b'umwami aba muri iyo prizo.21Ariko Uhoragaho aba hamwe na Yozefu amugirira neja, amuha kugira umugishha ku murinzi w'iyo nzu y'imbohe. 22Uwo murinzi achungisha Yozefu abafungwa boshe bari muri pirizo ibyo bakoreragamo niwe wabikoresaga. 23Umuchunzi wi pirizo atangira ico agenzura mubyo bamuurindishije, kuko uhoragaho nawe yabanaga nawe kandi ibyo yakoraga, Uhoragaho yamuhaga kubikoresha ukuboko kwija.
Chapter 40
1Nyumay'ibyobyaye, bigera aho umukuru wahahereje b'imikatiumwami wo mugipatabakoshereje umutware weho.2Farao yagize ubwakari hejuruu yabo kuru babiri. Umukuru wahereswe b'iminkati n'umukuru w'abakkureza bavino. 3Abaschungisha kumukuru winzu yabarinzi. muripirizo, aho Yosefu yari afungiwe.4Umukuru w'abarinzi abshira mumaboko yaYoseu wari ashinzwe uburinzi bwebo Bamara igihe barimumuryango.5Mw'ijoro rimwe, umuhereza w'ibinyobwan'umuhereza w'imigati nb'umami womugiputa,baribafungiwe muri prizo bombi bagira inzozi, kuri muntu umwe ize, zishonboura kugira ubwisobanurobutandukanye.6Mugitondo, yozefu aza ahobaribari Arabitegere za abonabafite agahin da 7Maze abaza abakubru ba Farao,hori bari hamwenawe mumunyororo munzu yumukuru wew'akuzi nuko arababwira ngokubera ibikundakeye mumoso ngumusi?8Baramusubira ngo: Twagize inzozi kandi nta muntu wo kuzi sobanuro Yosefu arababwira ngo: Mbesi, ntanho ubisobanuro, muncurire zaari ubwi'manasi? Ngaho, muncurire (nzozizanyu)ucurire Yosefu10Niko umuhereza wa vino inzozi zanje,hariumuzumubi imbere yanje. 9Umgo muzabibu gwari gufite gulile amatatu gamaze kuzanaamaphundo amasei yagarehisha.11Igikopo Farao anyweramocari muntake zanje. mfata agomaseri, ngakamuriramugikombe ca Farao.12Yosefu arazamba ngo: Dave ubusobanuro nbgubo: Amatabiyatatu nimisitatu.13Hasigaye imisisi itatu niko Farao azashira umutatwe wawe hejuru, kandi azagusubiza mumurimo wawe, nzageraho ushire igikombe ca Farao muntonkeseze, nkukowari uri umuhereza ubikora igihe wariumuhereza wavino.14Ariko uzanyibuke,numererwa neza kandi ndakw'ingize uzangirire ineza: uzibutse Farao maze uansohoremuriiyiinzu.15Kubera ko nakuwe mugihugu cabo hererayo, kandi na hana ntaconakoze cori gikw'iriye konshirwamugasyo.16Umuhereza mukuru ikati abanye koubusubanuro bubwejyebwiza, Abwira Yosefu nngo: Njewe mundoto zanje kurimo nonho ibisabane bitatu by'amikate k'umutwegurunge 17Mugisobana cari hejuru y'ubwindi harimo ibyo kurya Farao by'ibwindi bwuswe bateswse mufuru, nuko inyoni zibirira hejuru y'umutwe18Amaze Farao agakurahoumutwe wawe irigurunejuru yange azakumanikakugiti, kandi inyoni zizaryainyama 19yawe20Umusi gwa gatatu, umusigwookuvakokwaFarao, akora umusi mukuru kubakozi be bose; nuko ashira hejuru umutwew'amuhereza wavinon'uwumuhereza wa vino, hagati yabakozi be:21Asubiza umukuru wahereza vino murimo ye, kiganza caFarao; 22Ariko amanika uumukuru wabatetsi b'imikati nkuko bikurikije ubusobanuro Yosefu yari yabuhaye 23U mukuru wabaherea bavino ntaho yanyeye gutekerezaYosefu. Aramwibagirwa.Chapter 41
1Ku herezo y'imyaka ibiri ,Farawo arota indoto ,Abona ahagareye hamusike g'uruzi. 2Abona inka zirindwi zibereye amaso kandi zibuhire zivamu ruzi,tena zitangira kurisha ubwatsi mu gikuyu. 3Izindi nka zirindwi mbiku maso kandi zimidari zavamu ruzi zizizkurikije,zizizhagara iruhande hankegero y'uruzi.4Inka z'imidari zitapfa na za nka nziza zizizbuhire .Hanyuma Farawo arakanguka. 5Yongera gusinzira ,tena abona indoto ya kabiri.Abona amahundo garindwi gashishe kandi gabonaje garemeraha gikenyeri kimwe. 6Tena amahundo garindwi ganambire kani gatwikirwe n'umuyaga gw'iburasirazuba gamerera mu nyuma yago.7Amahundo ganambire gamira gamahudo garindwi gashishe tena gerire neza.Nuko Farawo arakanguka.Ngiyo ndoto. 8Mugitondo,Farawo agira umutima guhanga yikire,ahamagaza abapfumu bose n'abanyabwenge bose bo mu Misiri.Abaritera indoto ze.Ariko ntanumwe wasobweye kuzisobanurira Farao.9Nuko umushefu wabatenzi afata ingambo abwira Farao ngo :Guno musi ngiye kwibutsa urwibutso rw'isoko ryange. 11Twembi turota indoto mu joro rimwe;buri wese ko turi twembi abona ubusobanuro bugendanye n'indoto yo yarotire.12Twabanagayo n'umusore w'Umuheburayo umukozi w'umushefu w'abazamu .Tumuroterera indoto zetu ,nawe arazitusobanurira. 13Ibintu byabeye nkuko yariyatusobanuriye.Farao asubiza mu mwanya gwange tena abambisha umushefu w'abakozi b'imikate.14Farao ahamagara Yosefu .Bamusohora vuba vuba mu pirizoni. Arijogosha,abindura imyenda ,aja kwa Farao.15Farao abwira Yozefu ngo:Narose indoto .Ntamuntu washoboye kuyisobanura;none nabwiwe ko usobanuraga indoto ,umaze kuyunviriza. 16Yozefu asubiza Farao agamba ngo:Ntaho ari njewe.Imana rurema niyo irahereza Farao igisubizo gikwiriye.17Nuko Farao abwira Yozefu ngo:Mu ndoto yange,nabonye mpagaraye bangegero y'Uruzi. 18Maze mbona inka zirindwi zizizbuhire kandi ziboneye ziva mu ruzi,zitangira kurisha ubwatsi mugikuyu.19Izindi nka zirindwi zituruka inyuma yazo,zarizidarire,zisana nabi;ntaho ndaka bana inka zimerire nabi nkizo mugihugu cose ca Misiri. 20Zanka zimidari zitapfuna zanka za mbere zari zibuhire. 21Zirazi concomera munda zazo ;nta nuwomenya ko hariico zariye kandi isura yazo yaricarimbi nka mbere.Maze ndakanguka .22Nongera kubona mu ndoto amahundo garindwi gashishe kandi gaboneye gamerera hagikenyeri kimwe. 23Maze amahundo garindwi ganambire gatwikirwe n'umuyago gw'iburasirazuba gamerea gamahundo garindwi meza gaboneye.Nabibwiiye ubusobanuro. 24Gamahundo giminambe gaconcomera gamahundo garindwi meza gabonye.Nabibwiye abapfumu,ariko nta numwe ambeye ubusobanuro.25Yosefu abwira Farao ngo:Ico Farao yarotire ni ikintu kimwe ;Rurema yamenye size Farao ico agiye gukora. 26Inka zirindwi ziboneye niyo myaka irindwi ,kandi amahundo garindwi gaboneye nigo imyaka irindwi :nindoto imwe.27Zanka zirindwi zimidari zaturukire inyuma y'izambere nazo nimyaka irindwi,kandi amahundo garindwi ganambire ,gatwikire n'umuyaga gw'iburasirazuba,bikabe imyaka irindwi y'inzara. 28Nkuko marire kubwira Farao ,rurema ya menyesize Farao ico agiye gukora.29Ngahorero hakabeho imyaka irindwi yo kweza cane mu gihugu cose c'i Misiri.30Imyaka irindwi y'inzara ikokurikicho nyuma yayo;kandi bakayibagirwe uko kwezi cane muhihugu c'i Misiri ,n'inzara ikatere igihugu. 31Iyo nzara ikakurikire ikabe ikomeye kuburyo hatakaboneke ukundi kwezi mugihugu. 32Niba Farao yabonye indoto irikwisubizamo incuro ibiri,nuko ico kintu cotegekirwe na rurema ,kandi ko rurema akakihutire kukusohoza.33None rero Farao ataranye umuntu w'ubwenge amushire hamutwe gw'i igihugu c'i Misiri. 34Farao ashireho abisonga mugihugu ,byo gusonzoranya kimwe cagatano c'i ibisasurwa by'i Misiri muriyo myaka irindwi yo kweza cane.35Basonzoranye ibisarurwa byose muriyo myaka yo kwezi cane igihe kuza:Bikorwe musi y'ubuyobozi bwa Farao ,imiti imitwaro y'ingano ,ibigega mumigi,kandi ushireho abo kubirinda. 36Ibyo bihurikwa bikabe bibikiwe mu mugihugu kubera imyaka irindwi y'inzara igiye gutera mugihugu c' i Misiri,kugira ngo igihugu kitarimburwa n'inzara.37Ago magambo gashimisha Farao n'abagaragu be bose. 38Nuko Farao abwira abagaragu be ngo: Twabona umuntu umeze nkuyu,ufite umuka gwa Rurema muri we?39Farao abwira Yosefu ngo:Bitewe nuko rurema yakumenyesheje ibyo byose ,ntawundi ufite ubwenge umerire bgawe.40Ngugirire umuhagarikizi w'urugo rwange n'abantu bange bose bakaje barumvira amategeko gawe. 41Farao abwira Yosefu ngo :Dore nguheye gutegeka igihugu cose c'i Misiri.42Farao akura impeta ye hakuboko ,ayishira hakuboko kwa Yosefu,amwambika imyenda yamaridadi ,amwambika n'umukuji gw'izahabu mu gosi. 43Amutembeza mu mukari gukurikiye ugwe,imbereye bagomba n'amaji maremare ngo:Mumupfukamire.Mkoniko Farao yamuheye ubutegetsi bw'igihugu cose c'i Misiri.44Yongera kubwira Yosefu ngo:Ni nyewe Farao.Atari weho ntawundi muntu akarambura ukuboko cangwa ukuguru mugihugu cose c'i Misiri. 45Farao ahimba Yosefu izina rya Safunati Paeneaki;kandi amuha umugore Asanati,muhara wa Potifari umutambyi w'i Oni.Nuko Yosefu aja gutambagira igihugu c'i Misiri.46Yosefu yari amarire imyaka mirongwitatu ubwo yayizire imbere ya Farao umwami wo mu Misiri.Ava kwa Farao azunguruka igihugu cose c'i Misiri.47Muriyo myaka irindwi ye kweza cane.Imirimairera cane.48Yosefu asonziranya ibisarurwa by'iya myaka irindwi mu gihugu c'i Misiri;yubaka ibigega mu muji bihunikwamo ibivuye mu murima iyikikije.49Yosefu ahunika ingano zinganan'umucanga gwo mu ngezi,ziba kangari cane ze utoshobora kubara.50Mbere y'imyaka y'imara ,Yosefu yariyazeye abahungu babiri hamwe na Asinati muhara wa Potifari umutambyi w'Oni. 51Yosefu yita umwana w'imfura izina rya Manase ,agamba ngo:Rurema yanyibaje umubabaro gose n'urugo rwa data rwose. 52Umwana wa kabiri amwita Efurayimu agamba ngo:Rurema yangirire umubyeyi mu gihugu c'unubabo gwange.53Ya myaka irindwi yo kweza cane mugihugu c'i Misiri irarangira. 54Nuko imyaka irindwi y'inzara iratangira kuza nkuko Yosefu yariyabimenyesiye habaho inzara mubihugo byose ;ariko mugihugo cose c'i Misiri bari bafite ibyokurya.55Igihugo cose c'i Misiri gitangiye kugira inzara,abantu bose batakira Farao ngo abahe ibiryo.Farao abwira abanya Misiri bose ngo:Muje kwa Yosefu,mikore uko arababwira. 56Inzara iratera mu gihugu hose.yosefu akingura ibigega byose,agarisha ingano abanya Misiri.Inzara ikomeza gutera mu gihugu c'i Misiri. 57Ibihugu byose byazaga mu Misiri,kugura ingano kwa Yosefu;kuko inzara yariyateye mu bihugu byose.Chapter 42
1Yakobo yayumvisize yuko ubahashi buri mu Misri, abaza abana be ngo nigiki kirigutuma murebana? 2Kandi nanyumvisize yuko mu Misri hariyo ubushashi, ni murindimuke muduhahireyo tubeho tudapfa. 3Beneshe wa Yozefu cumi bararindimuka baja guhaha ingano mu Misri. 4Ariko Benyamini mwene nyina wa Yozefu, Yakobo atamutuma na bene she.5Abana ba Isiraeli baja guhaha nabandi kuko injara yaterire mu gihugo ci Kanani. 6Kandi Yozefu niwe wari utweye igihugo co mu Misiri niwe wahahisaga abo muricho gihugo boshe. Bene she wa Yozefu baraja bamugikubita imbere bapfukamire.7Yozefu areba bene she arabamenya, arabakirengagiza ababwira nabi. Arababaza ngo muturakirehe? Baramusubiza ngo, duturukire mu gihugo ci Kanani tujire guhaha. 8Yozefu amenya bene she ariko bo batamumenya.9Yozefu aba yayibuka za ndoto zo yaborotoreye arababwira ngo muri abanetsi mujire kuneka aho igihugo kidafite ingufu. 10Baramusubiza ngo, ndo ariko biri, ahubwo abakozi bawe tuzenywe no guhaha. 11Tweshe twavukenye turi abanyakuri, abakozi bawe ndo turi abanetsi.12Arababwira ngo: ndariko biri hubwo kuneka igihugo ahadafite ingufu ico cabazenye. 13Baramusubiza ngo: abakozi bawe twavukenye turi cumi na babiri turi abana bumugabo umwe wo mu gihugo ci Kanani, uwanyuma yassigeye na data, uwundi yapfiye.14Yozefu arababwira ngo, ico nico nababwiye ngo muri abanetsi. 15Kino nico kikabahakanire ndarahiye ubuzima bwa Farao, ndamukave hano umwana wenyu wa nyuma atajire. 16Mutume umwe muri mwewe azanye mutoya wenyu namwe murafungwa amagambo genyu tugigeho niba muri abanya kuri. Niba bitabeye uco, ndahiye ubuzima bwa Farao muri abatasi, 17Boshe abamaza mu prizo imisi ishatu.18Ku musi gwa gashatu Yozefu arababwira ngo, mugire guca mudapfa kuko nyubahaga Imana. 19Niba muri abanyakuri ume wo mwavukenye, asigare afungiwe mu prizo, abandi mugende mujane ingano zo kubonera injara mu mago genyu. 20Maze munzanire mutoya wenyu. Niho amagambo genyu gakamenyekane ko arag'ukuri, bigatemba mudapfa bagiruco.21Baragamba ngo nukuri turiho urubanza gwibyo twagiriye mwene data, kuko twabonye ko umutima gwe gwari gubabeye ubwo yatwingigaga natwe tutamumva nibyo biduteye kano kababaro. 22Rubeni arababwira ngo: ndanababwwiye ngo mutakora ikosa kuri uwo mwana mukanga kunyumvira? Nico catumire amaraso ge gatugendaho.23Batamenyako Yozefu arikumva ibwo barikugamba, kuko yagambigwaga mu musemuzi. 24Abatera umugongo abasigaho aja kurira agarukire aho bari abakuramo Simiyoni amufungira mu mesho gabo. 25Yozefu ategeka ko babuzuriza ingano mu mifuka yabo, kandi ngo basubize ifeza ya mundu mumufuka gwe. Kandi mushahereze nimbamba babagirira guco.26Bshekesha indagoba zabo imihahanwa bavayo. 27Aho bareye umwe muribo ahabwiye umufuka gwe ngo agaburire indagoba ye, iri mumufuka gwe. 28Abwira bene she ngo, ifeza uanje irangarukiye reba irimumufuka gwanje, baratinya barebana barigutitiza ngo, ibi nibiki byo Imana idukoreye?29Bagerire kuri she Yakobo mugihugo ci Kanani bamubwira ibyo babeyeho ngo. 30Umugabo ukomeya utwaraga ico gihugo yatubwiye nabi arikutekereza yuko turi abanetsi bari kuneka. 31Natwe turamubwira ngo turi abanyakuri, ndoturi abanetsi. 32Turi bene nyina turi cumi n'ababiri dusangiye tate umwe, umwe yapfiye, uwanyuma yasigarenye na dada mu gihugo ci Kanani.33Uwa mugabo ukomeye utwaraga ico gihugo aratubwira ngo iki nico kikambwire ku muri abanyakuri ni munzigira mwene nyoko umwe, mujane ibyo kubamara injara mu ngo zenyu mudegende. 34Munzanire mutoya wenyu, nihongammenye ko ndomiri abanetsi ahubwo ko muri abanyakuri nanje ngabohe mwene sho kandi ngabahe uruhusha rwo kuja hoshe ho mushaka mu Misri.35Babasukira ibyo mumifuka yabo babona igipfunyika ca makuta cu mundu weshe babonye ibipfu nyika byabo baratinya. 36She Yakobo arababwira ngo: mungirire injike: Yozefu yapfiye Simeoni yapfiye, nene kandi mushakire kunguraho na Benyamini ibyo byoshe ni nyewe bibeyeho.37Rubeni abwira she ngo, ndamukugaruriye ijee kwita abahungu banje bombi mumbereze ndamugisha ngiye ngamugarure. 38Aramusubiza ngo, umwana wanje ndakajane namwe kuko mwene nyina yapfiye akaba asigeye yenyine mumujane akagira ikibazo mu rugendo mwotuma njaja nabi ngapfana agahinda.
Chapter 43
1Injara ikomeye gukomera muri Kanani 2Ingano zo abana ba Yakobo babwiye mu Misri zishirire, she arababwira ngo, nimusubire yo mudahahiire ibyo kurya.3Yuda aramusubiza ngo, wamugabo yatugihanangirize ngo, ndomukayongere kumbinguka mu mesho mutazenye na mutoya wenyu. 4Nureka tukagendana na mutoya wetu, turagendana tuguhahire ibyo kurya. 5Ariko mutamwohereza ndatukajeyo kuko uwa mugabo yatubwiye ngo: ndomukayongere kumbikuka mu mesho mutazenye mutoya wenyu.6Yakobo arababza ngo: kuberaki mwambemukiye mukamubwira ko mufite undi wo mwavukenye? 7BBaramusubiza ngo, yatubarize ibibazo byinji ku mibereho yetu bwite na ku miryango yetu ngo. sho anariho? Hariko undi wo mwavukenye wo mufite? natwe dusubiza ibyo atabarize gusha ndotwori kumenya ko akadutegeke kujana mutoya wetu.8Yuda abwira she Israeli ngo, nyohereze nuwo muhungu turahaguruka tugende tubeho tudapfa nabana betu. 9Ndamugushingiye ukamumbaze nindamukuzanira ngamukugezaho. Ngabe ngukoreye ikosa ritakamveho ibihe byose. 10Iyo tudatinda, nyiji ko none tubo tugarukire ubwa kabiri.11She Israeli aramubwira ngo kuva bimeze guco mugende guza, mujane mu mufuka yenyu imbuto za kino gihugo, zisumba izindi kuba nyiji muziture uwo mugabo, mujane umuti go Komora nubuki bunyor, n'ibindu zihumuraga neja, nibindi byija. 12Kandi mujane ifeza n'ibindi bingano nazo, nifeza gagarukire mu mifuka yenyu muzisubizeyo, wenda nukwibagizwa kwatumire zigaruka.13Mugende na mutoya wenyu, muhaguruke musubize kuwo mugabo. 14Imana ishobweye byoshe ibabe kubabarirwa nawe ngo babbabohorere mwene sho wundi na Benyamini nanje niba bikwiriye ko mba injike ngabeyo. 15Ba bagabo bafata ago maturo bajana ifeza nibirengeriho bingano nazo, bagenda na Benyamini barahaguruka bararindimuka baja mu Misri bahagarara imbere ya Yozefu.16Yozefu arebire Benyamini ari hamwe nabo, abwira icegera ce ngo ingiza abo bandu munju yanje, ubage utegure ibyo kurya byo turasangirira hamwe imutaga. 17Uwo mugabo akora ibyo Yozefuu yamutegekire, yingiza abo bagabo munju ya Yozefu.18Baratinya kuko yabingize munju ya Yozefu baragamba ngo ifeza zagarukire mu mifuka yetu igihe co twayijaga imbere yawe, nizo zitumire batwinginga ngo adushakeho imbavu adufate atujane ni ndagoba zetu tube abakozi be. 19Bareba ca cegera ca Yozefu baganirira naco kumuryango ngo 20Data buja, mbere twamanukire tuja guhaha.21Tugerire aho tworeye tuhambura imifuko yetu, umundu woshe ashanga ifeza ye iri mumuufuka gwe, ifeza zetu dushanga zingana uko zanganaga none turazigagwiye. 22Kandi tuzenye izindi feza zo guhaha, ndotubiji uwashubije mu mifuko yetu. 23Araba subiza ngo mushitse imitima munda mutatinya, Imana yanyu Imana ya sho niyo yabahiriye ubukire mumifuka, nyewe ho ifeza zenye nazishikiiriye akuramo Simeoni aramubazanira.24Nuko wa mugabo yingiza abo bagabo munju ya Yozefu, abaha amazi bakaraba ibirenge arisa ni ndagoba zabo. 25Bakusanya amaturo kugirango Yozefu ayija imutaga ashange bagitegwiye kugamutura kuko bari bayumvisije yuko barashangira bagitegwiye kugamutura, kuko baari banyumvishije yuko baracagira hamwe nawe.26Yozefu atahire bamushangisa munju amaturo go bazenye, bamugikubita imbere bapfukamire. 27Ababaza uko bari kandi ngo sho aracakoma, wa mushaja mwagambaga anariho?28Baramusubiza ngo data umukozi wawe ni muzima anariho barunana bagikubita hasi. 29Arambura amesho areba Benyamini mutoya we, mwene nyina aramubaza ngo, uwani wo mutoya wenyu wa mwambwiraga? Maze aramubwira ngo, Imana ikugirire neja mwana wanje.30Yozefu agihata kugenda, kuko umutima gwe gwari gukumbwiye mwene nyina, ashaka aho yaririra yingira munju haruguru ayiririramo. 31Akaraba mu mesho aragaruka, arakiyumanganya aragamba ngo nimutahure ibiryo.32Bamuha ibiryo yenyine na bene she babaha ibiryo ukwabo na banye Misri bashangiraga na baheburayo kuko byari bitewe ku banye Misri. 33Bikara imbere ye, bikazwa uko bakurikirana umwana wa mbere uko bakurikirana, nu mutoto uko ubutoto bukurikirana. Baganira bari gutangara. 34Yozefu ategeka babazanira ibiryo byari biri imbere ye, ariko ibiryo bya Benjamini bisumba ibyabo gatanu baranywa bagishimana nowe.
Chapter 44
1Ategeka umucunzi wo munzuye; aragamba ngo: yuzuya imifuko ya babantu iBiryo, uko boshobora kubiheka, kani ushire amakuta gaburi muntu mu mufuko gwe.2Kandi yuzuza inkongoro yanje inkongoro ya makuta kugeza kumu kugiro gumufuko hamwe na makuta akora nkuko yozefu ya gambye.3Nuko bukeye mugitondo abo bantu bahabwa uruhusa ni ndogobe zabo.4Bavuye ahohantu ntaho bagumije kugenda cane, yozefu abwira umucunzi winzuye ngo: kurikira aba bantu nubarhikira ubabwire ngo: kuberiki ibyiza mubagaruriraga ibibi?5Ikisico Pataro wanje anyweshaga? mwagize nabi gukuruco.6Abaha agamba agomagambo.7Arababwira ngo: kuberiki Pataro wanje yagambye ago magambo? Bibe kure yabakozi bawe gukora ikintu nkiki.8Dore amakutago twasanze mu mikugira yimifuko yacu twa bizanye tuvuye ikanani none twibye amakuta nizahabu munzu ya Pataro wawe dute?9Mubakozi bawe uokezabonekaho, apfe natwe tuzaba abagaragu bu Mwami wacu.10Aragamba ngo: buno bibe ukomubigambye: Umuntu ugifite abe umugaragu wanje kandi namwe ntakosa muraba mufite.11Nuko bagira vuba, batelemukiriza umuntu umufuko gwe hasi, bapfundura umufuko gwa buri muntu.12Aracakura atangirira ku mukuru, ageza kumutoya, inkongoro bayisanga mumufuko gwa BENJAMINI.13Nuko bose basatera imyenda yabo, bashilira buri muntu umuzigogwe kuntagabaye basubira iwabomurusisiro.14Yuda na benenyina baja munzu ya Yozefu nawe yarariho, bagwa imbereye hasi.15Yesefu alababurira ngo: bino nibiki byo mukoze? Ntaho muziko umuntu nkanje atakwiriye kubagua?16Yuda aragamba; Turabwira Pataro wanje ngwiki? kandi turagamba ngwiki? nangwa turikura mucaha dute? Imana irebye ubugome bwabakozi bawe, reba twewe, turabagaragu bo mwami wanje, twese nawe kuko yabonetse afite Inkongoro muntakize.17Aragamba ngo: ntibikabe bizabera kure yanje umuntu wiyo nkongoro ya bonetseho, uwo numufundi wanje, ariko mwewe mugende amahoro kwasyo.18Nuko yuda aramwegera aragamba: Data buja, reka umugaragu wawe agambe ijambo rimwe mugutwi ka Pataro wanje ndabigusabye, kugira ngo ikiburi cawe utakigeza kumugaragu wawe kuko umeze Nka Farao.19pataro wanje abaza umugaraguwe ngo; mufite syo na bene nyoko?20Twasubije umutware ngo: Dufite umubyeyi ushajire, na mutoya wacu, uwazewe mu bukambwe, mwene nyina yapfiye, niwe wasigeye, niwe wasigeye mu bazewe na nyina kandi aramukundaga.21Niko wabwuye umukozi wawe ngo: mumunzanire murebeho n' amaso gange.22Kandi twabwiye umutware, uwo muhungu ndo yova hambavu ya se kuko amusize, se yohita yagahuka .23Nuko wabwiye abakozi bawe, ndo mwobona isura yange kandi, nibamwene nyoko adateremutse na mwe.24Igihe co twataramye tugiye ku mukozi wawe data wanje, tumubwira amagambo ga Pataro wanje.25Data wacu aragamba; Genda kandi mutuurire ibiryo bike, 26Noko tugamba ko tutara teremuka; tukihamwe na mutoya wacu natwe turateremuka, kuko tutareba Isura yuwo mutu mu mutoya wacu atarihamwe natwe.27Umukozi wawe data wanje aratubwira ngo: Muziko mugore wanje yambyariye abana babiri:28Umwe ankomokaho kandi naragambye: kandi nziko bamusatageje mo ibisate, ibisate; kandi ntaho na subiye kumurebaho; 29Namwe nimujana uyumtu kandi akagira icaba, muzatuma imvi zanje zitelemukana gahinda zilekuja mukaburi.30Nuko none ningera kumukozi wawe data wanje nuwo musore tutarihamwe; niba umutima gwe gulihamwe nuguwo musore.31Harigiheco yobona tutarihamwe nuwo musore, agapfa; nabakozi bawe boteremusha imvi zumukozi data wacu, zikateremukana gahinda mukaburi.32Kubera ko umukozi wawenyihindura nka muhuguwe kuri data wanje ndagamba ngo: ni ntamukuzanira ubwo ndaba nkoreye data wanje amokosa iteka ryose.33Nuko rero umukozi wawe, ndagusaba azabe umukozi wa Pataro wanje mu mwanya gwa muhunguwe, uwamuhunguwe ataramane Hamwe na benenyina.34Ndakoriki kugira ntarame kwa data wanje, na muhunguwe ntarinawe? kugira ngo ikibi cagera kuri data wanje.Chapter 45
1Yozefu ananiwa kukiyumanganya imbere yabo bahararanye bose, ahbwo agamba cane ngo, muhire hanje abandu boshe, hatagira umundu uhagararana na Yozefu akibwira bene she. 2Arabira ararira, abanye Misri baramumva, abo munju ya Farao baramumva. 3Yozefu abwira bene she ngo, ndi Yozefu data anariho? Bene she bashaka ico bamusubiza barakibura, kuko batinyire bahagarenye imbere ye.4Yozefu aabwira bene she ngo ndabingingire munyegere, bara mwegera aragamba ngo ni Yozefu mwene sho mwangurisize ngo banjane mu Misri. 5None mutababara, mutakirakarira yuko mwangurisize ngo banzene ino, kuko Imana ariyo yatumire mbamanziiriza kugira ngo ngize ubuzima bwabandu. 6Injara imarire imyaka ibiri mu gihugo hasigeye iyindi myaka itanu, yo batakahingemo ngo ba sharuremo.7Kandi Imana yatumire mbamanziriza ngo ibabeseho mugire ico musiga musi, ibakirise gukiza gukomeye. 8Nuko none ndaho ari mwene mwanyohereze ino hubwo ni Imana kandi yangirire ngashe wa Farao numutegeka w'urugo gwe goshe mu mutware wigihugo ca Misri coshe.9Mugihute mutarame muje kuri data mumubwire ngo, umwana wawe Yozefu ngo tukubwire ko Imana yamugize umutwaree wa Miisri hoshe, rindimuka umushange utatinda. 10Kandi ukature mu gihugo ci Gosheni umube hafi weho nabana bawe na bujukuru bawe, na matungo gawe namasho gawe, nibyo ufite byoshe. 11Kandi ngo ukakugerereyo kuko hasigeye imyaka itanu yi njara utakenana ninju yawe nibyo ufite byoshe.12Kandi muri kukirebera na mwenw mama Benyamini ari kukirebera kuko ari nyewe urikukirebera kuko ari nyewe ubigikuriye mu kanwa. 13Kandi mumbwirire data icubahiro canje coshe co mvite mu Miisri, mumubwieire ibyo mwambonye byoshe, kandi mu Misri mumumanure hano.14Yozefu ayambira mwene nyina Benyamini, bareegamirana amagosi ararira, Benyamini aririra ku gosi nga Yozefu. 15Asoma bene she boshe, abaririraho, nyuma bene she baganira nawe.16Iyo nguri igera kwa Farao yuko bene she wa Yozefu bayijire, bishimisa Farao nabakozi be cane. 17Farao abwwira Yozefu ngo, bwira bene sho ngo nimugende guca, muhekese indagani zenyu imittwaro, mugende muje mu gihugo ci Kanani. 18Muzane sho nabo mungo zenyu, mwije iwe, nawe akabahe ibyija bwwa mu gihugo co mu Misri mu kkarye ibirusizeho kuba byija byo mu gihugo.19Ndagutegeekire kubabwira ngo nimugire guca, mujane amagare go mu gihugo ca Misri go gushiramo abana benyu batoto na bagore benyuu muzane na sho muje ino. 20Kandi mutagita ku bindu byenyu, kuko abyiyija byo mu gihugo ca Misri coshe ari ibyenyu.21Abana ba Isiraeli babigenza guco, Yozefu abaha amagare nguko Farao yategekire abaka mu mbamba. 22Kandi uko bangana ako mundu weshe imyenda yo kubadishanya ariko aha Benyamini ibipande byifeza magane shatu, amaha ni myenda ya kubadirishanya gatanu. 23Na she umurohereza izi ndamutso indagano mu Misri, nindogoba zingore n'ibindi biryo byimbamba bya she.24Nuko aragana na bene she, bagenda ababwiye ngo, mukirinde mutatongania mu njira. 25Bava mu Misri baratarama bagera mu gihugo ci Kanani kuri she Yakobo. 26Baramubwira ngo, Yozefu acariho niwe mutware wigihugo ca Misri coshe, Yakobo aratangara atabyemera.27Nuko bamutekerereza ibyo Yozefu yababwiyee byoshe, maze Yakobo abonye na ga magaree go Yozefu yyayohereze ngo baje kumuuzana noneho aragihangana. 28Nuko aragamba ngo, yewe gitangaza koko umwana wanje Yozefu acariho? Reka ngaje kumureba ndarapfa,
Chapter 46
1Israeli aragenda nibye byose agera i Beri-sheba, atanga igitambo ku Mana ya se Isaka. 2Imana igambana na Isiraeli mu ndoto ngo: Yakobo, Yakobo. Aragitaba, njewe ndi hanoya. 3Iramubwira ngo: njewe ndi, Imana ya sho, utere gutinya guteremuka mu Misri, kubera iyo ngakugire ubwoko bukomeye. 4Ngateremukane nawe na Yozefu akahire amaboko ge ku mesho gawe.5Yakobo arahaguruka avayo kwa Beri-Sheba, abana biwe baramuheka hamwe nabana babo batoto n'abagore babo mu mudoka go Farao yabaga yabatumiye kubaheka. 6Bajana amatungo gabo ni mali zote zo babonye bakiri i Kanani bagendana nabyo mu Misri hamwe na Yakobo n'umuryango gwe goshe. 7Abahungu be n'abajukuru babahungu be n'uruzaro gwe goshe rujana nawe.8Ganoya nigo mazina gabagiye mu Misri: Yakobo n'abahungu be, umwana we wambere ni Rubeni. 9Abana ba Rubeni ni: Henoki na Palu, na Hesironi na Karumi. 10N'abana ba Simeoni ni: Yemuweli na Yamini, Ohadi na Yakini, Sohari na Shawuli umwana wazewe n'umunyakanani kazi. 11Abana ba Lawi ni: Gersoni, Kohati na Merari.12Abana ba Yuda ni: Eri na Onani, Sheba na Peresi na Zera, ariko Erina na Onani bapfiriye mu gihugu c'Ikanani. Abana ba Peresi baribari Hesironi na Hamuli. 13Abana ba Isakari ni Tola na Puwa, Yobu na Shimuroni. 14Naho Abana ba Zabuloni ni Seredi na Eloni na Yaleli. 15Banoya nabo nibo Abana bo Leya yazarenye na Yakobo. Padani-Arumu, tena bazeye umuhara witwa Dina. Abahungu be n'abahara be boshe ni mirongo ishatu nabashatu.16Abana ba Gadi ni Sifionina na Hagi, Shuni na Eziboni na Eri, Arodi na Areli. 17Abana ba Asheri ni Imuna na Isina, Ishivi na Beriya, Heberi na Sera umushiki wabo nabana ba Beria ni Heberi na Malkieli. 18Banoya nabana ba zilpa umukozi no Labani yaheye umuhara we Leya hamwe n'indongoranyo. Abo yazeye na Yakobo n'abandu icumi nabatandatu.19Abo Yakobo yazeye hamwe n'umugore we Rasheli ni Yosefu na Benjamini. 20Yosefu yazeye Manase na Efraimu mu gihugu co mu Misri. Abazara kuri Azinati umuhara wo kwa Potifera umutabyi wo murusisiro rwo i Oni. 21Naho abana ba Benjamini ni Bela na Bekeri, Ashiberi na Gera, Namani na Ehi, Roshi na Mupimu, Hupimu na Arudi. 22Abo abahungu ba Racheli bazeye ku Gisekuru ga Yakobo bose hamwe nicumi nabane.23Umwana wa Dani ni Hushimu. 24Abana ba Nafutali ni Yahiseli na Guni, Yezeri na Shilemu.25Banoya nabana ba Bilha umukozi wo Labani yahaye umuhara we Rasheli hamwe n'indongoranyo. Abo yazarenye na Yakobo ni barindwi.26Abandu bose bajenye na Yakobo mu Misri bo mu Gisekuru ciwe utambariyemo abakazane be bose hamwe baribari mirongo itandatu n'abatandatu. 27Abahungu bo Yozefu yazeye mu Misri ni babiri. Abo munju yahafi kwa Yakobo bagiye mu Misri ni mirongo irindwi.28Yakobo atuma Yuda kuri amugendere ya Yozefu ngo amuhereze inziraagende i Gosheni aremera baragendampaka i Gosheni. 29Yozefu aritegura n'imodoka ye aratarama agenda kuyambira ishe i Gosheni aramukiyereka nyuma, aramuhobera begamirana ku magozi, Yosefu aririra kugosi rya she umwana mureyi. 30Isiraeli abwira Yosefu ngo: nubwo nopfa buno ndakibazo kubera ngubonye amaso ku maso ucari muzima.31Yozefu abwira benenyi a nabo munju yashe bose ngo: ndagenda kubwira Farao ko abana ba data n'imiryango yabo yoshe bashohweye banyangire kunoya. 32Kandi n'abashumba kubera baragiraga amatungo tena, bazenye n'amasho gabo n'ibyabo byoshe.33Ndabizi Farao arakira no kubabaza ngo: 34Akazi ko mukoraga ni kahe? mukamusubize ngo: abakozi bawe turagiraga amatungo, twatangiye tucari anaba kugera n'abuno, twewe naba sogokuruza. Mukagambe guco kugira ngo muture mugihugu ca Gosheni. Kubera Umuragizi nigihumenye kubanya Misri.Chapter 47
1Yosefu aragenda kumenyesha Farao, aramubwira ngo: bene data na data bavuye Ikanani hamwe n'indama zabo ninga zabo, nibyabo byose, reba barimugihugo mukirere ci Goseni. 2Afata batano muri bene nyina abareka Farao.3Farao arababwira ngo: mukoragiki? ba subiza Farao: abakozi bawe na abashumba, nkuko data yarari. 4Babwira tena Farao: twaje kuba abashitsi murik'iki gihugo, kubera nda bwatsi mubikuyu bwi indama, hamwe n'abakozi bawe bafite inzara mu gihugo cose ci kanani, none yemerera abakozi bawe bature mugihugo mukirere ci Goseni.5Farao abwira Yosefu ngo: iso na bene nyoko baje imbere yawe. 6Igihugu co mu misiri kiri mbere yawe; ushiwe iso na bene nyoko mukirere ciza co mu gihugo. Bature mu kirere ci Goseni, nubona muribo afite ubushobozi ubashire kubuyobozi bamatungo yanje.7Yozefu azana Yakobo, ise, amwerekana imbere ya Farao. Yakobo aha Farao umugisha. 8Farao abwira Yakobo ngo: imyaka yu maze ni ngahe? 9Yakobo asubiza Farao ngo: imsi yingendo zanje n'imyaka ijana na mirondo tatu. Imisi y'imyaka yimibereho yanje yabaye mike kandi mbi, ndo yashoboye kugera ku misi y'imyaka yabadata mugihe cingendo zabo. 10Yakobo aha tena Farao umugisha ahita ava imbere ya Farao.11Yozefu yicaza se na bene nyina, abaha ubukonde mugihugu co mumisozi, abaha ahantu heza hari mugihugu mukarere ka Ramasesi, nkuko Farao yari yamutegetse. 12Yozefu aja agabura imikati kuri se, na bene nyina, n'umudyango wase akurikije umubare wabana babo.13Murico gihugo nda mikati bari bafite, kuko inzara yari nyinci mu gihugo co mu misiri n'igihugo ci kanane cari kiriguta (kuniha) bitewe n'inzara.14 Yozefu arateranya amafaranga yose yari mugihugo ca Misiri, nikigihugo ci Kanane kungano zo baguraga izo faranga azishira munzu ya Farao.15Igihe ifaranga zo mugihugo ca misiri ni gihugo ci kanani zasize, abanya mIsiri baza muri YOzefu baramubwira ngo: tuhereze umukati! kubera iki turigupfa imbere yawe? kubera ifaranga zabuze.16 Yozefu arababwira ngo: mumbereze amatungo yanyu, ndabahereza imikati kubwo kugurana amatungo yanyu niba ifaranga zabuze. 17Bazanira Yozefu amatungo yabo, YOzefu abaha umukati kubwo ku gurana nihene zabo n'intama n'inga ni ngamiya. Ugo mwaka abahereza imikati kubw'amatungo yabo.18Ugo mwaka gushize, ku mwaka wa kabiri baza, baza kuri Yozefu baramubwira ngo: ntajambo turahisha ku mwami wacu ifaranga zashize, matungo yose ga zanwe ku mwami wanje, ibisigaye imbere y'umwami wanje ni mibiri nubutaka bwacu. 19Kuber'iki turigupfa imbere yamaso yawe? utugure n'ubutaka bwacu utugurane imikati tuzaba ab'umwami twebwe n'ubutaka bwacu. Tuhereze imbuto zo gutera, kugira ngo tubeho, tutegupfa, ubutaka bwacu. butegusigara ntaubutuyeho.20Yozefu agurira ubutaka byose bwo mumisiri Farao; kubera abamisiri bagurisha imirimo yabo, kubera inzara yari ibakabirija, n'ibyi'igihugo cose biba ibya Farao.2122Gusigara gusa ubutaka bya bapadiri (Abapasiteri) kubera bari bafite itegeko rya Farao, kuba padiri, babeshwagaho nibikuye kwa Farao niyo mbamvu batagurishije ubutaka bwabo.23Yozefu abwira abantu ngo: nabaguze none hamwe n'ubutaka bwanyu bagurira Farao; none reba imbuto mutere mubutaka. 24Nimusaruro muzaha farao igice kimwe ca ga tano, muzasigarane ibice bine ibyo muzatera, kugira mutabidye n'abana banyu na bari munzu yanyu.25Bramubwira ngo: ukijije ubuzima bwacu! kugira ngo tubone ubuntu mu maso g'umwami wacu, turabo imbata za Farao. 26Yozefu abikora itegeko, ririho na buno, niko igice kimwe ca gatano ci miaka yu butaka cabaye ca Farao; ubutaka bwa ba Pasiteri gusa nibyo butarubye.27Israeli itura mugihugo ca Misiri, mugihugo ci goseni, bagira ubukungu, barabyara bararokana. 28Yakobo amara imyaka cumi n'irindwi mugihugo co mu misiri, imisi yo Yakobo yamaze kw'isi n'ijana na mirongo ine n'irindwi.29Ubwo Israeli igihe co gupfa cari kigeze, ahamagara umuhungu we Yozefu ara mubwira ngo: niba mbonye umuntu mumaso yawe, ndakwinginze shira ukuboko kwawe musi yi kibero canje, ungorere mu bwiza no mukuri nduza mbambe mu Misiri! 30Ubwo nja dyama hamwe naba data, uzambeka unvana mu misiri, uza mbambe mu kaburi kabo. Yozefu aramusubiza ngo: nzabikora nguko ijambo ryawe rivuze. 31Yakobo aragamba ngo: undahire. Yozefu aramurahira. Nuko Israeri arapfukamisha umucaci we kuburiri.Chapter 48
1Hanyuma y'ibyo babwira Yozefu ngo: "isho arweye" agendana n'Abahungu be babiri Manase na Efraimu. 2Umundu umwe arija aburira Yakobo ngo: Umwana wawe Yozefu arikwija. Isiraeli aragihangana yikara ha gitanda.3Yakobo abwira Yozefu ngo: Imana ishoboraga byoshe yambonekeye i Luzi mu gihugu co muri Kanani imbere z'umugisha. 4Irambwira ngo: ngakororotse ngugwize,ngugenze ihuriro ry'amoko tena urubyaro rwawe ruzakuriraho nzabaherezaki o gihugo kibe gakondo yabo igihe cose.5None rero agahungu bawe bombi bo wazeye mu Misri ndarinagusangayo nabo nabanje. Efraimu na Manase bakabe abanje nka Rubeni na Simeoni. 6Abandi bana bukazare hanyuma ya bano bakabe abawe mu murage gwabo, bakitirirwe izina rya bene nyina. 7Kuri njewe igihe co navaga i Padani, napfisize Rasheli ndi mu safari mu gihugu ca Kanani, twari dusigeje kanyori ngo tugere: Efrati.8Yozefu asubiza she ngo: banoya bombi nibo abana Imana yambeye ino. Yakobo aramubwira ngo: ndakwingingire bazane mbasengere umugisha. 10Kandi amesho ga Isiraeli gari gatangiye kureba ibikezikezi kubera ubukambwe, ndo yarashoboraga guhumbya amesho arabamuzanira hafi ye arabahobera cane.11Isiraeli abwira Yozefu ngo: ndanatekerezaga ko nokubona tena ha mesho ganje, none Imana irakunyeretse weho n'urubyaro rwawe. 12Yozefu abakura hagati y'amavi ga she agikubita hashi yubamire. 13Yozefu arabajana bombi arabamweganeza afatisha ukuboko kwe kuburyo kuri Efraimu ariwe wa nyuma arambika ukuboko kwe kurutandi kumutwe gwa Manase ariwe wambere.14Israeli arabigenza arambika ukuboko kwe kuburyo kuri Efraimu wa nyuma kisha arambika ukuboko kwe kurutandi kuri Manase kandi ariwe wa mbere. Israeli aragamba ngo ibyo ndigukora ndabyiji. 15Asengera Yozefu umugisha ngo: Imana yo sogokuru wawe Aburahamu na Data wanje Isaka bashiraga imbere Imana yandinze mu maisha ganjee gose kugeza na buno. 16Maraika wambabariye ibibi byoshe ihereyee bano bahungu bawe umugisha bitirirwe izina ryanje n'irya sogokuru Aburahamu data Isaka borokokee babe kangari cane musi.17Yozefu abonye ko she arambikire ikiganja ce c'uburyo ku mutwe gwwa Efuraimu biramubabaza cane, aterura ukuboko kwa she ngo agukure kumutwe gwa Efuraimu ngo agushiree ku mutwe gwa Manase. 18Yozefu abwira she ngo: utere kugira guco data, wino niwe mukuru niwe warukwiriye kurambikwaho ikiganja c'uburyo ku mutwe gwe.19She aranga ngo: mbiji mwana wanje, mbyiji neja. Uwo nawe akahinduke ubwoko bukomeye akabe nawe mukuru. Urubyaro gwe ukahinduke amoko kangari. 20Abasengera umugisha ugo musi ngo: Abisiraeli bakaguhindure umufano mwija go kureberaho igihe gusabira umugisha ngo: Imana iguhindure nga Efraimu na Manase.Amanziriza kuri Efraimu akurikizaho Manase.21Israeli abwira Yozefu: rero ndenda gupfa ariko Imana ikabe namwe kanddi akabisubize tena mugihugu ca ba sho banyu. 22Nanje nguheye ndakongereye i Sehemu imwe kuruta bene nyoko kubyo nanyaze Amori ngeresheje umuusho gwanje n'umuheto.Chapter 49
1Yakobo yakura abana be bose arababwira ngo: muteranire hamwe mbabwire ibika babeho imisi ikayije. 2Muteranire hamwe mwene bana ba Yokobo mumvire sho Isrraeli.3Rubeni uri mwana wanje wa mbere uri i ngufu zanje, uwo gushobora kubyara kwanje kwatangiriyeho ufite ucubahiro tena urakomeye cane. 4Umerire ngamazi kubera ndogabaraga hamwe, ndukabone ubutware. Kubera wanyegeye kuburirri bwa sho niho wahumanize, wapandire ku ndyamo yanje.5Simeoni na Lawi mwaviye munda imwe, imisho zabo nibigwaniso by'urugomo. 6Mutima gwanje, utere kuzaja mu manama gabo ga buhisho bwiza bwanje, utakaje mu hururo ryabo. Kubera bayitisize abandu uburakari.7Uburakari byabo ndabuvumire kubera bwari buri bwinji. Umujinya gwabo guvumwe kubera gwari guri ugwa agashinyaguro. Nyabapunguze mu bana ba Yakobo, ngabatatanyirize mu Bisiraeli.8Yuda bene sho bakagushime, ukuboko kwawe kukabe ku gosi ry'abanzi bawe bene sho bakagupfukamire.9Yuda urri umwana w'intare, utarramira mwana wanje uvuye guhiga arunamire, arabundamye nk'intare tena ninki intare y'ingore? Ninde wayivumbura?10Inkoni y'Umwami ndikave kuri Yuda inkoni y'ubutware ndikave hagati yibirenge bye, nyirayo atara ija uwo ni ne amahanga akanyumvire.11Afungire i punda yikigore ku muzabibu, n'icana ce c'ipunda agifungire ku muzabibu urutaho ubwiza, afuriishaga imyenda ye vino, afurisaga ikoti rye na vino. 12Amesho ge gatukwizwe na vino, amenyo gee gabeye umweru kubera amata.13Zebuloni akature mu bunambo c'ingezi akabe ku kibaya kiriho ubwato bunini gwe gukaherere i Sidoni.14Isakari ni punda y'ingufu nyinji iryamire mu biraro by'intama. 15abonaga ko aho kuruhukira ko ni heja, n'igihugu ciza arrico kugishimiramo kubera kugikorera caneurutungu rwe rwagondaniwe yahindukire umutumwa wo gutegekwa n'abandi.16Dni akabe umuzusi wo guca Imanza zo munju ye, akace imanza zo mu miryango ry'Abisiraeli. 17Dani tena akabe inzoka yo munzira tena butugu mukatiriza yo kuruma ibinono by'Ifarashi uwo ihekire akagikanga na kugwa hashi. 18Uhoragaho ndegereje agakiza kawe.19Gadi abbandu bakamutere ariko nawe akabatere akiri hafi abirukane kure. 20Kuri Asheri hakavayo ibiryo biryohire cane. Akatange ibiryo biboneye bikwiriye Abami. 21Naftali we n'ifumberi itaziritswe igambaga amagambo meza.22Yosefu ni itabi ry'iigiti ceraga cane, n'itabi ry'igiti ryeraga cane iri hagati y'isoko ry'umugezi, amatabi gaco gabyaraga amatuunda kanggari. 23Abarashi bamukoreye ibindu by'urwango, bamwarashe imyambi yo kumuryoza busha.24Ariko umuheto gwe ndoguracikamo. Amaboko ggee n'intoke ze bikomezwaga n'amaboko ga ta ntwari ya Yakobo ni yo yakomotweho umuragize mwijja umurinzi w'Abisiraeli.25Ibyo byakorirwe n'Imana ya sho niyo ikagufashe, byakorire n'Ishobora byose, akaguhe umugisha. Imigisha ivaga iheru mu ijuru n'imigisha izaga mu mazi y'ikuzimu n'imigisha yo mu mabere n'iyo munda za ba mama.26Imigisha ya sho atangaga, irengire iyatanzwe na data cangwa sogokuru igeraga mu misozi no kumipaka yakure. Ikabe ku mutwe gwa Yozefu no mubitabo bye, niwe mutware wa benenyina boshe.27Benyamini n'imbwa y'imbwa yintozo yiji kugishakira ibirryo, mugitondo iryaga ibyo yagihigiye bugorobire akahereza n'abandi kubyo yahigire.28Abo bose niyo miryango icumu nazibiri y'Abisiraeeli. Ibyo nibyo she yababwiye arikubasengera umugisha buri muntu amusengera umugisha ku giti ce. 29Abagihanangiriza arababwira ngo: ndenda kuja guusanga ubwoko bwanje mukampambe hhamwe na data na sogokuru wanje, mu buvumo buri mu murima gwa Efuroni umuhitii. 30Mu buvumo buri mu muriima gw'i Makipela iri imbere ya Mamure mu gihugo ca Kanani, niho Aburahamu yagureenye nigo murima gwa gakonde go guhambamo yaguzuze na Efuroni umugiti.31Nigo bahambyemo Aburahamu na Sara mugore we, ni go bahambyyemo Isaka na Rebeka mugore we, kandi ni go bahambyemo na Leya. 32Gwa muurima n'ubuvumo bigurimo byyaguzwe ku Baheti. 33Yakobo amarire kugihanangiriza abana be, asubiza amaguru ku buriri avamo umuka asanga ubwoko bwe.
Chapter 50
1Yozefu yababeye cane kugeza aho yaguye mu maso ga se arikuyambira.2 Hanyuma Yosefu yategetse abakozi be b'abanganga ngo basige umubiri gwa se ngo gwere kubora. Abanganga basiga Israeli. 3Kumusiga byafashe imisi mirongo ine kuko ni guco byabaga. Abanyamsiri bamuririye imisi mirongo irindwi.4Imisi z' imisibo zishije,Yozefu yabwiriye abakozi ba Farao ngo: Mbaye mboneye mu mask ga wowe,mumbwirire Farao ngo: 5Data yandahije ngo: Reba ndenda guofa. Ukampambe mu kabiri na yowe ko nacukwiye mu gihugo ca Kanani. Niyo ukampambe. None ungirire imbabazi, ntarame guhamba data, nyuma nkagaruke. 6Farao aramusubiza ngo: genda uhambe swo, kubera ko niko yakurahize.7Igihe Yozefu yagiye kuhamba we, abategetsi bose na Misri, abazehe go mu nzu ye n' abazehe bo m' urupango go mu Misri, 8bene nyina, nabo mu nzu ya se bamuherekeje. Ariko, abana babo, intama zabo, n' inka zabo basigaye muri Gisheni. 9Imodoka z' indwano n' abari Ku mafarasi bajenye nabo. Bari bari abantu akangari cane.10Bagerire hambuga yashohwereye ho mu Atadi yatakire baririrayo amarira menci gakomeye. Yamarire yo iminsi irindwi yaririyeyo amarira menji ari kuririra nyiri gihugo abo bari Kanani. 11Bene gihugo babanya Kanane babonye baririra kumboga y'igosorero yo mu atandi baravuga ngo: uyu n'umuboorogo mwinji wabeye mu Misri. nico ca tumire bahita Abali Miziraimu ari ari hirya ya Yordani.12Abana bo mu Isiraeli bakora uko yababwiye. 13Bamujenye mukihugo iwabo iKnani aba baramuhamba mubuvomo mumurima gwabo i Makipela iri mbere ya Mamure ubwo Aburahamu yagurire umurima kuba gakonde yo guhamba mo yagugurire na Efuloni umuheti. 14Amarire kuhamba ishe Yozefu asubiz'iwe mu Misri na bene mama nabandi bamuherekeze guhamba.15Bene nyina ba Yozefu barebire ko she yamarire guhwera bagambenye kumanza Yozefu akatwange ayibuke ibyo twamugiriye. 16Bashikire Yozefu i she atarapfa yatutegekaga ngo: 17Mubwire Yozefu ngo ari kuguhendahenda ubabarire benye nyoko ko ichaha chabo kuko baguhemukiye, ubababarire abakozi b'Imana icaha cabo. Babibwira Yozefu ararira.18Ariko bene she bagendire bamupfukamire imbere ye mari kumuhendahenda turi bene nyoko. 19Yozefu yababwiye ngo: mukatinya ndi mu mwanya gw'Imana. 20Mwewe mwari mwenda kunyica ariko Imana yari iri gushaka kwigaragaza ko n'Imana yakirize abandu gupfa. 21Mutatinya nje ndabaha ibiryo na bana banyu batoto, ara bafariji yaba bwiye neza.22Yozefu yabenye mu Misri nu muryango cwa she Yozefu yamarire imyaka ijana na chumi. 23Yozefu yabwenye abuzukuru ba Efuraimu n'abana ba Makiri mwene Manasi bavukiye kumavi ga Yozefu.24Yozeffu yabwiye bene sho napfa Imana ikabatemberere ibavane mu kino kihugo ya yahiriye Aburahamu na Isaka na Yakobo ko ikabahe. 25Yozefu yarahiye abana bo mu Isiraeli ko Imana ikabatemberere namwe mukajane amagupfa ganje mugakure ino. 26Nuko Yozefu yapfa amarire imyaka ijana na cumi bawogize bajana mukiputa mu sandugu yo bahambagamo.Leviticus
Chapter 1
1Uhoragaho yahamageye Musa no kumubwira guturuka mû hema ry'ihuriro ngo: 2gambisha Abisiraeli ngo: habayeho umuntu wenda gutanga igitambo k'Uhoragaho, mucaguwe igitambo mu matungo, matoya cangwa mû mutungo manini.3Niba igitambo ce ari itungo rinini, azatamba igitambo coswa, azatamba ikimasa kitagira inenge, azagitambira mu muryango w'ihema ry'ibonaniro imbere y'Uwiteka, kugira ngo umugonere mugisha. 4Azashira ikiganza ku mutwe w'ico gitambo coswa, kugira ngo kimubere impogano.5Akabugire iryo tungo hambere y'uhiragaho, n'abana ba Aroni, abatambyi, bakature amaraso. Bakaganyanyigiza mu mpande zose za rutari iberaga ku mu marembo g'ihema ry'ihuriro. 6Bakasusure igitambo hanyuma bagicemo ibipande.7Hanyuma abazeye na Aroni umutambyi bakacane umuriro ha rutari no kurundaho inkwi. 8Niho bakapange inyama zose, igitwe n'ibiyage n'ibindi bipande ku nkwi zo ku muriro gw'itwikiro, igipande kyose kuri rutari(itwikiro). 9ubura n'ibirenge bakayozwe no gushirwa ha muriro, umutambyi abitwice byose ku gitwikiro (rutari). kikabe isadaka gitwikirwa cujwiye kandi kuhumuriye uhoragaho.10Kandi abaye asanze co gu twikwa co mu matungo ge, bakapange ihene cangwa intama byibigabo Kandi bitariho inenge. 11bakasusurire iryo tungo hambere y'uhorago, mu ruhande rw'iguru rw'igitwikiro (rutari).Abatambyi, Aribo bana ba Aroni, bakanyanyagize amaraso garyo mu mpande zose g'igitwikiro.12Iryo tungo rikaribwemo imigwi, umutambyi akashire ibipande byose by'ibiyage Hamwe n'igitwe ku nkwi z'umuriro go ku gitwikiro. 13Ubura, n'ibyo munda, ibyenge bikayozwe Umutambyi akabitangabyose no kubitwikira kurutari (igitwikiro) Ni sadaka igurumijwe n'umuriro, tena iriguhumurira neza uhoragaho.14Umuntu ubaye atanze isadaka y'inyoni, akazana inuma yo mu shamba cangwa utunuma tukwi dutoya. 15Umutambyi nkaganiza uhoragaho ico gitambo (sadaka) ayice umutwe no kuyitwikira hambere y'a rutari (gitwikiro) Nuko amaraso bakanyanyagize ku ruhande rw'igitwikiro.16 Akakuremo agasyo n'umucafu gurimo, ayiterere hambere g'igitwikiro muruhande ryo zuba riherukiragamo, abisuke aho itazi riberaga.17akatanyure amababa giyo nyoni Ariko yere kugatanya. hanyuma ayitwikire ku nkwi ziri kumuriro rw'igitwikiro. Ni igitambo(sadaka) GI cokeshwe, kirigihumurira neza Uhoragaho.Chapter 2
1umuntu abaye yenda gutanga ituro rye k'uhoragaho, ari iryo iwuwa ry'isano atanga isano irimo amareta garumuraneza. 2akagazanira Abatambyi aribo bana ba Aroni. umwe musi bo akatwara urushi ry'isano irimo amavuta n'amarashi nuwo umutambyi akabitwikire k'urutari (gitwikiro)kugira ngo bibere inyibutso yeno ni sadaka ya twikiwe m'umuriro, umwatsi gwayo gukabere ihumuzo yashimishije 3isigeye by'iyo sadaka ry'isano ikabere Aroni n'abana be isehemu itungenye yo guturuka ku sadaka yatwitswe n'umuriro kugira ngo hayiture Uhoragaho.4babeye batanze ituru ry'ubugari gutetsuwa mu furu, sikabe ari indazi /ibetore bitarimo umumburo ariko irimo amavuta. 5Kandi ubeye utangire ituro (isadaka) ry'isano ryanyuze mu furu bikabe ngombwa ko biba isano irimo amavuta itarimo umusemboro.6Bakayifata no kuyikata katamo ibipande hanyuma bameneho amavuta: ikabe ibeye isadaka ry'isano. 7Ubeye utanze isadaka ry'amashaka cangwa uburo rikarangirwe ku pano rikabe siri iryi isano irimo amavuta.8Uzazana ituro rikozwe n'ibyo urizanire Uwiteka; uzarihaumutambyi, uzaritambira kucokerezo.9Umutambyi azakuroha ibigambo guterwa nk'urwibutso, azabitwikira kucokerezo. Nituro rihumura neza kandi rinezeza Uwitekaco. 10Ibizasigara kuri iryo turobizabzibya Aroni nabahungu be, niikintu cera cane hagatiy'ibitambo, bikongorwa n'umuriro imbere y'uwiteka.11Nta na bimwe mubitambo byo muzatura Uwiteka kizakorwa n'umusemburo, kubera ko nta nabimwe mubyo muzutwika kizabakirimo umusemburo cangwa ububihaiguti amaturo y'ibitumbo byoswa bikongorwa n'umuriro imbare y'uwiteka 12Muzashobora gutura Uwiteka amaturo y'umunganuro; ariko ntaho bizaturwa kucokerezo nk'ituro ry'impumuro nziza.13Uzashira umunyu hejuru y'amuturayose, uzagura ituro redufute umuryu, ikimenyetso c'isezeranory'Imana yawe; kuriburi turo uzashiraho umunyu.14Nintura Uwiteka ituro ryumuganura uzatura amahunolo mabisi gubaranze kumuriro kandi ituro ry'igiheri, ribe ituro ry'umuganwa wane. 15Uzosesa amavuta hejuru yargo, kandi uzongeraho umubavu, n'ituro ry'imyamba16Umutambyi azasa nk'urwibutso igice c'ambundo y'igiheri n'amuruta hamwe n'umubavu. N'ituro rikongerwa n'umuriro imbere y'Uwiteka.Chapter 3
1Igihe umuntu azatura uwiteka igitambo koariamahoro: Natura itungo rinini cangwa itungo rigufi, ikimasa cangwa inyana, azatanga ikitagira nbusembwa imbere my'Uwiteka.2Azashira ikiganza ce kugihango c'igitambo, azagisohotera mumuryango rwihema ry'ibonaniro, kandi abiutambyi, abahungu ba Aroni,bashukagire basunga nyogiza amaraso kucokerezo impande zose.3Kubw'ico gitambo c'ukowiamahoro, Azatura igitambo gikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka: Ibinure bitwikiriye n'urungimbu rwayo 4Impiko ibiri n'ibinure birubikiye, bitwikiriye Icijima, azayitandubanga hafi y'impiko:5Ibyo, abahungu ba Aroni bazabitukira kucokerezo hejuru y'igitambo coswa cashizwe iruguru w'ihtwi zamaze gushiraho umuriro, c'impuro nziza inezoza Uwiteka6Nibe atambye itungo rugufi isekuruma canga inyaguzi, ho igitambo c'ukoariamahoro k'Uwiteka azagitamba bitagira ubusembwa.7Natanga igitambo c'umwana w'intama, Azagitangire ibere y'Uwiteka.8Azashira ikiganza ce ku kugitanga c'igita mbo coazosogatera imbere y'imana ry'imbonanira maze abuhungu baAroni amaraso kumpande zose zico kerezo9Kuwakuri ico gitambo c'ubo ari amahoro azatamba igitambo gikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka: Ibinure (urugimbu)10Umurirowose azawukura awucire mungenge ibinure bitwikiriye amaranubindi bijomekanya nabyo. 11Impikozombi ibiri n'ibinure bizizengwatse, bitwikiriye mumushihemto, azabyaturakumpiko.Umutambi azabitwikirakucokorezo. Niibyokurya by'igitammbo gikongozwa n'umuriro imbere y'Uwiteka.12Niba igitambo ce ari ihhene, azayimurika imbere y'Uwiteka 13Azashira ikiganza ce kugihango c'igihango azasogotera imbere yihoma ry'ibomagira kandi abahungu baAroni baminjogi amaraso yaco ku mpande zose z'icokerezo.14Kuwa kugitambo kugitambo azature igitambo gikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka : Ibirwe bitwikiriye amaran'ihifatanye mayo15Impyicho ibiri nibinwe birengurutse, bitwikiriye unushishito n'icijima, azayature hafi y'impyiko.16Umutambyi azatwikira, byokucokorezo ibimu byose n'ibiryoby'igitambo gibonngurwa n'umwiro, c'impumuro nziza inezeza Uwiteka.17Irinitegeko ry'igishe cose kandi ridakuku kurubyoro rwongu, kuhantu muza tura hose: Ntabo muzanga ibinure cangwa amaraso.Chapter 4
1Uwiteka agambana naMusa aramubwingo: Bwira abana b'Isiraeli ngo: 2Igihe umuntuazakora icaa atabigambiriye, agacunura kuri rimwe mumumategeko g'uwiteka, agakora ibyoatagambya gukora;3Niba ari umutambyi wasizwe wakoze icuho, gncoagakasesha abutu azatambira Uwiteka igitambo, kubwira ho yakze ikimasa c'igisore kidafite ubusemburo kuba igitambo c'icaha.4Azuza ikimaso kumuryongo wihema ryibonaniro imbere y'uwiteka,nuko azashira ikiganza kugihanga c'ico azubuyira kimasa azasogotera imbere y'Uwiteka 5Umutambyi wusizwe amavuta azafatakumaraso g'ikimasa, agasane muhemary'ibonaniro;6Azashira wutoke rwemumaraso maze azamigangwa ishuro ndwi imbere y'Uwiteka hateganye n'umuriro gukungunje ahera cane.7Umutambyi azashira agomaraso kunguni z'icokerezo imitavu ihumure neza kiri imbere y'Uwiteka muhema ry'ibonaniro; kandi azanyangugi za amarasokumaguru g'icokerezoc'ibitabbubyoswa kirikumuryango .8Azakura ibinureby'icokimaso c'igitabo c'ibyaha, ibinure bitwikiriye amaraso,nibinure byosebifaye nago9Impyiko ibiri n'ibinurebizirunguye zitwikiriye umushishito, n'ikijima, azahyomora kumpyiko.10umutambyi azatandukanjye kukimaso mugitambo c'uco ariamahoro kandi azabitwikira kucokorezo c'ibitambo bikangorura n'umuriro.11Ariko uruhhu rw'ico kimaso, inyama yaco yose n'igihanga, amaguru amara yaco n'amasoyaco.12Ikimasa case kizima, azakana hanze y'inleambi ahantu hera, aho bajunga itazi hejuru y'ico kifumbo mhokizatwikirwa.14Nibaariiteruniro ryose ryIsiraeli ryakoze icaha kitari ikitumano ic'ubwengekandi hutabipowannukirwe bagakoraibitandukanye n'amategeko g'Uwiteka, ibintu bidakorwa guco bakishirahoicaha,13Icahabakozw kikaja kikamenyekana,ahagaregaro iteraniro rizatamba ikimasa c'igisore kuba igitamboc'icaha, mubobasakizana imberey'ihema ryibomuriro15Abakuru b'Isiraeli bazashira ibiganza byabo kugihanga c'ico kimasa imbere y'Uwiteka, nuko hagisokonero imbere y'Uwiteka16Umutambyi wasizwe amavuta azazana amaraso g'ico kimasa muhemaryibaniro 17Azashira urutoke muri agomaraso nuko agaminje inshura indani imbere y'Uwiteka ahitegeye umwerire gw'ahere cane.18Azashira amarasa ku nguni z'icokere kiri mbere y''Uwiteka mu hema ry'ibaraniro, maze azatangagayuza amaraso yose ku maguru gicokerezo c'ibitambo byoswa, kiri kumuryango gw'ihema ry'ibonaniro.19Azakuraho ibinuro byose byikimasa, nuko azabitwikira ku cokerezo.20Azakorera ico kimasa nkuko yakoze ku kimasa c'igitambo c'ibyaha; niko azabigira. uko niko umutambyi azabikorera byombi kubwa kububwarira ikyaha, kandi bazabiburarizwa.21Azajana ikimasa hanze y'inkambi, nuko agitwika nko kukimasa ca mbere niigitambo co gukuraho ibyaha kwiteraniro.22Niba ari umuntu mutware wakoze icaha, agakora icaha atabigambiriye, akica rimwe mu mutegeko gUwiteka Imana ye ayakora igitagamba gukorwa, guco akishira ho urubunza rw'icuha yakoze, azatamba igitambo c'sekurume yehene itariho ubusembura.23Niba aje kumenya icaha yakoze azatamba igitambo c'isekurume y'ihene itariho ubusembure.24Azashira ikiganza ku gihanga c'iyosekurume, ayicire umutwe aho hantu ho babagira ibitambo byesura imbere y'Uwiteka ni igitambo c'ibyaha.25Umutambyi azafata amaruso y'ico gitambo c'ibyaha n'urutoke rwe azayashiraho ku nguni z'ikokerezo c'i bitambo byaswa, no kuyaminjagira ago maraso ku maguru g'icokerezo c'ibitambo byoswa.26Azatwika ibinure byose ku cokerezo, nkibinure byigitambo c'uko ari amahoro uco niko umutambyi azagenza kugira ngo uwo mutware abuberirwe ibyaha bye, kandi azabibabarirwa.27Niba ari umuntu wo mubaturuye wakoze icaha atabigambiriye, akica amategeko y'Uwiteka, agakora ibidakwiriye gukorwa, guco akishiraho icaha.28Kandi riba nyuma ashoboye kumenya ko yakoze icaha, azatura igitambo c'ihene, imyangazi itariho ubusembwa, kubera icaha yakoze.29Azashira ikganza ce ku gihanga c'ico gitambo c'icaha, azagicira umutwahantu ho basagutera ibitambo byoswa.30Umutambyi azafata n'urutoke rwe ku maraso y'ico gitambo, azagushira ku nguni z'icokerezo c'ibitambo byoswe, maze anyanyagize amaraso gose ku mugaru y'ico cokorezo.31Umuamyi azakura ho ibinure byose, nkuko bakura ibinure ku gitambo cuko ari umahoro, nuko azagitwikira ku cokerezo, kandi kizaba icimpumuso nziza ku Uwiteka uko niko umutambyi azangenza kubyo kubabarirwa ibyaha k'uwo muntu, nuko azabibabarirwa.32Niba atanze umwana w'intama ho itira ry'igitambo c'icaha, azatanga ishashi itariho ubusembwa.33Nzashira ikinnguza ce kugihanga c'ico gitamb, co azacira igihanga, ahantu ho baciraga igihanga c'igitambo co swa.34Umutambyi azafata n'urutaho rwe kurugo maraso gico gitambo, azagasitaho ku nguni z'ico cokerezo c'ibitambo byuwo kandi azaminjayira amaraso gose ku maguru gico cokerezo.35Umutambyi azakura ibiyaye byose nkuko babibura ki umwana gw'intama kubitambo byuko ari amahoro, kandi azabitwikira ku cokerezo, nkuko igitambo gikongo gikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka.Chapter 5
1Igihe umuntu, amaze kurahira nk'umudimwe, azakora icaha co kudahamya ico yabonye cangwa azi, azagumana ikosarye.2Igihe umuntu, yaba atabimenye azakora ku kintu canduye, nk'ukintu y'igisimba kiari icera caba ari icinyamaswa yo mushamba cangwa yo murugo cangwa iyi gikuruka, azaba we bwe yanduye kandi azaba ariho icaha.3Igihe, nta kubyitaho, azakora kugihe manye c'umuntu uwo ariwe wese akaza kubimenya nyuma yaho, azaba rwaho igicumuro.4Igihe umuntu azaba arikugamba atabishizeho umutima, yarahira gukora ikibi cangwa iciza iciza, ariko atabimenya mbere, akabitahura nyuma, azaba ariho n'urubanza.5Uza burwaha urubanza rwa kimwe muri ibibintu, yature icaha yakoze.6Nyuma zatura igitambo c'iaha k'Uwiteka, kubwicaha yakoze, inyangazi y'itungo rigufi, intamaa canywa ihene, kuba igitambo ca gukuriho ibyaha. Nuko umutambyi azamutangira igitambo co guhanagura icaha ce.7Niba adafite ico yatanga ngo abone intama cangwa ihene, azatamba igiambo co gutarahora Uwiteka kubwi caha ce, intunguru uviri cangwa ibyana by'inima bibiri, kimwe kuba igitambo gi hanaguraho icaha. Ikindi kuba igitambo co swa.8Azazihznira umutambyi, nawe azariza gutamba igomba kuba igitambo gihanagura icuho. 9Umutambyi azafungura agahanga n'urwara hafi y'igikanu ariko ntaza ntazabitandukanye.Azaseka amaraso kuruhande rumwe rwico kerezo, amaraso gasigaye gazashirwa kumaguru gicokerezo ni igitambo coswa gihanguraho icaha.10Inyoni ya kubiri izaba igitambo coswa akurikije amategeko gashizwaho uko niko umutambyi azaganzereza uyu muntu kubwo guhanagura icaha yakoze kandi ico caha azakibabarirura.11Niba nta mikuro afite gatuma abona intunguru ibiri cangwa ibyana bibiri by'inima, azazana kuba, igitambo kubwa icaha ce, kimwe mwicimi ca ( Efa) c'igi y'inono ( y'ingenzi ) kuba igitambo co yuhanagura icaha; ntaho azasesa amarita kandi ntazageraho imibava kuberako ari igitambo co gukuraho icaha.12Uko niko umutamyi azabiganza kubwo uyu muntu kubwo guhanaguraho i caha yakoze kubwo kimwe muri ibi bintu, kandi azabibabarirwa. 13Akizasigara kuri ico gitambo kizuba i c'umutambyi, nkuko bigenda kugitambo c'inyano.14Uwiteka agambana na Musa aramubwira ngo:15Igihe umuntu azacumura caha kuribyo bintu byejetejwe Uwiteka kubwi caha ce impfizi y'intama idafite ubusombwa, ikiwe mubukumbi ukuri kije agaciro kifeza ukurikije agaciro ka shikeli z'ahera.16Azagitanga yongeyeho kimwe ca gatanu, cagaciro kikintu atatanze nuko umutambyi azamukorera guhana gurwaho icaha akoresheje impfinzi y'intama itangura kubo igitambo co guhanaguraho caha kandi azakibabarirwa.17Igihe umuntu azakora icaha atabigambiriye, agacumura ku mategeko g'Uwiteka ayakora ibintu bi dakwiriye gukorwa azikorera igicumuro ce, abe uwo gucibwa urubanza.18Azamuri kura umutambyi igitambo c'icaha, impfizi zi ntama idafite ubusembwa akuye mu mukumbi bikurikije guhutamo kwawe maze umutambyi azamuhanaguraho icaha yakoze atabigambiriye, kandi azakihabarirwa.19Ni igitambo c'icaha. Uyu muntu yari yakoze icaha ku Uwiteka.Chapter 6
1Uwiteka ayambana na Musa aramubwira ngo:2Igihe umwaku azacumura no gukoza icaha k'Uwiteka, akabesha muganzi we kubyo amucungire ikintu yamuhaye ngo amucungire ikintu cibwe cangwa cahahwe kuburinganye kuhiryo rya byara icaha.3Agahakana yuko atigeze kubona ikintu cazimye, cangwa agakoresha indahiro y'ibibyana hejuru yikintu runaka gishobora kubukira icaha.4Naakoze icaha muri ubwo buryo, arishiraho icaha, azariha ico kintu yibye cangwa ya kuyemo kunganya ikintu yari yabibijwe, ikintu care cazimye akaba yzkibonye.5cangwa ikintu icaruho cose co yakore ye indahiro yibinyoma.Azakigurwa uko kiri cuzuye, congeweho kimwe ca gatanu, no kukigarurira nyira co ugo musi gwo azatambiraho igitambo co kubabarira ibyaha.6Azamukurikira umutambyi infizi yintama itariho busembwa, iviye mu mukumbi hakurikijwe igiciro, azayitura Uwiteka kuba igitambo c'icaha.7Umutambyi azamukorera igitambo co kubabarirwa, nubwo icaha yukoze caba kiri gite.8Uwiteka agambana na Musa, aramubwira.9Ngo: iri niryo tegeko ry'igitambo co swa igitambo coswa kizaguma hejuru y'umuriro gw'icokerezo ijoro ryose kugeza mugitondo kandi umuriro guzaka ku co kerezo!10Umutamyi azambara ikanzu ya kitani c'igitare, kandi yambere urubande ku mubiri gwe, azakukoraho itazi niviriye kuri ugwo muriro gwako yoreye igitambo caswe hejuru y'icokerezo kandi aziripfira hafi yicokerezo.11Hanyuma azava muri ryo myambaro yambare iyindi, kugira ngo oyene iryo itazi hanze yinkambi, ahantu hejejwe.12Umuriro gahora gureka kucokerezo, ntaho guzazima; buri gitondo, umutambyi azaba inkwi, azapanga igitambo coswe, no gutwika ibinure byibitambo y'uko ari amahoro.13Umuriro guzahoza gwaka kucokereza, ntaho guzigera guzima.14Iri ni iryo tegeka ryigitambo abahuye ba Aruni bazakiza imbere y'Uwiteka imbere y'icokerezo.15Ubutambyi azakuruho urushi rumwe rwicu yinono ( ingenzi) n'amarita, hamwe n'imiburib yose byungewe ku gitambo kandi azatwikira ku korezo ngo kile urwibutso rwimpuro nziza ku Uwiteka.16Aroni nabahungu be bazarya ibisigaye kugitambo; buzakirya ari nta musembura kokirire ahera, imbere y'umuryango gw'ihema ry'ibonaniro.17Ntaho bazagiteka hamwe n'umusemburo ni umugabane nabahaye ku bitambo byanje bikongorwa n'umuriri. ni ikintu cejejwe cane, nkigitambo co kozwa ibyaha kandi nkigitambo c'icaha.18Buri gitsi nagaboco mu bahungu ba Anoni azakiryaho kubyerekeye ibitambo bikerergwa numuriro imbere y'uwiteka: buri muntu wese uzagikoraho azaba yejejwe.19Uwiteka agambana na Musa aramubwira ngo: 20Ikini co gitambo Aroni n'abahungu be bazakorera Uwiteka, umusi gwo bazaherwaho amavuta kimwe ca cumi ca Efa y'isano y'inono (ingenzi) kibe nk'itambo gihoraho, kimwe ca kabiri ku mugoroba.21Kiza tegurwa mu panu hamwe n'amavuta, kandi uzakizana gikaranze uzakimurika kandi gitetse no mutumanyu nkigitambo c'impumuro nziza inezeza Uwiteka.22Umutambyi wo, mu buhugu ba Arani uzasigizwa amavuta kumusimbura azakora ico gitambo nawe. Ni itegeko rihoraho imbere y'Uwiteka: kizatwikwa ki tagabanijwe.23Buri gitambo c'umutambyi, kizatwika kitagabanijwe ; ntaho kizaribwa na hato.26Uwiteka agambana na Musa, aramubwira ngo:25Bwira Aroni nabahungu be ngo: dore iri n'itegeko ry'igitambo co kwazaho coswa ni naho baza korera imbere y'Uwiteka igitambo co kweza ho ibyaha ni ikintu cejejwe cane.24Umutambyi nzatura igitambo co kububarirwa ahantu hera, mbere y'umuryango gw'ihema ry'ibona niro.27Buri muntu wese uzagikoraho azezwe niba amaraso atarukiye ku mwambaro, aho ago maraso gatarabuye hazagerezwa ahera.28Inkono y'ubumba catetswe mo izajunjagurwa; niba ari mu nkono yumuringa catetswe, izaba nagurura na korwa mu mazi.29Buri mugabo mu batambyi azakiryaho; ni ikintu cejejwe 30cane.Chapter 7
1Dore ivi ni integeko rihanaguraho urubanza rwi caha: ni ikintu cejejwe cane.2Ni ahantu ho gahagira ibitambo bihanaguraho rwubanza rw'icaha ho bazabugira ibitambo bihanagura urubanza rwi caha. Baza mugabira anaraso ku cokerezo impande zose.3Baza tamba ibimwe, umurizo, ibinure bitwikiye amara.4Iryarikonko ari ibiri, ibimwe bizikikiye bitwikiriye umushitsi, n'ikizima, bazatandukanya hagufi n'impuko.5Ibi umutambyi azabitwika ku cokerezo c'igitambo gihanaguraho gushirwa urubanza.6Buri igitsina gabo mu batamyi azakiryaho; azakivira ahantu hera: ni ikintu cera cane.7Niko biri no kugitambo gihangura gucirwaho urubanza nkiko guhana naguraho icaha; itejeko ni rimwe kuri ibi bitambo byombi (uko ari bibiri) igitambo kizaba ic'umutambyi uzakora ibyibarira by'ibyaha.8Umutambyi uzatamba igitambo coswa c'umunru runaka azahubwa uruhu rw'igitambo coswa yatambye.9Buri gitambo catetswe mu furu, categuriwe kukayungiro cangwa ku panu, kizaba ic'umutambyi wagitambye.10Buri gitambo cavuzwe hamwe namavuta cumutse kizaba ic'abahungu ba Aroni ari kukimwe cangwa ku kindi.11Dore iri niryo tegeko ry'igitambo c'uko ari amahoro, co bazatambira Uwiteka.12Niba umuntu runaka agitanze kubwa gushima azatura, hanuwe nugitambo co gushima ko ari amahoro imitsima mito itarimo igitubura yavuzwe hamwe n'amavuta, udutsima tumanya guwe, twifu y'inono ikaranzwe kandi wuzwe isutsweho amavuta.13Kuri iyo mitsima azongeraho umukati gusembuye kuba igitambo ce, hamwe n'igitambo ce co gushima n'ico uko ari amahoro.14Baza muri kira uwiteka igice ca buri gitambo bagishira hejuru bokizungiza.15Umuhore w'igitambo ca gushima nicoko ari amahira kizaribwa kumusi ca tambi we ho; ntaco baza sigaza kugeza mu gitondo.16Niba umuntu runaka atambye igitambo co gusohoza umuhigo cangure igitambo c'ubushuke, igitambo kizaribwa ku musi azagitambiraho, kandi ibyaco bizasigara bizaribwa bukeye.17Ibizasigara by'umuhore w'ico gitambo bizatwikwa ku musi gwu gatatu.18Mugihe co co umuhore gru, gitamboronbo ari amahoro gworimbure kumusi gure gatatu, igitambo coswa ntaho kizemerwa; kizuhe ari ikintu canduye, kandi umuntu wese uzakiryaho azikorera ikosa rye.19Umuhore gusaba gurekuze ku kintu canduye ntaho kizaribwa: guzatwika.20UMuntu wese utariho umuzigo azaryi kuri ugwo muhore gw'igitambo cogushima ko ari amahoro c'Uwiteka Ariko uzubu ariho umugayo nakiyaho azacibura mu bwoko bwe.21Kandi uzakora ku bintu gihumanye, ari icanduye c'umuntu, inyamasura ihumanye, cangwa burikintu cose canduye, nyuma akarya k'umuhura gw'igitambo c'uko ari amahoro, azocobwa m'ubwoko bwe.22Uwiteka agambana na Musa, aragamba ngo:23Gombena n'abana b'Israeli ubabwire ngo: Narimwe ntaho muzarya ibumure by'ikimasa, intama cangwa inene.24Ibinure rw'inyamaswa yapfuye cangwa yashanyagujwe hishobora gukoreshwa mu murimo minaka ariko ntaho na rimwe muzahirya.27Kubera ko uzarya urigimba rw'inyamashwa byo baturaho Uwiteka, ibitambo bikongozwa nimurira, uwo azacibwa mu bwoko bwe.26Ntaho muzarya amaneso, gaba aye inyoni, cangwa g'itungo, ahantu hosemuzatura.25Uzarya amahaso g'ubwoko ubwo ari bwose, uwo azacibwa mu bwoko bwe.28Uwiteka cugubwena na Musa, aramubwira ngo:29Bwira abana b'Israeli,uvugane nabo ngo: Uzatura Uwiteka igitambo ce c'uko ari amahoro azazaniraituro rye Uwiteka, cafashwe kugitambo c'uko ari amahoro.30Azazano muntokeze igitambo guko ngorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka; azazana ihinure hamwe n'inkoro kugirugobizunguzwe hiryu nohino imbere y'Uwiteka.31Umutambyi azatwikira urugimba ku cokerezo, naho inkoro izabe iya Aroni n'abuhungu be.32Mubitambo byanyu by'uko muri amahoro muzaha umutambi urushirw'ukuboko rw'uburyo muzarumurika no kurushira hejuru.33Uwo mu bahungu ba Aroni uzatamba amaraso n'urugimba by'igitambo c'uko ari amahoro azahabura urushi rw'uhuniko rwiburyo kuba umuhango gwe.34Kuberako mfataga ku gitambo c'uko ndi amahoro gitanze n'abana b'Israeli inkoro gitanze n'abana b'Israeli inkzo bazunguza hiryo na himon'urushirw'ukuboko rwo bamuriko barushize hejuru, kandi mbihaga umutambyi Aroni n'abahungu be, nkuko itegeko rihoruryo abana b'Israeli bazakurikiza.35Ugwo ni gwo mugabane Aroni n'abahungu be bazahubwa kubwo gusgwa kwabo kubitambo bikongorure n'imurimo imbure y'Uwiteka.36Ibyo nibyo Uwiteka ategetse abana b'Israeli kubuha guhera kumusi baboneyeno gusigwa amarata kurabo; rizaba itegeko rihoraho hagati y'imiryango yabo.37Iryo niryo tegeko ry'Igitambo co Awa ry'ituro, ry'igatambogihanaguruho icaha, ry'igitambo gikurahogucirwa urubanza, ry'iyezwa, n'iryi gitambo c'ubondi amahoro.38Uwiteka yaritegekeye Musa kukusozi gwa Sinai, kumusi yategekaga abana b'Israeli kumurikira Uwiteka amaturo yabo muhutaya bwa Sinai.Chapter 8
1Uwiteka agambana na Musa, aramubwira ngo:2Fata Aroni n'abahungu be hamwe nawe, imyenda, amavuta yo gusuga, ikimasa co guhanagura icaha, amosekurume abiri g'itama, n'igisobane c'imikati itarimo umusembura;3Kandi ararike iteraniro kumuryurugo gw'ihema ry'ibonaniro.4Musa akora ico Uwiteka yamutegetse nuko iteraniro rirateranira imbere y'ihema ry'ibonaniro. 5Musa abwira iteraniro ngo: dore ico Uwiteka yategetse gukora.6Musa yigiza Aroni n'abuhungu be Imbere, nuko rarabakarabya n'amuzi.7Yambiko Aroni ikanzu, amukenyezu umukaba, amwambika iropo, nuko ashira efodi, ayikomezesha umukaba guru efodigwo yari yamarembitse.8Amwambika gwa mwenda gwomugutiza, kandi yongeraho Urimu na Tumimu.9Ashira kumutwe gwe Isapo, ashira Imbere y'iyongofero mudodo rwa zahabu nico gisingo cejejwa, nkuko Uwiteka yari yabitegetse Musa.10Musa afata amavuta agusiga kuruseryero rwera, n'ibuntu byose byari birimurirwo, arabyoza.11Anyanyagizaa inshwo ndwikucokerezo, nokubikoresho byose, nokubinabiro n'igitambo caco, kugira ngo byezwe.12Aminja amarita go gusiga k'umutwe gw'Aroni, kandi aramisiga, kugira ngo amweze.13Musa azana abahungu ba Aroni; abambika amakanzu, abakenyezaimibaba abambika ingifero, nkuko Uwiteka yari yabitegetse Musa.14Azana ca kimosa co gutambwa kubw'Icoh nuko Aroni n'abahungu be bushira ibiganza kugira ibyaha.15Musa aragisagota, afata amaraso, agashiraho kungunu z'icokerezo no kumpande zaco zose, aminyagira amaraso kumaguru g'icokeresao, kandi araceza kugirango gikorerweho umuhango agwo gitamba ibitambo byo guharagura ibyaha.16Afata mugimbiryose rutwikiriye amaro, icijima, n'impyiko uko ari ibiri hamwe n'wugumbu rwazo, nuko ibyo abitwikira ku cokerezo.17Ariko atwikira nanze y'umugudu ikimaso, wunurwaco, umuhore gwaco n'amase gaco nkuko Uwiteka yabitegetse.18Afata imfiti y'intama y'igitambo coswa na Aroni n'abahungu be bushira ibigunza byabo kugihango c'iyo mfizi y'intama.19Musa aruyisoguta, aminjagira amaraso ku cokerezo no kumpande zacozase.20Achagagura iyo mfisi y'intama mubikonyi, atwika igihango, igikenyi n'ibiyage.21Yogesha amara n'amaguru amazi, nuko atwikira iyo mfizi y'intama yose kucokerezo: Nigitambo coswa gikongora n'umuriro, c'impumuro nziza kinezeza Uwiteka, nkuko Uwiteka yari yategetse Musa.22Afata iyindi fizi y'intama, inifizi y'intama yo kwezwa, nuko Aruni n'abahungu be bashira ibiganza kugihango c'iyo ntama.23Musa asogota ya mfizi y'intama afata amaraso, nuko agashiraho kugutwi ku iborya kwa Aruni, kugihumwe c'ukuboko kwiburyo na kunono rininiry'ikugerengo ce c'iburyo akaribika. 24Abahungu ba Aroni, ashira amaraso kugutwi kwiburyo, kugikumwe c'ukuboko kw'iburyo naku nono rinini ry'ikirengo cabo c'iboryo, nuko asase amaraso kucokerezo na kumpande zacozose.25Afata mugirihu, umurizo, urugembu rwose mutwikiya amara, ikijima, ompyikozombi hamwe n'urugimbu rwabyo, n'wushi rw'ukuboko rw'iburyo;26Kandi afata igisobane c'imikati idasembiye, gishizwe imbere y'Uwiteka ndutsima tudasembeya, agatsima k'umugati guciho amarita n'utubumbetw'umutsima, nuko abishira irunguru y'urugimbu no hejuru y'urushi rw'ukuboko rw'ibiryo.27Ibyo bintu byose abishira mubiganzo bya Aroni no mubiganzo by'abahungu be, nuko arubizunguzo mu mpande zose imbere y'Uwiteka.28Haruyama, Musa abikura mubiganzo byose, nuko abitwikira ku cokerezo iruguru w'igitambo coswe: kiba igitambo co kwezwa, kiba igitambo gikomorwa n'umuriro, c'impumuro nziza kinezera Uwiteka.29Musa afata inkoro y'imfizi y'intama y'igitambo co kwezwa, nuko arakizunguza mu ruhande nomurundi imbere y'Uwiteka: Ico cari umugabana gwa Musa, nkuko uwiteka yariyabitegetse Musa.30Musa afata amavuta yo gusiga n'amaraso yari hejuru y'icokerezo, agaminja kuri Aroni no kumyenda ye, kubahungu ba Aroni no kumyenda yabo, nuko yeza Aroni n'imyenda ye, abahungu ba Aroni n'imyenda yabo.31Musa abwira Aroni n'abahungu be mutogoteshereze inyama ku rwinjirire rw'ihema ry'ibonaniro, aho niho muzayirira, hamwe n'umukati guri mugisobane c'iyezura, nkuko nabitegetse, ndikugamba ngo: Aroni n'abahungu be bazayirya.32Muzatwika mu muriroibizasigara ku muhore no kumukati.33Mu minsi irindwi ntago muzasohoka mu rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, kugeza ubwo iminsi y'iyezwa aganyu izazurira, kuberako iminsi irindwi izakoreshwa mu mihango yokubeza.34Icakoze none, Uwiteka yategetse kuyikora nko gukuraho icaha kwanyu.35Muzaguma mu rwinjiriro rw'ihema ry;ibonaniro, umunsi n'ijoro, kandi muzubahiriza amategeko g'Uwiteka kugira mwe gupfa, kuko ico nico nategetswe.36Aroni n'abahungu be bakora ibyo bintu byose byo Uwiteka yari yategetse Musa.Chapter 9
1Umunsi gwa munane, Musa ahamagara Aroni n'abahungu be, n'abasaza b'Isiraeri.2Abwira Aroni ngo: fata ikimasa c'igisore kuba igitambo co gutambirwa ibyaha, n'imfiziy'intama yo kuba igitambo coswa, byombi bitariho inenge, ubitambire imbere y'Uwiteka.3Uzagambisha abana b'Isiraeri, kandi uzababwira ngo: mufate isekurume y'ihene, kuba igitambo c'ibyaha, ikimasa n'umwana gw'intama, g'umwaka gumwe bitariho ubusembwa, kuba igitambo coswa.4Ikimasa n;imfizi y'intama kuba igitambo c'uko muri amahoro, kugira ngo mu byereze imbere yUwiteka n'ituro rivuzwe hamwe n'amavuta. kuberako ugumunsi uwiteka araba bonekera. 5Baza imbere y'ihema ry'ibonaniro ibyo Musa yari yabategetse. Nuko iteraniro ryose ryegera hafi, nuko rihagarara imbere y'Uwiteka.6Musa aragamba ngo: muzakora ico Uwiteka yategetse, kandi ubwiza bw'Uwiteka buzababonekera.7Musa abwira Aroni ngo: egera hafi y'icokerezo uture igitambo cawe c'ibyaha n'igitambo coswa, kandi ukore igitambo co gukuraho icaha kuri wowe no kubantu, uture kandi igitambo co kubahongera, nkuko Uwiteka yabitegetse.8Aroni yegera icokerezo, nuko asogota ca kimasa kubwo impangano y'icaha ce.9Abahungu ba Aroni bamumurika amaraso: ashira urutoke rwe mu maraso, agashira ku nguni c'icokerezo, kandi aminjagira amaraso kumaguru y'icokerezo.10Atwikira ku cokerezo uruyambu, impyiko, n'icijima c'igitambo c'ibyaha, nkuko Uwiteka yari yabitegetse Musa.11Ariko inyama n'uruhu abitwikire hanze y'inkambi.12Asogota igitambo coswa. Abahungu ba Aroni ba mumurikira amaraso, nuko ayaminja iruguru rw'icokerezo no kumpande zose.13Bamuzanira igitambo coswa caciwemo ibice, n'igihanga, nuko abitwikira ku cokerezo.14Yoza amara n'amaguru, maze abitwikira ku cokerezo, iruguru rw'igitambo coswa.15Hanyuma atura igitambo c'abantu. Afata isekurume y'ihene kuba igitambo c'imponyano y'abantu, arayisegata, nuko atura igitambo c'imponyano nkuko yabigenje ku gitambo ca mbere.16Atura igitambo coswa, nuko aragitamba akurikije amategeko yashizweho.17Amurika ituro, afataho urushi, nuko abitwikira ku cokerezo, ku gitambo cosejwe mu gitondo.18Asogota ikimasa n'imfizi y'intama, kuba igitambo co gushima ko abantu bari amahoro. Abahungu ba Aroni bamurikira amaraso, nuko agaminjagira ku cokerezo impande zose.19Bamumurikira amaraso g'ikimasa n'agimfizi y'intama, umurizo, ibinure bitwikiriye amara, impyiko n'icijima,20Bashira ibinure iruguru w'inkoro, nuko atwikira ibinure ku cokerezo.21Aroni azunguza hirya no hino imbere y'Uwiteka, inkoro n'urushi rw'ukuboko rw'iburyo, nkuko Musa yari yabitegetse.22Aroni arambura amaboko ku bantu, nuko abaha umugiha, nyuma, amaze gutura igitambo c'imponyano y'iibyaha igitambo coswa n'igitambo cuko bari amahoro, aramanuka.23Musa na Aroni binjira mu hema ry'ibonaniro. baohotsemo, baha abantu umugisha. nuko ubwiza bw'Uwiteka bubonekera abantu bose.24Umuriro guva imbere y'Uwitekagukongora igitambo coswa n'ibinure. Abantu bose barabibona, maze batera amajwi hejuru kubera ibyishimo, nuko bijugunya hasi bubamye.Chapter 10
1Abahungu ba Aroni, Nadabu , na Abihu, bafata buri umwe icotero ce, bashiraho umuriro, kandi bashiraho imibavu, bazana umuriro gwo hanze imbere y'Uwiteka, ugwo atari yarabategetse.2Nuko umuriro guva k'Uwiteka, nuko gurabatwika barakongoka: barapfa, bagwa imbere y'Uwiteka.3Musa abwira Aroni ngo: ico nico Uwiteka yahamije igihe yagamabaga ngo: nzezwa nabo bubu hafi yanje, kandi nzaheshwa ikuzo imbere y'abantu bose Aroni arihorera.4Nuko Musa yakura Mikaeli na Elifani abahungu ba Uziel, se wabo wa Aroni arababwira ngo: mwegere hino, mujane bene wanyu kure y'ubuturo bwera, hanze y'umudugudu.5Begera bugufi, nuko babajana hanze bari mu makanzu yabo, nkuko Musa yari yabitegetse.6Musa abwira Aroni, Eleazari na ithamari abahungu ba Aroni ngo: ntaho muzatwikurura imitwe yanyu kandi mutatandura imyenda yanyu, kugira ngo mudapfa, kandi Uwiteka atarakurira iteraniro rye. Mureke bene wanyu, inzu yose ya Isiraeri, kurira kubwo umuriro Uwiteka yakije.7Ntaho muzasohoka mu rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, kugira ngo mudapfa , kubera ko mwasizwe amavuta y'Uwiteka. Bakora uko Musa yari yagambye.8Uwiteka avugana na Aroni aragamba ngo:9Ntaho uzanywa vino, cangwa ibinyobwa bisindisha, wowe n'abahungu bawe hamwe nawe, igihe muzinjira muhema ry'ibonaniro kugira ngomudapfa: iryo ni itegeko rihoraho hagati yabazabakomokaho.10Kugira ngo mushobore gutandukanya ibyejejwe n'ibitarejejwe, ibyanduye n'ibitanduye,11No kwigisha abana b'Isiraeli amategeko gose g'Uwiteka yabahaye binyuriye kuri Musa.12Musa abwira Aroni Eliazari na Ithamari abahungu babiri ba Aroni basigaye ngo: mufate ibyasigaye ku maturo yifu hagati y'ibitambo bikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka, mubirye bidasambuwe hafi y'icokerezo kubera ko ari ikintu cejejwe cane.13Muzabirira ahantu hejejwe, ni umugabane gwawe n'umugabane gw'abahungu bawe ku maturo gakongorwa n'umuriri imbere y'Uwiteka, kubera ko ibyo ari byo nategetswe.14Kandi muzabirira ahantu hatunganye weho, abahungu bawe n'abakobwa bawe hamwe nawe, urushi rw'ukuboko ko bajunguje mu ruhande rumwe no m'urundi n'urushi rw'akaboko rwamuritswe kubwo gushirwa hejuru, kubera ko mwarihamwe, nko kuba umugabure gwawe n'umugabane gw'abahungu bawe,mu bitambo by'abana b'Isiraeri byo gushima ko bari amahoro.15Bazana, hamwe n'ibinure byagenewe gukongorwa n'umuriro urushi rw'ukuboko bazamurika kubwo kwishira hejuru n'inkara yo bazunguza impande,hirya no hino, Imbere y'Uwiteka bizaba ibyawe n'ibyabahungu bawe kubw'itegeko rihoraho, nkuko Uwiteka yabitegetse.16Musa ashaka isekurume y'ihene y'igitambo c'imponyano y'icaha, kandi dore, nuko ari icamaze gutwika nuko arakarira Eleazari na ithamari, abahungu ba Aroni bari basigaye, nuko aragamba ngo:17Kubera iki mutaririye igitambo c'imponyano c'ibyaha ahantu hejejwe? ni ikintu cera cane, n'Uwiteka yarakibahaye kugira ngo mwikorere gukiranura kw'iteraniro, kugira ngo mubatangire imponyano imbere y'Uwiteka.18Dore, amaraso y'igitambo, ntabwo yagejejwe m'ubuturo bwera, mwagombaga kurira ahera, nkuko ibyo nari nabitegetse.19Aroni abwira Musa ngo: dore, none nihobatuye igitambo cabo c'imponyano n'igitambo cabo co koswa imbere y'Uwiteka kandi nyuma y'ibyabayeho, yabaye nariye igitambo c'imponyano y'ibyaha none, ibyo byari kugurana neza mu maso g'Uwiteka?20Musa arumva kandi yemera ago magambo.Chapter 11
1Uwiteka agambana na Musa na Aroni arababwira ngo: 2Muvugane n'abana b'Isiraeri, kandi mubabwire ngo: dore ibisimba byo muzarya mu nyamaswa zose ziri kw'isi.3Muzarya inyamaswa zifite amahembe gatandukanye, gifite ikinono gisatuye mo kabiri, kandi cuza.4Ariko ntaho muzarya ibyiza gusa, cangwa ibifite amahembe gatandukanije gusa. Uco ntaho muzarya ingamiya, iruza ariko nta mahembe go ifite, kandi ntaho yateye inzara, muzayirebe nk'igihumanya.5Mwere kuzarya impereri, iruze, ariko ntaho yateye inzara: muzayirebe nk'igihumanya.6Mutazarya urukururu, ruruza, ariko nta mahembe rufite: muzayireba nk'igihumanya.7Mwere kuzarya ingurube, yatuye inzara , ariko ntaho yuzaga muzayirebe nk'igihumanya.8Mutazarya inyama zazo, kandi mwere kuzakora ku ntumbi zazo: muzazirebe nk'ibihumanya.9Dore izi nizo nyamaswa zo muzarya hagati y'iziba mu mazi. Muzarya ibyo byose bifite amababa n'ibikoko,kandi biba mumazi, cangwa mungezi, cangwa mu migezi.10Ariko muzaziririza ibyo byose bidafite amababa nibikoko, mu biyaga mu mazi nibiba mu mazi byose, aribyo mungezi cangwa mu migezi.11Muzabiziririza, mwere kuzarya umuhore wabyo, kandi muziziririza imibiri yazo zapfuye.12Muzaziririza ibyo byose byo mu mazi ariko bidafite amababa n'ibikoko.13Dore mu nyoni, izo muzaziririza, kandi zo mutazarya: ikizu, n'itananyabo na oziniya,14Icanira, n'icaruzi nkuko ubwoko bwaco buri.15Ikigona n'ubwoko bwabyo bwose,16Na imbuni, igihunyira, na shakafu, n'agaca n'ibyo mu bwoko bwabyo bwose.17Nigihunyira gito na sarumfuna, nigihunyira kinini.18Nigihunyira c'amatwi, n'inzoya, n'inkongoro,19N'igishanda bugabo, n'umuyongoyongo, n'ibyo mumoko yabyo byose, n'inkotsa n'agacurama.20Muzaziririza ibikururuka ninda kandi bikagaza amaguru cane.21Ariko mubikururuka biguruka kandi bigenza amaguru, muzarya ibifite amaguru hejuru y'ibirenge byazo, kugira ngo bisimbuke kubutaka.22Dore ibyo muzarya: isanane, nibindi bisa nazo nka salamu, haryoli na hagubu, nkuko ubwoko bwabyo buri.23Muzaziririza ibindi bikururuka byose biguruka kandi bifite amaguru ane.24Bizabaha, rwenya, buri muntu uzakora ku mibiri yabyo yapfuye azaba yanduye kugeza kumugoroba.25Kandi buri muntu uzakorera intumbi zabyo, azafura imyenda ye kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba.26Muzabireba nkibihumanya buri nyamaswa ifite amahembe, ariko atatuye inzara kandi ituza: umuntu wese uzayikoraho azba ahumanye.27Muzareba nk'ibihumanyi izo nyamaswa zose z'amaguru ane zigendera kubinono bine: buri muntu wese uzakora kuntumbi yabyo azaba ahumanye kugeza kumugoroba.28Naburi uzikorera intumbi zabyo azafura imyenda ye, azaba ahumanye kugeza kumugoroba.29Dore mu nyamaswa zikurura inda kubutaka izo muzashobora kureba nk'izihumanya: ifuku, imbeba, n'umuserebanya, nkuko amoko yazo ari.30Ikinyogote, umutubu,akanyamasyo, ikinyamushongo, n'urwumvu.31Ibyo ni byo muzareba nk'ibihumanyea mubikururuka. buri muntu uzabikoraho bipfuye azaba ahumanye kugeza kumugoroba.32Buri gikoresho co ikintu co kuntumbi kizaba gihumanye, igikoresho c'igiti, umwenda, uruhu, uguniro, buri gikoresho co bakoresha: kizashirwa mu mazi, kandi kizaba gihumanye kugeza kumugoroba, nyuma, kizaba gihumanutse.33Burikintu kizaba kiri mugikoresho c'ibumba hazagwamo ikintu runaka. Kizaba gihumanye, kandi muzamena ico gikoresho.34Buri myaka bibyara ibyo, kandi iruguru yabyo byagurwaho nibyo bihumanya, kizaba gihumanye, ico kumywa co bakoresha, nta kwita kugikoresho co byuzuyemo.35Buri kintu cose co igice c'intumbi yabyo izagwaho kizaba gihumanye, naho caba ari icakoze cangwa amashiga kizasenyurwa: bizaba bihumanye, kandi muzabireba nk'ibihumanya.36Uretse amasoko n'ibigega by'amazi, n'ibitega bibika amazi, bigomba gusigara ari ibidahumanye, ariko uzakora kuntumbi ku mibiri yabyo byapfuye azaba ahumanye.37Niba hari ikintu co kumibiri yabyo ipfuye ku mbuto zigomba guterwa, zizaba zidahumanye.38Ariko niba bashize amazi kuri izi mbuto, hakagira ikintu cyo mubiri yazo ipfuye, muzazirehe nk'izihumanye.39Niba imwe mu nyamaswa ziribwa zipfuye, uzakora ku mubiri gwayo gupfuye azuba ahumanye kugeza kumugoroba.40Uzarya ku mubiri gwayo gupfuye, azafura imyenda ye kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba, n'uzikorera umubiri gwayo gupfuye azfura imyenda ye kandi azaba ahumanyekugeza kumugoroba.41Muzafata nk'ibihumanya buri kindu cose gikururuka ku butaka: ntaho bizaribwa.42Mutazarya na rimwe, ibikururuka byose, bikururuka ku butaka, mu byikurura kunda yabyo, cangwa ibigendera ku maguru ane, cangwa kumubare muninigw'amaguru kuko muzabireba nk'ibyanduye.43Mutatuma nanimwe abantu banyu bahumana kubw'ilyo bikururuko byikurura:Namwe kwihumanya; kubera byo; mwere kwikumanya wababyo;44Kubera ko ndi uwiteka, Imana yanyu muzuyeza, kandi muzaba abera, kubera ko ndi Uwera, namwe mwere kwihumunya kubw'iyeyo bikururuka kubutaba 45Kubera ko nde Umteka, wabukuye muvu mugihugo ca misiri, kugira ngo: mbe Imana yanyu kandi mamwe mubabo abera, kuberako nanje ndi nwera.46Ikyo niryo tegeko ryerebaye inyomuswa namategeko, ninyoni, ibiryabuzima byose bigenda mumazi, nibanyubuzima byose bikururrabo kubitabo.47Kugira ngo: mushobore gutandukanya igihumanye n'ikidohumanye, inyamuso iricuvan'ingo muswa naitarabwaChapter 12
1Uwiteka agambana na Musa, aramubwira ngo: 2Gambana n'abana b'isiraeli, maze ubabwire ngo: Igihe umugore azatwara inda, nokubyara umwana wigitsina gabo, azabayanduye ahumanye imisi irindwi, azaba ahumaga nk'igihe cecokuja mumihongo y'abakabwa 3Umusi gwa munane, umwana azakatwa4Azarindira kandi imisi mirongo itatu n'itatu yoguhumanuka igisanza ce, ntabwo azakora kukintu cera; kandintaho azaja munzu y'Imana atararagiza imisi yoguhuma kwe.5Niba abyoye umukobwa, azaba ahumanye ibyumweru bibiri, nkomugihe ce cimihango yabakobwa y'akwezi; azamara imisi mirongwi rindwi yoguhumanuka mugisunza c'amaraso ze6Igihe imisi yeyo guhumanuka izavangira yaba ari umuhungu cangwa ari umukobwa azazanira umutambye murwinjiriro rw'ihema ry'iboniko umwana gwintama g'umwakagumwe ho igitabo coswa n'inuma yigisore cangwa intunguru kuba itambo c'impongano y'ibyaha.7Umutambyi azabitambira imbere, imbere y'uwiteka nogukora igitambo c'impangano y'ibyaha y'uwiteka kandi azamukorera igitambo c'impongano y'ibyaha nuko azuba ahamanuwe kw'isoko y'igiksanza c'amweraso ge. Iryo ni itegeko kumugore ubyaye umuhungu cangwa umukobwa 8Niatabona ico kugura umwana gw'intama azafata intunguru ibiri cangure ibyana byimana bibiri kime kuba impongano z'ibyaha. Umutamiyi azamukorera igitambo c'impongano y'ibyaha, nuko azaba ahumunutse.Chapter 13
1Uwiteka avungana na Musa na Aroni nuko aramubwira ngo:2Igihe umugabo uzugira kuruhurw'umubwire: Ikibyimbo, cangwa igikoko cangwa iguzinga cumweru gisano n'ikidebe c'ibibembe kuruhuew'umubingwe bazamuzanira umutambyi Aroni cangwa kuri umwe wo mubahungu be babatambyi.3Umutambyi azasuzuma igisehe kiri kuruhurw'amubiri. Niba urwoya rw;ico gisebe c'umubiri rwa hindutse umweru kandi niba igesebe gisebe gisena nic'akuguye kikoba mukinogo gusumba umubiri,kizabari kisebe c'ibibembe; umutambyi azaba yakoze isuzumweazahamya ko uyo muntu ahumanye.4Niba kiruhorw'umubiri hari ikizinga c'umweru bitagaragara kogicukuye, gusamba uruhu, kandi urwoya rwahindutse umweru, umutambi kazashera uyu ufite ibyisebye mugitengo c'imisi irindwi.5Umutambyi azamusuzuma kumusi gwakarindwi. Nibu igisebe kigaragaza kokitiyo nyereyeko kandi kitiyangereye mubungasi kuruhu, umutambe azamwishira ho amugenzurira.Umutambyi azanioka uyumuntu adafite ubahune: n'igikoko; azafura, myenda, nubo azaba, atariho amahumane.6Umutambyi azmusuzuma ubwakabiri umusigwakarindwi. Niba igisebe ahindutse kigahongwa kandi kokitakomeye bukura nruhuskuruhwa igihe iyerabania kumutambyi kugerangoahamirizwe ko atariho amahumane, azisuzumwisha ubwakabiri kumutambyi.7Umutambyi azamusuzuma. nibaigikoko 8ciyongereya kuruhu, umutambyi azahamya ko ahumanye azaba afite ibilumbe.9Ugihe kumubiri w'umuntu azaba hari igisebe c'ibimbe, bazamuzanira umutambyi.10Umutambyi azamusuzuma. Nibahari ikibyimba c'umweru kuruhu, nibaba ikyokibimba cahindwiye urwoya kuba umweru, kandi nakaba ikimetso mu nyama irimukibyimba,11N'ibibembe byinjiye muruhu rw'umubiri gw'uwo muntu umutambyi azahamya ko yahumanye, ntaho azamushira mukugenzurwa kuko ahumanye.12Niba kihembe gyohesha k'umubiri kigakwira kwarunzwase rw'ufite igisebe, kwakumutwe kugeza kubirenge hose ahaumutambyi ashoboza kugeza amasu. Umutambyi azamusuzuma.13Kandi namara kubona ko ibibembe gitwikiye umubirigose, nkuko azaba yahindutse umweru, azaba aduhumanye.14Ariko umusi gwo bazamuhanaho ibisebe gisa n'inyama biri azaba ahumanye.15Igihe umutambyi azaba byabonye inyama biri, azamuhamurirako yanduye inyama abiri amahumane nikibembe. 16Niba inyama biri ihindutse kuba umweru, azaja kumutambyi. 17Umutambyi azamusuzuma, kandi niba igisebe cahindutse umweru umutambyi azahamiriaza ufite igisebe ko ari umweru.18Igihe umuntu azagira kuruhu rw'umubiri we inkavu y'igishute cakize, 19Kandi kikaba kigaragaye mu nkovu ikibyimba c'umweru aho inkovu yariri igishute c'umweru cangwa yibara ry'umweru w'urutuka, uwomuntu aziyereke umutambyi 20Umutambyi azamusuzuma. Niba icokigaragara ko kitebeye kurika uhuru, kandi urwoya rwabaye umweru umutambyi azamuhamiriaz ko yahumani n'igisebe cibihembe casheshereje muri cakibyimba.21Niba umutambyi abonye ko ntabyo ya bw'umweru muri ico kibara, kandi kokidate byeyegu umba uruhu, kandi ko cahindutse gisa n'igihonze ceza mufangirane imisi rindwi.22Niba iryo baryakwirire kuhuru umutambyi azamuhamirizako yahumana ni igisebe c'ibibembe. 23Ariko niba ico kizinga cagumye hamwe kikaba kitiyonyere ngo: kibekinini umutambyi azamuhamiriaza ko atariko Ubwami amahumane.24Igihe umuntu azaba yagize ubushe bw'umura kuruha rwomubirigwe, kundi hakagara gura ibara ryomweru aho ubuhe bwanyu cangwa umweru gw'urutuku,25Umutambyi azamusuruza, Nibo wruroya ewohindutse umweru, kandi bubogoragara kokobotebeye gusumba uruhu, n'ibibembe, byaseseye mubushe, umutambyi aruhanuya ko uwomuntu yanduye: niibimbe26Niba umutambyi abonyeko nta ryoga rw'umweru ruri murirya bara, kandi ko ritabeye kuruta uruhu, kandi ko ryabaye nkiriri guhongo, aze fungirana uwo muntu imisisi irindwi 27Umutambyi azamusuzuma kumusigwa karindwi. Nibahibava ryiyonyereye kuba rinini kuruhu, umutambyi azamuhamirizako yahumunye: Ni ibembe. 28Ariko niba ibara ryagumye aho ryori ririnibaritakwiriye ku kuniru kundi nibe ryahonze n'ikibimba c'ubishe Umutambyi azamuhanubriza ko arintabuhumane afite, kuko ariinkova yaruhe.29Igihe umuyobo canyare umugore azagira igisebe kumutwe cangwa mubwane 30Umutambyi azasuzuma ico gisebe. Niba kizagaragara ko gitebeye gusumba urehu, kandi ko hari uboya bw'umuhondo kandi butobuto, Umutambyi azhamya ko yanduhye uwo muntu ahumanye: niibinindi, ni ibembe byomumutwe cangwabyo mubwania.31Niba umutambyi abonye ko igisebe c'ibinindi kidatebye gusumba uruhu, kandi ntihabe akadumo kumukara; azamufungirana imisisiirindwi c'ibinindi.32Kumunsigwa karindwi, umutambyi azamusuzuma. Nibahico kirindi kita ryoknyereye, niba ntabwoya bw'umuhondo, nibakandi kitagaragara ko gitebye gusumba uruhu 33Uwo ufite ibyo binindi azgoshwa, Ariko ntaho arogosha aho ico kinindi kiri, nuko Umutambyi azmakinzirana ubwakubiri mumasi irindwi.34Umutambyi azsuzuma ico kirindi w'umusigwa karindwi. Niba ikinindi kitakwiny'okuruhu, kandiniba kitacukuje ngo: gitebere gusumba uruhu, umutambyi mutangariza azamuhumuriza ko ari umwere azafura amahumane imyenda ye, kandi azabaari umweru.35Ariko niba ico kinindi cakwiriye ku mubiri. Igihe yari yamaze guhumana wa konta buhumane afite, 36Umutambyi azamusuzuma. Kandi nibo ico kinindi cakwiriye kuruhu, ntaco umutambyi azungera gusuzuma niba hari ubwoya bw'umuhondo: Abaahumana yanduye 37Niba ico kinindi kutiyongoreye, kandi hakoba hari urwoya rw'umukara, iknindi cakize: Ntaho agihumanye, nuko umutambyi azahanyekondarumanye.38Igihe umugabo cangwa umugore azagira kuruhu rw'umubiri gwe, amabaragw'umweru, 39Umutambyi azamusuzuma. Niba amabara go kumubiri gwe gusu n'umwere guhori azuba adahumanye.40Igihe umuguho azagere umutwe gutariho umusutsi, azaba ari w'uhora. Azabavaliumwere. 41Niba umutwe gutariho usutsi kuruhande rw'imbere, n'uruhara rw;imbere: n'umwere.42Ariko nibe muri mwo ruhara rw'imbere cangwa rw'inyuma harimo igisebe c'umutuku n'ibilembe byusheshe mugire c'inyuma cangwa c'ibere c'uruhara 43Umutambyi azamusuzuma. Nibahari ikibyimba c'umweru w'urutuku mugisebe mugice c'inyama cangwa c'imbere c'uruhora, gisuna n'ibibembe kuruhu rw'umubiri, 44Uwo muntu n'umubamba, arahumanye: umutambyi azumuhamyako yahumanaga; igishebe kini ku mutwegwe.45Umubembe, ufite igisebe, azumbara ushangagu'e ushambagaraimyenda yuburomo kandi azaba yambaye ubusa ku mutwe azatwikira ubwanwa bwe, nubo terelejiru ngo : ndanduye! ndanduye!46 Igihe cose azaba afite ico gisohe, azabaahumanye: arahumanye. Azabaweuyine; ubuturo bwebazabahanay'inkambi.47Igihe hazaba igisebe c'ibwinyoro kumwenda, kumwenda gw'oboya by'a intama cangwa kumwenda gw'igitare 48Cangwa muhundodo bw'impagarike, cangwa muhudodobw'intambike, kuruhu cangwa kukintucakozwe m'uruhu,49Nuko ico gisebe kikaba itso kibisi cangwa wutukokumwenda cangwa kuruhu kuiudod buhogaritse, cangwa butambitse kuhintu runaka c'akozwe muruhu ni igisbe c'i ibihembe, kandi kizerebwa umutambyi.50Umutambyi azasuzuma ico gisebe, kandi azakunyirana uwomuntu imisi irindwiucateme nicogisebe. 51Azasuzuma ico gisebe kumusi gwakarindwi. Niba gisebe c'ogereye kumwenda, cangwa kuhudodobuhogaritse cangwa kuruhucangwa kukutu cose cakuzwe muruhu, ni gisebe c'ibibembe ca,teheye ni bu agisebe aric'ibisi kukumwenda cangwa kuhudodo buharitse cangwa kukintu cose cabazwe m'uboya igisebe n'ikibembe gic'ubura, kiranduye 52Nuko azatwika ugwomwenda, uhudodobuharitse cangwa uhubudodo buharitse cangwa kindi kintu caba gikozwe muruhu.53Ariko niba umutambyi arebyye nokubonako igisebe atari kierise kumwenda cangwa ku budodo buhagaritse cangwa kubu dodo buhagaritse cangwa ikindi kintu cabacurukozwe muruhu 54Umutambyi azategeka kubafura ico kintu aho igisebe kiri nuk azagifungirana, imisi irindwi 55Kandi niba umutambyi, igihe buuzaba bamuza kuza igisebe akakakerek, agasimye igwibo kitahinduye umugi ryaco, ry'uko cusame mbbere, kundiko, kandiko kitiyangereye n'iikintu conduye, uzugugitwika mumuriro; n'ikintu caankuye muburyobwihinduranije, cangwa aheza hadufite amoya.56Kandi n'ubo umutambyi yareba, muze ababo nako igihanda caba cahavuye bahaza kucoza, azashangura ugwomwenda, cangwaubudodo buhagaritse cangwa ubudodo buhagaritse.57Nibakundi gibameje kugaragara mumwambaro cangwa ubudodo buharitse cangwa mukintu cose gi wozwe muruhu, n'ibibembe byayize ubaheri muztwika mukwiro ko kindu aho igisebekiri.58Ariko niba wefuze umwenda cangwa uba dodo buhagaritse cangwa butambitse cangwa ikintu cose kikuzwemu ruhu, kandi igisebe kikaba cavuyeho, kizagera gifurwe; hanyuma kibecejegwe.59Iryo niryo tegeko ryigereho dibinyoro kumwenda gw'iboya bw'intama gw'ubudodo buhagarutse cangwa gw'ibudodo butambitse cangwaibintu gukazwe mumuruhu, kugira uhumyeke cejegwe cangwagihumange.Chapter 14
1Uwiteka arongera avugana na Musa arikugamba ngo: 2Iri niryo tegeko ry'ibubembe ku musi gwo kwezwo, azazanwa k'umutambyi.3Nuko umutabyi azahora hanze y'inkambi nuko azamureba ko igisebe c'ibibombe coba cikize k'umubembe. 4Umutabyi azatgeka ko bazana k'ubwu uwo ugomba kwezwa, inyoni ibiri nzima kandi zitariho ikizira, n'igiti c'umwerezi n'agatambaro kurutuku n'agatikitwa umucura. 5Nuko umutambyi azategeka ko baca umuhogo gw'iyo nyoni hejuru w'irwabya, uruguru rw'amazi gatembaga.6Hanyuma azafata inyoni nzima, icogiti c'umweresi agatambara k'urutuku, n'umucuro, nuko azashira ibyo bintu byose mu mazi hamwe n'iyo nyoni nzima, mu maraso ga ya nyoni yamaze kubagirwa iruguru w'amazi gatembaga. 7Maze azayaminjagira inshuro ndwi kuri uwo muntu ugomba kwezwaho ibibembe nuko azamweza no kurekura ya nyoni ngo igende mu mirima.8Nuko uwo ugomba kwezwa azafura imyenda ye, no kagosha ubwoya bwo nuko azakaraba mu mazi, nuko azaba yeze, nyuma azinjira mu nkambi ariko azamara imisi irindwi hanje atarinjyira mu hema rye. 9Ku musi gwa karindwi azogosha ubwoya bwe, umutwe, ubwanwa bwe, ibitsike byo ku maso ge, ubwoya bwe bwose; azogosha nkuko nagambye, ubwoya bwe bwose, nyuma azafura imyenda ye yiyuhugire umubiri gwe, nuk azaba yeze.10Nuko umunsi gwa munane azafata abana b'intama babiri bitariho umuzira, n'intama g'umwaka gumwe itariho inenge na bitatu by'icumi by'isano y'ingenzi kubwo gukora umutsima, gavuzwe hamwe n'amavuta n'igice y'amavuta. 11Kandi umutambyi uhoroga umuhango gwo kwezwa, azerekana ugomba kwezwa, n'ibyo bintu byose imbere y'Uwiteka mu rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro.12Hanyuma umutambyi azafata imwe muri izo ntama, azayitanga kubw'icuro hamwe na log yamavuta kandi azazunguza ribe inturo rijungujwe. 13Nuko asogotera intama aho babagiraga igitambo c;ibyoha n'igitambo coswa, ahera cane, kuberako igitambo c'icuha ni c'umutambyi, nkuko igitambo c'icaha ni ikintucera cane.14Kandi umutambyi azafata amaraso y'igitambo c'icaha, agishire ku gutwi kw'iburo kuwo ashaka guhamanurwa no kurutoke rw'igikumwe c'iburyo, no ku nono rinini ry'ikirenge ce c'iburyo. 15Nyuma umutambyi azafata amavuta ku mavuta ya logi no kugasuka ku kiganza c'ukuboko kwe kw'ibumoso. 16Nuko umutambyi azashira urutoke rw'ukuboko kwe kw'ibutyo mu mavuta gari mu kiganza c'ukuboko kwe kw'ibumoso nuko aganyanyagize inshuro ndwi imbere y'Uwiteka.17Amavuta gazaba gasigaye mu kiganza ce, umutabyi azagashira ku gutwi kw'iburyo k'uwo ugomba kwezwa, no ku gikumwe c'ikiganza c'iburyo no ku nono rinini ry'ikirenge ce ciburyo ku maraso gatashwe ku gitambo cicaha. 18Ariko agisigaye ku mavuta gari mu kiganza c'umutambyi azamukorera umuhango wo kwemerwa imbere y'Uwiteka.19Nyuma Umutambyi azatanga igitambo c'ibyaha, no gukora umuhango gwwo kwemera k'ubwuwo ngomba kuhagirwa no umwando nyuma azabogota igitambo coswa. 20Nuko Umutambyi azatamba ku cokerezo nuko azamukeshera umuhango gwo kwemererwa k'ubwuwo ngombwa kwezwa, kandi azaba yejejwe.21Ariko niba ari umukene, kanddi akaba nta buryo ashobora kubona ibwo bintu, azafata umwana ng'intama kuba ituro rizungujwe kubwo gukura urubanza, kugera ngo amukorere umuhu ngo gwo kuba impogano yee, n'igice kimwe mw'icumi c'isqno y'inono ivuzwe hamwe n'amavuta kubw'umutsima, hamwe na logi y'amavuta. 22Kandi intunguru ibiri cangwa inuma, nkuko ubushobozibwe, imwe azaba iy'icaha, n'indi ikaba iy'igitambo coswa. 23Kandi ku musi gwa munane yo kwezi kwe azazanira umutambyi ku rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, imbere y'Uwiteka.24Kandi Umutambi azakira ugwo mwana gw'intama gw'inturo ryogukwaho urubanza na logi y'amavuta maze azabizunguriza imbere y'Uwiteka bibe ituro zizungujwe. 25Kanddi azasogota umwana gw'intama gw'inturo rekuraho urubanza rw'icaha; nyuma umutambyi azafata ku maraso g'ituro ry'icaha maze agashire ku gutwi kw'iburyo kuwwo ugomba kwezwa no ku gikumwe c'ikiganza ce c'iburyo, no ku nono rinini ry'ikirengee c'iburyo.26Nyuma yaho umutambyi azasuka kumavuta mu kiganza c'uhubiko kwe kw'ibumoso. 27Kandi hamwe n'urutoki rw'ikiganza ce c'ukuboko kw'iburyo azaminjagira ago mavuta gari mu kiganza c'ibumoso, inshuro ndwi imbere y'Uwiteka.28Kandi kuri ago mavuta gari mu kiganza ce, azagushira ku gutwi kw'iburo kuwo ugombba kwezwa, no ku gikumwe c'ikiganza ce c'uburyo, no ku nono rinini ry'ikirenge c'iburyo aho hantu ho bafatiye amaraso g'icaha. 29Narangiza azashira amavuta gasigaye mu kiganza ce ku mutwe gw'uwo ngomba kwezwa, kuggira ngo yemerwee imberee y'Uwiteka.30Namara azatamba imwe muri za ntuguru, cangwa imwe muri byana inuma hakurikijwe n'ibyo ashobora gutanga. 31Kuri ibyo byo ashobora gutanga, kimwe kizaba ic'icaha n'ikindi kibe igitambo coswa, hamwe n'umutsima nuko umutabyi azamutambira igitambo ci imponga ni imbere y'Uwiteka kubw'uwwo ngomba kwezwa. 32Iyo ni ryotegeko ry'uwo ufite igisebe c'ibibembe kandi adaffite uburyo bwo kubona ibyo yatanga kubwo kweza kwe.33Nyuma avugana na Musa na Aroni arikugamba ngo: 34Igihe muzamaraa kwinjira mu gihugu ca Kanani co bahaye ho ubukonde, ni ntuma icorezo c'ibibembe mu mazu muke go mu gihugu go muzaba mufite. 35Uwo inzu izaba ari iye azaza, aza bimenyesha umutambyi ari kugamba ngo: birasa nkuko ndikureba icorezo c'ibibembe munzu yanjye.36Ubwo umutambyi azategeka ko babura imbintu byose munzu mbere yuko yinjiramo kureba ico corezo, kugira ngo hatagira na kimwee kubiri munzu canduzwa nyuma umutambyi azinjira kureba inzu. 37Azareba isorezo kandi azitegereza ko ico corezo kirikubikuta by'inzu caba gifite utwobo tw'urususirane cangwa ddusa n'urutuku rw'umuhondi byoba, ubirebye, byitse kuruta urukuta. 38Umutambyi azasohoka mu nzu ku rwinjiriro afunge inzu mu misi irindwi.39Ku musi gwaa karindwi, umutambyi azagaruka maze ayisuzume, kandi n'abonako ico corezo cokwiriye ku bikuta by'inzu; 40Ubwo azatege ku gukura amabuye, yariho ico corezo no kugajugunya hanze y'umugi ahantu handuye.41Azategeka ko hakorogoshore iswagara imbere no mu mpande zwe, kandi iyo suregara bekorogoshoye bazajugunya hanze y'umugi ahantu hakumanijwe. 42Hanyuma azafata ayandi mabuye, nuko hagazane aho amabuye ga mbere gari gari, maze bazane indi bwogara bahome inzu.43Ariko niba icorezo nikigaruka kigasesa kunzu, kanddi bamaze kurimbura gamabuye na nyuma yo guharagata no guhoma. 44Umutambyi azinjira maze akirebe, kandi niba azabona ko ico corezo coba ciyongereye kunzu n'ibibembe biyirya, iraba yanduye.45Bazasenya iyo nzu, amabuye gago n'ibiti hamwe ni swagara, no kubijana hanze y'unugi ahantu handuye. 46Niba hari umuntu winjiye munzu, mu gihe cose co Umutambyi yari yayifunze, azaba ariho umwanda kugeza kumugoroba. 47KKandi azarwama muri iyo nzu azafra imyenda ye; kandi n'uzarira musi iyo nzu azafura imyenda ye.48Niba Umutambyi azaba yagarutse mu nzu, akabona ko icurezo kitiyongereye kunzu, imaze guhomwa, azatangaza ko inzu yejejwe kubera ko icorezo cakize.49Kubwo kweza inzu, azafta inyoni ibiri, iyinga y'igiti c'umwerezi n'agatambaro kurutuku n'umucuro. 50Azabagira imwe muri za nyoni iruguru w'amazi yatembaga. 51Azafata ca giti c'umwerezi, umucuro ka gatambaro k'urutuku n'inyoni ikiri nzima, azabyinika muri ga maraso ginyoni yabuzwe no muri ga mazi gatembaye maze agaminje inshuro irindwi iyo nzu.52Azezesha inzu, ago maraso gi inyoni, hamwe na ga mazi na ga nyoni ikiri nzima, hamwe na ya ngiga y'igiti c'umwerezi na ka gatambero k'urutuku. 53Azarekura ya nyoni nzima hanze y'umugi mu mirima. Nuko azabigenza kubwo guhumanura inzu kanddi izaba yejejwe.54Iryo niryo tegeko ku bibembe byose no ku bininde. 55Ku bibembe by'imyenda n'iby'inzu. 56Ku gichute, ni gikoko, n'amabura. 57Kejikgisha ko igihe ikintu canduye cangwa igihe kitandduyye. Iri niryo tegeko ku bibembe.
Chapter 15
1Uwiteka aganira na Musa na Aroni aragamba ngo: 2Mugambane n'abana b'Iisraeli mubabwiree ngo: buri muntu wese urinde aba ari uhumanye. 3Ni kubera uko kuninda aba ahumanyee uko umubiri gusuka amatemba buzige, cangwa gwaba gugahagaritse aba ahumuye.4Buri buriri azaryamaho buzaba buhumayee na buri kintu cose azicaraho kizaba gihumanye. 5Uzakora kuburiri bwe, azafura imyenda ye, kanddi azaba ahumanyee kugeza ku mugoroba.6Uzica ku kintu co yicayeho azafura imyenda ye kandi azaba ahumaye kugeza ku mugoroba. 7Uzakora ku mubiri gwe, azifura imyenda ye, azihuyagira mu mazi, kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba.8Niba yacira ku muntu wejejwe, uwo muntu azafura imyanda ye, aziyuhagira mu mazi, kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba. 9Buri nyamaswa yo bagenderaho, nayicaraho, izaba yanduye.10Uzakora ku kintu cose caba kiri musi ye kiza canduye kugeza kumugoroba. Uzaba agifashe azafura imyambaro ye, aziyuhugira mu mazi, kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba. 11Uzakorwaho nuwo, nuko ntakarabe intoke mu mazi, azafura imyenda ye aziyuhagira mu mazii, kandi azaba ahumanye kugera ku mugoroba. 12Buri gikoresho c'ibumba co azakoraho kiza menwa, na buri gikoresho c'igiti kizozwa mumazi.13Igihe azaba amaze kwezwa ubwo butemba mazi bwe, azabara imisi irindwi kugeza ku musi gwe go kwezwa, azafura imyenda ye, azuhagira umubiri gwe, nuko azaba yejejwe. 14Umunsi munane, azafata intunguru ibiri cangwa ibyana bibiri by'inuma azaja imbere y'Uwiteka ku rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, nuko azihe umutambyi. 15Umutambyi azamba, imwe kubaa igitambo c'impangano y'ibyaha, indikuba igitambo coswa, nuko umutambyi azamukorera umuhango w'impagano y'icaha imbere y'Uwiteka kubera ubuutamba muzi bwe.16Umugabo uzaba yiroteyeho azaza umubiri gwe gwose mu mazi kandi azaba ahumaye kugeza ku mugoroba. 17Buri mwenda na buri ruhu bizakozwa ho bizozwa mu mazi, kandi bihumanye kugeza ku mugoroba. 18Niba umugore yaryamanye n'uwo mugabo bombi baziguhagira, kandi baba banduye kugeza kumugoroba.19Umugoree uzagira amutemba buzi, amuutemba buzi bw'amaraso mu mubiri gwe, azamara iminsi irindwi mu burendu bwe. Uzamukoreho wese azaba yanduye kugeza ku mugoroba. 20Uburirri bwose azaryamaho mu gihe cose c'ubwo bwandu bwe, n'igikoresho cose azacoreho kizaba canduye.21Buri muntu wese azakora ku buriri bwe azafura imyenda ye, aziyuhagiraa mu mazi, kandi azaba yanduye kugeza ku mugoroba. 22Buri muntu wese azakora ku gikoresho cose co azaba yicaye ho azafura imyenda ye, aziyuhagira mu mazi, kandi azaba yanduye kugeza ku mugoroba. 23Niba hari ikintu ku buriri cangwa ku gikoresho co yari yicayeho, uzagikuraho azaba ahumanyee kugeza ku mugoroba.24Niba umugabo aryamanye nawe, maze ubwandu buruwo mugore bukamujaho azaba yanduye kumara iminsi irindwi kandi buri buriri bwe na buri buriri azaryamaho buzaba bwanduye.25Umugore uzaba afite ubutemba mazi bwamaraso mu misi myinshi bitari mubihe bye bisanzwe cangwa mwo amatemba buri azamara igihe gisumba uko bisanzwe, azabaa yanduye igihee cose c'ubutemba buzi bwe, nko mu gihe c'imihango ye y'ukwezi. 26Buri buriri bwose azaryamaho mu gihe cose ago amatemba buzi buzaba k'uburiri bwo mugihe c'amatemba buzi y'imihango ye y'ukwezi kandi buri yikoresho co azicaraho kizaba canduye nko mu gihe c'amatemba buzi g'imihango ye y'ukwezi. 27Umuntu azabikoreho yanduye, azafura imyenda ye, aziyuwagira mu mazi, kandi azaba ahumanye kugeza ku mugoroba.28Igihe azaba amaze kwezwa ubutemba mazi bwe, azamara iminzi irindwi nyuma yaho azaba yejejwe. 29Umunsi gwa munane, azafata intuguru ibiri cangwa ibyana by'intama kandi azabizanira umutambyi, ku rw'injiriro rw'ihema ry'ibonaniro. 30Umutambyi azatamba imwe kuba igitambo co guhongera icaha, n'indi kuba igitambo coswa, kandi umutambyi azamukorera imihango y'impongono y'ivaha imbere y'Uwiteka kubera amatemba buzi gamuhamanije.31Muzaje mutandukanya abana b'Isiraeli n'ubuhamane bwabo, niba bahumanije ubuturo bwanje buri hagati yabo.32Iriniryo tegeko ry'ufite amatemba buzi cangwa uwandujwe na kwinoteraho. 33Kubwo ufite amatemba buzi y'ukwezi yaba umugabo cangwa umugore ufite amatemba buzi, kandi no kubw'umugabo uzarwamana n'umugore uhumanye.
Chapter 16
1Uwiteka avugana na Musa, nyuma y'urupfu rw'abahungu babiri ba Aroni, bapfuye ubwo bimurisiraga imbere y'Uwiteka. 2Uwiteka abwira Musa ngo: bwira mwena so Aroni, kugira yere kwinjira buri mwanya ahera, imbere y'umwenda gukunze, imbere y'intebe y'impogano y'ibyaha iri hejuru y'isanduku ry;isezerano, kugira ngo adapfa kubera ko azabokera mu gicuku ntebe y'impagano y'ibyaha.3Dore uburyo azaja yinjira ahera, azafata ikimasa kuba igitambo co gukuraho urubanza n'impizi y'intama kuba igitambo coswa. 4Azambara ikanzu yejejwe y'igitare no kwambara urubindo rw'igitare, azakenyeza umu kandara gw'igitare, aziitwikira ingogero y'igitaree: iyo niyo myenda yejejwe yo azambura amaze kwiyuhagira umubiri gose mu mazi. 5Azakira isekuurume ibiri z'iteraniro z'abana b'Isiraeli kuzitamba ho igitambo c'icaha n'imfizi y'intama kuba igitambo coswa.6Aroni azatamba ikimasa co gukuraho urubanza rw'icaha kubwe no kubw'inzu ye. 7Azafata za sekurume ibiri, no kuzimukirira imbere y'Uwiteka, mu mwinjirieo rw'ihema ry'iboonaniro.8Aroni azajugunya ubufindo kuri izo sekurume uko ari ibiri, igifindishwa kimwe kerekane ihene y'Uwiteka icakabari cerekane ihene ya koherwa. 9Aroni azegereza bugufi isekurume yaguweho n'ubufindi bw'Uwiteka, nuko ayitambeho igitambo c'impongano y'icaha. 10Kandi isekurume yaguweho n'abafindi bwo koherwa izahagarikwa nzimu imbera y'Uwwiteka kugira ngo ibe iyo impogano y'ibyaha kandi izarekurwa ije mu mubutayu kuba iyohererewe.11Aroni azatamba ikimasa ce c'impogano, no gukora impogano ye n'iyumuryango gwe. Azasogota ikimasa ce c'impogano y'ibyaha.12Azafata icotero cuzuye amakara gari kwaka gavuye ku cokerezo imbere y'Uwiteka n'ibipfunsi bibiri by'umubavu gwe guhumura neza, azazana ibyo bintu hirya ya gwa mwenda gukiraga ahera cane. 13Azashira umubavu ku muriro imbere y'Uwiteka, kugira ngo igicu mubwa gitwikire intebe y'impagano g'ibyaha iri iruguru w'ibihaamya, nuko ntaho azapfa.14Azafata amaraso g'ikimasa, nuko agamishijee urutoke imbere y'intebe y'ipongano.15Maze azasogotera ya sekurume yo gukura ho urubanza rw'ibyaaha by'abantu nuko ajana amaraso hirya ya ggwa mwenda azagenza ago maraso nkuko yageenjeje gamwe g'ikimasa, azagaminjagira ku ntabee y'impongano n'imbere y'intebe y'impongano y'ibyaha. 16Uko nuko azakora umugenzo amahumane y'abana b'Isiraeli n'ibicumuro byabo, byose byo hacumuye. Guco niko azabigenza no ku hema ry'ibonaniro ririhamwe nabo y'ubwandu bwabo.17Nta muntu numwe uzaba ari muhema ry'ibonaniro iigihe azinjirira gukora umungenzo gwo gukuraho urubanza gw'ahera, kuggeza igihe azasohokeramo. Asakora umuhengo gw'impagano kubwe no kubwo inzu ye, no kubw'iteraniro ryose ry'Isiraeli. 18Igihe azaba arigusohoka azaja ahagana ku cokerezo kiri imbere y'Uwiteka azakora impagano y'icokerezo, azafata amaraso g'ikimasa na g'isekurume azagashiraho ku nguni z'icukerezo no ku mpande zaco zose. 19Azaminjira amaraso ku cokerezo inshuro ndwi n'urutoke rwe, azagihamanura na kuceza, kubera ubwandu bw'Abana b'Isiraeli.20Igihe azaba amaze gukora umuhango w'Impogano kubw'igema ry'ibonaniro no kubw'icokerezo, azegeza hafi ya sekurume nzima. 21Aroni azashira ibiganza bibiri kugihanga ciyo sekurume nzima, nuko azanyaturira no ibyaha no gukiraanurwa kose bakoze, azashira ku mpanga y'iyo sekurume, nyuma yaho, azayirukana ije mu butayu, abifashijwe n'umugabo wateguwe kubw'uwo murimo. 22Iyo sekurume izikorera gukiranirwa kwabo ibijane ahantu hadatuwe, izirukanwa ije mu butayu.23Aroni azinjira mu hema ry'ibonanira, azakuramo imyenda y'igitare yo yari yanduye igihe yinjiraga ahera, maze ayishire aho. 24Aziyuhagira umubiri n'amazi ari ahera no kugera gufata imyenda ye. Nyuma azasohoka, azatemba igitambo ce coswa n'igitambo cyabantu coswa, kandi azakora impogano ze z'abantu.25Azatwikira mu cokerezo ibiyagi, z'igitambo c'impagano z'ibyaha. 26Uwajanya ya sekurume ya koherwa, azafura imyenda ye kandi azuhangira umubiri mu mazi nyuma y'ibyo, azinjira mu ntambi.27Ikimasa c'impogano y'ibyaha n'isekurume y'impogano y'ibyaha byo bajanye amaraso gubyo ahera ngo bibe impogano bazabijana hanze y'inkambi nuko babitwika mumwiro, uruho rwabyo n'amase gabyo. 28Uzabitwika azafura imyenda ye, kandi azuhagira umubiri gwe mu mazi nyuma y'ibyo azasubira mu nkambi.29Iri n'itegeko kuri mwe rihoraho mu kwezi kwa karindwi umusigwa cumi gu kwezi, muzacisha bugufi imitima yanyu hatagira umurimo go mugukoraho, naho yabe ari umuturage cangwa umushitsi wasuhukiye hagati yanyu. 30Kubera kuri ngo musi, muzakorekwa impogano z'ibyaha byanyu kuuugira ngo mwezweho ibyaha byanyu imbere y'Uwiteka. 31Guzababera umunsi gw'isabato umusi gwo kuruhuka, kandi muzacisha bugufi imitima yanyu nitegeko ry'ibihe byose.32Umuhango gwo kwezwa guzakorwa n'umutambyi usizwe amavuta kandi wejejwe kugira ngo asimbure se mu murimo gw'ubutambyi; azambura imyenda y'igitare imyenda yejejwe. 33Azatanga impogano z'ahera h'untunga azakora imtungano kobw'ihema ry'ibonaniro na kubw'icokerezo kandi azakora impogano kubw'abatamyi no kubwo iteraniro ryose ry'abantu.34Kuri mwe rizaba itegeko rihoraho; impogano kubana b'Isiraeli izaja ikorwa rimwe mu mwaka kubw'ibyaha byabo, nuko bakoraga ibyo Uwiteka yari yategeka Musa
Chapter 17
1Uwiteka avuga na Musa nuko aragamba ngo: 2Bwira Aroni n'abahungu be, n'abana b'Isiraei bose, maze uzababwire ngo: Dore ibyo Uwiteka yategetse. 3Niba umugabo mu nzu y'Isiraeli abagiye ikimasa mu nkammbi cangwa hanze y'ingambi cangwa umwana gw'intama cangwa ihene, 4Kandi atayizana mu rwinjirieo rw'ihema ry'ibonaniro, kugira ngo kibe igitambo k'Uwiteka imbere y'ubuturo bw'Uwiteka, uyu muntu azabazwa ayo maraso, yasheshe maraso, uwo muntu azakurwa hagati yabwoko bwe.5Nukugira ngo abana b'Isiraeli aho kugirango bameze ibitambo byabo mu mirima bubizanire umutambyi imbere y'Uwwiteka ku rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, nuko bqbiture Uwiteka kuba igitambo cuka bari amahoro. 6Umutambyi azasesa amaraso ku cokerezo c'Uwiteka mu rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro, azatwika ibinure bizaba ari iby'impumuro nziza inezeza Uwiteka.7Ntaho bazaongera gutura ibitambo by'amasokuruke y'ihene zo basambu nishaangwe rizaba itegeko rihoraho kuribo no kubazabakomokaho.8Nuko uzababwire ngo: niba umuntu wo mubwoko bw'Abisiraeli cangwa umushitsi ushagiye hagati yabo yatanga igitambo coswa cangwa ikindi gitambo. 9Kandi ntaho azakizana ku rwinjiro rw'ihema ry'ibonaniro, kugituraho igitambo k'Uwiteka uwo muntu azacibwa mu bwoko bwe.10Niba umuntu wo munzu y'Isiraeli cangwa y'Abimukira bashagiye hagati tabo, ariye amaraso, y'igitambo ico arico cose, nzima amaraso ganjye umuntu wese urya amaraso, kandi nzamuuca hagati y'ubwoko bwe. 11Kubera ko ubugingo bw'umubiri buri mu maraso, naragubahaye hejuru w'icokerezo, kugira kibe igitambo c'impongana kubw'ubugingo bwanyu, kuberako ni kubw'ubugingo amaraso aba impangano.12Nico gituma babwiye abana b'Isiraeli ngo: nta muntu n'umwe wo muri mwe uzarya amaraso, n'umushitsi uzaba ashagiye hagati yenyu uzarya amaraso. 13Niba umuntu wo mu bane b'Isiraeli cangwa umushitsi uzaba ushagiye hagati yanyu afashe, inyamswa muhigo cangwa se inyoni irubunga azasesa amaraso gago maze agatwikira umucucu.14Kubera ko ubugingo bw'ibisimba cose n'amaraso gaco, buri muri ago maraso. Nico catumye bwira abana b'Iisraeli ngo: ntaho muzarya amaraso g'igisimba izari cose; kubera ko ubugungu bwe burigisimba cose, n'amaraso yaco.15Umuntu wese uturaga cangwa umwimukira, uzarya amaraso g'igisimba capfuye cangwa cashanyaguwe, azafura imyendaye, azayuhagire mumazi kandi azaba ahumanye kageza ku mugoroba nyuma azabone kuba yejejwe. 16Niba adafuze imyenda ye, kandi atiyuhagaiyee umubiri gwe, azikorera ingereko zo gukiranurwa kwe.
Chapter 18
1Uwiteka agambana na Musa, nuko aramubwira ngo: 2Vugana n'abana b'Iisraeli kandi uzababwira ngo: ninjye Uwiteka Imana yanyu. 3Ntaho muzakora nk'ibikorwa mu gihugo ca Misri co mwatuyemo, kandi ntaho muzakora kimwe n'ibikorwa mu gihugu c'ikanani aho mbajanye: ntaho muzakora ngibyo byo bakora.4Muzakurikiza amabwiriza ganjye, kandi muzitondera amategeko ganjye, muzagakurikiza. Ni nje Uwiteka Imana yanyu. 5Muzakurikiza amategeko ganjye amabwiriza ganjye: umuntu uzagakurikiza azabeshwaho nayo. Ninjye Uwiteka.6Hatazagira n'umwe wo mugatikati kanyu uzegera uwo bafitanye isano ngo amwambike ubusa. Ndi Uwiteka. 7Ntaho uzahishura ubusambure bwa so, cangwa ubwamburee bwa nyina ni nyoko. Ntuza mwambike ubusa. 8Ntaho uzahishura ubwambure bwa mukaso. N'ubwambure bwa so.9Ntaho uzahishura ubwambure bwa mushiki wawe, umuhara waso cangwa umuhara wa nyoko. Kubera ko ari ubwambure bwawe. 10Ntaho uzahishura ubwambure bw'umuhara w'umuhungu wawe cangwa w'umuhara wewe. Kubera ko ari ubwambure bwawe. 11Ntaho nzahishura ubwambure bw'umuhara w'umugore wa so, wabyawe na so, ni mushikii wawe.12Ntaho uzahishura ubwambure bwa mushiki wa so. Ni uwo muryango wa buguti bwa so. 13Ntaho uzatwikura ubwumbure bwa mwene nyina wa nyoko. Ni uwo mu muryango wu bugufi wa nyoko. 14Ntaho uzatwikurura ubwumbure bwa mwene se wa so. Ntaho uzegera umugore we. Ni nyogosenge.15Ntaho uzorosora ubwambwe bw'umukazana wawe. n'umugore w'umuhungu wawe ntaho uzatwikurura ubwambure bwe. 16Ntaho uzambika umugore wa mwene so. N'ubwambure bwa mwene so.17Ntaho uzahishura ubwambure bw'umugore n'ubwumuhara we. Ntaho uzatwikira ubwamure bw'umuhawe w'umuhungu we, cangwa umuhara w'umuhara we. Kugira ngo urogosore ubumbire bwe. Ni abo mu muryango gwawe gwa bugufi. 18Ntaho uzafata mwene nyina w'umuugore wawe kuba mukeba we, ngo umwambike ubusa hamwe nawe igihe akiriho. Ni ukubyutsa ishari hagati yabo.19Ntaho nzegera umugore ngo ushishure ubwambu bwe igihe ari mu mihango y'ukwezi. 20Ntaho uzasambana n'umugore wa mugenzi wawe ngo wihanduje hamwe nawe.21Ntaho uzigera na rimwe ntangga umwana wawekuba igitambo ca Maloke, kandi ntuzatukishe izina ry'Imana yawe. Ni jye Uwwiteka.22Ntaho uzaryamana na rimwe n'umugabo nkuko buryamana n'umugore ni ishano. 23Ntaho uzaryamana n'inyyamaswa, kugirango wiyanduze hamwe nayo. Umugore ntaho aziyeyereza n'igisimba kugira ngo asambane naco. ni ibihabane.24Ntimukigere na rimwe mwiyanddurisha ibyo bintu byose, kubera ko iibyo bintu byose ari byo amahanga nzirukana imbere yanyu yiyandurishize. 25Igihugu carubyiyandurishije, nzahana uko gukiranirwa kwaco kandi igihugu kizaruka abaturanye baco.26Nuko rero muzitondera amategeko n'amabwiriza ganjye, kandi mutazakora na rimwe ibyo bizira, yaba umunyagihugu cangwa umushitsi washagiye hagati yanyu. 27Kubera ko ibyo ari byo bizira byose aturage b'igihugu bakoze mbere yanyu; kandi bikaba byaranduje igihugu. 28Mwitondere ibyo kugira ngo igihugu kitambaruka, nimucanduza, nkuko kizaba carutse amahungu yari akirmo mbere yanyu.29Kubera ko abazakora kimwe muri ibyo bizira byose bazacibwa kwa hagati y'abantu babo. 30Muzitobdere amategeko ganjye kandi mutazakora na kimwe co muri ibyo bizira byakorwaga mbere yanyu, mutazabyirandurisha. Ni nje Uwiteka Imana yanyu.
Chapter 19
1Uwiteka uvungana na Musa, aramubwira ngo: 2Vugana n'abana b'Iisraeli, ubabwire kandi uzababwire ngo: mube abera nkuko nanjye ndi intungane, njye Uwiteka Imana yanyu. 3Buri wese wo muri mwe azubaha nyina na se, kandi azitondera isabatu zanjye. Ndi Uwiteka Imana yangyu. 4Ntaho muzahindukirira ibisa nk'imana kandi ntaho muzakora na rimwe imaa ziyagijwe, zincurano.5Igehe muzatura Uwiteka igitambo co gushima ko muuri amahoro muzagitamba kuburyo ari ngobwa ko cemerwa. 6Ico gitambo kizaribwa ku musi gwo muzagitambira, cangwa bukeye bwaho ikiza sangira kugeza ku munsi gwa gatatu, kizatwikwa mu muriro. 7Niba hari uzabiryaho ku musi gwa gatatu bizaba ari ibintu byanduye: ico gitambo ntaho kizemerwa. 8Uzakiryaho wese azikorera umutwaro gw'icaha ce, kuberako yashujuguje ikintu catuwe Uwiteka: uwo muntu azacibwa mu bantu be.9Igihe muzasarura mu gihugu canyu, uzasiga ihene ry'umurima gwawe utarisaruye, kandi ntaho uzatoranya icagiye gisigawe inyuma. 10Kandi ntaho uzahumba imbuto zasigaye mu ruzabibu, kandi ntaho uzatoragura imbuto zatoze hasi. Ibyo uzabisigira abakene n'abashitsi nijye Uwiteka Imana yanyu.11Ntaho muziba, ntaho muzakoresha ububeshi cangwa ubushuma muri mwe. 12Mwere kuzarahira izina ryanjye ibinyoma, kubera utagomba gutukisha izina ry'Imana yawe. Ndi Uwiteka.13Ntaho uzakoresha mugenzi wawe ibya gahato, ntaho uzambura ikintu ku ngufuu. Ntaho uzagumana ibihembo gw'umucanuro kugeza ejo bwaho. 14Ntaho uzavuma igipfamatwi, kandi ntukigera na arimwe ushira igisitaza imbere y'impfumyi ngo kiyitimbe hasi, kubera ko ngomba gutinya Imana yawe, ninjye Uwiteka.15Ntaho uzakiranirwa mu guca imanza kwawe: ntaho uzaca urwa kubera wohejwe na gukunda umukene, kandi ntaho uzahera umukire, ahubwo nzaca urubanza rwa mugenzzi wose ukwiriye ukuri. 16Ntaho uzabwira amagambo gwo guteranya hagati y'abantu bwawe, ntaho uzahagurikira amaraso ga mugenzi wawe. Ninjye Uwiteka.17Ntaho uzanga mwene wanyu mu mutima gwawe. Uzitondera kumuhugura, ariko ntaho uzikorera icaha ku mpamvu ye. 18Ntaho uurihorera, kanddi ntaho uzabika inziko abana b'ubwoko bwawe. Uzakunda mugenzi wawe nkuko wikunda wawe ubwawe ndi Uwiteka.19Muzitondera amategeko ganjye. Ntaho uzabangurira amatungo g'umwoko bubiri batandukanye, ntaho uzatera imbuto z'ubwoko bubiri butandukanye, kandi ntaho uzambara umwenda gw'indodo ibiri zitandukanye.20Igihee umuyabo aza ryamana n'umugore asambanije niba ari umuja asabwe n'umugabo, kandi atarabohowe cangwa atarabuye umudendezo, bazahanwa, ariko atari igihano c'urupfu, kubera ko atigeze kuba uw'umudendeza. 21Uwo mugabo azazana intama kuba igitambo c'icaha imbere y'Uwiteka mu rwinjiriro rw'ihema ry'ibonaniro. 22Umutambyi azamutambira igitambo c'ibyaha imbere y'Uwiteka kubera icaha yakoze, nuko icaha yakoze azakibabarirwa.23Igihe muzinjirira mu gihugu, kandi mukaba mumaze guteramo ibiti by'ubwoko bwose by'imbuto, muzareba izo mbuto nkaho zitaka swe, mu gihe c'imyaka itatu muzazireba nkaho zitakebwe kuri mwe zizaba zitarakeebwe, ntaho muzaziryaho. 24Ku mwaka gwa kane, imbuto zzose zozeze nezwa Uwiteka hagati y'ibyishimo byinshi. 25Ku mwaka gwa gatanu muzarya imbuto kandi muzakomeza kuziryaho, kandi muzakomeza kuzisarura. Ninjye Uwiteka Imana yanyu.26Ntakintu na kimwe muzarya hamwe n'amaraso yaco. Ntaho muzazitegereza naho zaba inzoka cangwa ibicu ngo mubihanuze. 27Ntaho muzogosha imisozi y'imisatsi yanyu kuba uruzinga, kandi ntaho muzogosha ubwanwa bwanyu ngo bube uruziga ntimu zonone inziga zubwo. 28Ntaho muzaca injorogo mu mubiri gwanyu kubera umupfu kandi ntaho mu muzice ho amashusho kumubiri gwanyu ndi Uwiteka.29Ntaho uzakozaisoni umuhara wawe kubwo kumutanga ngo abe ihabara, kubwo gutinya ko igihugo cahinddukira ubusambanyi kikuzura ibyaha bikabije. 30Muzitondere isaabato zanjye, kandi kuzibuka ubuturo bwanjye mwera ndi Uwiteka.31Ntaho muzahindukira abahamagara imyaka, cangwa abapfumu, ntaho muzabasahkisha kugira ngo huto, mutiyanduza hamwe nabo, ndi Uwiteka Imana yanyu.32Uje uhagurukira ufite imisatsi y'imvi, kandi uzaha icubahiro umuntu ukuze, uzubaha Imana yawe, Nijye Uwiteka.33Niba umunyamahanga ashagaye hagati yanyu mugihugo canyu, ntaho mukamugirira nabi. 34Muzafata umushoge usuhukiye iwanyu nkuko mugirira umuturage uri hagati yanyu. Muzamukunda nkuko mwikunda ubwanyu kubera ko namwe mwigeze kuba abasuhuke mugihugo ca Misri. Nijye Uwiteka Imana yanyu.35Ntaho muzakora ibyo gukiranirwa haba muguca imanza cangwa mubipimo cangwa mubipimo by'uburemere cangwa mubipimo by'ibisukwa. 36Muzagira iminzani ishitse, ibipimo by'uburemere bishitse, ela zuzuye na hini zishitse. Ni jye Imana yanyu, yabakuye mu gihugu ca Misri. 37Muuzitondera amategeko ganjyye gose, n'amuubwiriza ganye, kandi muzagushira mu bikorwa. Ndi Uwiteka.
Chapter 20
1Uwiteka agambana na Musa aramubwira ngo: 2Uzabwira abana b'Isiraeli ngo: niba umugabo wo mu bana b'Isiraeli cangwa wo mu bashitsi bashagiye wanyu mu Isiraeli, atambiye Molako umwe mu bana be, azahanisha urupfu abaturage b'igihigo bazamutera amabuye.3Nanjye nzahindukira mutere umugongo, kandi nzamuca mukure hagati y'abantu be, kubera ko yabatambiye Moloko abana be kandi niba batamwishe. 4Niba abaturage bateye uwo muntu umugongo utamba abana be kuri Moloko, kandi niba batamwishe. 5Njewe, nzatera uwo muntu umugono we n'umuryango we kandi nzamuca hagati y'abantu be hamwe n'abakora ubusambanyi nkawe bakora ubusambanyi hamwe na Moloko.6Niba ari umuntu uvugana n'abapfuye no ku myuka, agasabe bana nabyo, nzatera uwo muntu umugongo kandi nzamuca hagati y'abantu be. 7Muziyeza kandi muzaba abera kubera ko ndi Uwiteka Imana yanyu.8Muzitondera amategeko ganjye, kandi muzayashira mu bikorwa ndi Uwiteka, ubezaga. 9Niba umuntu runaka avumye se cangwa nyina, azahanishwa urupfu, yavumye se cangwa nyina, amaraso ge gazagwa kuri we.10Niba umugabo asambanye n'umugore ufite umugabo, niba akoze ubusambanyi hamwe n'umugore wa mugenzi we, umugabo n'umugore babasambanyi bazahanishwa urupfu. 11Niba umugabo uryamanye n'umugore wa se, bityo agatwaikurwa ubwambwe bwa se, uwo mugabo n'uwo mugore bazahanisha urupfu, amaraso gabo gazagwa kuribo ubwabo. 12Niba umugabo aryamanye n'umukazana we, bose uko ari babiri bazahanishwa igihango c'urupfu bakoze ibidakorwa amaraso gabo gazagwa kuribo ubwabo.13Niba umugabo asambanyee n'undi mugabo nkuko baryamana n'umugore, bombi uko ari babiri bakoze ibizira bazahanishwa urupfu, amaraso gabo gazaburwa kuri bo ubwabo. 14Niba umugabo afashe umukobwa na nyina kuba abageni be, n'icaha gikomeye bazabaturuka mu murimo, we nabo, kugira ngo ico caha kidakomeza kuba hagati yanyu.15Niba umugabo aryamanye n'igisimba kugira ngo asambane naco, azahaniswa urupfu, kandi ico gidimba muzakica. 16Niba umugore yegereye igisimba kugira ngo asambane nayo, uzica uwo mugore n'iyo yamaswa, bazicure, amaraso gabo gazagwa kuri bo ubaribo.17Niba umugabo afashe mushiki we, umwana wa se cangwa wa nyina, niba abanye ubwambure bwe kandi nawe akabona nabwe n'icaha giteye isoni, bazacibwa ku maso g'abana b'abantu babo, yorosoye uburambure bwa mushiki we, azikorera ubwemere bw'icaha ce. 18Niba umugabo aryamanye n'umugore wi mu kihango ye, akorosora uburambure bwe, niba abonye amaraso ye nawe akabona amaraso ge, bombi ko ari babiri bazakurwa hagati y'abantu babo.19Ntaho uzatwikura ubwambure bwa mushiki wa nyoko, cangwa ubwambure bwa mushiki wa so, kubera ari ngutwikurura ubwambure bwa bene wanyu, ba bagufi, bari korera uburemere bw'icaha cabo. 20Niba umugabo aryamanye na nyirasenge azaba yorosoye ubwambure bwa se wabo, bazikorere uburemere bw'icaha cabo, burupfu batagira umwana. 21Niba umugabo afashe umugore wa mwene se, n'igisebo, bazapfa ari incike.22Muzitondera ago mategeko ganjye gose n'amabwiriza ganye gose, kandi muzagashire mu bikorwa kugira ngo igihugo co mbajyanye mo kugira ngo mugiture kitazabaruka. 23Ntaho muzakurikiza na rimwe imigenziy'abanya mahanga bo ngiye kwiruka imbere yanyu, kubera ko ba bakore ibyo bintu byose, kandi nabafashe nk'ikizira.24Kandi namaze kubabwira mwe we ni mwewe muzahabwa igihugo cabo, nzakibaha kuira ngo kibe icanyu, n'igihugu gitemba amata n'ubuki. Ndi Uwiteka Imana yanyu, nabatandukanije n'amoko gabo. 25Muzitondera itandukanira riri hagati y'inyamaswa zejejwe n'izitejejwe hagati y'inoni zejejwe n'izitejejwe, kugira ngo mudahumanya imibiri yanyu zahumajimanijwe n'inyamaswa n'inyoni n'ibikururuko byose, byo kw'isi, byo nabigishije gushiraho itandukaniro nk'ibyanduye.26Muzambere abera, kubera ko ndi uwera nje, Uwiteka, nabatandukanije n'ubwoko, kugira ngo mube abanjye.27Niba umugabo cangwa umugore bafite muri bo umwuka g'urupfu, cangwa umwuka w'ubwunguzi, bazahanishwa urupfu, bazaterwa amabuye: amaraso gabo gazagure kuri bo.
Chapter 21
1Uwwiteka abwira Musa ngo: Vugana n'abatambyi, abahungu ba Aroni, uzababwira ngo: ntaho umutambyi azihumanya hagati y'abantu be kubera intumbi. 2Keretse bene wabo ba bugufi kubera nyina, kubera se, kubera umuhungu we kubera mwene se, 3No kubera mushiki we nkiri isugi, urihasiye igito atari yashaka umugabo.4Umutware w'ubwwoko bwe ntaho aziyanduza ngo yihamanye. 5Abatambyi ntaho baziyogosha uruhara ku mutwe, ntaho bazogosha inguni z'ubwanwa bwabo, kandi ntaho bazica injorogo ku mubiri. 6Bazaba abatunganiye Imana yabo, kandi ntibazakoza isoni izina by'Imana yabo: kubera ko batambira Uwiteka ibitambi byoswa ku muromo uburyo by'Imana yabo: bazaba intungane.7Ntaho banafata umugore w'ihabara cangwa uriho ubwandu, ntaho bazashikira umugore wasenzwe n'umugabo we, kubera ko ari abera kubw'Imana yabo. 8Uzareba umutambyi nk'uwejejwe kubera ko atamba ibiryo by'Imana, azaba uwera kuri wowe, kubera ko nje Uwiteka ari njwewe ubeza. 9Niba umuhara w'umutambyi yikojeje isoni igihe akoze ubuzambanyi, aba akojeje ise isoni, azatwikwa mu muriro.10Umutaambyi ufite ubukuru kuri bene se, wamijijwe amavuta ku mutwe kandi wajejwe kandi akambikwa imyenda yejejwe, ntaho azatwikurura umutwe gwe kandi ntaho azatanyura imyenda ye. 11Ntaho azegera intumbi, ntaho aziyanduza, yaba ari ukubera se cangwa nyina. 12Ntaho azasohoka mu ngando y'Imana ye, kubera amavuta g'Imana yasizwe, gakaba ari ikamba ku mutwe gwe, ndi Uwiteka.13Azasohoza umugore ukiri isugi. 14Ntaho azafata umupfakazi, cangwa umugore wasenzwe, cangwa umugore uriho umugayo kubera ubusambanyi, ahubwo azasohoza umugore ukiri isugi hagati y'ubwoko bwe. 15Ntaho azakoza isoni urubyaro rwe hagati y'abantu be, kubera ko ndi Uwiteka, umweza.16Uwiteka avugana na Musa, nuko aramubwira ngo: 17Vugana na Aroni, kandi umubwire ngo: Umugabo wese wo mu bwoko bwe kandi wo mu rubyaro rwowe, uzagire inenge ku mubiri gwe, ntaho azegera bugufi kugira ngo ature ibiryo by'Imana ye.18Buri mugabo uzagira ubusembura ku mubiri ntaho azashobora kwegera hafi: impumyi, kirema, ufite izuru ribwataraye cangwa urugingo rurerure gusumbq urundi, 19Umuntu ufite imvune ku kuguru cangwa ku kuboko 20Umuntu ufite inyonjo cangwa igikuri, ufite ubusembura kujisho, uruheri cangwa ibikoroto cangwa umwamenetse amabya. 21Nuri mugabo wo mu baoko bw'ubutambyi Aroni, uzaba afite ubusembwa ku mubiri, ntaho azegera bugufi kugira ngo atambire Uwiteka igitambo coswa gikongowe n'umuriro, kubera ko afite ubusembwa, ntaho azegera bugufi kugirango atambe ibiryo by'Imana ye.22Azaja arya ku biryo by'Imana ye, kubintu byera cane no kubintu byera. 23Ariko ntaho azagana bagufi bw'inyegamo ntaho azegera bugufi icokerezo, kubera ko afite ubusembura ku mubiri: ntaho azakerensa na rimwe ubuturo bwanjye, kubera ndi Uwiteka, ubyeza. 24Uco niko Musa yagambanye na Aroni n'abahungu be, kandi n'abana bose b'Iisraeli.
Chapter 22
1Uwiteka agambana na Musa ngo : 2Vugana na Aroni n'abana be kugira ngo birinde ibintu byejejewe byo banyejereje n'abana b'Isiraeli, kandi bataza cisha agaciro, na rimwe izina ryanjye ryera ndi Uwiteka. 3Ubabwire ngo: buri mugabo wo hagati y'ababakomoka ho na bo mu bwoko bwanyu bazegera ibintu byera byo abana b'Isiraeli butambire Uwiteka kandi uzaba afite kuri we ammahumane, uwo mugabo azacibbwa ave imbere yanjye. ndi Uwiteka.4Buri mugabo wo mu bwoko bwa Aroni, azaba afite ibibembe cangwa aninda, ntaho azarya na rimwe ku bintu byejejwe kugeza igihe azaba amaze kwezwa, bizagenda gucyo kuri buri wese uzakora ku muntu wandijwe no gukora ku ntumbi ku muntu uzaba yiiroteyeho. 5Buri wese uzakora ku gikururuka azaba yandujwe naco, cangwa umugabo uzaba yagezweho n'ubuhumane kandi bukaba bwara muhamanije. 6Uzakora kuri ibyo bintu azaba ahumanje kugeza ku mugoroba, ntaho azarya kubintu byejejwe, ahubwo azaza umubiri gwe mu mazi.7Uzuba nirimara kurenga, azaba yejejwe nuko azarya ibyo bintu byejejwe, kubera ko ari ibyo kurya bye. 8Ntaho azarya intumbi yipfidhije cangwa iyasahanyagujwe n'intamaswa kugira ngo batayandurisha. Ndi Uwiteka. 9Bazitondera amategeko ganjye, gutinye ko bakwishiraho umutwaro gw'icaha cabo na kugira ngo badapfa, kubera ko batesheje agaciro ibintu byejejwe. Ndi Uwiteka, ubyeza.10Nta mushitsi n'umwe uzarya ku bintu byejejwe, uzaba acumbitse ku mutambyi cangwa umucancuro ntaho bazarya na rimwe kuri ibyo bintu byejejwe. 11Ariko uwaguzwe n'umutambyi ku giciro c'ifeza azashobora kubiryaho, n'uwa vukiye mu nzu ye, bazarya kubiryo bye.12Umuhara ww'umutambyi washohojwe n'umushhitsi ntaho azarya kuri ibyo bintu byejejwe, byatambwe na kuzunguzwa. 13Ariko umuhara w'umutambyi uzaba ari umupfakazi cangwa uwasenzwe, ari nta mwana yigeze kugira, kandi akaba yaragarutse kwa se nkuko yari ari mu busore bwe, azashobora kurya ku biryo bya se. Nta mushitsi numwe uzabiryaho.14Niba umugabo ariye ikintu cejejwe atabizi, azataha umutambyi igiciiro c'ico kintu cejejwe yongeyeho kimwe ca gatanu. 15Ntabwo abatambwi bazacisha agaciro ibintu byejejwe btatuwe n'abaisiraeli, kandi batambye bijangujwe kubw'Uwiteka. 16Basobora kubashiraho guco icaha co bashubora kwishiraho gucirwa urubisira rwo kurya ibintu byejejwe, kubera ko ndi Uwiteka ubyeza.17Uwiteka agambana na Musa, maze aramubwira ngo: 18Gambana na Aroni n'abahungu be, n'abana bose b'Iisraeli maze ubabwire ngo: buri mugabo wo mu nzu y'Isiraeli cangwa wo u banyamahanga uri mu Isiraeli, watamba igitambo coswa ku Uwiteka, haba ari uguhigura umugigo, haba ari nk'igitambo c'umutima gukunze. 19Azafata imfizi idafite ubusembwa mubimasa, muntama cangwa mu hene, kugira ngo igitambo ce cemerwe.20Ntaho muzatamba na kimwe muri byo gifite ubusembwa, kubera ko ndashobora kwemerwa. 21Niba umuntu atuye Uwiteka itungo rinini cangwa irigufi kuba igitambo cuko ari amakoro, kuba ko caba ari ico gusohoza umuhigo, haba ubwo caba ari igitambo cangwa nkuko cana inturo ry'umutima gukenze, igitambo kizaba kitariho ubusembura, kugira ngo cakirwe, ntaho kizagira ubusembwa na bato.22Ntaho muzatura na rimwe ikiri impumyi, cangwa ikibuze urugingo, cangwa icaciwe ho, gifite ibisebe, uruheri cangwa ibikoroto, ntaho muzakigira igitambo coswa giikongorure n'umuriro ku cokerezo imbere y'Uwiteka. 23Uzashobora gutamba igitambo c'umutema mwiza ikimasa cangwa intama ifite urigingi rureyi cane cangwa rugufi cane, ariko ntaho cashobora kwakirwa kuba ico guhigura umuhigo.24Ntaho uzatambira Uwiteka inyamaswa yo amabya gayo gahombanye, vangwa gamenetse, gashikijwe cangwa gaciwe, mutazagitamba ho gitambo mu gihugo canyu. 25Ntaho muzemera umushitsi na kimwe muri ibi bitambo, ngo mugitange kubo ibiryo by'Uwiteka,, kubera ko byaciwe ho, bizabe bifite ubusembwa: ntaho bishobora kwemerwa.26Uwiteka agamabana na Musa ngo: 27Ikimasa, intama cangwa ihene, izabera na nyina imisi ndwi, kuva ku musi gwa munane n'ikurikiyeho izemerure ko yatambwaho igitambo coswa, gikongorwaa n'umuriro k'Uwiteka.28Ikimasa cangwa intama, ntaho muzabage inyamaswa hamwe n'icana cayo ku musi gumwe. 29Igihe muza tambira Uwiteka igitambo c'ishimwe ko muri amahoro muzabigira kuburyo kigomba kwemerwa. 30Igitambo kizaribwa ngo musi, ntaco muzasigaza kugeza mu gitondo. Ndi Uwiteka.31Muzitondera amategeko ganjye kandi muzagashire mu bikorwa. Ndi Uwiteka. 32Ntaho muzakerensa izina ryanjye ritunganye kugira ngo nerezwe hagati y'abana b'Isiraeli ninjye Uwiteka ubeza. 33Kandi nabakuye mu gihugo ca Misiri kugira ngo mbe Imana yanyu. Ninjye Uwiteka.
Chapter 23
1Uwiteka agambana na Musa, aramubwira ngo: 2Vugana n'abana b'Isiraeli, kandi uzababwire ngo: imisi mikuru y'Uwiteka yo muzatangaza, izaba iy'ubutumire bwera. Dore imisi mikuru yanje iyo ari yo.3Imirimo izakorwa mu misi itandatu ariko umusi gwa karindwi n'isabato, umusi gw'ikiruhuko. hazaba iteraniro ryera. Nta murimo rwo muzakora kur'ugo musi; n'isabato y'Uwiteka mu buturo bwanyu bwose.4Dore imisi mikuru yo mutazatangaza kuba amateraniro gabo, yo muzatangaza ku gihe cayo cahagurutswe. 5Ukwezi kwa mbere, umusi gwa cumi na kane g'ukwezi, hagati y'ibigoroba bibiri, hazaba Pasika y'Uwiteka. 6Ku musi gwa cumi na gatatu gw'uko kwezi, hazaba umusi mukuru gw'imikati idafite umusemburo kubw'Uwiteka. Ku musi irindwi muzarya imikati itarimo umusemburo.7Umusi gwa mbere, muzagira iteraniro ryera: ntakazi muzakora k'uburetwa. 8Mu musi irindwi muzatura Uwiteka, ibitambo byoswa, bikongorwa n'umuriro. kumusi gwa karindwi hazaba iteraniro ryera: Nta kazi k'uburetwa muzakora.9Uwiteka aganira na ;usa kandi aragamba ngo: 10Vugana n'abana b'Isiraeli maze ikababwire ngo: igihe muzinjirira mu gihuu co nzabahaye, maze mukagira isarura, muzazanira umuganda, umuganuro gw'umusarura guranyu. 11Azazunguza hirya no hino ugwo muganda imbere y'Uwiteka, kugira ngo gwemerwe: Umutambyi azaguzunguka muruhande rumwe no murundi, bukeye bwaho bw'isabato.12Umusi gwo muzuzunguruko ugwo muganda, muzatambira Uwiteka igitambo coswa, intama y'umwaka gumwe itariho ubusembure. 13Muzongeraho ituro rya bibiri bya cumi by'isano y'inono, yavuzwe hamwe n'amavuta, nko kugitambo coswa gikongorwa n'umuriro kandi muza sukaho kimwe ca kane ca hini ca vino. 14Ntaho muzarya umukaticangwa gasekuye, kugeza ku musi go muzazanira umuganwa Imana yanyu. Nitegeko rihoraho kubw'abazabakomokaho, ahantu ho muzatura hose.15Kwa bukeye bwaho bw'Isabato, kuva ku musi muzazanaho umuganda kugira ngo guzunguzwe hirya no hino, muzabara ibyumweru birindwi byose. 16Muzabara imisi mirongo itanu kugeza bukeye bw'Isabato ya karindwi kandi muzagirira Uwiteka igitambo gishasha.17Muzazana imikati ibiriyo munzu zanyu, kugira ngo izinguzwe hirya no hina bizakorwa hamwe na bibiri by'icumi by'isano y'inono, kandi bitetswe hamwe n'umusemburo: ni umuganura w'Uwiteka. 18Usibyo iyi mikati, muzatura Uwiteka ibitambo byoswa abana b'intama barindwi batariho ubusembure, ikimasa n'infizi ibiri z'intama, muzongeraho ituro n'ibinyibwa bisanzwe, kuba igitambo coswa c'impumuro nziza kandi co kunezeza Uwiteka.19Muzatura isekurume y'ihene kuba igitambo c'ibyaha, n'abana b'intamaa babiri b'umwaka gumwe, kuba igitambo co gushimaho turi amahoro. 20Umutambyi azazunguza ibyo bitambo hirya no hino imbere y'Uwiteka, hamwe n'umukati ge'imiganura hamwe n'abana b'intama babiri, bizaturwa Uwiteka kandi bizaba iby'umutambyi. 21Ugo misi, muzamamaza umusi mukuru, kandi muzagira iteraniro ryera; ntaho muzakora umurimo g'uburetwa, n'itegeko rihoraho no kurubyaro rwanyu, ahantu hose muzatura.22Igihe muzasarura mu gihugu canyu, uzasiga ihembe y'umurimo gwawe ntaho uzayisarura, kandi ntaho uzatoragura ibizaja bisigara byo gutamba. Ibyo uzabisigira abakene n'abayamahanga. Ndi Uwiteka Imana yanyu.23Uwiteka avugana na Musa aragamba ngo: 24Vugana n'abana b'Isiraeli, ugambe ngo: umusi gwa karindwi g'ukwezi, umusi gwa mbere g'ukwezi, muzagira umunsi gw'ikiruhuko muzamamaza kw'ijwi ry'urumbati, kandi hazaba ubutumire bwera. 25Ntaho muzagukoraho umurimo k'uburetwa, kandi muzatambira Uwiteka ibitambo byoswa bikongorwa n'umuriro.26Uwiteka aganira na Musa aramubwira ngo: 27Umusi gwa cumi gu kwezi kwa karindwi, guzaba umusi gwa kubabarigwa: muzicisha bugufi mu mitima yanyu, kandi muzatura Uwiteka ibitambo byoswa bikongorwa n'umuriro.28Ugomusi nta kazi k'uburetwa muzagaboraho, kuberako ari umusi gwo kubabarirwa, gwo hagomba gukorwa umugenzo gwo kubabarirwa imbere y'Uwiteka yanyu. 29Umuntu wese utazicisha bugufi kuri ugwo musi azacibwa mu bantu be.30Umuntu wese uzakora akazi kuri ugwo musi, nzamusenya kuva hagati y'abantu be. 31Nta kazi nagato muzakora. Ni tegeko rihoraho kuburenyu no kubazahakomoka ho mu hantu hose muzatura. 32Guzaba kubwanyu isabato, umusib gw'ikiruhuko kandi muzacisha bugufi imitima yanyu kuva ku mugoroba gw'umusi gwa kenda kugeza ku mugoroba guzakurikiraho, muzaririza isabato yanyu.33Uwiteka avugana nna Musa, aramubwira ngo: 34Vugana n'abana b'Isiraeli, maze ubabwire ngo:umusi gwa cumi na gatatu g'ukwezi kwa karindwi guzaba umusi mukuru gw'ingando kubw'ishimwe ry'Uwiteka, mugihe c'imisi irindwi.35Ku musi gwa mbere, hazaba ubutumire bwera; nta kazi k'uburetwa muzakora. 36Mu gihe c'inisi irindwi muzatua Uwiteka ibitambo bikongorwa n'umuriro. Umusi gwa munane, muzagira iteraniro ryera, kandi muzatura Uwiteka ibitambo bikongorwa n'umuriro. Rizaba ari iteraniro ryo mu ruhame ntaho muzakora umurimo gw'uburetwa.37iyo niyo mikuru y'Uwiteka, amatumire gera, go muzaranga, kugira ngo batambire Uwiteka ibitambo bikongorwa n'umuriro ibitambo byoswa, amaturo, ibitambo n'ibitambo by'ibiryo, burikintu kumusi categuriwe. 38Muzitondera kanddi amasabato g'Uwiteka, kandi muzaboneza gutanga impano zanyu k'Uwiteka ibitambo byanyu byose byo guhigura imihigo n'amaturo yanyu y'umutima gukunze.39Umunsi gwa cumi na gatanu g'ukwezi kwa karindwi, igice co muzasururira imyaka by'igihugu, muzaziririza kandi umuzi mukuru g'Uwiteka mu gihe cimisi irindwi, umusi gwa mbere guzaba umusi gw'ikiruhuko n'umusi gwa munane guzaba umusi gw'ikiruhuko nagwo.40Muzafata umusi gwa imbuto z'ibiti byiza amatabi gimitende amatabi gibiti bipfundanye, n'ingemwe zo ku nkingo z'imigezi, kandi muzishimira imbere y'Uwiteka Imana yanyu, mu gihe c'imisi irindwi. 41Buri mwaka muzaziririza ugwo musi ugo musi mukuru kubw'Uwiteka mu gihe c'imisi irindwi. Nitegeko rihoraho kubwo abazabakomokaho, muzaguziririza mu kwezi kwa karindwi.42Muzamara imisi irindwi mu mahema, abanya gihugu bose bo Isiraeli bazaguma mumahema. 43Kugira ngo ababakomokaho bose bamenye ko natujije abana b'Isiraeli mu mahema, maze kubakura mu gihugo co mu misri, ninjye Uwiteka Imana yanyu. 44Uco niko Musa yabwiye abana b'Isiraeli imisi mikuru y'Uwiteka iyo ari yo.
Chapter 24
1Uwiteka agambana na Musa aramubwira ngo: 2Tegeka abana b'Isiraeli kukuzanira amavuta gayunguruye ga elayo gajanjajuwe kugira ngo amatara gahore gatunganijwe.3Ni hanze y'urusiko yari imbere y'ubuhe go mu hema ry'ibonaniro niho Aroni azi azagitegurira kugira ngo amatara gahore gari kwaka kuva ku mugoroba kugeza mu gitondo hamwe n'Uwiteka iri n'itegeko rihoraho ku kubazabakomokaho. 4Azatunganya amatara no kugeshira ku biterako by'izabihu kugira ngo gahore gaka imbere y'Uwiteka.5Uzafata ifu y'inono, uzakoramo adatsi duto cumi na tubiri, dutandatu mu gatsiko kamwe, ku meza g'izahabu nziza imbere y'Uwiteka. 6Uzabishira kuturundo tubiri, dutandatu mugatsiko kamwe, ku meza g'izahabu nziza imbere y'Uwiteka.7Uzashiraho umubavu mwiza hejuru ya burigatshiko, kandi biiizaba hejuru y'umukati nko kw'ituro rikongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka. 8Buri musi gw'isabato bazapanga ku musitari iyo mikati imbere y'Uwiteka, ibihe byose; ni isezerano rihoraho, ryo abana b'Isiraeli bazatondera. 9Bizaba iby;Aroni n'abahungu be, kandi bazabirira ahantu hejejwe; kubera ko bizababwo ibyejejwe, igice kimwe c'amaturo gakongorwa n'umuriro imbere y'Uwiteka. Ni itegeko rihoraho.10Umuhungu w'umugore w'umu Isiraeli atuka izina ry'Imana. Bazanira Musa nyina we yitwaga Shelomiti, mwari wa Dibri, wo mu muryango gwa Dani. 11Umuhungu w'umugore w'umu Isiraeli atuka izina ry'Imana. Bazanira Musa nyina we yitwaga Shelomiti, mwari wa Dibri, wo mu muryango gwa Dani. 12Bamushira munzu y'imbohe, kueza ubwo Musa azaba amaze guhamya ico Uwiteka azategeka.13Uwiteka agambana na Musa, aramubwira ngo: 14Sohora umushizi w'isoni hanze y'inkambi, abamwumvishije bose bazamuvumbika ibiganza ku mutwe nuko iteraniro ryose rimuteye amabuye.15Uzagambanna n'abana b'Iisraeli, kandi uzababwira ngo: umuntu wese uzavuma Imana ye, azikorera umutware w'icaha ce. 16Uzatuka izina ry'Uwiteka azahanishwa urupfu: iteraniro ryose rizamutera amabuye yaba ari umunyamahanga cangwa umunyagihugu azapfa kubera ko yasuzuuguye izina ry'Imana.17Uzakubita umuntu bikavamo urupfu azahanishwa igihano c'urupfu. 18Uzakubita inyamaswa bikavamo urupfu azayiriha, ubugingo ku bugingo.19Niba umuntu akomekeje mugenzi we, bizamugendekera nkuko yakoze. 20Imvune ku mvune, ijisho ku jisho, iryinyo ku ryinyo, azakorerure igikomere nk'ico nawe yakoze ubwe kuri mugenzi we. 21Uzica inyamaswa azayiriha, ariko uzica umuntu azahanishwa urupfu.22Muzagire itegeko rimwe, umunyamahanga kimwe nk'umuturage kubera ko ndi Uwiteka Imana yanyu. 23Musa abwira abana b'Isiraeli, basohora uwo mushizi w'isoni bamujana hanze y'inkambi. Nuko bamuterera amabuye. Abana b'Isiraeli bumvira itegeko ry'Uwiteka ryo yari yahaye Musa.
Chapter 25
1Uwiteka agambana na Musa ari ku musozi gwa Sinayi aramubwira ngo: 2Vugana n'abana b'Iisraeli uzababwire ngo: nimuzamara kwinjira mugihugo co mbahaye mwewe, iitaka rizaruhuka, izaba ari isabato kubw'Uwiteka.3Mu gihe c'imyaka itandatu uzabiba imbuto mu mirimo gwawe, mu gihe c'imyake itandatu. Uzakomera by'uruzabibu rwawe kandi uzasarura ibyo rweze. 4Ariko umwaka gwa karindwi guzaba isabato, igehe cikiruhuko c'ubutaka n'isabato kubw'ishimwe ry'Uwiteka, ntaho uzatera mu murima gwawe, kandi ntaho uzakonera uruzabibu rwawe.5Ntaho uzasarura ibizava ku mbuto zaguye ku musaruro gwawe, kandi ntaho uzasarura amaseri go mu ruzabibu rwawe rutanganyijwe, guzaba umwaka gw'ikiruhuko ihanya k'ubutaka. 6Ibyo ubutaka buzabyara muri ugwo mwaka gw'ikiruhuko bizababera ibiryo, wowe, umugaragu wawe n'umuja wawe, umucancuro n'umunyamahanga utuye hamwe nawe. 7Ku matungo gawe n'inyamaswa ziri mu gihuga, ibyo ubutaka buzera byose bizababera ibiryo.8Uzabara isabato ndwi zimyaka, gukaba karindwi, imyaka irindwi n'imisi yizo sabato ziri irindwi z'imyaka zizagira imyaka mirongo ine n'icenda. 9Umusi gwa cumi gu kwezi kwa karindwi, uzavuza ingufu ni umusi gwo kubabarirwa ibyaha, muzavuza ingunga mu gihugo canyu cose.10Muzaza umwaka gwa mirongo itanu, ubwogenge mugihugu ku baturage baco bose. Guzababera umusi gw'urwibutso rw'imyaka mirongo itanu. Muri muntu wo muri mwe azasubira m'ubukonde bwe, kandi buri wese wo muri mwe azasubira mu muryango gwe.11Umwaka gwa mirongo itanu guzababera urwibutso rw'a Yubire: ntaho muzabiba, ntaho muzasarura ibyo imirima izera ubwayo, kandi ntaho muzasarura imbuto imizabibu itarakemuwe. 12Kubera ko ari Yubile: muzayireba nk'ikintu cejejwe. Muzarya ibyo mirima ganyu yejeje.13Muri ugwo mwaka gwa Yubile, buri muntu wo muri mwe azasubira mu bukonde bwe. 14Niba mugurishije mugenzi wanyu cangwa niba muguze nawe, hatagita urimanganya mwene se.15Uzagura na mugenzi wawe, mubare imyaka kugera kuri Yubile, kandi azakugurishe hari kubara imyaka y'iroporo. 16Uko imyaka igenda ihita, niko igiciiro kigenda kizamuka kandi uko imyaka ihita niko nawe uzagenda ugabanya, kubera ko umubare w'amasarura ariwo akuyurishije. 17Nta numwe wo murimwe uzarimanganya mugenzi we, kandi uzatinya Imana kubera ko ndi Uwiteka Imana yanyu.18Mushire amategeko yanjye mubikorwa, mwitondere amabwiriza ganjye kandi mugashire mu bikorwa kandi muzaba muhora mugihugu. 19Igihugu kizatanga imputo zaca muzarya muhage, kandi muzagituramo mumahoro.20Niba mugambye ngo: mu mwaka gwa karindwi tuzarya iki? kuko tutazabiba kandi tutazayarura? 21Nzabaha umugisha gwanjye mu mwaka gwa gatandatu, kandi nzabaha umusaruro gw'imyaka itatu. 22Muzabika mu mwaka gwa munane kandi muzaba mukirya ku byasaruwe ku masaruro ye mbere, kugeza mu mwaka gwa kenda kugeza ku masarura mashasha muzaba mukirya agasaruwe kera.23Ubutaka ntaho buzagurishwa burundu, kubera ko igihugo ari icanjye, kubera ko kuri nje muri nkabashitsi kandi nk'abaturage. 24Aho muzabona umugabane mu gihugu hose muzashiraho.... y'ubutaka. 25Niba mwene so abaye umukene akagurisha igice c'ubukonde bwe, azaba afite ububasha bwa gucungura. Mwene wabo wa bugufi azaza acungure ibyo mwene se yqgurishije.26Niba umuntu nta muntu agira, ufite ububasha bo gushungura, akabona we ubwe uburyo bwo gucungura.27Azabara imyoka buwa igihe c'ubukunzi azariha ibirenzeho ku wari yaguze, nuko azasubira m'ubukonde bwe.28Niba atabonye uburyo agarura, ibyo yagurishije biza guma mumaboko yuwaguze kugeza kumwaka gwa yubile; yubile nigera, azasubira mububoko bwe nuko uwabuguze azasohoka mo.29Niba umugabo agushije inzu yo kubamo mumugi gufite urukuta, azagira ububesho gucungura kugeza igihe c'umwaka gumwe kuva igihe co yaguriwe ho, ububasha bo gucungura bazamara umwaka gumwe.30Niba iyo nzu irimumugi guzungubwe n'urukuta itabonye uwo kuyicungura mbereyuko igihe c'umuraba muzima kugera, izaguma burundu mumaboko gu wayiguze n'aba mumaboko; ntaho izavuma kuri yubile.31Amazu go mumidugudugatazegarutswe n'inkuta izaba nk'imivima; gazushabura gu cungurwa, kandi uwaguzwe azasohoka mo ku musi wa yubile.32Nabo imirima yubunelawi na manzu bazaba go bafite mo, babalawibazagira ububasho bwo gucungura.33Uzagura inzu n'ubulawi, azasohoka munzu yaguzwe no mumugi go yari yaifite mo kuri yubile; kubera ho amanzu go mumigi y'abalawi ari ubukonde bwabo hagati yaba Israeli.34Imirima iriminkengero z'imigi y'abalawi ntahon izashobora kugurishwa; kubera ko aribo bayifiteho ubukonde.35Niba mwene so yabaye umukene akakutegera amashi, uzamufasha; nuko uzagirira n'umunyamahanga nzaba yasuhubiye mugihugo, kugirango abe hamwe nawe.36Aho nzamukuraho inyungu cangwa ibirenze, uzatinya Imana yawe, kandi mwene so azabana nawe.37Ntahoo uzamubuza amafaranga gawe kubyara i nyungu, kandi ntaho uzamuguza ibiryo ku nyungu.38Ndi Uwiteka, Imana yawe, yagukuye mugihugo ca misri, kugira ngo mbahe igihugo ca kanani kugira ngo mbe Imana yanyu.39Niba mwene so yabaye umubone buguti yawe, nuko akigurisha buri wowe, ntaho uzamukoresha imirimo y'imbata.40Azaba iwawe nk'umu cancuro, kumuntu azakukorera kugeza kumunsi gwa yubile.41Azasohoka iwawe, we nabana be hamwe nawe, maze azasubira mumurgyango gwe, mububonde bwa ba se.42Kubera ko ari abagaraga banje, bo nasohoye mugihugo ca misri; ntaho buza gurishwa kuko bagurisha imbata.43Ntaho uzamutwara n'igitungu, kandi uzatinya Imana yawe.44Muba nyamahanga bari imishike wawe nimo uzabura imbuta yawe n'imuya yawe maze bube imbata zawe, muribwo nimwo uzagura imbata numuya.45Kandi uzashobora kugura abana babanyamahanga bazaba buri uwawe, nabo mumiryango yabo bo baza byarira mu gihugo canyu; kandi bazaba ubakanye bwawe.46Muza basigaho umurage gwabanu banyu nyuma yanyu, nk'ubukonde; muzabagumana nkubukonde bihe byose. aribo bene so, abana israeli, nta numwe wo musi mwe uzatureze mwene se igituku.47Niba umunyamahanga, niba baibuwe abaye umukire, naho mwene so agahenduka umukene bugufi bw'uwo akigurisha buri uwo munyamahanga uba iwawe cangwa kuri umwe wo mumurgyango. 48Kuri we hazaba ngubasha bwo kumucungwa, amaze kwigurisha: umwe wo muri bene waboazushobora kumuca nyuma.49Nyira nyume, cangure umuhungu wa nyiru umwe vangwa umwe wo muri bene wabo wa hugufi azashobora kumwanyura; cangwa; niba yahinduka umukire, yakwi cungura ubwe.50Azabara we hamwe n'uwamuguze, guhera ku mwaka gwa yigurishiyiho kugeza kumwaka gwa yubile; kandi igiciro kizakuribiza umubare bw'imyaka, izaburwa nk'imucacuro.51Niba imyaka ikiri myinshi, azariha ubuwinguzi akurikije igiciro c'iyo myako yo yagurishije eyo myaka.52Niba hasigaye imyaka mike kugeza kuri yubile, azabara, nuko azariha ubucunguzi bwe akurikije iyo myaka.53Aza nk'umu cuncuro ku mwaka, kandi uwo azaba ari iwe ntaha azamufata igiturgu mumaso ge.54Niba ado uguwe na bamwe muri ubu buryo, azavamo ku kumureka gure yubile, we nabana be amwe nawe.55Kubera ko ari kubwanje abana bi israeli ari imbuta; n'imbata zanje, zo nakuye mu gihugo ca misri. ndi Uwiteka Imana yanyu.
Chapter 26
1Ntaho muzikorera ubigirire mana, ntaho muza bagarika iginshushanyo c'inkingi, kandi ntaho muzahagarika ibyo mu gihugo canyu gitazeho ibi shushanyo, kugira ngo mu byikubite imbere; kuko ndi Uwiteka, Imana yanyu. 2Muzitondera amasabato ganje, kandi muzubaha ubuturo bwanje. Ndi Uwiteka.3Nimukurikiza amategeko ganje niba muzunvira ibyonabatagetse kandi mukabishira mu bikorwa.4Nzabakoreza invura ku giye ayo, ubutaka buzatanga umusaruro, kandi ibiti byo mu murima bizatanga imbuto.5Hahura ingano kuzageza mugakoze kusarura ry'izabibu, n'isarura ry'inzabibu rizabageza ku ibibo; muzarya umukati gwanyu muhoye kandi muzatura mugihugo canyu mumahoro.6Nzashira amahoro mugihugo kandi nta kindu kiza buza ibitsotsi buyonyi umutekano; nzabamaraho ibisimba bibarushe, kandi ntaho izangera kunyura mugihugo canyu.7Muza kurikira abanyu, kandi nabo hazagwa imbere yanyu bishwe n'inkoto.8Batanu bo muri bazirikana ijambo, nijana ryo muri mwe bazirubana ibihumbi cumi kandi abanzi banyu bazargwa imbere yanyu bishwe n'inkota.9Nzabahindukirira,nzabazorota, kandi nzabatubura, kandi nzakomezaisezerano ryanje hamwe namwe. 10Muzarya ibyo mwasaruye kera, kandi muzakukura, kugirango mubone aho mucumika amasaruro mashasha.11Nzashumagira hagati yanyu, kandi umutima gwane ntaho guza hatera ubwoba.12Nzagenda hagati yanyu, nzaba Imana yanyu namwe muzaba ubgoko bwanje. 13Nabakuye mu gihugo ca misri,yabakuyemu buretswa; naciye imisozi imirungu yari iziritse ho umutwaro gwari gubonetamishije none muri kugenda mweme ( mutegeye umutwe hejuru ).14Ariko niba mutanyunviye, handi ntimushire mu bikorwa ago mategeko gose,mwanze ku nyunva.15Niba munsuzuguye, kandi niba imitima yanyu yanze amategeko yanje kuburyo mutazashira mubikorwa amategeko ganje no gusesa amasezeraniro ganje.16Dore noneho ico nzabakorera nzabahereza ibintu biteye ubwoba, gusazahera, agupurura, biza tuma amaso ganyu gahondobera kandi kumutima gwanyu gukababanzure; gaculi muzabibire agatsi, kuko abunzi yanyu aribo bazabirya.17Nzabatera umuganyo, kandi muza tsindwa abanzi banyu; abaganga bazabategeka, kandi muzahunga kandi ari ntawe ubirutseho.18Niba, nubwa byaba guco, mutazunyunvira nzaba hana burenze ubugire karindwi kubwo ibyohe byanyu.19Nzacuhya ubwihane bwimbaraga zanyu, nzahindura ijuru ryanyu gukomeza nkicuma ni ntaka ryanyu nkumuringu.20Imbaraga zanyu zizashirira ubusa, itaka ryanyu ntaho zizatanga imbuto zabyo.21Nimikomeza kushingana ijosi handi mubanga kunyunvira, nazbakubita kurenzaho ubugwa karindwi kubera ibyaha byanyu.22Nzaba korereza inyamaswa zo mushamba zizabambura abana banyu, ziza rimbura amatungo yanyu, kandi ziza bagambanya mugahinduka umubare mutoya, kandi nzira zanyu zizaba amatongo.23Niba ibyo bihano bitabagaruye kandi mugakomeza kunshingana ijosi.24Nza nyuza ukubiri namwe kandi nanje nzabakubita kurenza ubugira karindwi kubera ibyaha byanyu.25Nzaba shumuriza nkota, izahorera isezerano ryanje; ni muterana mi igi yanyu, nzakereza icorezo hagati yanyu, kandi muzagabizwa abanzi banyu.26Igihe azarunagura inkoni y'umukati; alagore cumi bazakereza imikati yanyu mu cokebo kimwe, kandi bazayibampemera, mutye mwore guhaga (mutahaga).27Niba, nubwo byaba bico, niba mutazanyunvirakandi niba mukomeje kunsuzugura.28Nanje nzaguza ukubiri namwe n'uburabari bwinshi kandi nzabahana ubugira karindwi kubera ubyaha byanyu.29Muzanye imibore yabahungu banyu, kandi mizirya inyama z'abahara banyu.30Nzarimbura ahanru hanyu ho gusengera kwanyu, nzashenyura ibigirwa mana mwejereje izuba, nzashira intumbi zanyu, kandi umutima gwanje guzabanga.31Imigi yanyu nzayihindura ibidaturwa, kandi nzahindura insegero zanyu amatanyo kandi ntaho nzagera guhumurirwa ni impumuro nziza y'ibtumura yanyu byoswe.32Igihugo canyu nzagihindura amatungo, kandi abanzi banyu bazagitura babitangarire.33Nzubatatanya hagati yamahanga kandi nzakuritswe inkota igihugo canyu kizahinduka umusaka, kandi imigi yanyu izaba ibidaturwa.34Nibwo igihugo kizishimira amasabato ganje, igihe cose kizaba ariamatungo kandi muzaba muri mugihugo c'abanzi banyu; ubwo ni bwo igihugo kizaruhuka; kandi kizishimira amasabato ganje.35Igihe cose kizaba kiri amatongo kizagira ikiriko co kitageze kugira mumasabato ganyu, igihe muvari mugituye.36Abo muri mwe bazaba bukiriho, nzatera ubwoba imitima yabo, mugihugo c'abanzi bubo; urusaku rw'ikibabi ruzabirukaho bahunga nkano barikuhunga imbuto kandi bazagwa erintawe ibirutseho.37Bamwe bazungwa hejuru yabandi nkaho bari mbere y'inkota, arintawe abirutse inyuma. ntaho muzashobora kuhagarara imbere y'abanzi anyu.38Muza pfira hagati yamuhanga kandi ibuhugo byabanzi banya bizabaryaabarokotse.39Abashitse kucumu bo muri mwe bazitwa no kuyonga kubwo gukiranirwa kwabo mu bihugo byabanzi banyu, no gusundahara kubera gukiramweru kwa basebabu.40Baza tura gubiranirwa kwabo n'ubwaha se babo, ibicumuro bancumuyeho njewe, no kutunvira bankoreye.41Ibyaha byatumye ko nanje nzacisha ukuri nabo kundi kubujana mugihugo c'abanzi babo, kandi nuko imitima yabo itarakazwe izicisha bugufi, kandi bazishura ideni ryo gubitunirurekurabo.42Nzibuka isezerano ryanje na kikabona isaba n'isezerano ryanje na Abrahamu, kandi nzibuka n'igihugo.43Bazasiga igihug, kandi kizishimira amasabato guco igihe co kizasigara ari amatungo kure yabo; kandi bazishuraideni gwo gukivanirwa kwabo; kubera ko basuzuguye amabwiriza ganje, imitima gabo ikanga bidasubirwaho amategeko ganje.44Ariko, igihe co buzagerera mu gihugo cabanzi babo, ntabwo nzabareha buheriheri, ntaho nzabanga urunuka, kugeza aho nabarimbura, kugeza ubwo naca isezerano nabo, kubera kandi Uwiteka Imana yabo.45Nzibuka ku bwabo isezerano ryakera, ryo ryatumye mbasohora mu guhugo ca misri, mu maso gamahanga kugira ngo mba Imana yabo. Ndi Uwiteka.46Aganigo: mategeko, n'amateka n'amabwiriza go Uwiteka yashize hagati ye n'abana ba Israeli, ku masozi gwa Sinai, akoresheje musi.Chapter 27
1Uwiteka agambana na Musa, kandi aramubwira ngo: 2Yugana n'abana bi (israeli, maze uzababwira ngo: igihe co guhiga umuhigo, niba ari umuhigo gwabantu, bazaba ab'Uwiteka nkuko igiciro nzucira kiri.3Niba ari igiciro c'umuntu w'igitsina gabo kwa ku miabu makumyabiri kugeza ku miaka mirongwi itatu, igiciro cawe kizaba ica Ahekeli z'ifeza mirongo itatu, dukurikuje shekeli zo ku gipimo ca Shekeli zo ku gipimo ca Shekeli z'Ahera.4Niba ari uwigitsina gure, igiciro kizuba ica Shebelimirongo itatu.5Kuva ku myaka itatu kugeza kurimakumyabiri, igiciro cawe kizaha ica Shekeli z'ifeza makumyabiri ku gitsina gabo, na Shekeli icumi kumukubu.6kuva ku kwezi kumwe kugeza ku mwaka itanu, igiciro cawe kizaba ica Shekeli z'ifeza itanu ku gitsina gabo, na Shekeli itatu ku mukobwa.7Kuva ku myaka mirongo itandatu, igiciro cawe kizuba ica Shekeli cumi nitanu z'ifeza ku gitsino gubu, na Shekeli icumi ku gitsina gore.8Niba uwahize umuhigo uri mubene cane kuburyo atashobora kucihe igiciro cawe, bazamwereka umutambyi, uriwe uzamushiraho igiciro, nuko umutambyi azakoza igiciro nuko umutambyi asokoza igiciro co uwo muntu wahize ashoboza kubona.9Niba ari amahiryo gashobora gutarwa Uwiteka nk'igitambo coswa, buri tungo ryo bazaha Uwiteka rizaba ibintu cejejwe.10Ntaho bazarama, kandi ntaho buzashira niboneye mucimbo c'itaboneye; nibu baguranye itungo kurindi, gasaba gombi ikintu cajajwe.11Niba amatungo gazira gadashobora guturwaho igitambo k'Uwiteka, bazareba umutambyi nyo tungo.12We azarisuzema, akoze igiciro bikurikije nko riboneye cangwa ritabonye, kandi baza kurikiza igiciro c'umutambyi.13Niba bushaka kurishungura bazongera ho kimwe ca gatanu kugiciro.14Niba umuntu gejereje inzu ya kuyitambira Uwitea, umutambyi azayishira ho igiciro akurikije nko riboneye cangwa ritaboneye, kandi baza kurikiza igiciro c'imitambyiwe uzashiraho igiciro akurikije ko riboneye cangwa ko ritaboneye kandi hazakurikizwa igiciro c'umutambyi.15Niba uwo wojeje inzu yeashatse kugicungura, azanyera kimwe ca gatanu kugiciro cemejwe, nuko niyo tungo rile irye.16Niba umuntu yerye Uwiteka umurimu g'ububonde bwe, igiciro kiza kuribiza uburyo imbuto ibigwamo ingana, sheka imirongo itanu z'ifeza kuri homeri y'imbuto sayeri yibibwemo.17Niba ari nguhera kumureba kumwaka gwa yuleli no bejereje umutimu gwe, buzaburikiza igi ciro ce.18Niba ari nyuma ya yubile yeye umurimu gwe, umutambyi azareba nggiciro akurikuje umurebe gw'inyuba isigaye ngo Yubile igere, nuko habeho kugabanya kuciciro cawe.19Niba uwejeje umuriba ari gushaka kugushungura, azanyeruho kimwe ca gatanu ku giciro co yibwira, nuko umurima guzagumya kuba ngwe.20Niba we adacunguye ngo murima, gukaruhwa undi munta, ntaho guzaba gugishoboye kugucungura.21Kandi ugihe uwuguguza azavamo kuri yubile ugo murima cazuba gwerywe Uwiteka, nk'umurima gw'ahonzwe: guzaba ubukonde bwumutambyi.22Niba umuntu yereje Uwiteka umurima gwo yahawe ariko gutari ububande bwe.23Umutambyi azabara igiciro akurikiye uko wagiciriye kugeza ku mwaku gwa yubile uwomugabo azishura ngo musi igiciro cahagaritswe nkuko gwaba gwarajerejwe Uwiteka.24Kumwaka wa yubile, umurima guzagarukira uwari yagugurishije no kubukonde bwo yaugaruyeho.25Uko uzagucira bizaba mushekeli zo munzu y'Imana: Ishekeli igera makumyabili. ( gera 20:1 shekeli).26Nta muntu numwe azeza uburiza bwa mbtungo go, kukgasanzwe ari ag'Uwiteka kubwo kuba uburiga; ikimasa, Yobu ari umwana gw'intama, n'ugwo Uwiteka.27Niba aburiza itungo rizira, bazaricungura bukurije ibiciro kimwe ca gatanu; niba kitacunguwe, kizagurishwa hakurikijwe igiciro wemeje.28Ico umuntu azatanga uburundu, muhyo yatanze, nta na kimwe kiza gurishura cangwa ngi gicungurwe; yuba ari umuntu, itungo cangwa umurima g'ubukonde bwe, ibyahanzwe burundu kizaba kirejejwe Uwiteka burundu.29Nta muntu numwe watuwe burundu ntaho azacungurwa, ahubwo azicwa.30Buri ca cumi cose c'ubutaka caba ari icasarura y'ubutaka, cuba ari icimbuto z'ibiti, n'ib'Uwiteka; n'ikintu cejerejwe Uwiteka.31Niba umuntu ashaka gucungura ngeraho kimwe ca gatanu.32Kimwe ca cumi camatungo munini cangwa c'amatungo magufi, ca buri kintu cose kingura musi yinkoni, kizaba kimwe mu ucumi cererejwe Uwiteka.33Ntaho bazaruhuruza ko ari ciza cangwa kibi, kandi ntaho kizasimbuzwa; niba basimbuzwa inyamaswa imwe nindi; zombi zizaba ikintu cejejwe, kandi ntaho zishobora gucungurwa.34Aga nigo mategeko go Uwiteka yahwe Musa kugira ngo agahe abana ba Israeli, kumusozi gwa sinai.Psalms
Chapter 1
1Akahabwe imigisha umuntu udatemberaga mu nzira hamwe n' ababi, cangwa akareka gutemberana n' inkozi z'ibyaha cangwa uhoraga mu huriro ry'abasekanyi. 2Ariko ukahabwe imigisha n'uwishimiraga itegeko ry' Uhoragaho.3Akabe ng'igiti gitewe hambavu y'amasoko g'amazi, kibyaraga amatunda igihe kigerire, amababi gaco ndo gohunguka, cose apanze gukora kirashobokaga.4Ariko ntaho ariko bamerire k'ubabi. Bamerire ng' umurama gurikuzunguzwa n ' umutaga. 5Igihe c' urubanza bakatsindwe, kandi abanyabyaha ntaho bakasubire guhagarara mu huriro ry' abatunganye.6Uhoragaho yemeraga inzira z'intungane, ariko ababi bakapfe bashire.Chapter 2
1Kuki ibindi gihugu byiberaga m' ubuhuni? Kuki abantu baberagaho barigutegana imitego? 2Abami bo mu si biteguye kurwana, kand' abatware bagiriy' inama kurwanya Uhoragaho na Masiya we barikugamba ngo: 3Mureke ducagagur' ibyo batubohesheje, tujugunye kure iminyororo batubohesheje.4Uhoragaho wikeye mu juru akabaseke Umwam' Imana akabamwaze.5Hanyuma akababwize umujinya, akabatinyishe uburakari bwe bwinshi.6Ngo: ni nyowe wasize Umwami wa nyowe ku musozi gwa nyowe gutungenye.7Nkatangaze itegeko ry' Uhoragaho. Yambwiye ngo: Ur' Umwana wa nyowe, guno musi ndi papa wawe.8Umbaze, nkaguhe ibihugu kuba umurage gwawe. Nkavune abari mu bihande bya kure by' isi ngo bibe ibya wowe.9Ukabavunishe inkoni y'icuma, ukabajanjure nkaho ari ibibindi.10None ho, mwewe bami, mumenye, kandi mwemere gukosorwa mwewe bajuji bo mu si.11Mukorer' Uhoragaho mu bwoba, mwishime murigutitira.12Muhobere uwo mwana kugira ngo yere kurakara, mugashirira mu nzira zanyu, kubera ko arakaraga vuba. Hahiriwa abamuhungiragamo.Chapter 3
1Uhoragaho, abanzi ba nyowe ni kangari! Abenshi bampindukiye no kundwanya.2Benshi barikungamba ngo ntaho Imana ikamfashe.3Ariko weho, Uhoragaho, ur' ingabo inzungukire. Ni wowe bwiza bwa nyowe, ni weho ushira hejur' umutwe gwa nyowe.4Ndigupandisha ijwi rya nyowe ndiguhamagara Uhoragaho, yikeye ku musozi gutungenye kandi ari kunsubiza.5Naryamye, ndasinzira, nabyutse kuk' Uhoragaho yandinze.6Ntaho nkatinyishwe n' abantu akangari banteze mu mpande zose ngo banyite.7Uhoragaho, haguruka: Nkize Mana ya nyowe : kuko ukakubite abanzi ba nyowe bose ku ryinyo rinini, ababi ukabakure amenyo.8Uhoragaho niwe agakiza ka nyowe, umugisha gwawe gube ku bantu bawe.Chapter 4
1Nsubize Mana igihe ndikuguhamagara, ni wowe butungane bwa nyowe. Mfungurire igihe ndikugutakira. mbabarire kandi wumve gusenga kwa nyowe.2Bana b' abantu, kugeza ryari mukahindure icubahiro ca nyowe murigushaka ko nahaba? Mukageze he gukund' ibyabusha no gukurikiz' ububeshi? Sela.3Ariko mumenye ko Uhoragaho yicaguriye umwira we, Uhoragaho akanyumve muhamageye.4Mutitire hambere z' icaha: mutekereze mu mutima yanyu, munshakishe kandi muhoze. Sela.5Mutange ibitambo by'ubutungane, kandi amiringiro ganyu gabe m' Uhoragaho.6Abenshi barikubaza ngo: Ni nde ukakwereke ibiboneye? Uhoragaho, fungura amaso gawe uturebe.7Ushize ibyishimo mu mutima gwa nyowe kurusha abandi bejeje amasaka kandi bafite na vino nyinshi.8Mu mahoro nkadyame no gusinzira kubera ko weho wonyine, Uhoragaho, umpaga kubaho mu mahoro.Chapter 5
1Uhoragaho, fungura unyumve, wumve kujugumba kwa nyowe.2Mwami kandi Imana ya nyowe, wumve ijwi rya nyowe ririkuguhamagara kubera ko ari weho mbaga ndigusaba.3Uwiteka, mu gitondo ugende wumve kurira kwa nyowe, mu gitondo nkakugezeho gusaba kwa nyowe, kandi mbereho ndindiriye ibisubizo bya wowe.4M' ukuri ntaho Imana yishimiraga ikibi, umubi ntaho akabe hagati y' abageni ba wowe.5Abirasi ntaho bakahagarare mu maso ga wowe kuko wangaga abakozi b'ibibi bose.6Ukamareho ababeshi bose, Uhoragaho yangaga kubi umwicanyi n'indyandya.7Ariko kuri nyowe, kubera ubwihisho by' indagano zawe zidahindukanga nkayije mu nzu yawe ndi kuguha icubahiro, ndigupfukama ndikureba ikanisa rwawe ritangenye.8Uwiteka nyobore m'ubutungane bwa wowe kubera abanzi banzungurukire, ushire hambere ya nyowe inzira idafite urukumba.9Kubera ko nta kuri mu kanwa kabo, mu ndani yabo hujwiyemo ibibi; umuhogo gwabo gurarangaye nk'akaburi, babesheshaga indimi zabo.10Mana, tangaza ibyaha byabo, bagwishe bere kuzuza imipango yabo, basunikire kure kubera amakosa gabo akangari, kuko babeye abahuni hambere ya wowe.11Ariko wemere ko abaguhungiyeho bishima, bamerire Mana ngo bagende bakwishimiye kubera ko urikubacunga, bemerere ko bakishimira bose abakundaga izina rya wowe. 12Kuko ukagishe ugutunganiye kandi ukabazungukisheho urukundo ribabere igikingisho.Chapter 6
1Uhoragaho, were kunsukisha umujinya gwa wowe kandi were kumpana m' uburakari bwawe.2Uhoragaho, mbabarire kubera ko nta ngufu mfite. Uhoragaho, nkize kubera ko amagufa ga nyowe garigutitira.3Umutima gwa nyowe ntaho gwikeye mu bwimbo. Ariko weho Uhoragaho ukabihagarike ryari? 4Uhoragaho, yija, untabare. Nkinze kubera indagano za wowe zitungenye. 5Kubera ko m' urupfu ntaho nkakwibuke, ni nde ukagushime yapfiye?6Kububura mbihagire, ijoro uburiri bwa nyowe bwabeye amazi kubera amarira, uburiri bwa nyowe bwabeye igishanga.7Amaso ga nyowe gaviye mu gihanga kubera ubusharire, gahoraga gariguhunira kubera abanzi ba nyowe.8Mumve hambavu mwewe mwese mukoraga ibibi kubera ko Uhoragaho yumvishije kurira kwa nyowe.9Uhoragaho yumvishije gusaba kubabarirwa kwa nyowe, Uwiteka yamarire kumva gusenga kwa nyowe.10Abanzi ba nyowe bose bakamware no kubura amahwemo. Bakagire ubwoba bwinshi, basubire hanyuma no mu kanya gatoya bakahinduke busha.Chapter 7
1Uhoragaho, Mana, ni weho bwihisho bwa nyowe: untabare, unkize abarikumpiga.2Atari guco, bakashanyure mo ibipande nkuko intare yitaga igisimba kandi nta muntu n'umwe ukampe uburuhukiro.3Uhoragaho Mana ya nyowe, ntaco nakorire m' ubyo abanzi ba nyowe barikundega, nta kugura ukuri kuri mu maboko ga nyowe. 4Ntaho nakoreye ibibi umuntu wibereye mu mahoro wose, ntawe natesheje mu banzi ba nyowe.5Mbaye ntarikugamba ukuri, emera ko umwanzi anyirukaho no kuntsinda, wemere ko anyata umubiri gwa nyowe kandi ko kubesha kwa nyowe kumwarira m'umucucu. Sela.6Uhoragaho, haguruka m'umujinya gwa wowe, hagarara undwanire kubera umujinya gw' abanzi ba nyowe kandi ubyuke utsindishe abanzi ba nyowe amategeko go wabategekire.7Nuko iteraniro ry'ibihugo rikuzunguruke nuko wongere gufata umwanya gukwiriye hejuru yabo.8Uhoragaho, cira amahanga urubanza: Uhoragaho, unyishurire kubera ko nta kibi nakorire kandi ko ntungenye, Weho Uri hejuru ya byose. 9Emera ko ububi bw'abanyabyaha bushira, hanyuma ukomeze abatungane, Weho Mana itunganye, weho urebaga neza mu mitima n'impyiko z'abantu.10Imana niyo ifite ingabo yo kundinda, niyo ikizaga itungane.11Imana n'umujuji w' ukuri , n'Imana igiraga umujinya imisi yose.12Imana ikacaze inkota yayo k' umuntu wangire kwihana kandi yatayarishije umuheto gwayo ngo arwane.13Kandi yatayarishije ibikoresho by' indwano ngo imwite, imyambi yayo irikwaka umuriro.14Umunyabyah' ahetse inda hujwiyemo ibibi, inda yahekire hujwiyemo imipango yo kwita gusa nuko ikazare ububeshi gusa.15Yacukwiye icobo kireyi, hanyuma yahirimyemo kandi ari we wagicukuye.16Imipango ye yo kwita ikagaruke ku mutwe gwe, urugomo rwe rukagwe mu gitwariro ce.17Nkashim' Uhoragaho, nkuko bikwiriye gukiranuka kwe, nkaririmbe amashimwe kubera izina ry'Uhoragaho Uri hejuru cane.Chapter 8
1Uhoragaho, mwami wacu, ntawomenya uko izina ryawe ari ryiza mu si yose! Washyiz' icubahiro ca wowe hejuru y' amajuru.2Mu kanwa k'abana batoya n'abari ku bere washijemo amashimwe kubera watsinze, abanzi ba wowe, kugira ngo afunge akanwa k'umwanzi n'uwihoreraga.3Igihe nitegereje amajuru, umurimo w'i ntoke zawe, ukwezi n'inyenyeri, ibyo wapanze,4Umuntu amarire ki ngo umumenye, cangwa umuntu ngo umwiteho?5Wamuremye hafi umugire nk'Imana, kandi wamwambitse ipete ry'ubgiza n'icubahiro.6Wamugize umutegetsi w' ibintu waremesheje ukuboko kwa wowe, washije ibintu byose hasi y' ibikandagizo bye, 7Wamuheye gutegeka intama zose n'inka, n'ibisimba byo mu mashamba.8N' inyoni zo mu kirere, n'amafi go mu ngezi, n'ibinyuraga mu mivumba zo mu ngezi zose.9Uhoragaho, mwami wacu, izina ryawe rikomeye mu si yose!Chapter 9
1Nkashimishe Uhoragaho umutima gwa nyowe gose, nkatangarize abantu imirimo ya wowe itangaje.2Nkakwishimire no kukunezerwamo; nkaririmbe amashimwe g'izina rya wowe, weho Uruta bose3Igihe abanzi ba nyowe basubiye inyuma, mu maso gawe bakasitare no gushira.4Kuko mu birego ntaho, wambeye ukuri kwa nyowe rutunganye, wikeye ku ntebe nk' n'umujuji w' ukuri.5Induru yawe y' indwano yatinyishije ibihugu akangari, warimbuye abanyabyaha kandi wafuze amazina gabo ibihe byose.6Abanzi ba nyowe bashizeho, barimbukiye rimwe, n'imigi yabo warayibomoye, ntaho bakongere.7Ariko, Uhoragaho akoreho ibihe byose, intebe ye yikeye k' ukuri.8Imana Amarire abafite muri yino si n' izukuri , akahe ibindi ibindi bihugo imanza z'ukuri.9Kand' Uwiteka akabere abakandamijwe igikuta kireyi co kubakingira mu bihe by'amakuba.10Abazi izina rya wowe barakwiringiraga kubera ko wowe, Uhoragaho, udahungaga abarikugusha.11Mwewe abategetsi ba Siyoni muririmbire Uwiteka amashimwe, mwatangarizee ibihugo ibyo yakorire.12Kuko Imana ihoreraga amaraso gamenewe busha arikwibuka, kandi ntaho yibatibagirwaga gutaka kw' abarigukandamizwa.13Mbabarire Mana, reba uko abanzi ba nyowe barikuntesa, ni wowe ushobweye kumpandisha, ukankura ku marembo y'urupfu.14Yego, kugira ngo ntangaze amashimwe gawe mu marembo g'umukobwa wa Siyoni. Kandi nkagushime kubera agakiza kawe.15Abapgani baguye mu cobo bacukuye bonyine, ibirenge byabo byafashwe mitego yo basshishe.16Uhoragaho yimenyekanishije kandi yashoje imanza ze, umunyabyaha hadatuwe mu mitego ibuye mu magambo ge . Sela17Abanyabyaha bakasubijwe ibyuma no kugwishwa ikuzimu, kubera ko nibyo bikwiriye amahanga gose gibagiwe Imana.18Kuko umukene ntaho akahoreho yibagiranye, cangwa ibyiringiro by'abakandamijwe gufutwa ibihe byose.19Uhoragahi, haguruka, abantu bere kuntsinda, emera ko abapagani batsindirwa mu masomo gawe.20Uhoragaho, ubatitize; abapagani bamenye ko ari abantu ba bure. Sela.Chapter 10
1Uhoragaho, kuki uhagaze kure? Kuki urikunyihisha mu bihe by'amakuba no mu byago? 2Kubera ubwirasi bwabo, abanyabyaha barikwihutira kwirukana abamerewe nabi; Mana, emeralidi ko bagafatwa mu mitego yo bapangire.3Kuko umubi yiratiraga ibyifuzo byo mu mutima gwe, agishaga (gutangaza imigisha) umusambo kandi agasuzuguraga Uhoragaho.4Umunyabyaha yagwishije amaso ge, ntaho ashakaga Imana, abagaho arikugamba ngo: Imana ntaho iriho......5Inzira ze zikomer'Iteka; amateka yaw'ari hejuru cyane, ahw atareba: abanzi be bos'abacurir'ingoni.6Aribgir'ati, sinzanyeganyezwa, kugez'ibihe byose sinzabon'ibyago.7Akanwa ke kuzuy'imivumo n'uburinganya n'agahato; munsi y'ururimi rwe harihw igomwa no gukiranurwa.8Yicara mu bico byo mu midugudu, mu rwihisho yic'abatarih'urubanza: Amaso y'ayatatish'umunyamubabaro.9Yubikirira mu gico, nkukw intare yubikirirra mw isenga ryayo, yubikirira gufat' umunyamubabaro: kandi kokw aramufata, amukururish'ikigoyi kye.10Yitugatuga yunamye, itwari ze zitind' abanyamubabaro.11Abaribgir ati: Imana yibagiwe, ihishe mu maso hayo, nta bg'izabireba. 13N'iki gitum'umunyabyah'asuzugr'Imana, akayibgirira mu mutima w'ati, brushes?14Warabibonye, kuk'ureber'igomwa n'urwango kubishyirah'ukuboko kwawe; umunyababar'akwiringira wenyine; ni wow'ujy'utabar'ukwitingira.15Vunagur'ukuboko k'umunyabyaha, ushimikir'ububi bg'umubi, kugez'ah'utazabumusanganira.16Uwiteka ni we mwam'Iteka ryose, abanyamahanga barimbukiye mu gihugu cye.17Uwiteka, winvis'iby'abanyamubabaro bashaka: uzakomez'imitima yabo, uzatyariz'ugutwi.18Kugira ng'ucir'imfubyi n'abahatw'imanza zibakwiriye, umuntu wakomotse mu butaka ye kuzongera guter'ubgoba.Chapter 100Zaburi yo gushima
1 Mwewe mutuye ku si mwese, muvugiriz' Uhoragaho impundu. 2Mukorer' Uhoragaho mu byishimo: mwije mu maso ge murikuririmba mwishimire.3Mumenye ko Uhoragaho ari Imana: yaturemye, natwe turi abayo; turi abantu be, tur'intama zo mu gikuyu ce.4Mwinjire mu marembo ge mwishimire, no mu bikari bye muriguhimbaza. Mumushime, mugishe izina rye. 5Kubera ko Uhoragaho aboneye, imbabazi ze zihoragaho ibihe byose; kwizerwa kwe kukahoreho ibihe byose.Chapter 101
1Nkaririmbe indagano ze so kwizerwa n' ukuri kwe: Uhoragaho, nkakuririmbire amashimwe.2Nkagendere mu nzira ziitungenye: Mana ya nyowe ukayije aho ndi ryari? Nkagendere mu nzu ya nyowe m'ubutungane.3Ubukozi bw' ibibi bikambere kure y'amaso kuko nangaga kubi ibyaha kandi ntaho nkahore ndikubigwamo.4Ntaho nkahorane n'ababi;ntaho nkayumvire igicafu. 5Nkatsindishe uneguraga muturanyi we mu kafico. Ntaho no kuhanganira umwirasi n' ufite umutima go kwiyemera. 6Amaso ga nyowe gakahore ku ntungane zo mu gihugo, kugira ngo bikere hambavu ya nyowe, kugira ngo abagenderaga mu nzira z'ubutungane bankorere.7Abariganya ntaho bakabe mu nzu ya nyowe; kandi ababeshi ntaho bakabonere ingufu hambere ya nyowe.8Buri gitondo nkarwanye ababi bose bari mu gihugo kugira ngo nkureho inkozi z'ibibi zose; nzimareho mu mugi gw' Uhoragaho.Chapter 102Amasengesho g' umuntu ababeye, urikumena agahinga ke hambere y' Uhoragaho
1Umva gusaba kwa nyowe; unyumve igihe ndikwabira hambere ya wowe .2Were kumpisha amaso ga wowe umusi mbabeye, unfungurire ugutwi mu gihe co kugusaba, unsubize vuba.3Kubera ko imisi ya nyowe iyoyokaga nk'umwotsi, amagufa ga nyowe garakaga nk'umuriro.4Umutima gwa nyowe gwakubitirwe kandi merire nk'ubwatsi bukubiswe, bwumye: kuko nibagiwe kury' umutsima gwa nyoye.5Ndarishijwe no kububura kudashiraga. 6Merire nk'umuyongweyongwe go mu butayu, nabeye nk'igihunyira mu musaka.7Ndyamaga nturumbuye amaso nk' inyoni idafite umuryango, nahindutse nk'igishwi kiri conyine ku gasongero k'inzu.8Abanzi ba nyowe baraconkozaga umusi gose, babaga barigukoresha izina rya nyowe barikumvuma.9Ndyaga itazi nk'umukati, mvangaga ibyo gnwaga n'amarira; 10Kubera uburakari bwa nyowe burikwaka, wantaramishije kugira ngo unyatire hasi.11Iminsi ya nyowe imerire n'igicucu kirikugwa: kandi numire nk'ubwatsi.12Ariko wowe, Uhoragaho, wikeye ku ntebe y'ubwami bwa buri gihe: ubukuru bwa wowe bukahoraho ibihe byose.13Ukahaguruke ngo ubabarire Sioni. Igihe co kuyibabarira cashohweye, igihe categekirwe kirashoweye.14Kuko abagaragu ba wowe bacunze neza amabuye gaho, bababariraga umucucu gwaho. 15Abatuye kure bakatinye izina ry'Uhoragaho, n'abami bo mu si bose bakaguhe ibyubahiro byawe: 16Kuk' Uwiteka akasanesane Siyoni, kandi niho ubuhonere bwe bukagaragare:17Ico gihe akayumvee gusaba kw'abadafite igambo, ntaho akasuzugure gusaba kwabo. 18Ibyo bikandikwe kugira abakazarwe nyuma babimenye: ubwoko bukavuke hanyuma bukashime Uhoragaho.19Kuko yandebye iri hejuru y' umosozi gutungenye, Uhoragaho yarebye isi yikeye mu juru. 20Kugira ngo yumve akababro kw' abafungwa, ngo abohore abategekewe gupfa;21Ngw abantu bogerez' izina ry'Uwiteka i Sioni n'ishimwe rye yerusalemu:22Ubg'amahanga n'ibihugu by'abami bizateranira gukorer'Uwiteka.23Yacishirije buguf' imbaraga zanje mu nzira: yagabanij'iminsi yanjye.24Ndavuga nti, mana yanjye, ntunkureho ngicagashij' iminsi yanjye: Imyaka yaw'ihorahw ibihe byose.25Mbere na mbere washyizeh'urufatiro rw'isi, n'ijuru n'umurimo w'intoke zawe.26 Ibyo bizashira, ariko wehoh'uzaharaho; ibyo byose bizasaza nk'umwenda, uzabihindura, nkukw imyambar' ikuranwa, bibe bihinduts' ukundi: 27Ariko wehoh'ur' uko wahoze, imyaka y'ubugingo bgawe ntizashira.28Abana b'abagaragu bawe bazahoramu gihugu, urubyaro rwabo ruzakomerezw'imbere yawe.Chapter 103
1Umutima gwa nyowe, gukahimbaze Uhoragaho igihe nkabe ndiho kandi nkakoreshe ibiri mu ndani ya nyowe kumushira hejuru. Nkapandishe izina rye ritungenye. 2Umutima gwa nyowe gukapandishe ndikwibuka ibyiza yankoreye.3Abariraga umuchafu byose; agakiz'indwara zawe zose; 4 Agacungur' ubugingo bgawe ngo butajya muri rwa rwobo; akakwambik'imbabazi no kugirirwa neza nk'ikamba:5 Agahaz'ubusaza bgaw'ibyiza, agatum'usubira nk'ubg'ikizu.6Uwiteka akor'ibyo gukiranuka, ac' imanza zitabera zirenganur'abarenganywa.7 Yamenyesheje mose inzira ze, imirimo ye yayimenyeshej'abana b'Israeli.8 Uwiteka n'umunyebambe n'umunyambabazi, atinda kurakara, afite kugira neza kwinshi.9Ntakomeza kurwan'iteka, ntaguman'umujiny'iminsi yose.10Ntiyatugiriy' ibihwanye no gukiranirwa kwacu.11Nkukw ijuru ryitaruy' isi, ni kw imbabaz' agirir' abamwubaha zingana.12 Nkukw ahw izuba rirasira hitaruy' aho ni ko yajyanye kure yac'ibicumuro byacu.13Nkuko se w'aban' abagirir'ibambe, ni k' Uwiteka arigirir' abamwubaha.14Kukw az' imiremerwe yacu, yibuka ko tur'umukungugu. 15Iby'umuntu, iminsi y'imeze nk'iy'ubgatsi, nk'ururabyo rwo ku misozi, ni kw ashira. 16Kuk' umuyag' urunyuraho, rugashira; abantu harwo ntihazarumeny'ukundi.17 Ariko, imbabaz' Uwiteka agirir' abamwubaha zahereye kera kose, zizagez' iteka ryose, gukiranuka kwe kugera ku buzukuru babo; 18 Ni kw agirir' amategeko ye bakayakomeza.19 Uwiteka yakomej' intebe ye mw ijuru: ubgami bge butegeka byose.20 Muhimbaz' Uwiteka, mwa bamaraika be mwa: mwa banyambaraga nyinshi mwe basohoz'itegeko rye mukumvir'ijwi ry'ijambo rye. 21Muhimbaz' Uwiteka, mwa ngabo ze zose mwe: mwa bagaragu be mwe, bakor'iby'akunda.22 Muhimbaz' Uwiteka, mwa mirimo ye yose mwe, mumuhimbariz' ahantu ategeka hose: mutima wanjye, himbaaz' Uwiteka.Chapter 104
1Mutima wanjye, himbaz' Uwiteka. Uwiteka, mana yanjye, urakomeye cyane; wambay' icyubahiro no gukomera.2Wambara umucyo nk'umwenda; usanzuz'ijuru nk'umwend' ukinze mw ihema. 3Ashing' inkingi z'insenge ze ku mazi; ibicu abigir'igare rye; agendera ku mababa y'umuyaga.4Agir'abaraika be imiyaga, abagaragu be abagir' umuriro waka. 5Yashyiriyehw imfatiro z'isi, kugira ngw itanyeganyeg'iteka.6 Wayambits' inyanja nk'umwenda, amaz' atwikir' imisozi miremire.7Ahungishwa no guhana kwawe; yirukishwa no guhinda kw'inkuba yawe.8[ Imisoz' ishyirwa hejuru, ibikombe birika ] ager' ahantu wayategekeye.9 Wayategekey' ingaban' atabasha kurenga, kugira ngw atagaruka, akarenger' isi.10Yoherez'amasoko mu bikombe, imigez' itemba hagati y'imisozi.11Inyobga n'inyamaswa zose zo mw ishyamba; imbarage na zo zishir'inyota.12 Inyoni n'ibisiga byo mu kirere bibakur'iyo migezi, bijwigirira mu mashami.13Ivubir' imisoz' imvur' ivuye kunsenge ze, ubutaka buhazwa n'imbuto z'imirimo yawe. 14Amerez'ink'ubgatsi, amez' imboga zo kugaburir' abantu; kugira ngw abakurir' umutsima mu butaka,15Na vino yishimish' imitima y'abantu, ngw aboneranishe mu maso hab'amavuta, kandi ng' umutsim' uh' imitima y'abantu gukomera.16 Ibiti by' Uwiteka birahaga, imyerezi y'i lebanoni yateye: 17Iy' inyoni n'ibisiga byarikahw ibyari: inzoyo ifit' inzu yayo ku miberoshi. 18Imisozi miremire n'iy'ihene zo mw ishyamba, ibitare n'ubuhungiro bg'inkwavu.19 Yashyiriyeh' ukwezi kumenyets' ibihe: izuba rizi igihe rirengera.20 Uzan' umwijima, rikab' ijoro: ni bg'inyamaswa zo mw ishyamba zose zisohoka zomboka.21Imigunzu y'intare yivugir'umuhigo wayo ku mana ni hw ishakir' ibyokurya byayo. 22Izuba ryarasa, zikagenda, zikaryama mu masenga yazo.23Abantu bagasohoka, bakajya ku mirimo yabo, no ku muruho wabo, bakageza ni mugoroba; 24Uwiteka, ereg' imirimo yawe n'iy'uburyo bginshi yose wayikoreshe j'ubgenge: isi yuzuy'ubutunzi bgawe.25Dor' iriya nyanja nini ngari, irimw ibigenda bitabarika, imyamaswa ntoya n'inini. 26Ni hw inkuge zigenda: ni ho lewiatani iri, waremeye kuyikiniramo.27Ibyo byose bigutegereeereza kugira ng' ubigaburir' ibyokurya byabo, igihe cyabyo. 28Biyor' iby'ubihaye: upfumbatur' igipfunsi cyawe, bigahag'ibyiza.29 Ushiha mu maso hawe, bigahind' imishitsi: ubikuramw umwuka, bigapfa, bigasubira mu mukungugu wabyo.30Woherez' umwuka wawe, bikaremwa; ubutak'ubusubizah'ubugingo bushya.31Icyubahiro cy' Uwiteka gihorehw iteka; Uwiteka yishimir'imirimo ye:32Ni w'ureb'isi, igahind'umushitsi; akora ku misozi, igacumba.33Nzajya ndirimbir' Imana yanjy' ishimwe ngifit' ubugingo. 34Ibyo nibgiye biyinezeze: nanjya nishimir' Uwiteka.35Abanyabyaha barimbuke kashire mw isi; ababi be kubah'ukundi; mutima wanjye, himbaz' Uwiteka, haleluya.Chapter 105
1Nimushim' Uwiteka, mwambaz' izina rye; mwamamaz' imirimo yakoze mu mahanga. 2Mumuririmbire, mumuririmbir' ishimwe; muvug' imirim' itangaza yakoze yose. 3Mwirat' izina rye ryera, imitima y'abashak' Uwiteka yishime.4Mushak' Uwiteka n'imbaraga ze; mushake mu maso he iteka ryose.5Mwibuk'imirim' itangaza yakoze; ibitangaza bye n'amateka yo mu kanwa ke; 6Mwa rubyaro rw' Aburahamu umugaragu we mwe, mwa bana ba Yakobo mwe, abo yatoranije.7 Uwiteka ni we Mana yacu; amateka ye ari mw isi yose. 8Yibuk'isezerano rye iminsi yose; ijambo yategetse, aryibuk' ibihibihumbi. 10Akayikomereza Yakobo kub' itegeko, ayikomerera Isirayeli kub' isezerano ridashira. 11Ati: Ni wowe nzah' igihugu kanaani, kub' umwand'ukugerewe:12Umubare wab'ukiri muke, muke cyane, na b' ar' abashyitsi mur'icyo gihugu.13Bazerera mu mahang'atar' amwe, bava mu bgami, bajya mu bundi.14Ntiyakundr' umuntu kw abarenganya, yahaniy'abami ko babagiriye nabi.15Ati, ntimukore ku bo nasize, ntimugir' icyo mutwar' abahanuzi banjye.16Ahamagar' inzara, ngw itere mu gihugu; avun' inkoni yose bishingikirije, ni yo mutsima wabo. 17Atum' umugabo wo ku babanzirira; ni Yosefu waguriwe kub' imbata:18Bababarish' ibirenge bye iminyururu: bamushyirahw ibyuma.19Kugez' ahw ijambo ry' Uwiteka ryasohoreye, isezerano rye ryaramugeragezaga.20Umwami yaratumye, baramubohora, umutegeka w'amahanga yaramurekuye.21Amurigir' umutware w'urugo rwe, amubits'ibintu bye byose. 22 Ngw aboh' abakomeye be, ukw ashaka, yigish' abakuru be ubgenge. 23Kand' Israeli ajya mw Egiputa, Yakobo atura mu giugu cya Hamu.24Kand' Uhoragaho agwiz' ubwoko bse cane, abaha gukomera kurut' abanzi babo.25Ahindur' imitima y'abo ngabo, ngo bagir' ubgenge bgo kurimbur'abagaragu be. 26Atuma Mose umugaragu we, na Aroni yatoranije.27Bashyira hagti yab' ibimenyetso bye, bakorer' ibitangaza mu gihugu cya Hamu.28Yoherez' umwijima, atuma rib' ijoro, nabo ntibagomer' amagambo ye, 29Ahindur' amazi yab' amaraso, yic' amafi yabo. 30Igihugu cyabo cyuzur'ibikeri mu mazu y'abami babo.31Arategeka, amarumbo y'isaz' araza, n'inda mu gihugu cyabo cyose.32Abah' urubura mu cyimbo cy'imvura, n'umuriro waka mu gihugu cyabo.33Akubit' imizabibu yabo n'imitini yabo, avun'ibiti byo mu gihugu cyabo.34Arategeka, inzige ziraza, n'uburima, bitabarika. 35Birya n'imboga zose zo mu gihugu cyabo, biry'imbuto z'ubutaka bgabo. 36Kand' akubit' abana b'imfura bose bo mu gihugu cyabo, arabica, gukomera kwabo kose ni bo kwari kwatangiriyeho.37Akuramo ba bandi, bafit' ifeza n'izahabu, nta munyantegenke n'umwe war'uri mu miryango ye yose.38Abanyegiputa bishimira kugenda kwabo, kuko guter' ubgoba kwabo kwari kubafashe. 39Asanzur' igicu cyo kubatwikira, n'umuriro wo kubamurikira n'ijoro,40Barasaba, azan' inkware, abahaz' umutsima wo mw ijuru.41Atobor'igitare, amaz' aradudubiza; atemb'ahantu humye hab' umugezi.42Kuko yibuts' ijambo rye ryera, na Aburahamu umugaragu we.43 Akuray' ubgoko bge bgishimye, intore z' azikurayo ziririmba.44Abah' ubutaka bg'abanyamahanga, batwar' iby' abanyamahanga baruhiye:45Bibera bityo kugira ngo bitonder' amategeko ye, bakurikiz' ibyo yategetse.Haleluya.Chapter 106
1Haleluya, Nimushimir' Uwiteka yukw ari mwiza: kukw imbabazi ze zihorahw iteka ryose. 2 Ni nd' ubasha kuvug' imirim' ikomeye Uwiteka yakoze, cyangwa kwerekan' ishimwe rye ryose?3Hahirw' abitonder' ibitunganye, hahirw' ukor' ibyo gukiranuk'iminsi yose.4Uwiteka, nyibukan' imbabaz' ugirir' abantu bawe; ungenderan' agakiza kawe:5Kugira ngo mbon' intore zawe ziguwe neza, nishimire umunezero w'ubgoko bgawe, niratane 'umwandu wawe.6Twcumuranye na basogokuruza, twarakiraniwe, twakoz' ibyaha.7Basogokuruza ntibameny' ibitangaza; ntibibuts' imbabazi zawe nyinshi; ahubgo bagomera ku nyanja, ni yo nyanj' itukura.8Ariko kubg'izina ryay' ibakiriza kugira ngw imenyekanish' imbaraga zayo zikomeye. 9Ihan' Inyanj' Itukura, irakama: nukw ibacish' imuhengeri nko mu butayu.10Ibakiz' ukuboko k'umwanzi wabo, irabacungura, ibakura mu kuboko k'umubisha. 11Amaz' arenger'ababsha babo, ntihasigara n'umwe.12Maze bizer'amagambo yayo; baririmb' ishimwe ryayo.13Hahis' akanya bibagirw' imirimo yakoze, ntibarindira kw isohoz' imigambi yayo: 14Ahubgo bifuriza cyane mu butayu, bageragerez' Imana ahatagir' abantu. 15Ibah' ibyo bayisabye; ariko, imitima yab' iyishyiramo konda.16Kandi bagiririra Mose ishyari mu rugo rw'amahema, na Aroni, uwera w' Uwiteka .17Ubutaka burasama, bumira Datani, butwikir' abantu ba Aburahamu.18Umurir' ucanwa mw iteraniro ryabo, ikirimi cyawo gitwik'abanyabyaha.19Baremer' ikimas' i Horebu, baseng' igishushanyo kivugutiwe.20Uko ni ko bagurany' icyabahiro cyabo, bagihindur' igishushanyo cy'imfiz'iry'ubgatsi.21Bibagirw' Imana, Umukiza wabo, yakorey' ibikomeye mw Egiputa;22Yakorey' ibitangaza mu gihugu cya Hamu, n'ibitey' ubgoba ku Nyanj' itukura.23Bitum' ivuga kw izabarimbura, kand' iba yarabarimbuye, iyaba mose intore yayo atahagaz' imbere yayo mu cyuho cy'inkike, gukurah' umujinya wayo, kugira ngw itabarimbura.24Kandi bagay'igihugu cy'igikundiro, ntibizer' ijambo ryayo:25Ahubgo bitotombera mu mahema yabo, ntibumvir'ijwi ry' Uwiteka.26Bitum' amanik' ukuboko, abarahira yukwazabatsinda mu butayu;27Kand' azatsind' urubyaro rwabo mu mahanga, akarutataniriza mu bihugu.28Kandi bifatanya na Baali peori, bary'intonorano z'ibitariho.29Uko ni ko bamurakarishij' imirimo yabo; mugig' irabatungura.30Maze Finehasi arahaguruka, asohoz'amateka: mugig' irashira.31Bimuhwanirizwa no gukiranuka kugez' ibihe by'abantu byos' iteka ryose.32Kandi barakariz' Uwiteka ku mazi y'i Meriba, bituma Mose aterw' ibyago na bo:33Kuko bagomey' Umwuka w'Uwiteka, bituma Mose avugish' akanwa ke ibidakwiriye. 34Kandi ntibarimbur' amahanga Uwiteka yabategetse kurimbura: 35Ahubgo bivanga n'amahanga, big' ingeso zayo.36Bakorerag' ibishushanyo by'ibigirwamana byayo, bibahindukir' ikigoyi.37Batambirag' abadaimoni abahungu babo n'abakobga babo, 38Bavushag' amaraso y'abahungu babo n'ay'abakobga babo batambiy' ibishushanyo by'i kanaani, igihugu gihumanywa n'amaraso.39Nuko banduzwa n'imirimo yabo, bagenda basambanish' ingeso zabo.40Bitum' umujinya w'Uwiteka ucanwa ku bgoko bge, yang'urunuk' umwandu we.41Abashyira mu maboko y'abanya mahanga, abanzi babo barabatwara.42Kand' ababisha babo barabahata, baragomorwa, baba munsi y'ukuboko kwabo. 43 Yabakizaga kenshi, ariko bakagomeshwa n'imigambi yabo, baraishwa bugufi no gukiranirwa kwabo.44Ariko yitaga ku mubabaro wabo, uko yumvaga gutaka kwabo: 45Akibuk' isezerano yabasezeraniye, akigarura nkukw imbabazi ze nyinshi ziri.46Agatuma bababarirwa n'ababajyanye hw iminyago bose.47Uwiteka, Mana yacu, udukize, udutarurukanye, udukure mu mahanga, kugira ngo dushim' izina ryawe ryera, twishimir' ishimwe ryawe.48Uwiteka, Imana y'Abisiraeli, ahimbazwe uhereye kera kose, ukagez' iteka ryose. Kand' abantu bose bavuga bati: Amen, Haleluya.Chapter 107
1Nimushimir' Uwiteka yukw ari mwiza: kukw imbabazi ze zihorahw iteka ryose.2Abaunguwe n'Uwiteka bavuge batyo, abo yaunguye, akabakura mu kuboko k'umwanzi; 3Akabatarurukanya abakura mu bihugu, ahw izuba rirasira n'aho rirengera, ikasikazi no ku nyanja.4Bazerereye mu butayu, mu nzir'itagir' abantu: ntibabon'umudugudu wo kubamo.5Bicwa n'inzara n'inyota, imitima yab'igw' isari. 6Maze batakir' Uwiteka bari mu byago, abakiz' imibabaro yabo.7Abashorerera mu nzir' igororotse, kugira ngo bagere mu mudugudu wo kubamo.8Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe, n'imirim' itangaza yakorey' abantu.9Kuko yahagij'umutia wifuza, n'umutum' ushonje yawujuj'ibyiza. 10Abandi bicaraga mu mwijima no mu gicucu cy'urupfu, baboheshejw' umubabaro n'ibyuma;11Kuko bagomey' amagambo b'Imana, bagasuzugur' imigambi y' Isumba byose.12Ni cyo yatumy' iishisha buguf'imitima yab'umuruho, bakagwa, ntibagir' ubatabara. 13Maze batakir' Uwiteka bari mu makuba, abakiz' imibabaro yabo.14Abakura mu mwijima no mu gicucu cy'urupfu ac'iminyururu yabo.15Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, n'imirim' itangaza yakorey' abantu.16Kuko yamenny'inzugi z'imiringa, akavun' ibihindizo by'ibyuma.17Ibirimarima bibabarizw'ibicumuro byabyo no gukiranirwa kwabyo.18Imitima yab'ihurw' ibyokurya, iyo biva bika jya: Bakeger' amarembo y'urupfu.19Maze bagatakir'Uwiteka bari mu byago, akabakiz' imibabaro yabo.20Akoherez'ijambo rye, akabakiz' indwara, akabakiza kwinjira mu mva zaho.21Abo bashimire Uwiteka kugiraneza kwe, n'imirim' itangaza yakorey' abantu.22Batamb'ibitambo by'ishimwe, bogeresh' imirimo ye indirimbo z'ibyishimo.23Abamanuka bajya mu nyanja bakagenda mu nkuge, bagatundira mu mazi y'isanzure, 24Barebey' imirio y' Uwiteka n'ibitangaza bye imuhengeri.25Kuko yategetse agahuhish' umuyaga w'ishuheri, usyira hejur' umuraba waho.26Barazamukaga, bakajya mw ijuru, bagasubira bakamanuka bakajy'ikuzimu: imitima yab' ikayagishwa n'umubabaro.27Bakazunga muzunga, bakadandabirana nk'umusinzi, ubgenge bgaho bgose bukazinduka.28Maze batakir' Uwiteka bari mu byago, abakiz'imibabaro yabo.29Aturish' uwo muyaga w'ishuheri, umurab'uratuza.30Maze bishimishwa n'uk'utuje. kand' abajyana mu mwaro bashakaga.31Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, n'imirim' itangaza yakorey' abantu.32Bamwogereze mw iteraniro ry'abantu, bamushimire, ahw abakuru biaranye:33Ahindur' imigez' ubutayu, n'amasokw ayahindur' inkamira: 34Igihugu cyer' agihindur' ubutaka bg'umunyu, kubg'ibyaha by'abahatuye.35Kand' ahindur' ubutay' ikidendezi, no mu mburamazi ahahindur' amasoko.36Aho ni hw aturiz' abashonje kugira ngo batungany'umudugudu wo kubamo,37Babibe imirima, bater' imizabibu, biboner' imbuto z'umwero.38Akabah'umugisha, bakagwira cyane, ntakundir' inka zabo ko zigabanuka.39Kand' iyo bagabanutse bagacishwa bugufi n'agahato n'ibyago n'umubabaro;40Asuk'igisuzuguriro ku bakomeye, akabazerereza mu kidaturwa kitagir'inzira.41Agashyira hejur' umukene, amukuye mu makuba, akamugwiriz' imiryango nk'umukumbi. 42Abakiranutsi barabireba, bakishima, ubugoryi bgose bukizib' akanwa. 43Umunyabgenge wes' azitegerez'ibyo, kandi bazita ku mbabazi z'Uwiteka.Chapter 108Mana, umutima wanjy'urakomeye; ndaririmba, ni koko ndaririmbish'ishimw'ubgiza bganjye.
2Nebelu n'inanga, nimukanguke; nanjy'ubganjye nzakanguka mbere y umuseke.3Uwiteka, nzagushimira mu moko, nzakuririmbir' ishimwe mu mahanga.4Kukw imbabazi zaw' ari ndende, zisumb' ijuru; umurava waw'ugera mu bicu.5Mana, wishyire hejuru y'ijuru; icyubahiro cyawe kibe hejuru y'isi yose.6Ukirish'ukuboko kwawe kw'iburyo, unsubize, kugira ngw ab'ukunda bakizwe.7Imana yarahiye kwera kway'iti: nzishima, nzagabanya shekemu,kandi nzagabanish'urugero igikombe cy'isukoti.8Galeadi n' ahanjye, umuryango wa Manase n'uwanjye; uwa Efuraimu ni w' ukingingir' umutwe wanjye; uwa Yuda ni wo nkoni yanjye y'ubgami.9Abamoabu ni bo gikarabiro cyanjye;Abedomu nzabakubit' inkweto mu mutwe; abafilistia nzabishima hejurumvuz'impundu.10Ni nd' uzanyinjiza mu mudugud'ufif' igihome gikomeye? ni nd' uzangeza w Edomu?11Si wowe, Mana, wadutaye, uzangezayo? si wowe, Mana, watajyanaga n'ingabo zacu, uzangezayo?12Udutabar' umubisha, kuko gutabara kw'abantu kutagir'umumaro.13Imana izadukoresh'iby'ubutwari, kukw ari y' izaribat' ababisha bacu.Chapter 109
1Mana njya mpimbaza, ntuceceke:2Kuko banyasamiy'akanwa k'umunyabyaha akanwa k'uburiganya, bambgirishij' ururimi rw'ibinyoma.3Bangoteshej' amagambo y'urwango, bandwanije, nta mpamvu.4Urukundo rwanjye barwituye kub'abanzi bandwanya, ariko jyeweho nitangira gusenga.5Ku neza nabagiriye banyituy'inabi, ku rukundo banyituy' urwango.6Umutwarishe umunyabyaha, umurez' ahagarar'iburyo bge. 7N' airw' urubanza, asohoke rumutsinze: Gusenge kwe guhwanywe n'iyaha.8Iminsi yo kubaho kwe ibe mike, ubutware bge busubiremw undi.9Abana be bab' imfubyi, umugore w'ab'umupfakazi.10Abana be bab' inzererezi, basabirize; bashakir'ibyokurya kure y'umusaka wabo.11Umwishyuz' ateg' ikigoy' iby'afite byose. abanyamahanga banyag' ibyo yaruhiye. 12Ntihazagire ukomeza kumugirira neza; ntihazagir' ubabarir' imfubyi ze, umurezi: yangwa umwanzi; yangwa, satani. 13Urubyaro rwe ruzarimburwe: mu gihe cy'abuzukuru be, izina ryabo rizasibanganywe.14Gukiranirwa kwa basekuruza kwibukwe n'Uwiteka; ibyaha bya nyina bye gusibanganywa. 15Bib'imbere y'Uwiteka ubudasiba, kugira ngw arimbure kwibukwa kwabo, agukure mw isi.16Kuko wa wund'atibukaga kubabarira, ahubgo yagenzag' umunyamubabaro n'umukene n'ufit' umutim' umenetse, ngw abie.17Yakundaga kuvuma, kuvuma kwe kumugeraho; kandi ntiyishimiraga kwifuriz' abant' umugisha, umugish' ukamuba kure.18Kandi yambaraga kuvuma nk'umwenda we, kwinjira mu nda ye nk'amazi, kwinjira mu magafika ye nk'amavuta.19Kumuhindukire nk'umwenda yambara, n'umushum'ajy'akenyeza.20Iby' ab'ar'ibyo bihembo by'abanzi banjye bituruka k' Uwiteka, n'iby'abavuga nab' ubugingo bganjye.21Ariko, Uwiteka Mwami, kubg'izina ryaw' unkorer' ibyiza, unkirize kukw imbabazi zaw' arinziza. 22Kuko nd' umunyamubabaro n'umukene, kand' umutima wanjy' ukomerekeye muri jye.23Ngiye nk'igicucu kirehutse, ntumuwe nk'uruzige.24Amavi yanjy' aciw' urutebge no kutarya, umubiri wanjy' unanuwe no kubur' ibinure. 25Kandi mpindukiye ba band' igitutsi: uko bambonye, bazunguz' imitwe.26Uwiteka, mana yanjye, untabare; unkize nkukw imbabazi zawe ziri:27Kugira ngo bamenye yukw iby' arukuboko kwawe; kw ari wowe, Uwiteka, wabikoze.28Bavume, ariko wehoh' umpe umugisha: ni bahaguruka, bazakorwa n'isoni, ariko, umugaragu wawe nzishima.29Abanzi banjye bambikwe igisuzuguriro, bambar' isoni zabo nk'umwitero30Ndashimish' Uwiteka cyan' akanwa kanjye, nzamushimira mw iteraniro.31Kukw azahagararir' iburyo bg'umu kene kumukiz' abacirahw itek'ubugingo bge.Chapter 11
1Uwiteka niwe mpungiraho. Mubwirire ik'umutima wanjye muti, hungira ku musozi wanyu nk'inyoni? 2Kuko abanyabyaha bafora umuheto, batamikira umwambi mu ruge, kugira ngo barasire mu mwijima abafite imitima itunganye.3Niba imifatiro zishenywe; umukiranutsi yakora iki? 4Uwiteka ari mu rusengero rwe rwera, Uwiteka intebe ye iri mw'ijuru, amaso ye areba abantu, imboni ze zirabagerageza.5Uwiteka agerageza abakiranutsi, ariko umunyabyaha, n'ukunda urugomo, umutima w'urabanga. 6Azavubira abanyabyaha ibigoyi; umuriro n'amazuku n'umuyaga wotsa bizaba umugabane mu gikombe cyabo. 7Kuko Uwiteka ari umukiranutsi; kandi akundaa ibyo gukiranuka, abatunganye bazareba mu maso he.Chapter 110
1Uwiteka yabgiy' Umwami wanjy' ati, icar' iburyo bganjye,2Uwiteka ar' i sioni azasingiriza kure inkoni y'ubutware bgawe, tegeka hagati y'abanzi bawe. 3Abantu bawe bitanga babikunze ku muns'ugab' ingabo awe, abasore bawe baz'ah'uri nk'ikime, bambay' umurimbo wera, bavuye mu nda y'umuseso.4Uwiteka ararahiye ntazivuguruza, ati: ur'umutamby'iteka ryose mu buryo bga melekisedeki.5Umwam' Imana, ihagaz' iburyo bgawe, izamenagur' abami ku munsi w'umujinya wayo. 6Izacir'imanza mu mahanga, izuzuz'ahhant' intumbi, izamenagurir' imitwe mu gihugu kinini cyose.7Umwami azanywera ku mugezi wo mu nzira: ni cyo gitum' azashyir' umutwe we hejuru.Chapter 111
1Ngashimish' Uhoragaho umutima gwa nyowe gose mu huriro ry'intungane naho bikeye hamwe. 2Akazi ko Uhoragaho yakorire gakomeye, karindiriwe na bagakunze.3Umurimom gwe ni ugo icubahiro n'ububinere, no gukiranuka kwe guhoraho ibihe byose.4Uhoragaho akoraga imirimo yo kwibukwa, Uhoragaho ahoraga yujwiye Ubuntu n' imbabazi. 5Ahaga ibiryo abamwimviraga Kandi bakamukurikira, akabeho arikwibuka indagano ye. 6Yerets' ubwoko bwe imirimo ye ikomeye, arikubaha umurage gw'abanyamahanga.7Imirimo z'intoke ze nizo kwemerwa nizo ukuri, amategeko ge gose nago kwisunga.8Yakomejwe ibihe byose, tugombye kugakurikiza tugizeye no m' ubutungane.9Yaheye ubwoko bwe gutsinda, yategetse indagano ye guhoraho. Izina rye ritungenye Kandi n' iryo gutanywa.10Kubaha Uhoragaho nigo ntangiro yo kugira ubgenge, abagendanaga amategeko ge nibo biji kumva. Ishimwe rye rihoragaho ibihe byose.Chapter 112
1Haleluya.Hahirwa uwubahaga Uhoragaho, akishimira cane amategeko ge.2Urubyaro rwe rukagire ingufu mu si; abo yazeye bakagishwe.3Ubatunzi n'ubukire biri mu rugo rwe; gukiranuka kwe guhorahw iteka ryose.4Abatunganye uuy'ubavira mu mwijima; uvir' ugir' imbabazi n'ibambe, agakiranuka.5Hahirw'ugir' imbabazi, akaguriz' abandi, agakor'imirimo ye uburyo butunganye.6Kuko ntaho akazanyeganyegr na rimwe, intungane akahore arikwibukwa ibihe byose. 7Ntaho akatinye inkuru mbi; umutima gwe gukomeye, gwiringiy Uhoragaho.8Umutima w'urahamye, ntazatinya, kugez'ahw azaboner' iby'ashakir' abanzi be.9Yaranyanyagije, yahay' abakene, gukiranuka kwe guhorahw iteka ryose. ihembe rye rizashyiranwa hejur' icyobahiro.10Umunyabyah' azabireba, ababare; ahekeny' amenyo, ayage: icy'umunyabyaha yifuza kizabura.Chapter 113
1Mwewe bakozi b'Uhoragaho, mumushime, mushime izina ry'Uhoragaho.2Izina ry'Uhoragaho rihimbazwe, give buno n' ibihe byose.3Uherey'ahw izuba rirasira, ukagez'aho rirengera, izina ry'Uwiteka rikwiriye gushimwa.4Uwiteka ari hejuru y'amahanga yose, icyubahiro cye gisumb'ijuru.5Ni nd'uhwanye n'Uwiteka Imana yacu, ufit'intebe ye hejuru cyane.6Akishiririza bugufi kureba ibyo mw ijuru n'ibyo mw'isi?7Akur'uwohoroheje mu mukungugu, ashyira hejur'umukene, amukuye kw icukiro;8Kugira ngw amwicaranye n'abakomeye, abakomeye bo mu bgoko bge.9Uwar'ingumba mu nzu ye, amuha kuyibamo yishimye, ari nyina w'abahungu. Haleluya.Chapter 114
1Ubg'bisiraeli bavaga mw Egiputa, ubg'inzu y'aba Yakobo yavaga mu bantu b'urundi rurimi.2I Buyuda hahinduts'ahera h'Imana, bgisiraeli hahinduts'ubgami bgayo.3Inyanj'ibibony'irahunga; Yorodani isubizw'inyuma.4Imisozi miremire yutera hejuru nk'amasekurume y'intama, udusozi twitera hejuru nk'abana b'intama.5Wanyenja we, utewe n'iki guhunga? nawe, Yorodani, ushubijw'inyuma n'iki?6Namwe, misozi, mugakina nk'abana b'intama?7Wa siwe, hindir'umushits'imbere y'Umwami, imbere y'Imana ya Yakobo.8Y'ahinduy'urutarikidendezi, yahinduy'igitare gikomey'isoko.Chapter 115
1Ntab'ari twe, Uwiteka, ntab'ari twe, ahung'izina ryaw'ab'ar'iry'uh'icyubahiro, kubg'imabazi zawe n'umurava wawe,.2Ku ki abanyamahanga babaza bati, Imana yab'ari he?3Ariko, Imana yac'iri mw ijuru, yakoz'ibyo yashatse byose.4Ibishushanyo ba bandi basenga n'ifeza n'izahabu, umurimo w'intoke z'abantu.5Bifit'akanwa, ntibivuga: bifit'amaso, ntibirora:6Bifit'amatwi, ntibyumva: bifit'amazuru, ntibinukirwa:7Bifit'intoke, ntibikorakora: bifit'ibirenge, ntibigenda: kandi ntibivugish'imihogo yabyo.8Abirema bazahwana na byo. N'ubyiringira wese.9Wa bgoko bg'Abisiraeli we, wiringir'Uwiteka; ni we mutabazi wabo n'ingab'ibakingira.10Wa nzu y'aba Aroni we, mwiringir'Uwiteka; ni we mutabazi wabo n'ingab'ibakingira.11Mwa bubah'Uwiteka mwe, mwiringir'Uwiteka; ni we mutabazi wabo n'ingab'ibaingira.12Uwiteka aratwibutse; azaduh'umugisha; azah'umugish'inzu y'Abisiraeli, azah'umugish'inzu y'aba Aroni.13Azah'umugish'abubah'Uwiteka, Aboroheje n'abakomeye.14Uwiteka abagwize. Abagwizanye n'abana banyu.15Muhaw'umugisha n'Uwiteka, waremy'ijuru n'isi.16Ijuru n'iry'Uwiteka, arikw isi yayihay'abantu.17Abapfuye ntibashim'Uwiteka, cyangw'abamanuka bajy'ahacecekerwa;18Ariko twebgeho tuzajya duhimbaz'Uwiteka. Uhereye none, ukagez'Iteka ryose. Hleluya.Chapter 116
1Nkundir'Uwiteka, kuko yumvise ijwi ryanjye no kwinginga kwanjye.2Kuko yantegey'ugutwi, ni cyo gituma nzajya mmwambaza nkiriho.3Ingoyi z'urupfu zantaye hagati, uburibge bg'ikuzimu bgaramfashe: ngir'ibyago n'umubabaro.4Maze nambaz'izina ry'Uwiteka nti, Uwiteka, ndakwinginze, kizubugingo bganjye.5Uwiteka n'umunyambabazi kandi n'umukiranutsi: ni koko, Imana yac'igir'ibambe.6Uwiteka arind'abaswa: nacishijwe bugufi, arankiza.7Mutima wanjye, subira mu buruhukiro bgawe; kuk'Uwiteka yakugiriye neza.8Kuko wakijij'ubugingo bganjy'urupfu, amaso yanjy'ukayakiz'amarira, n'ibirenge byanjy'ukabikiza ku gwa.9Nzagendera mu maso y'Uwiteka mw isi y'ababaho.10Nari nizeye, ubgo navugaga nti, narababajwe cyane.11Nkavugan'ubgira nti, abantu bose n'abanyabinyoma.12Ibyiz'Uwiteka yangiriye yose. ndamwitur'iki?13Nzakir'igikombe cy'agakiza, nambaz'izina ry'Uwiteka.14Nzahingur'Uwiteka umuhigo waniye, ni koko, nzawumuhingurira mu maso y'ubgoko bge bgose.15Urupfu rw'abakinzi be n'urw'igiciro cyinshi mu maso y'Uwiteka.16Uwiteka, n'ukuri nd'umugaragu wawe, nd'umugaragu wawe, umwana w'umujinya wawe; wambohohoy'ingoyi.17Nzagutambir'igitambo cy'ishimwe, nambaz'izina ry'Uwiteka.18Nzahigur'Uwiteka umuhigo wanjye; ni koko, nzawumuhigurira mu maso y'ubkoko bge bgose.19Mu bikari by'inzu y'Uwiteka, hagati muri wowe, Yerusalemu. Haleluya.Chapter 117
1Mwa mahanga yose mwe, nimushim'Uwiteka, hagati muri wowe, Yerusalemu. Haleluya.2Kukw imbabaz'atugir'ari nyinshi; kand'umurava w'Uwiteka uhoragahw Iteka ryose. Haleluya.Chapter 118
1Nimushimir'Uwiteka yukw kukw imbabazi ze zihorahw Iteka ryose.2Abisiraeli bavuge bati: imbabazi ze zihorahw Iteka ryose.3Inzu y'aba Aroni ivuge iti: imbabazi ze zihoragahw Iteka ryose.4Abubah'Uwiteka bavuge bati: imbabazi ze zihoragahw Iteka ryose.5Ubgo nari mu mubabaro, nambaj'Uwiteka: Uwiteka aranyitaba, anshyir'ahantu hagari.6Uwiteka ari mu ruhande rwanjye, sinzatinya: Umuntu yabasha kuntwar'iki?7Uwiteka ari mu ruhande rwanjye, arantabara: ni cyo gituma nzabon'icyo nshakir'abanzi banjye.8Guhungira k'Uiteka kugir'umumaro kuruta kwiringir'abantu:9Guhungira k'Uwiteka kugir'umumaro kuruta kwiringir'abakomeye.10Amahanga yose yarangose; mw izina ry'Uwiteka ndayarimbura.11Yarangose, ni koko yarangose, mw izina ry'Uwiteka ndayarimbura.12Bangose nk'inzuki, bazima nk'umuriro w'amahwa, mw izina ry'Uwiteka ndayarimbuye.13Wansunikiye cane ngo ungushe: ariko Uhoragaho yantabeye.14Uhiragaho ni we ngufu za nyowe n' ibyishimo bya nyowe; kandi no so wonyine gakiza ka nyowe.15Uruyombo rw' ibyishimo kubera gutsinda ryumvikaniye mu mahema g' intungane: ukuboko kw' ubugabo k'Uhoragaho guhoraga kurigutsinda.16Ukuboko kw'ubugabo k'Uhoragaho guhoraga kurigutsinda.17Ndo nkapfe, ariko nkarame, ntangaze ibikomeye Uhoragaho yakorire.18Uhorgaho yampannye atambabariye, ariko ndo yanshije mu maboko g' urupfu .19Munfungurire amarembo g' ubutungane; njiremo, nshimire Uhoragaho.20Ngiri irembo ry'Uhoragaho; intungane nizo zikayikeremo.21Ndagushimira kuko wambeye igisubizo, kandi wambereye agakiza.22Ibuye abubatsi bayangire ni ryo ryabeye iryo gukomeza inzu.23Ibyo byaviye k'Uhoragaho, kandi n'ibitangaza mu maso gacu.24Guno n' umusi Uhoragaho yaremire; turagwishimiramo, tugunezererwemo.25Uhoragaho, duhe gutsinda: Uhoragaho, duhe gushobora mu nzira zacu.26Agishwe umuntu wose mu zina ry'Uhoragaho, tubasabiye imugisha mu nzu y'Uhoragaho. 27Uhoragaho n'Imana y'ingufu, yaduheye kureba neza, mubohesh'igitamb'imigozi, mukijyane ku mahembe y'igicaniro.??????28Ni wowe Mana yanjye y'imbaraga, nzagushima: ni wowe Mana yanjye, nzagusingiza.29Yemwe, mushimir'Uhoragaho kuko aboneye: kuko imbabazi ze zihoragaho ibihe byose.Chapter 119
1Hahirw'abagenda batunganye, bakagendera mu mategeko y'Uwiteka.2Hahirw'abitonder'ibyo yahamije, bakamushakish'umutima wose.3Ni koko, nta cy'ubugoryi bakora; bagendera mu nzira ze.4Wategekey'amategeko wigishije kugira ngo bayitondere n'umwete.5Icyamp'inzira zanjye zigakomerera kwitonder'amategeko wandikishije.6Ubgo nzita ku byo wategetse byose, ni bgo ntazakorwa n'isoni.7Nzagushimish'mutim'utunganye, ni mmara kwig'amateka yawe yo gukiranuka.8Nzajya nitonder'amategeko wandikishije: ntundeke rwose.9Umusor'azez'inzira y'ate? azayejesha kuyitondera nkukw ijambo ryawe ritegeka.10Nakushakishij'umutima wose ntukunde ko nyoba ngo ndek'ibyo wategetse.101Njya ndind'ibirenge byanjye inzira mbi zose, kugira ngo nitondere ijambo ryawe. 102Simva mu mateka yawe; kuko ari wowe wanyigishije.103Amagambo yawe aryohereye ubu bugeni mu nkanka zanjye! arusha ubuki kuryohera mu kanwa kajye. 104Amategeko wigishije ampesha guhitamo; nicyo gituma nanga inzira z'ibinyoma zose.105Ijambo ryawe n'itabaza ry'ibirenge byanjye, n'umucy'umurikire inzira yanjye.106Nararahiye, ndabikomeza, yuko nzitondera amateka yawe yo gukiranuka.107Ndababazwa cane; Uwiteka, unzure, kuko ijambo ryawe ryasezeranije. 108Uwiteka, ndakwinginze, wemere amaturo y'akanwa kanjye ava mu rukundo; kandi ujye unyigisha amateka yawe.109UBugingo bwanjye buri mu kaga iteka, ariko sinibagirwa amategeko yawe. 110Abanyabyaha bajya bantaga ikigoyi; ariko sinyob'amategeko wigishije.11Nabikiy'ijambo ryawe mu mutima wanjye, kugira ngo ntagucumuraho.12Uwiteka, ur'uwo guhimbazwa, ujy'unyigish'amategeko wandikishije.111Ibyo wahamije nabyedeye kuba umwandu wanjye iteka; kuko ari byo byishimo by'umutima wanjye. 112Nshyize umutima wanjye ku gusohoza amategeko yawe iteka ryose, kugera ku mperuka.113Nanga ab'imitima ibiri; ariko amategeko yawe ndayakunda. 114Ni wowe bwihisho bwanjye n'ingabo inkingira, niringira ijambo ryawe.115Mwa nkozi z'ibibi mwe, nimuve aho ndi; kugira ngo nitondere ibyo Imana yanjye yategetse. 116Umbere ubwishingikirizo, nkuko ijambo ryawe ryasezeranije, kugira ngo mbeho; ne kuzakozwa isoni n'ibyiringiro byanjye.117Undamire, nzaba mu mahoro njye nitondere amategeko wandikishije. 118Wasuzuguye abiyobagiza bose amategeko wandikishije; kuko uburiganya bwabo ari ibinyoma.119UKuraho abanyabyaha bo mw'isi bose nk'inkamba; nicyo gituma nkunda ibyo wahamije. 120Umubiri wanjye uhindishwe umushitsi no kugutinya; kandi ntinya amategeko yawe.121NJya nkora ibihura n'amateka n'ibyo gukiranuka; ndundekere abampata. 122Wigwatirize yuko uzagirira neza umugaragu wawe; abibone be kumpata.123Amao yanjye amarwa no kwifuza agakiza kawe; n'ijambo ryawe ryo gukiranuka. 124Ujye ugirira umugaragu wawe ibihwanye n'imbabazi zawe, kandi unyigishe amategeko wandikishije.125Nd'umugaragu wawe, umpe ubwenge; kugira ngo menye ibyo wahamije. 126Igihe gikwiriye cyo gukora k'Uwiteka kirasohoye; kuko bahinduye ubusa amategeko yawe.127Nicyo gituma nkunda ibyo wategetse, nkabirutisha izahabu, naho yaba izahabu nziza. 128Nicyo gituma nibwira yuko amategeko wigishije yose atunganye; kandi nanga inzira z'ibinyoma zose.129Ibyo wahamije n'ibitangaza; nicyo gituma umutima wanjye ubyitondera. 130Guhishurirwa amagambo yawe kuzana umucyo, guha abasw'ubwenge.13Iminwa yanjye yaterekej'abantu amateka y'akanwa kawe yose.14Njya nishimir'inzira y'ibyo wahamije, ngo nyihwanye n'ibutunzi bgose.131Nasama akanwa, nkahagira; kuko nifuza amategeko yawe. 132Unkebuke, umbabarire, nkuko umunyereye kubabarira abakunda izina ryawe.133Ujye utunganye intabwe zanjye mw'ijambo ryawe; gukiranirwa kose kwe kuntegeka. 134Unshungure ne guhatwa n'abantu, kugira ngo nitondere amategeko wigishije.135Umurikishije umugaragu wawe mu maso hawe; unyigishe amategeko wandikishije. 136Amaso yanjye atembyemwo imigezi y'amazi, kuko batitondera amategeko yawe.137Uwiteka ur'umukiranutsi, amategeko yawe aratunganye. 138Ibyo wahamije wabitegekesheje gukiranuka n'umurava nyakuri.139Ishyaka ryanjye rirandimbuye, kuko abanzi banjye bibagiwe amagambo yawe. 140Ijambo ryawe ryaravugutiwe cyaane, nicyo gituma umugaragu wawe ndikunda.141Ndoroheje, baransuzugura, ariko sinibagirwa amategeko wigishije. 142Gukiranuka kwawe n'ugukiranuka kw'iteka ryose; amategeko yawe n'ukuri.143Agahinda n'umubabaro biranteye; ariko, ibyo wategetse nibyo munezero wanjye. 144Ibyo wahamije n'ibyo gukiranuka iteka ryose, umpe ubwenge kkugira ngo mbeho.145Ntakishije umutima wose; Uwiteka, nsubiza; nzitondera amategeko wandikishije. 146Ndagutakiye, nkiza, kugira ngo nitondere ibyo wahamije.147Njya nzinduka, umuseke utaratambika, ngataka; amagambo yawe niyo niringira.148Amaso yanjye abanziriz'ibicuku, kugira ngo nibwire ijambo ryawe.149Umwe ijwi ryanjye, nkuko imbabazi zawe ziri; Uwiteka, unzure, nkuko iteka ryawe riri. 150Abangenjeshe igomwa barengereye; bishyize kure y'amategeko yawe.15Nzibgir'amategeko wigishije, kandi nzita ku nzira zawe.16Nzishimir'amategeko wandikishije, sinzibagirw'ijambo ryawe.151Uwiteka, uri bugufi; ibyo wategetse byose n'ukuri. 152Uhereye kera namenyeshejwe n'ibyo wahamije yuko wabikomeje iteka ryose.153Ita ku mubabaro wanjye, unkize, kuko ntibagirwa amategeko yawe. 154Umburanire, unshungure; unzure, nkuko ijambo ryawe ryasezeranije.155Agakiza kari kure y'abanyabyaha, kuko batarondora amategeko wandikishije. 156Uwiteka, imbabazi zawe zirakomeye; unzure, nkuko amateka yawe ari.157Abangenza n'abanzi banjye ni benshi; ariko sinteshuka ngo mve mubyo wahamije. 158Nabonye abava mw'isezerano, ndabinuba: kuko batitondera ijambo ryawe.159Ita ku rukundo nkunda amategeko wigishije; Uwiteka, unzure, nkuko imbabazi zawe ziri. 160Indunduro y'ijambo ryawe ryose n'ukuri; amategeko yawe yo gukiranuka ahoraho iteka ryose, hadasigaye na rimwe.161Abakomeye bajya bangenzereza ubusa; ariko amagambo yawe niyo ahindish'umushitsi umutima wanjye. 162Nishimira ijambo ryawe; nk'ubonye iminyago myinshi.163Nanga ibinyoma, mbyang'urunuka; ariko amategeko yawe ndayakunda. 164Uko bukeye ngushimira karindwi amateka yawe yo gukiranuka.165Abakunda amategeko yawee bagira amahoro menshi; nta kigusha bafite. 166Uwiteka, njya niringira agakiza kawe; kandi ngakora ibyo wategetse.167UMutima wanye ujya witondera ibyo wahamije; kandi mbikunda rwose. 168Njya nitondera amategeko wigishije n'ibyo wahamije; kuko inzira zanjye zose zir'imbere yawe.169Uwiteka, gutaka kwanjye kukwegere; umpe ubwenge, nkuko ijambo ryawe ryasezeranije. 170Kwinginga kwanjye kujye imbere yawe; unkize, nkuko ijambo ryawe ryasezeranije.17Ugirire nez'umugaragu wawe, kugira ngo mbeho, nitonder'ijambo ryawe.18Hwejesh'amaso yanjye, kugira ngo ndeb'ibitangaza byo mu mategeko yawe.171Iminwa yanjye ivuge ishimwe; kuko unyigisha amategeko wandikishije. 172Ururimi rwanjye ruririmbbe ijambo ryawe, kuko ibyo wategetse byose ari ibyo gukiranuka.173Ukuboko kwawe kube kwiteguye kuntabara, kuko nahisemwo amategeko wigishije. 174Uwiteka, njya nifuza agakiza kawe; kandi amategeko yawe niyo munezero wanjye.175Umutima wanjye ubeho, kugira ngo ugushime; amateka yawe antabare. 176Nayobye nk'intama izimiye: shaka umugaragu wawe; kuko ntibagirwe amategeko yawe.19Nd'umusuhuke mw isi: ntumpish'ibyo wategetse.20Umutima wanjy'ushenguwe no kwifuza ujya wifuz'amateka yaw'ibihe byose.21Uhana abibone, ni bo bivume byiyobogiz'ibyo wategetse .22Unkureh'umugayo n'igisuzuguriro; kuko njya nitonder'ibyo wahamije.23N'abokomeye bicaraga banvuga nabi: ariko, umugaragu wawe nkibgir'amategeko wandikishije.24Kandi nishimir'ibyo wahamije, ni byo bingir'inama.2625Umutima wanjye womatanye n'umukungugu; unzure, nkukw ijambo ryawe ryasezeranije.26Nagutegererej'inzira zanjye, uransubiza: ujye unyigish'amategeko wandikishije.27Ummenyesh'inzira y'amategeko wigishije, kugira ngo nibgir'imirim'itangaza wakoze.28Umutima wanjy'urijijwe n'agahinda: nkomeza, nkukw ijambo ryawe ryasezeranije.29Unkurehw inzira y'ibinyoma: umper'amategeko yaw'ubuntu. 30Nahisemw inzira y'umurava: nashyiz'amateka yaw'imbere yanjye.31Nomatanye n'ibyo wahamije: Uwiteka, ntukoz'isoni.32Nzagenda niruka mu nzira y'ibyo wategetse, ubg'uzagur'umutima wanjye.33Uwiteka, ujy'unyigish'inzira y'amategeko wandikishije: kugira ngo nyitondere kugeza ku mperuka.34Ump'ubgenge, kugira ngo nitonder'amategeko yawe; nyitonderesh'umutima wose.35Unshishe mu nzira y'ibyo wategetse, kukw ari byo nishimira.36Uhindur'umutima wanjye ku byo wahamije, ariko si ku ndamu mbi.37Ukebukish'amaso yanjye, ye kureb'ibitagir'umumaro; unzurire mu nzira zawe.38Ukomez'umugaragu waw'ijambo ryawe, ryasezeranijw'abakubaha.39Unkureh'umugayo ntinya; kukw amategeko yaw'ari meza.40Dore, njya nifuz'amategeko wigishije: unzure kubgo gukiranuka kwawe.41Uwiteka, imbabazi zawe zingereho. ni zo gakiza kawe, nkukw ijambo ryawe ryasezeranije.42Ni ho nzabon'icyo mbgir'untutse; kuko niringir'ijambo ryawe.43Kandi ntukure rwos'ijambo ry'ukuri mu kanwa kanjye: kuko njya niringira kubon'amateka yawe.44Ni ho nzajya nitonder'amategeko yaw'ubudasiba Iteka ryose.45Kandi nzagendan'umudendezo; kuko njya ndondor'amategeko wigishije.46Nzavugir'imbere y'abam'ibyo wahamije, ne gukorwa n'isoni.47Kandi nzishimir'ibyo wategetse, ndabikunda.48Kandi nzamanikir'amabokw ibyo wategetse, ndabikunda; kandi nzibgir'amategeko wandikishije.49Wibuke ijambo wasezeranij'umugaragu wawe, kuko wanyiringije.50Iki ni cyo kimmar'umubabaro mu makuba yanjye no mu byago byanjye. Nukw'ijambo ryawe ryanzuye.51Abibone bajya bankoba cyane: ariko sinteshuke ngo mve mu mategeko yawe.52Uwiteka, njya nibuk'amateka yawe ya kera, nkimar'umubabaro.53Uburakari bgotsa buranfashe, ntewe n'abanyabyaha barek'amategeko yawe.54Amategeo wandikishij'aberey'indirimbo zanjye mu nzu y'ubusuhuke bganjye.55Uwiteka, njya nibuk'izina ryawe n'ijoro, nkitonder'amategeko yawe.56Iki ni cyo nahaye n'ukwitonder'amategeko wigishije.57Uwiteka ni we mugabane wanjye: navuze yuko nzitonder'amagambo yawe.58njya ngushabish'umutima wose kundeban'urukundo: umbabarire, nkukw ijambo ryawe ryasezeranije.59Njya ntekerez'inzira zanjye ngahindur'ibirenge byanjye ku byo wahamije.60Ngatebuka, sintinde kwitonder'ibyo wategetse.61Ikigoyi cy'abanyabyaha kirambohaboshye, ariko sinibagirw'amategeko yawe.62Mu gicuku nzakanguka ngushimire amateka yawe yo gukiranuka.63Mbana n'abakubaha bose, n'abitonder'amategeko wigishije.64Uwiteka, isi yuzuy'imbabazi zawe: ujy'unyigish'amategeko wandikishije.65Uwiteka, wagiriye nez'umugaragu wawe, nkukw'ijambo ryawe ryasezeranije.66Ujye unyigiha guhitamo neza no kumeny'ubgenge; kuko nizer'amategeko yawe.67Ntarababazwa narayobaga: ariko none nitonder'ijambo ryawe.68Uri mwiza kand'ugira neza: ujye munyigish'amategeko wandikishije.69Abibone bajya bandemer'ibinyoma, ariko jyeweho nzitonderesh'amategeko yaw'umutima wanjye wose.70Imitima yab'ihonyotse nk'ibinure, ariko jyeweho nishimir'amategeko yawe.71Kubabazwa kwangiriy'umumaro; kugira ngo nig'amategeko wandikishije.72Amategeko yo mu kanwa kawe n'ay'igiciro kuri jye kurut'icy'ibic'ibihumbi by'ifeza n'izahabu.73Intoke zawe ni zo zandemye, ni zo zambubye: umpe ubgenge, kugira ngo nig'ibyo wategetse.74Abakubaha bazandeba bishime; kuko niringir'ijambo ryawe.75Uwiteka, nzi yukw amateka yaw'ar'ayo gukiranuka, kandi yuk'umurav'ari wo waguteye kunshisha bugufi.76Ndakwinginze, imbabazi zawe zimmar'umubabaro, nkukwijambo ryawe riri wasezeranij'umugaragu wawe.77Ibambe ryawe ringereho, kugira ngo mbeho: kukw amategeko yaw'ari yo munezero wanjye.78Abibone bakorwe n'isoni; kuko bandenganishij'ibinyoma: ariko jyeweho nzajya nibgir'amategeko yawe.79Abakubaha bampindukirire, kugira ngo hameny'ibyo wahamije.80Umutima wanjy'utungane mu mategeko wandikishije, kugira ngo ne gukorwa n'isoni.81Umutima wanjy'ugushizw'isari no kwifuz'agakiza kawe; ariko niringir'ijambo ryawe.82Amaso yanjy'amarwa no kwifuz'ijambo ryawe, nkivuga nti, uzammar'umubabaro ryari?83Kuko mpindutse nk'umwumba y'uruhu, iba ku mwotsi; ariko sinibagirw'amategeko wandokishije.84Iminsi y'ubugingo bg'umugaragu wawe n'ingahe? uzasohoza ryar'iteka ku bagenza?85Abibone, badakurikiz'amategeko yawe, bandimiy'amashya.86Ibyo wategetse byose n'umurava: bangejesh'ibinyoma; ntabara.87Bashigaje hato bakandimbura mw'isi; ariko sinareka amategeko wigishije. 88Unzure, nkuko imbabazi zawe ziri; kugira ngo nitondere ibyo akanwa kawe kahamije.89Uwiteka, iteka ryose, ijambo ryawe rihora mw'ijuru rihamye. 90Umurava wawe uhoraho ibihe byose, wakomeje isi, igumaho.91Amategeko yawe niyo atuma byose bibaha uyu munsi; kuko byose bigukorera. 92Iyaba amategeko yawe atari yo munezero wanjye; cya gihe mba nararimbuwe n'umubabaro wanjye.93Ntabwo nzibagirwa amategeko wigishije, kuko ari yo wanzurishije. 94Nd'uwawe, nkiza; kuko ndondore amategeko wigishije.95Abanyabyaha bajya bantegerereza kundimbura; ariko nzita kubyo wahamije. 96Narebye yuko ibitunganye rwose byose bifite aho bigarukira; ariko amategeko yawe ni magari cyane.97Amategeko yawe nyakund'ubu bugeni! niyo nibwira umunsi ukira. 98Ibyo wategetse bituma ndusha abanzi banjye ubwenge; kuko bihorana banjye iteka.99Mfite ubwenge buruta ubw'abagisha banjye bose; kuko ibyo wahamije ari ibyo nibwira. 100Ndajijuka nkarusha abasaza, kuko njya nitondera amategeko wigishije.Chapter 12
1Uwiteka, tabara: kuko umunyarukundo ashira, abannyamurava babura mu bantu.2Bose barabeshyana: bavugisha iminwa ishyeshya n'imitima ibiri. 3Uwiteka azatsemba iminwa yose ishyeshya, n'ururimi rwirarira. 4Abavuze bati, tuzaneshesha indimi zacu, iminwa yacu n'iyacu; udutwara ninde?5Kubwo kunyagwa k'umunyamubabaro, kubwo gusuhuza umutima k'umukene, nonaha ndahaguruka, niko Uwiteka avuga, ndashyira mu mahoro uwo bacurira ingoni.6Amagambo y'Uwiteka n'amagambo atanduye; ahwanye n'ifeza igeragejwe mu ruganda rwo mw'isi, ivugutiwe karindwi. 7Uwiteka, uzabarinda, uzabakiza ab'iki gihe iteka ryose. 8Abanyabyaha bagenda hose impande zose, iyo abatagira umumaro bashizwe hejuru mu bantu.Chapter 120Indirimbo yo gutarama
1Mu gihe c'agahinda, naguhamageye, kandi wansubije.2 Kiza ubuzima bwa nyowe, Uhoragaho, unkize abafite iminwa y' ububeshi, barikwibeshesha indimi zabo3Mwewe muberagaho kubeshesha uririmi rwanyu, mubonaga ki cangwa bibamariye ki? 4Akabahanishe imyambi z'abarwanyi, icajishijwe amakara g' umunzeze gari kwaka cane5Ishano ringuyeho kuko ntuye agahe gatoya i Mesheki, nkaba naberaga mu mahema ya Kedari. 6Umutima gwa nyowe gwahereye kera gutuye hamwe n'abanzi b' amahoro. 7Ariko nyewe ndigushaka amahoro; ariko iyo ngambire, bakururaga indwano.Chapter 121Indirimbo yo ku mupando
1Nkafungure amaso ga nyowe ntumbire umisozi; gutabarwa kwa nyowe kukave hehe? 2Gutabarwa kwa nyowe kukave k'Uhoragaho, niwe waremire ijuru n'isi.3Ntaho akayemere ko ibirenge byawe job in yet era, ugucungaga ntaho akahunire. 4Reba, umuzamu wa Abisiraeli ntaho ahuniraga cangwa ngo asinzire.5Uhoragaho niwe muzamu wawe, Uhoragaho n'igicucu kiri iburyo bwawe. 6Izuba ntaho rikakwite mu mutaga cangwa ukwezi mu joro.7Uhoragaho akakurinde ikibi cose; kandi akagucungire ubuzima.8Uwiteka akagucunge igihe ugiye cangwa urigutaha , guturuka buno n' ibihe byose.Chapter 122
1Ndishimaga iyo bambwiye ngo tugende mu nzu y'Uhoragaho. 2Yerusalemu, ibirenge byacu bihageze mu marembo yawe. 3Yerusalemu, weho wubakirwe, nk'umugi gumwe.4Niyo ikabila zose zitaramiraga, ni yo miryango y'Uwiteka zitaramiraga ngo zibe abadimwe bo kwemeza Abisiraeli, kugira ngo bashime izina ry'Uhoragaho. 5Kuko ari ho baterekirwe ibwicaro by'imanza, intebe z'inzu ya Daudi.6Masengere amahoro ga Yerusalemu, abagukunda bamererwe neza. 7Amahoro gabe mu nkuta za wowe, babereho amahoro bari mu nzu zawe zikomeye.8Kubera bene data na bira ba nyowe, none ndagamba ngo: amahoro gabe muri wowe. 9Kubera inzu y' Uhoragaho Imana yacu ndikugusabira ibiboneye gusa.Chapter 123Indirimbo go m'umutaramo
1Amaso ndagakugutumbiye weho wikeye no gutegeka mu juru. 2Reba nkuko amaso g'abagaragu gashakishaga ingufu zo m'ukuboko kwa bosi we, nkuko amaso g' umuboyi gabaga garindiriye ingufu z' umukoresha, niko amaso gacu garebaga Imana yacu kugeza aho itubabariye.3Tubabarire, tubabarire, Uhoragaho, kuko tujwijwe igauzungure kenshi. 4Imitima yacu ihaze cane gusekwa n'abahaze , no gusuzugurwa n'abirasi.Chapter 124Indirimbo yo mu mutaramo, Indirimbo ya Daudi
1Iyoba Uhoragaho atabeye mu ruhande rwacu, mureke Israeli igambe buno, 2iyoba itaba ko Uhoragaho yabeye mu ruhande rwacu igihe abanzi badupangiye ibibi, 3baba barutumize bunguri turi bazima igihe uburakari gwabo bwari burikwaka.4Amazi gaba garadutembanye, umukukwe nago guba gwatwitire 5n' umwuzure gukarire guba gwazamishije.6Uhoragaho agishwe, we waduhishe ngo bere kudushanyaguzisha amenyo gabo. 7Twakize nk' akanyi kaviye mu mutego gw' abarezi b' inyoni, umutego gwacicemo kabiri, tubona kuvamo.8Ubufasha bwacu buri muri Uhoragaho, niwe waremire ijuru n' ubutakaChapter 125Indirimbo zo gutarama
1Abiringiraga Uhoragaho bamerire nk' umusozi gwa Siyoni gutanyeganyegaga, guhoraga gukomeye.2 Nkuko umusozi zizungurukire Yerusalemu niko uzungurukire abantu be guturuka guno kugeza ibihe byose. 3Kuko inkoni y' ububi itakaruhuke k' ubutaka bw' intungane kugira ngo abizeye here kumvira ubusambo.4Uhoragaho, ukorere abeza ibiboneye, ubikorere n'abafite umutima itungenye.5 Ariko abagenderaga mu nzira z' inzoka nzoka, Uhoragaho akabahane hamwe n' inkozi z' ibibi. Amahoro gabe mu IsraeliChapter 126Indirimbo yo m' umutaramo
1Igihe Uhoragaho yagaruye abafungwa ba Siyoni, tubibwenye ng'abarikurota.2Nuko rero iminwa yacu yari yujwiyemo igiseko, n' urimi rwacu rurikuririmba gutsinda, twagambaga hagati y' ibindi gihugo ngo:3Uhoragaho yadukoreye ibitangaza akangari, buno turishimye.4Uhoragaho,tugarurire abafunzwe nkuko umukukwe nk' amasoko muri Negebu. 5Ababibye mu marira, bakasarure bitirwe n' ibyishimo. 6Ugendaga urikurira yikoreye imbuto zo kuminja, agarukaga arikuririmba, yatsindire igihe abaga yikoreye amahundo.Chapter 127Indirimbo yo m' umutaramo, Indirimbo ya Solomoni.
1Uhoragaho utubakire inzu, abubatsi babaga barigukorera mu muyaga. Uhoragaho adacungire umugi, abazamu baba barigukora ibya busha. 2Mubyukiraga busha mu ka jorojoro, no kuyrama hanyuma, murikurya umukati gw'amateso, kuko Uhoragaho abikoreraga abo akundaga kandi barikwifururira.3Murebe, abana n' umurage guturukaga k' Uhoragaho, n' amatunda go mu nda ni amatabishi guturukire kuri we. 4Nkuko imyambi ziberaga mu maboko g' umurwanyi, niko abana wazeye m' ubusore bwa wowe bamerire. 5Umuntu ufite imyamba yujwiye mu ndaha ye, arishimye kuko ntaho akamware abanzi bijire kumufunguza umuryango.Chapter 128
1Akagishwe umuntu wose wumviraga Uhoragaho, kandi akagendera mu nzira ze. 2Umuntu yishimiraga akazi k' amaboko be, kakaguhesha imigisha kandi kagutuma ukira.3Umugore wawe akabe nk' umuzabibu guhetse amatunda akangari, mu nxu hagati. Abana bawe bakabe nk' imbuto y'ihembe hambavu y' ameza.4 Niko umuntu wose wumviraga Imana ahabwaga imigisha.5 Uhoragaho akakugishwe guturuka i Siyoni, kandi ukarebe neza ububonere bwa Yerusalemu mu buzima bwa wowe,6 ukabone ku bana bazewe n' abana base, amahoro gabe muri Israeli.Chapter 129
1Kenshi banteye guturuka m' ubusore, reka Israeli ibigambe,2 kenshi banteye guturuka m' ubusore, ariko ntaho banshobweye. 3Abarimyi bahinze k' umugingo gwa nyowe, baciyemo imitabo.4Uhoragaho n' intungane, yaciyemo imigozi y' ababi.5 Mureke bose bamwazwe, nuko bahindukire, abiyangishwaga Siyoni.6Babere nk' ubwatsi ku gisenge c' inzu, byumaga hambere yo kurandurwa. 7Ntaho bwokuzura amaboko k' umusaruzi, cangwa umufuko g' urikubufunga. 8Abarikutambuka ntaho bogamba ngo: imigisha y' Uhoragaho zibere muri mwewe. Turikubagisha mu izina ry' Uhoragaho.Chapter 13
1Uwiteka uzageza he kunyibagirwa iteka ryose? Uzageza he kwinyima amaso? 2Nzageza he kwigira imana, mfite agahinda mu mutima wanjye uko bukeye? Umwanzi wanjye azageza gushirwa hejuru yanjye?3Uwiteka, Mana yanjye, birebe, unsubize, hwejeshe amaso yanjye, kugira ngo ne gusinzira ibitotsi by'urupfu. 4Umwanzi wanjye ye kuvuga ati, ndamunesheje: abanteraga be kwishimira kunyegenyega kwanjye.5Ariko niringiye imbabazi zawe; umutima wanjye uzishimira agakiza kawe. 6Ndaririmbira Uwiteka, kuko yangiriye neza.Chapter 130Indirimo yo m' umutaramo
1Mu buvumo ndikuririra 2Uhoragaho. Mwami, wumve ijwi rya nyowe, emera kumpa amatwi, wumve ikiliyo ca nyowe3Niba weho ugumye kwibuka ibyaha bya nyowe, ni nde woguhagarara hambere?4 Ariko muri wowe harimo kubabarira ibyaha, kugira ngo uhabwe icubahiro.5Ndindiriye Uhoragaho, ubuzima bwa nyowe burakurindiriye, kandi mu gambo rye nimo hari ibyiringiro bya nyowe. 6Umutima gwa nyowe gurakurindiriye Mwami kurusha ko umuzamu abagaho urindiriye ngo buce.7Israeli we, wiringire Uhoragaho. Uhoragaho ni umunyembabazi, kandi ari tayari kubabarira.8 Ni we ukakure abana ba Israeli mu byaha byaboChapter 131Indirimbo yo gutarama, indirimbo ya Daudi
1Uhoragaho, umutima gwa nyowe ntaho gushwiye ubwirasi cangwa amaso kwijshira hejuru. Ntaho nashirire ibyiringiro bikomeye muri nyowe cangwa kwihangayisha n' ibintu bindenze2Kweli nahojeje na kuruhutsa umutima gwa nyowe, nkuko umwana wakuwe kubera yifataga, umutima gwa nyowe, gumerire nk' umwana wakuwe ku bere.3 Israeli, ibyiringiro byanyu bibere mu Uhoragaho.Chapter 132
1Indirimbo yo mu mupando, Uhoragaho,wibuke Daudi, wibuke amateso ge.2 Wibuke uko yarahiye hambere y' Uhoragaho, uko yaraganiye imbere y' Uri hejuru ya byose wa Yakobo.3Yagambye ngo: ntaho nokayinjire mu hema cangwa kwinjira m' uburiri, 4ntaho nkayemerere amaso ga nyowe gusinzira cangwa kwemerera ingohe guhunira 5 kugeza igihe nkabonere Uhoragaho ikabanza ngo nubakiremo Ushobweye byose wa Yakobo inzu.6Mureke, twumvushije ibyerekeye Efurata, twayisanze mu mirima ya Yaari. 7Tukayije mu nzu y' Uhoragaho, tumupfukamire ku birenge.8 Byuka, Uhoragaho we, ngino ubere who uruhukiraga, weho n' isanduku yawe ikomeye9Emerera abatambyi wawe bambikwe ubutungane, kandi ko abakwizeye baririmba bishimire. 10Kubera Daudi umukozi wawe, were gusunikira kure masiya wawe.11Uhoragaho yaraganiriye Daudi, indagano ya kweli kweli yo atakasubireho, arikugamba ngo: Umwe mubo wazeye akicare ku ntebe y' ubwami. 12Abana ba wowe babeye bumviye indagano n'amategeko nkabigishe, abana babo bakicare ku ntebe y' ubwami13M' ukuri Uhoragaho yacaguye Siyoni, niho yacaguwe kuba indaro ye. 14 Yagambire ngo: nibyo burukiro bwa nyowe, nkahature igihe byose kuko nahakunze.15Nkagishishe Siyoni ibiryo byinshi kandi abahatuye b' abakene bakahagishwe. 16Abatambyi baho bakambikwe imyenday' agakiza, n' abizeye baho bakabe mu byishimo byinshi.17Niho nkapandishe icubahiro ca Daudi, nkahatayarishirize umukozi we masiya wa nyowe.18 Abanzi be nkabambike ikimwaro, kandi ku mutwe gwe hakahoreho ishapo y' icubahiro.Chapter 133
Indirimbo yo m' umutaramo. 1Yemwe, murebe uko bibiboneye no gushimisha gusagusanga abavikanyi it byikeye hamwe m' ubumwe.2Bimerire nk' amavuta k' umutwe, garikurindimuka k' ubwanwa, ubwanwa bwa Aroni, garikurindimuka gakagera ku mugunjo gw' iropo rye.3 Bimerire nk' urume rwa Hermoni rurikurindimukira ku misozi gwa Siyoni, kubera ko niho Uhoragaho yategekire imigisha , kweli, ubuzima bw' ibihe byose
Chapter 134
1Mwije tugishe Uhoragaho, mwewe bakozi b' Uhoragaho, mwewe mukoreraga mu nzu y'Uhoragaho mu joro. 2Tupandishe amaboko gacu ahatungenye, tugishe Uhoragaho.3Uhoragaho abagishe guturuka i Siyoni, we waremire ijuru n' isiChapter 135Haleluya
1Mushimire Imana, Mushimire Uhoragaho, mumushimire mwewe b' Uhoragaho,2 mumushimire mwewe mutuye mu nzu y' Imana, no mu marembo g' inzu y' Imana yacu.3Mushimire Uhoragaho kubera ko ari mwiza, muririmbe izina rye kubera ko riboneye. 4Kubera ko Uhoragaho yicaguriye we wonyine Yakobo, ngo bibere abantu be gusa.5Nyowe nyiji ko Uhoragaho ari mwiza, ko Umwami wacu ari Imana hejuru y' Imana zose. 6Cose Uhoragaho yishakiye, agikoraga mu juru, k' ubutaka, mu ngezi no hasi yo hasi y' ingezi zinini.7Niwe utaramishaga ibicu biturutse ku mwisho gw' isi, niwe ukurikizga imrabyo imvura, agakura umuyaga mu kigega cargo.8Niwe witire abana bazewe mbere mu Misri hamwe n' ab' ibisimba, 9yatumire ibikomeye hagati yabo mu Misri, hambere ya Farao n' abakozi be bose.10Yateye igihugo akangari kandi yita abami bafite ingufu, 11Sihoni, mwamiw' Abaamori, na Ogi , mwami wa Bashani n' abami bose ba Kanani.12Yaduheye ubutaka bwabo ngo bubere umurage, umurage gw' Israeli n' abayituyemo. 13Izina rya wowe, Uhoragaho rihoragaho, kumenyekana kwa wowe guhoragaho, Uhoragaho, weho uri icibutso c' urubyaro n' urundi.14Kuko Uhoragaho akacire urubanza abantu be, kandi ukababarire abakozi be.15 Ibisanamu by' abatazi Imana n' ifeza n' izahabu, byakorirwe n' abantu.v 16 Bifite iminwa ariko ntaho bigambaga, bifite amaso ariko ntaho birebaga, 17Bifite amatwi ariko ntaho byumvaga, nta n' umwuka gubaga mu minnwa yabyo. 18 Bisana nabo, ababiremire na buri umuntu ubyiringiye.1615Ibishushanyo abanya mahanga basenga ni feza n'izahabu, umurimo w'intoke zabantu. Bifite akanywa n'ibivuga, bifite amaso ndibireba, 17Bifite amatwi nibyumva, kandi nda mwuka uri mu kanwa kabyo. 18Ababirema bazahwana nabyo, n'ubyiringira wese.19Abazewe na Israeli, mugishe Uhoragaho, abazewe na Aroni, mugishe Uhoragaho.20Mwewe nzu ya Lawi, mugishe Uhoragaho, mwewe mwumviraga Uhoragaho, mumugishe. 21Uhoragaho agishwe guturuka i Siyoni, uwikeye i Yerusalemu. Haleluya.Chapter 136
1Muririmbire Uhoragaho kubera ko araboneye, n' ububonere buhoragaho buri gihe. 2Muririmbire Imana iri hejuru y' utumana twose, kubera ko ububonere bwe buhoragaho buri gihe. 3Mushimire Umwami w'abami, kubera ko ububonere bwe budashiraga.4Mumushimire we wakorire ibitangaza bikomeye, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose.5 Niwe waremire amajuru k' ubwenge bwe, kubera ko ububonere bwe buhoragaho.6Mushimire uwashashe ubutaka hejuru y' amazi, kubera ko ububonere bwe buhoragaho, 7we waremire imyangaza minini, kubera ko ububonere bwe budashiraga8Mushimire uwashijeho izuba ngo ritegeke umutaga, kubera ko ububonere bwe buhoragaho,9 ukwezi n' inyenyeri ngo bitegeke ijoro, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose.10Mushimire uwitire abana bo hambere mu Misri, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose,11 kandi uwakuye Israeli hagati yabo, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose,12 akoreheje ukuboko kwe kw' ingufu kandi kurambuwe, kubera ko ububonere bwe budashiraga.13Mushimire uwaciyemo kabiri ingezi utukuye, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose, 14kandi akatambutsa Abisraeli hagati yago, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose. 15Ariko yagogomeje Farao n'abasoda be mu ngezi, kubera ko ububonere bwe budashiraga.16Mushimire uwo waherekeje Abisraeli mu butayu, kubera ko ububonere bwe buhoragaho igihe byose. 17Mushimire uwitire abami bakomeye, kubera ko ububonere bwe budashiraga.18Mushimire uwitire abami Nakuru, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose. 19Sihoni, Umwami w' Abaamori kubera ko ububonere bwe budashiraga.20 Na Ogi, Umwami wa Bashani, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose.21Mushimire uwabaheye ubutaka gwabo ngo bibere umurage gwanyu, kubera ko ububonere bwe buhoragaho.22 Umurage gwa Israeli umukozi wayo, kubera ko ububonere bwe budashiraga na rimwe,23 uwatwibukire no kudufsha m' ukugawa kwacu , kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose.24Mushimire uwaduheye gutsinda abanzi bacu, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byose, 25utangaga ibiryo ku byaremirwe byose, kubera ko ububonere bwe budashiraga na rimwe.26 Yego, mushimire Imana yo mu juru, kubera ko ububonere bwe buhoragaho ibihe byoseChapter 137
1Hakurya y' imigezi ya Babiloni niho twari twikeye turikurira turikwibuka Siyoni.2 Hagati y' ibiti byari biri hagati, niho twamanitse ibitari byacu3Aho niho abarwanyi bacu badusabaga indirimbo, n'abasekanyi bacu badusabaga kwishima , barikugamba ngo:4 Muturirimbire indirimbo za Siyoni. Tukaririmbire Uhoragaho mu gihugo ca kure gute?5Mbaye nkwibagiwe Yerusalemu, ukuboko kwa nyowe ku ubugabo kwere kwibagirwaa ibiboneye wankoreye. 6Reka ururimi rwa nyowe rufate ku songa yo mu munwa, mbaye nihaye kutagutekerezaho. Mbaye ndakunze Yerusalemu kurusha ibyo nkundaga byose.7Uhoragaho, unyibutse ibyo Abanyaedomu bakorire ku musi Yerusalemu yahirimye. Bagambire ngo: Muyibomore, muyibore hamwe n' imisingi yayo.8Muhara w' i Babiloni wenda kubomorwa, umuntu wose ukakurihe ibyo wadukoreye akagishwe. 9Agishwe umuntu woee ukagufate, no gutubura abatoya bo muri weho k' ubuye.Chapter 138
1Indirimbo ya Daudi.Umutima gwa nyowe gukashimire Uhoragaho, hambere y' utumana nkakuhimbaze.2 Nkapfukame hambere y- ikanisa rye ritungenye kandi nkahe izina rya wowe amashimwe kubera indagano ya wowe y' ukuri no kuzerwa kwa wowe. Wakujujije izina rya wowe kurusha ibindi bintu byose.3Umusi naguhamageye, wanyumvishije, wampeye ingufu kandi ukomeza umutima gwa nyowe. 4Uhoragaho, abami bo mu yino si bose bakagushimire, kuko bakabe barikumva amagambo g' amashimwe guturutse mu kanwa ka nyowe5Kweli bakashime Uhoragaho kubera ibyo yakorire, kubera ko icubahiro ce ari kinini. 6Kuko ntaho Uhoragaho akomeye, yitaga ku bantu ba busha, ariko abirasi ntaho abahangayikiye7Naho noba ndikunyurira hagati y' ibibazo, ukarinde ubuzima bwa nyowe, ukarambura ukuboko kwa wowe no guhozesha uburakari bw' abanyangaga, kandi ukuboko kwa wowe k' ubugabo kukankize.8 Uhoragaho ari hambavu ya nyowe kugeza ku mwisho, indagano n' imuphwe za wowe zikahoreho ibihe byoseChapter 139K' umukuru w' imizika, Indirimbo ya Daudi.
1Uhoragaho, wandebye hanyuma wamenye.2 Wiji igihe nikeye n' igihe mbagarareye, wiji ibitekerezo bya nyowe uri kure3Wiji inzira za nyowe, wiji n' igihe co kuryama ca nyowe, inzira za nyowe zose uziji. 4Kubera ko hambere ko nagamba igambo rya mbere, wari uryiji neza. 5 Hari hambere cangwa hanyuma, Uhoragaho, uranzungurutse kandi umfubatishije ukuboko kwa wowe. 6Ubumenyi nk' ubwo burandenze, ni bureyi cane, ntaho nokwisumbukuruza ngo bugereho7Nogenda he kure y' Umwuka gwawe? Notorokerahe ngo were kundeba? 8Mbaye ntaramye mu majuru, weho uriyo, mbaye nshashe uburiri bwa nyowe mu kuzimu, Reba, Naho uriyo9Naho noguruka ku mababa g' igitondo no kugenda gutura kure hakurya y' ingezi,10 yewe, nayo ukuboko kwa wowe kukanyobore, ukoboko kwa wowe k' ubugabo kukamfate.11Naho nokwibwira ngo: Umuyobe gukamfunike, n' umwangaza gukahinduke ijoro ryo kunzunguruka,12 umuyobe ntaho gukabe urukara kuri nyowe ijoro rikayake nk ' umutaga kubera ko umuyobe n' umutaga byose bimerire kimwe hambere yawe.13Waremye ibiri mu nda ya nyowe, ni weho wandemye mu nda ya mama.14 Nkagushimire, kuko wandemye neza cane, umutima gwa nyowe gurabiji neza.15Ntaho amagufa ga nyowe gahishwe hambere ya wowe igihe wandemaga uri wonyine, igihe wandemesheshe ubwenge mu ndani y' ubutaka. 16Wandebaga ndi mu nda , kandi ni weho wampeye imisi zinkwiriye no kuzandika mu gitabu ca wowe hambere yo kuvuka kwa nyowe.17Ibitekerezo bya wowe kuri nyowe biraboneye cane, ni nde woshubore kubimenya uko bingana. 18Mpimye kubibara, byoba akangari kurusha umucanga. Igihe mbyutse mbaga ndi hamwe na wowe19Mana, iyoba witaga ababi, ugakura mu nzira ya nyowe abicanyi.20 Bangaga kukumvira ,bagakora ibyo kubesha, abanzi ba wowe baberagaho barikubesha gusa.21None ntaho wiji ko nangaga abakwangaga, Uhoragaho? Kandi ko ngayaga abakwigometseho? 22Ndabangaga kabisa, bambereye abanzi.23Mpime Mana, kandi umenye ibiri mu umutima gwa nyowe, umpime Mana, umenye ibiri muri nyowe. 24Reba niba hari muri nyowe imipango mibi, nuko unyobore mu nzira iboneye itakashire.Chapter 14
1Umupfapfa ajya yibwira ati, nta Mana iriho. Bononekaye, bakoze imirimo yo kwangw'urunuka, nta ukora ibyiza.2Uwiteka yarebye abantu, ari mw'ijuru, kugira ngo amenye yuko harimwo abanyabwenge, bashaka Imana. 3Bose barayobye, bose bandurijwe hamwe, nta ukora ibyiza, n'umwe.4Mbese inkozi z'ibibi zose nta bwenge zifite? ko barya abantu banjye nkuko bary'umutsima, kandi ntibambaza Uwiteka.5Aho ngaho bahagiriye ubwoba bwinshi, kuko Imana ari mu bwoko bw'abakiranutsi. 6Mukoze ison'imana z'umunyamubabaro ariko Uwiteka n'ubuhungiro bwe.7Icyampa agakiza k'Abisiraeli kakaba kavuye i Sioni; Uwiteka n'asubizay'ubwoko bwe bwajyanywe ho imiyago, n'ibyo aba Yakobo bazishima, Abiziraeli bazanezerwa.Chapter 140K'umukuru wa banyamuziki. Indirimbo ya Daudi.
1Uhoragaho, nkize ababi, umpishe abicanyi. 2kubera imipango iri mu mitima yabo, barikundwanya. 3Indimi zabo ziryanaga nk' ibikweta. Ku minwa zabo haberagaho ubumara bwa butugu. Sela.4Uhoragaho nkize amaboko g' ababi, ndinde abicanyi kuko barikupanga kuntimba hasi. 5Abirasi bantegire, bafunguye ubutimba bwabo, bantegire.6Nabwiye Uhoragaho ngo: Uri Imana ya nyowe, nyumve ndikukuririra, ungirire imbabazi.7 Kuko nyiji ko Uhoragaho ushobweye kunkiza, uhishaga umutwe gwa nyowe igihe c' indwano. 8Uhoragaho, were kubafasha ngo bagere kubyo ababi bapangire, were kwemera ko imipango yabo mibi zishoboka.9Abanzungurukire bose bapandishije imitwe yabo, ububi bwo ku minwa yabo bubafunike. 10Amakara garigutwika gabagweho kandi ubate mu muriro, mu cobo kireyi, bere gupandisha tena umutwe zabo.11 Abagabo babo biji kugamba batere kuba mu mahoro, uhigishe abicanyi ububi bwabo kandi ubite.12Nyiji ko Uhoragaho akacire abababeye imanza za kweli kandi akahe abakene ukuri kwabo. 13Kweli kweli intungane bakashimire izina ryawe, abakwiriye bakature mu maso ge.Chapter 141Indirimbo ya Daudi.
1Uhoragaho, ndikukuririra, wije hafi ya nyowe vuba vuba. Nyumve kuko ndikukuhamagara.2 Iyoba gusaba kwa nyowe koguhumurira kandi amaboko ga nyowe gapandishijwe gokubera igitambo co k' umugoroba3Uhoragaho, ushire k' umunwa gwa nyowe umuzamu, ufunge weho wonyine umuryango g' umunwa gwa nyowe. 4Were kwemera ko umutima gwa nyowe gwenda ibibi, cangwa gufatana n' ubukozi bw' ibibi. Kandi nere kurya k' ibyiza byabo.5Wemere ko intungane inkubita, bikambonerera kurushaho. Iyoba yankosora, bikambere amavuta gariguhumura neza k'umutwe gwa nyowe, kandi umutwe gwere kubyanga. Ariko gusaba kwa nyowe kwangaga ibibi byabo. 6Abategetsi babo bakahirikwe k' umuteremuko g' umusozi, niho bakamenye ko ibyo ngambaga biboneye. 7Bakagambe ngo: uko umuntu ahingaga, ariguhindura ubutaka, niko amagufa gacu gasambaranyijwe ku minwa gw' ikuzimu.8M' ukuri nguhangire amaso, Uhoragaho Mwami, ni weho buhungiro bya nyowe, were kundeka utandengeye.9 Ndinde kuko abanzi ba nyowe bashashe ubusha mu nzira ya nyowe, unkize imitego y'ababi.10Ababi babeye bariguhunga, ubagushe mu byobo bacukwiye.Chapter 142Mashili ya Saudi, igihe yabaga yihishe m'ubuvumo, gusaba kwe.
1Nakoresheje ijwi rya nyowe ndikuririra Uhoragaho ngo antabare, nakoresheje ijwi ndiguhendahenda Uhoragaho ngo angirire imbabazi. 2Namennye amarira ndikububura hambere ye ndi no kumubwira amaganya ga nyowe.3Igihe umutima gwaburire ingufu muri nyowe, ni weho wiki inzira ya nyowe. Mu nzira yo nyuriragamo, bahishemo umutego.4 Ndikureba m' ukuryo nkabona ntaho muntu umpangayikiye. Ntaho bwihisho, ntaho umuntu ampangayukiye.5 Naguhamageye, Uhoragaho ndikugamba ngo Uhoragaho uri ubuhingiro bwa nyowe, igihe c' ubutaka bwo kuberamo.Nymve ndikuguhamagara kuko nagizwe mutoya cane, unkize abarikunteza kuko bafite ingufu kundusha. Ukure umutima gwa nyowe mu pirizo kubera ngo mpeshe izina rya wowe amashimwe. Intungane zikanzunguruke kubera ko wambereye mwiza.Chapter 143Indirimbo ya Daudi
1Wumve gusaba kwa nyowe, wumve gusenga kwa nyowe. Kubera ubutungane bwa wowe, n' ukuri kwa wowe, unsubize. 2Were gushaka gutsinda umukozi wawe kubera ko mu maso ga wowe ntawe ufite ukuri.3Umwanzi yashakishije ubuzima bwa nyowe, yanyatiye hasi k' ubutaka, yantumye ndara mu muyobe ntaho napfiye kuva imyaka akangari. 4Umwuka gwa nyowe guraremerewe, n' umutima gujwiyemo kwiheba.5Ndikwibutsa umutima gwa nyowe ibyabeye kera, ndigutekereza kubyo wankoreye, kandi nkareba ibyo wankoreye. 6Amaboko ndikugapandisha ndikugusaba, umutima gwa nyowe gufitiye imyota muri kino gihugo cumakeye.7Uhoragaho, nsubize vuba kubera umwuka gwa nyowe gwafendegeye. Were kumpisha amaso gawe, Niba ariko bibeye ndaba nk'abapfiye bakagenda kure mu cobo kireyi. 8Unyemerere numve indagano itungenye ya wowe yo mu gitondo, kubera ko ndakwiringiye. Nyereke inzira zo nyuriramo kubera ko ubuzima bwa nyowe ndabukweguriye.9Uhoragaho, nkize abanzi ba nyowe, ndikuguhungiraho. 10Unyigishe ubushake bwa wowe kubera ko uri Imana ya nyowe. Umwuka gwa wowe guboneye gunyobore mu gihugo c' ukuri.11Uhoragaho, kubera izina rya wowe, undeke mbeho, m' ubutungane bwa wowe unkure mu byago. 12Kubera indagano zawe so kwizerwa, nkize abanzi, ukureho abanzi bo m' ubuzima bwa nyowe, kubera ko ndi umukozi wawe.Chapter 144Indirimbo ya Daudi
1Ugishwe Uhoragaho, weho Gitare ca nyowe, weho wigishihe amaboko ga nyowe kurwana n' intoke za nyowe gukubitana. 2Uri indagano ya nyowe yo kwizerwa n' urukuta ry' ubwihisho, uri umunara gwa nyowe mureyi kandi uri wa wundi unkizaga, uri ingabo ya nyowe, ni weho nihishagamo, uri wa wundi ushiraga amahanga hasi ya nyowe.3Uhoragaho, umuntu amarire ki hambere ya wowe ngo umumenye cangwa umwana w' umuntu ngo umutekerezeho? 4Umuntu si ntamerire nk' umwuka, imisi ye simerire nk' icucu kirikwitambukira?5Zamisha ijuru, uteremuke,kora ku misozi uzihindure umwotsi. 6Utume imirabyo nuko utawanyishe abanyangaga, baraseho imyambi za wowe nuko babure bose kutumvikana7Rambura ukuboko kwa wowe guturutse mu juru, unkize kuko nazamye mu mazi akangari, unkize ukuboko kw'abanyamahanga.8 Bakoreshaga umunwa gwabo kubesha gusa, n' ukuboko kwabo kw'iburyo kujwiyemo amakosa gusa.9Ndenda kukuririmbira indirimbo nshansha Mana. Ndenda gukoresha igitare c' isinga icumi ngo ndirimbire wowe amashimwe, ni weho ukizaga abami,10 ni weho wakuye Daudi, umukozi wawe mu kaga k' inkota mbi. 11Nkize kandi unkure mu maboko g' abanyamahanga. Iminwa yabo igambaga ububeshi, n' ukuboko kwabo kw' ibiryo kujwiyemo amakosa.12Wemere ko abahungu bacu bakura bamerire nk' imbuto irigukura neza n'abahara nk' inkingi zicapweho zu mu nzu y' umwami. 13Emera ko ibigega byacu byuzuramo ubwoko bwose bw' imbuto kandi ko intama zacu zibyara amajana n'amajana icumi mu bikuyu byacu14Nuko inka zacu zikazare inyana akangari, nta muntu ukatobore inkuta zacu,kandi nta n'umwe akabe impunzi, nta n'amarira gakabe mu mayira. 15Bugishwe ubwoko bukabone iyo migisha kandi abantu bafite Imana ari yo Uhoragaho bagishwe cane.Chapter 145
1Nkakuramye, Mana n' Umami wa nyowe. Nkagishe izina rya wowe none na buri bihe. 2Buri musi nkakugishe, nkahimbaze izina rya wowe ibihe byose.3 Imana ni nkuru kandi ni gombwa kuyihambaza cane, ubukuru bwayo nta wabwigerekaho.4Abo tungana bagushimire kubera ibyo wakorire kugeza kubakavuke hanyuma kandi nyowe nkatanganze ibikorwa by we bikoemeye.5 Nyowe nkahore ndigutekereza k' ubukuru bw' ububonere bwa wowe tens no ku bikorwa biteye ubwoba.Ibyo wakorire bikatangaze ingufu ziri mu kazi ka wowe, kandi nkatangarize bose ubukuru bwawe.Bikatabgaze ububonere bwawe bwinshi kandi bikaririmbe ku byerekeye ubutangane bwa wowe.8Uhoragaho ni umunyabuntu kandi ni umunyambabazi, atindaga kurakara kandi yujwiyemo indagano so kwizerwa.9 Uhoragaho abonereye bose kandi imbabazi ze ziberaga mu ibyo akoraga byose.10Uhoragaho, ibyo waremye byose bigushimire, kandi intungane za wowe zikakugishe. 11Intungane za wowe zikatangaze ububonere bw' ubwami bwa wowe kandi bakabwire bose ibyerekeye ingufu za wowe. 12Zikamenyeshe abazeye n'abantu bose ibikorwa bikokomeye n' ububonere bukomeye bw' ubwami bwa wowe.13Ubwami bwa wowe ntaho bufite umwisho kandi ubutegetsi bwa wowe bukahoreho imyaka n' imyaka.14Uhoragaho n' injengo y' abariguhirima bose, ahinuraga abagondamye bose.15 Amaso ga bose garagutumbiriye kuko utanganga ibiryo igihe kiboneye,16 ufunguraga amaboko ga wowe ngo usubize ubyifuzo bya buri kintu waremye.17Uhoragaho aratunganye mu nzira ze zose, kandi akoranaga imbabazi byose.18 Umuhamageye wowe aramwegeraga, abamuhamageye m' ukuri. 19Yuzuzaga ibyifuzo by'abamutinyaga, kandi yumvuga kurira kwabo, akabakiza.20Uhoragaho acungaga umuntu wose umukunze, ariko akarimbure ababi.21 Umunwa gwa nyowe gukagambe amashimwe g' Uhoragaho. Emera ko abantu bose bagisha izina rye ritungenye igihe n' ibiheChapter 146
1Mushime Uhoragaho.Mushimire Uhoragaho, mutima gwa nyowe. 2Nkashime Uhoragaho amaisha ga nyowe gose, Nkaririmbire Imana ya nyowe amashimwe igihe cose nkabereho.3Were kwiringira abami cangwa abana b'abantu, ntaho wobaboneramo agakiza.4Igihe agatima k' umuntu karetse gutimbaguza, asubiraga m' umucucu, ugo musi imipango ye yose igahagarara5Akagishwe umuntu wiringiye ko Imana ya Yakobo ikamufashe, ushije ibyiringiro bye mu Mama ye. 6Imana yaremye ijuru, ubutaka, ingezi n' ibirimo byose, we wonyine akomezaga ukuri igihe byose.7Iciraga imanza z' ukuri abakandamijwe, ihaga ibiryo abapfiye inzara. Ifunguriraga abafunzwe,8Uhoragaho afunguraga amaso g'abatarebaga, Uhoragaho ahagurutsaga abagondamishijwe,Uhoragaho akundaga intungane.9Uhoragaho arindaga abatari abature bo mu butaka akapandisha abadafite ababyeyi n' abapfakaye, ariko akandimizaga ababi.10Uhoragaho akategeke igihe byose, Imana ya wowe, Siyoni, ikategeke igihe byose. Mushimire Uhoragaho.Chapter 147
1Mushimire Uhoragaho, kubera ko biboneye kuririmbira Imana yacu amashimwe, birashimishije,kandi biryohire kumushira hejuru.2Uhoragaho akubake bushasha Yerusalemu, akakusanye Abisraeli batatenye.3 Niwe ukizaga abafite imitima yajanjaguritse kandi niwe ukizaga ibisebe byabo.4Yiji umubare gw' inyenyeri no kuziha amazina.5Umwami wacu ni Mukuru, kandi akomeye mu ngufu, kumenya kwe ntaho wogupima.6Uhoragaho apandishaga abakandamijwe, agateremura hasi ababi.7 Muririmbire Uhoragaho murikumishima, muririmbishe inanga.8Afunikishaga amajuru ibicu, kandi agatayarishiriza ubutaka imvura, niwe ukuzaga ubwatsi bwo ku misozi.9Niwe ahaga ibiryo ibisimba n' igikona gitoya kirikwabira.10Ntaho ashimishwaga n' ingufu z' ifarashi, cangwa ingufu ziri mu maguru g' umuntu. 11Uhoragaho yishimiraga abari kumwumvira, abashije ibyiringiro byabo mu ndagano ze zitungenye.12Yerusalemu, ushime Imana kandi na wowe Siyoni ihimbaze Imana.13Kuko niwe ukomeza ibihindizo byo gufungisha imiryango, kandi niwe ugishaga abana banyu.14 Niwe uzanaga ubukire mu mupaka yanyu, kandi niwe ubahagishaga ingani ziboneye.15Atumaga amategeko ge ku so, itegeko rye riranyururukaga bwangu.16 Niwe uhinduraga urubura kuba ubwoya bw' intama kandi asandagiza igicu na kukigwishamo ikime.17Atereraga urubura rwe nk' umurama, ni nde ushobweye guhagarika imbeho atumaga? 18Atumaga igambo rye kandi akarihindura amazing go kunyagira, ahuhaga umuyaga, nuko imigezi igatemba19Yatangarije Yakobo igambo rye, yamenyesheje Abisraeli amategeko n' amabwiriza he gatungenye. 20Ntaho yarabikoreye ikindi gihugo, kuko ntaho bomenya ago amategeko. Haleluya.Chapter 148
1Mushimire Uhoragaho. Mumushimire mwewe muri mu majuru, mumushime, mwewe muri iruguru cane. 2Mumushimire, mwewe bamalaika, mumurimbire mwewe basoda be.3Mwewe zuba n' ukwezi mumushimire, mumushimire mwewe nyenyeri murikwerereza.4 Mwewe majuru go hejuru cane mumushimire, na mwewe mazi gari hejuru y' ijuru.5Mureke bishimire izina ry' Uhoragaho kubera ko yabitegekire, bibaho. 6Kandi yabiremire ngo bibeho igihe cose,ibyo yategekire ndo bikahinduke.7Mumushime guturuka k' ubutaka, mwewe ibihere binini biberaga mu mazi no mu ngezi hasi cane, 8muriro n' urubura, ibicu, imiyaga yujwiyemo gurikukumba byose no kuzuza igambo rye.9Mumushime mwewe misozi n' udusozi twose, mwewe biti byeraga amatunda na mwewe libuyu,10 ibisimba byo mu shamba n' ibyo m' urugo, biremwa birigukururuka hamwe n'inyoni.11Mushimire Uhoragaho mwewe bami ba hano k' ubutaka n' ibihugo byose, abana b'abami hamwe n'abarigutegeka yino si, 12mwewe basore namwe bahara, abakambwe n'abana13Mureke bose bashime izina ry'Uhoragaho kubera ko izina rye gusa ni ryo gushirwa hejuru kandi ububonere bwe burenze ubutaka n'amajuru. 14Yapandishije ihembe ry' ubwoko bwe kugira ngo ashimirwe n'intungane ze zose, Abisraeli, abantu bari hambavu ye. Mushimire Uhoragaho.Chapter 149
1Mushime Uhoragaho, mumuririmbire indirimbo nshasha, muririmbe amashimwe ge hagati y' ihuriro ry' intungane ze.2Mureke Israeli yishimire uwayiremire, Mureke abantu ba Siyoni bacezereze umwami wabo.3 Mubareke babyine barigushima izina rye, baririmbe barigushima bafite utugoma n' inanga.4Kubera ko Uhoragaho yishimiraga abantu be, apandishijijaga abicishije bugufi agakiza. 5Mureke abatinyaga Imana bishimire gutsinda, mubareke baririmbe barigusimbagurika ku bitanda byabo6Mureke amashimwe gabere mu minwa yabo kandi inkota ikarihire hombi ibere mu maboko gabo 7 kugira ngo birihire ibyo ibindi gihugo byabakoreye barikubihana.8Bakazirikishe abami iminyororo n' abakuru babo imihama.9 Bakazohoze urubanza rwandikirwe. Bikabe icubahiro c' intungane, Mushimire Uhoragaho.Chapter 15
1Uwiteka, ninde uzaguma mwo ihema ryawe? Ninde uzatura ku musozi wawe wera? 2N'ugendera mu bitunganye, agakora ibyo gukiranuka, akauga ibyukuri nkuko biri mu mutima we.3Utabeshyeresha abandi ururimi rwe, ntagirire nabi mugenzi we, ntashyushya inkuru y'umuturanyi we.4Mu maso ye, umunyagisuzuguriro arahinyurwa, ariko, abatinya Uwiteka arabubaha. Icyo yarahiriye, naho cyamugirira nabi, ntiyivuguruza. 5Ntaguriza ifeza kubona indamu zirenze urugero, cyangwa ntiyemera ibiguzi k'utariho urubanza, ugeza atyo ntabwo azanyeganyezwa.Chapter 150
1Muhe Uhoragaho amashimwe,Uhere Imana amashimwe mu fasi ye itungenye, mumushimire mu majuru gakomeye.2 Mumushimire kubera ibikorwa bikomeye, mumushimire ubukuru bwe burenze.3Mumushimishe uruyombo ry' ihembe, mumushimishe ifirimbi n ' inanga. 4 Mukubite utugoma, muceze, Mushime mukoresheje igitare cy' isinga zirikugamba cane n' ibidari by' umuyaga. 5 Mumushimishe ibitari birikuyomba,n' ibirikuyomba cane.6Buri kintu gihumekaga gishime Uhoragaho. Mushime UhoragahoChapter 16
1Mana, undinde kuko ari wowe mpungiyeho. 2Nabwiye Uwiteka nti, ni wowe mwami wanjye, nta mugisha mfite utari wowe. 3Abera bo mw'isi, nibo mfura nishimira bonyine.4Ibyago n'amakuba by'abagurana Uwiteka izindi mana bizagwira, amaturo yazo y'amaraso sinzayatamba, kandi amazina yazo sinzayarahaira.5Uwiteka niwe mugabane w'umwandu wanjye n'uw'igikombe cyanjye, ni wowe ukomeza umugabane wanjye. 6Ubufindo bwatumye imigozi ingerera umugabane ahantu heza, ni koko, mfite umwandu mwiza.7Ndahimbaza Uwiteka, umujyanama wanjye; ni koko, umutima wanjye umpugura n'ijoro. 8Nahyize Uwiteka imbere yanjye iteka; kuko ari iburyo bwanjye, sinzaganyezwa.9Nicyo gituma umutima wanjye unezezwa, ubwiza bwanjye bukishima, kandi n'umubiri wanjye uzagira amahoro. 10Kuko utazareka ubugingo bwanjye ngo bujye ikuzimu, kandi utazakundira umukunzi wawe ko abona kubora.11Uzamenyeshe inzira y'ubigingo; imbere yawe niho hari ibyishimo byuzuye; mu kuboko kwawe kw'iburyo hari ibinezeza iteka ryose.Chapter 17
1Uwiteka umva ibyukuri byanjye, tyariz'ugutwi gutaka kwanjye, tegera ugutwi gusenga kwanjye, kudaturuka mu minw'iryarya. 2Urubanza rwanjye ruturuka imbere yawe, amaso yawe reba ibitunganye.3Wagerageje umutima wanjye, wangendereye n'ijoro; warantase, ntiwambona n'umugambi mubi; namaramaje kudacumuz'ururimi rwanjye.4Ku by'imirimo y'abantu, kwitondera ijambo ry'imirwa yawe niko kumpa kwirinda inzira z'abanyarugomo. 5Intabwe zanjye zikomerera mu nzira zawe, ibirenge byanjye ntibinyerera.6Mana, ndakwambaje, kuko uribunsubize, ntegera ugutwi, wumve ibyo mvuga. 7Ereka imbabazi zawe zitangaza, wowe ukize ubakwiringira; ababahagurukira, ubakirishe ukuboko kwawe kw'iburyo.8Undinde nk'imboni y'ijisho, umpishe mu gicucu cy'amababa yawe, 9Umpishe abanyabyaha banyaga, nibo banzi banjye bashaka kunyica bangose. 10Bakinze imitima yabo, akanwa kabo bakavugisha ibyo ubwibone.11None bagosa intambwe zacu, baduhangiye amaso kudutsinda hasi. 12Ahwanye n'intare ifite ipfa ry'icyo yafata; nk'umugunzu w'intare, wubikirira mu bico.13Uwiteka, haguruka, umuhagarare imbere, umutsinde hasi, ukize umutima wanjye umuyanbyaha, uwukirishe inkota yawe,14Uwiteka, uwukize abantu, uwukirisha ukuboko kwawe; nibo bantu b'isi, bafite umugabane wabo mur'ubu bugingo, inda zab'uzihaze ubutunzi bwawe, bahage byabo bisigara babisigire impinja zabo.15Jyeweho nzareba mu maso hawe nkiranuka, mw'ikanguka ryanjye nzahaga ishusho yawe.Chapter 18
1Uwiteka, ndagukunda, ni wowe mbaraga zanjye.2Uwiteka n'igitare cyanjye, n'igiome cyanjye kinkingira, n'umukiza wanjye, n'Imana yanjye, n'urutare rwanjye rukomeye, niwe nzahungiraho, niwe ngaba inkingira, n'ihembe ry'agakiza kanjye, n'igihome cyanjye kirekire. 3Nzajya nambaz'Uwiteka, ukwiriye gushimwa; nibwo nzakizwa abanzi banjye.4INgoyi z'urupfu zarangose, imyuzure yo kurimbuka yanteye ubwoba.5Ingoyi z'ikuzimu zantaye hagati, ibigoyi by'urupfu byantanze imbere.6Mu mubabaro wanjye nambaje Uwiteka, natakiye Imana yanjye; yumvira ijwi ryanjye mu rusengero rwayo, ibyo natakiye imbere yayo biyinjira mu matwi.7Maze isi iratigita, ihinda umushitsi, imfatiro z'imisozi na zo ziranyegnyega, zitigiswa n'uburakari byayo. 8Umwotsi ucumba mu mazuru yayo, umuriro uva mu kanwa kayo, uratwika; havamo n'amakara yaka.9Imanura hejuru, iramanuka, umwijima wicura burindi wari munsi y'ibirenge byayo. 10Iguruka ihetswe na kerubi, igurukishwa vuba n'amababa y'umuyaga.11Umwijima iwugire ubwihisho, kuba ihema ryayo riyigose; umwijima w'ibiremeshwa amazi, ibicu bikomeye byo mw'ijuru. 12Ubwiza burabagirirana bur'imbere yayo butuma ibicu byayo bikomeye bigenda.13Kandi Uwiteka ahindishiriza inkuba mw'ijuru, usumba byose avuga ijwi rye, hagwa urubura n'amakara yaka. 14Arasa imyambi ye, atatanye abanzi banje, niyo mirabyo myinshi, arabirukana.15Maze ubutaka bwo hasi y'amazi buraboneka, imfatiro z'isi ziratwikururwa, kubwo guhana kwawe, Uwiteka, kubwo inkubi y'umwuka uva mu mazuru yawe.16Ari mw'ijuru, arambura ukuboko, aramfata, ankura mu mazi y'isanzure. 17Ankiza umwanzi wanjye ukomeye, n'abanyangaga, kuko bandushaga amaboko.18Bari bantanze imbere ku munsi w'amakuba yanjye, ariko Uwiteka niwe wambereye ubwishingikirizo. 19Abinkuramo, anshyira abantu hagari: yankirije kuko yanyishimiraga.20Uwiteka yangororeye ibikwiriye gukiranuka kwanjye, nkuko amaboko yanjye atanduye niko yangiriye. 21Kuko nitondeye inzira z'Uwiteka kandi ntakoze icyaha cyo kureka Imana yanjye.22Kuko amateka yayo yose yari imbere yajye, kandi amategeko yayo ntayakuye imbere yanjye. 23Kandi nabanaga nayo ntungana, nirinze gukiranirwa kwanjye.24Nicyo cyatumye Uwiteka anyitura ibikwiriye gukiranuka kwanjye, ibikwiriye kutandura kw'amaboko yanjye mu maso ye.25Ku munyambabazi uziyerekana nk'umunyambabazi; k'untunganye uziyerekana nk'utunganye. 26K'utanduye uziyerekana nk'utanduye; ku kigoryi uziyerekana nk'ugoramye.27Kuko uzakiza abacishijwe bugufi, ariko amaso yibona uzayasubiza hasi. 28Ni wow'ukongez'itabaza ryanjye; Uwiteka Imana yanjye ni w'umurikir'umwijima wanjye.29Kukw ari wow'umpa guter'umutwe w'ababisha, kand'ar'Imana yanjy'impagusimbuk'inkike z'igihome.30Inzira y'Imana itungana rwose, ijambo ry'Uwiteka ryaravugutiwe: n'ingab'ikingir'abamuhungirarobose.31Ni nde Mana, itar'Uwiteka? ni nde gitare, kitare, kitar'Imana yacu?32Ni yo Mana inkenyej'imbaraga, igatungany'inzira yanjye.33Ni y'ihindur'ibirenge byanjye nk'iby'imparakazi, Impagarika ku misozi yanjye.34Yigish'amaboko yanjye kurasana, bitum'amaboko yanjy'afor'umuheto w'umuringa.35Kandi wampay'ingab'inkingira, ni yo gakiza kawe, ukuboko kwawe kw'iburyo kurandamira, ubugwaneza bgawe bgantey'ikuzo.36Intambge zanjye wazaguriy'inzira, ibirenge byanjye ntibyanyereye.37Nirukany'ababisha banjye, mbagaraho, sinagaruka batarimbutse.38Narabamenaguye, ntibabasha ku byuka, kandi baguye munsi y'ibirenge byanjye.39Kuko wankenyerej' imbaraga ku rwana, abamparukiye bakantera wabangomoreye.40Wantumy'ababisha banjye bamp'ibitugu, kugira ngo ndimbur'abanyanga.41Baratakamye, ntihagir'ubakiza; batakiy'Uwiteka, ntiyabasubuza.42Maze mbaskya, nkumukingug'utumurwa n'umuyaga, mbaribata nk'ibyondo byo mu nzira.43Wankijij'imirwano y'abantu, wangiz'umutware w'amahanga. ishyanga ntigeze kumenya ryarankoreye.44Bunvis'inkuru yanjye, uwo mwanya baranyoboka, abanyamahanga barangomokeye, barashyeshya.45Abanyamahanga, babay'imihonge, bava mu bihome byabo bahind'imishitsi.46Uwiteka ahoraho; igitare cyajye gihimbazwe; Imana y'agakiza kanjy'ishyirwe hejuru:47Ni yo Mana imporera, ikangomorer'amahanga nkayatwara.48Inkiz'ababisha banjye: ni koko, ushyira hejuru y'abampagurukira, ukiz'umunyarugomo.49Ni cyo gituma, Uwiteka, nzagishima mu mahanga, ndirimb'ishimwe ry'izina ryawe.50Aha Umwami yimits'agakiza gakomeye, agirir'imbabaz'uwo yasize, ni Davidi n'urubyaro rwe, Iteka ryose.Chapter 19
1Ijuru rivug'icyubahiro cy'Imana, isanzure ryekan'imirimo y'intoke zayo.2Amanyw'abgir'andi manyw'ibyayo, ijoro ribimenyesh'irindi joro.3Nta magambo cyangw'ururimi biriho, nta wumw'ijwiryabyo.4Umugoz'ugera wabyo wakwiriy'isi yose, amagambo yabyo yageze ku mpera y'isi. Muribyo yabambiy'izub'ihema.5Rimeze nk'umukw'usohoka mu nzu ye, ryishima nk'umunyambaraga rinyura mu nzira yaryo.6Riva ku mpera y'ijuru, rikagera ku yindi mpera yaryo, nta kintu gihishw'ikyokere cyaryo.7Amategeko y'Uwiteka atungana rwose, asubiz'intege mu bigingo, iby'Uwiteka yahamije n'ibyo kwizerwa, bih'umusw'ubgenge.8Amategek'Uwiteka yigishij'araboneye, anezez'umutima, Iby'Uwiteka yategeste ntibyanduye, bihwejesh'amaso.9Kubah'Uwiteka ni kwiza, guhora hw Iteka ryose, amateka y'Uwiteka n'ay'ukuri, n'ayo gukiranuka rwose.10Bikwiriye kwifuzwa kurut'izahabu, naho yab'izahabu nziza nyinshi: biryoherera kurut'ubuki n'umushongi w'ibinyang'utonyanga11Kandi ni yo bihan'umugaragu wawe; kubyitondera harimw ingororan'ikomeye.12Ni nd'ubasha kwitegereza kujijwa kwe, ntumbarerehw ibyaha byanyihishe.13Kand'ujy'urind'umugaragu wawe gukor'ibyaha by'ibitumano, bye kuntwara, uko ni ko nzatumgana rwose, urubanza rw'igicumuro gikomeye ntiruzansinda.14Amagambo yo mu kanwa kanjye n'iby'umutima wanjye wibgira bisimwe mu maso yawe, Uwiteka, gitare cyanjye, mucunguzi wajye.Chapter 20
1Uwiteka akunvire ku munsi w'amakuba no ku w'ibyago, izina ry'Imana ya Yakobo rigushyire hejuru.2Ikoherereze gutabarwa kuv'ahera h'urusengero, iguh'imbaraga ziv'i soni.3Yibuk'amaturo yawe yose, yemer'igitambo cyawe cyogeje. Sela.4Iguh'icy'umutima waw'ushaka, isohoz'Imana zawe zose.5Tuzaririmbishw'impundi n'agakiza kawe, kandi kubg'izina ry'Imana yacu tuzerekan'amabendera yacu. Uwiteka asohoz'iby'usaba byose.6None mmenye yuk'Uwiteka akiz'uwo yasize, azamusubiza, ari mw ijuru rye ryera. Azamushubirish'imbaraga zikiza z'ukuboko kwe kw'iburyo.7Bamwe biringir'amagare, abandi biringir'amafarashi, ariko twebgeho tuzavug'izina ty'Uwiteka, Imana yacu8Barunamye, baragwa; ariko twebgeho turahagurutse, turema.9Uwiteka, kiz'Umwami: kand'udusubize, uko tukwambaje.Chapter 21
1Uwiteka umwam'azishimir'imbaraga zawe. Ereg'agakiza kaw'azakanezererwa cyane!2Wamuhay'icy'umutima w'ushaka, ntiwamwimy'icy'iminwa ye yasabye. Sela.3Kuk'umushanganij'imigisha y'ibyiza, wamwambits'ikamba ry'izahabu nziza.4Yagusaby'ubugingo, urabumuha, umuha kuram'Iteka ryose.5Igitunyiro cye ni cyinshi kubg'agakiza kawe, icyubahiro no gukomer'ubimushyizeho.6Umugiz'icyitegererezo cy'ihirwe Umwishimishij'ibyishimo mu maso yawe.7Kuk'Umwami yiringir'Uwiteka, kubg'imbabazi z'usumba byose ntazanyeganyezwa.8Ukuboko kwawe kuzashyikir'ababisha bawe bose; ukuboko kwawe kw'iburyo kuzashyikir'abakwanga bose.9Uzahindura nk'ikome ryaka mugihe cy'umujinya we, umurir'uzabarya.10Naw'uzatsemb'imbuto zabo mw'isi, urubyaro rwab'uzarutsemba mu bana b'abantu.11Kuko bagambiriye kukugirira nabi, bagiy'Inama batabasha gusohoza.12Uzatuma baguh'ibitugu, uzatamik'imyambi mu ruge rw'umuheto wawe mu maso yabo.13Uwiteka, wishyirishe hejur'imbaraga zawe; uko ni ko tuzaririmba dushim'ubutware bgawe.Chapter 22
1Mana yanjye, Mana yanjye, n'iki kikundekesheje, ukaba kure ntuntabare, kure y'amagambo yo kuniha kwanjye? 2Mana yanjye, ntakira ku mwanywa, ntusubize: ntakira na n'ijoro, simpore.3Ariko, ur'Uwera, intebe yaw'igoswe n'ishimwe ry'Abisiraeli.4Basogokuruza barakwiringiraga; barakwiringiraga, naw'ukabakiza.5Barakutakiraga, bagakizwa: barakwiringiraga, ntibakorwe n'isoni.6Ariko jyeweho nd'umunyorogoto, sind'umuntu: ndi ruvumwa mu bantu, nsuzugurwa na bose.7Abandeba bose baranseka, bakanshinyagurira; barampema, bakanzunguriz'imitwe, bati:8Bishyire k'Uwiteka: amukize, abimukuremo, kukwamwishimira.9Ariko ni wowe wanvukishije: wanyiringirishaga nkiri kw ibere rya mana .10Ni wowe naragijwe, uhereye mwivuka ryanjye; ur'Imana yanjye, uhereye igihe naviriye mu nda ya Mana.11Ntumbe kure, kukw amakub'ari bugufi, kand'ari nta mutabazi.12Amapfizi mensh'arangose, amapfizi y'i Batani y'amanyambrag'aranzegutse.13Baranyasamiye n'akanwa kabo, nk'intar'itanyagura yivuga.14Nsutswe k'amazi, amagufka yanjye, yos'arakutse, umutima wanjy'umeze nk'ibimamara; uyagiye mu mara yanjye.15Intege zanjye zumye nk'urujyo, ururimi rwanjye rufatanye n'uruhekenyero. Kand'ushyize mu mukungugu w'urupfu.16kuko imbga zingose, umutwe w'abanyabyah'untaye hagati, bantoboy'ibiganza n'ibirenge.17Mbasha kubar'amagufka yanjye yose; bandeba bakanuriy'amaso.18Bagaban'imyenda yanjye bafindir'umwambaro wanjye.19Ariko, Uwiteka, ntumbe kure; ni wowe muvunyi wanjye, tebuk'untambare.20Kiz'ubugingo bganjy'inkota, icyo mfite rukumbi, ugikiz'ubutware bg'imbga.21Nkiz'akanwa k'intare; waranshubije, unkura mu mahembe y'imbogo.22Nzabgira bene dat'izina ryawe, nzagushimira hagati y'iteraniro.23Abubah'Uwiteka, mumushime, mwa rubyaro rwa Yakobo rwose mwe, mumuhimbaze, mwa rubyaro rw'Isiraeli rwose mwe, mumutinye.24Kukw atasuzuguy'umubabaro w'ubabazwa, haba no kuwuzinukwa. kandi ntamuhishe mu maso he: ahubgo yaramutakiye, aramwunvira.25Kuri wowe ni ho gushima kwanjye guturuka ngushimira mw iteraniro ryinshi: nzaguhigurir'umuhigo wanjye mu maso y'abakubaha.26Abakandamijwe bakarye bahage, abashakga Uhragaho bakamshime, iyoba imitima yorama ibihe byose.27Abari k'umwisho gw'isi bakibuke, bagarukire Uhoragaho, kandi imiryango yose zo mu bindi bihugo bakagupfukamire.28Kuko ubwami n' ubw' Uhoragaho, kandi niwe mutegesti w'ibihugo byose.29Abakomeye bo mu si bose bakarye kandi baramye; kandi abateremukaga barikugendera m' umucucu bakuname hambere ye, ba bandi bose badashobweye gukiza ubuzima bwabo gupfa.30Abuzukuruza bakamukorere; ubuvivi buzabaho bukabwirwe ibyo Umwami Mana.31Bakije barikugamba ibyerekeye ubutungane bwe, gakabwire abatari bavuka ibyo yakorireChapter 23
1Uwiteka ni we mwungeri wanjye, sinzakena. 2Andyamisha mu cyanya cy'ubgatsi bubisi: anjyan' iruhande rw'amaz' adasuma.3Asubiz' intege mu bugingo bganjye, anyobor' inzira yo gukiranuka,kubg'izina rye.4Naho nanyura mu gikombe cy' igicucu cy'urupfu, sinzatiny' ikibi cyose, kuko ndi kumwe nawe. inshyimbo yawe n'inkoni yawe ni byo bimpumuriza.5Untunganiriz' ameza mu maso y'abanzi banjye: unsiz' amavuta mu mutwe; igikombe cyanjye kirasesekara.6N'ukuri kugirirwa neza n'imbabazi bizanyomahw iminsi yose nkiriho: nanjya nzaba mu nzu y' Uwiteka iteka ryose.Chapter 24
1Isi n'ibiyuzuye n'iby' Uwiteka isi n'abayibamo. 2Kukw ari we wayishinze ku nyanja, yayishimangiye ku mazi menshi.3 Ni nd' uzazamuk' umusozi w' Uwiteka? Ni nd' uzahagarar' ahera he?4N'ufit' amabokw atanduye n'umutim' uboneye, utigeze kwerekez' umutima we ku bitagir' umumaro, ntarahir' ibinyoma.5Uwo ni w' uzahabg' umugisha n' Uwiteka, no gukiranuk' abihawe n' Imana y'agakiza ke.6Abayishaka ni ben' uwo, abashaka mu maso hawe, Mana ya Yakobo. Sela.7Mwa marembo mwe, nimvuna muke, mwa marembo y'iteka mwe, ni mweguke, kugira ng' Umwami w'icyubahiro abyukuruke.8Uwo mwami w' icyubahiro ni nde? n' Uwiteka, ufit' imbaraga n'amaboko, n' Uwiteka, ufit amaboko yo kurwana.9Mwa marembo mwe, nimvunamuke, mwa marembo y'iteka mwe, ni mweguke, kugira ng' Umwami w'icyubahiro abyukuruke.10Uwo mwami w'icyobahiro ni nde? Uwiteka nyir'ingabo ni we mwami w'icyubahiro Sela,Chapter 25
1 Uwiteka ni wowe nshururir'umutima.2Mana yanjye, ni wowe niringiye, ne gukorwa n'isoni, abanzi banjye be kunyishima hejuru.3Si ko bizaba, mu bagutegereza nta uzakorwa n'isoni.4Uwiteka, nyerek'inzira zawe. unyigish' imigenzereze yawe.5Unyobore kubg'umurava wawe, unyigishe:kukw ari wowe mana y'agakiza kanjye: ni wowe ntegerez' umuns' ukira.6Uwiteka ibuk'imbabazi zawe no kugira neza kwawe; kuko byahozeho kera kose.7Ntiwibuk' ibyaha byo mu busore bganjye, cyangw' ibicumuro byanjye: nkukw imbabazi zawe ziri, ab'ari k'unyibuka, kubgo kugira neza kwawe, Uwiteka.8Uwiteka ni mwiza, aratunganye: ni cyo gitum'azigish' abanyabyah'inzira.9Abicisha buguf' azabayobora mu byo gukiranuka. abicisha buguf' azabigish' inzira ye.10Inzira zose z' Uwiteka n'imbabazi n'umurava ku bitonder' isezereno rye n'ibyo yahamije. 11Uwiteka, kubg'izina ryawe mbabarira gukiranirwa kwanjye, kurakomeye.12 Ni nde wubah' Uwiteka? azamwigish' inzir' akwiriye guhitamo.13Umutima w' uzaba mu mahoro, urubyaro rwe ruzaragw'isi14Ibihishwe by' Uwiteka bihishurirw' abamwubaha, azaberek' isezerano rye.15Amaso yenjy' ahora yerekeye k' Uwiteka, kukw azakur' ibirenge byanjye mu kigoyi.16 Unkebuke, umbabarire, kuko ntagira shinge na rugero, nkababara.17Imibabaro y'umutima wanjy' uyoroshye, nuk' unkure mu makuba yanjye no mu byago byanjye. 18Reb'umubabaro wanjye n'imiruho, unkurehw ibyaha byanjye byose.19Reb'abanzi banjye, ni benshi, kandi banyang' urwango rw'inkazi.20Rind' umutima wanjye, unkize: ne gukorwa n'isoni, kuko nguhungiyeho.21Gukiranuka no gutungana binkize, kuko ngutegereza.22Mana, cungur' Abisiraeli, ubakure mu makuba yabo yose no mu byago byabo byose.Chapter 26
1Uwiteka, unshir' urubanza, kuko gukiranuka kwanjy'ari ko ngenderamo, kandi niringir' Uwiteka ndashidikanya.2Uwiteka, unyitegereze, ungerageze, geragez' umutima wanjye n'ubgenge byanjye.3Kukw imbabazizawe nzireba mu maso yanjye, kandi ngendera mu murava wawe.4Sinicarana n'abatagir'umumaro, kandi sinzagenderer' indyarya.5Nang' iteraniro ry'inkozi z'ibibi, kandi sinzicarana n'abanyabyaha.6Nzakaraba, ndafit' igicumuro, ni ko nzazenguk' igicaniro cyawe, Uwiteka;7Kugira ngo numvikanish' ijwi ry'ishimwe mvug' imirimo yos' itangaza wakoze.8Uwiteka, nkund' ubuturo, ni bgonzu yawe, n'ahant'ubgiza bgawe buba.9Ntukureh' umwuka wanjye ubg'uzakurahw abanyabyaha, cyangw' ubugingo bganjye nk'abavush' amaraso.10Amaboko yab'arimw igomwa, ukuboko kwabo kw'i buryo kuzuy'impongano.11Ariko jyeweho gukiranuka kanjye ni ko nzagenderamo; unshungure, umbabarire.12Ikirenge cyanjye gihagaz' ahari nganiye; mu materaniro nzashimiramw Uwiteka.Chapter 27
1Uwiteka ni we mucyo wanjye n'agakiza kanjye: nzatinya nde? Uwiteka ni we gihome gikingir' ubugingo byanjye, ni nd' uzampinz' umushitsi?2Ubg' abanyabyaha bantereraga kummaraho. ni bo banzi banjye n'ababisha banjye, barasitaye baragwa.3Nahw ingabo zabambir' amahema kuntera, umutima wanjye ntuzatinya: nahw intambara yambaho, no muri yo nzakomez' umutima.4Icyo nsab' Uwiteka ni kimwe, n'icyo nzajya nshaka, n'ukuba mu nzu y' auawiteka, nkitegerez' urusengero rwe.5Kuko ku munsi w'amakub' azandindisha umpisha mw ihema rye, mu bgihisho bgo mw ihema rye ni hw azampisha. azanshyira hejuru, ampagarike kugitare. 6N'ubu, umutwe wanjy' uzashyirwa hejuru y'abanzi banjye bangose: ntambir' ibitambo by'ibyishimo mw ry'Uwiteka.7Uwiteka, umva gutaka kw'ijwi ryanjye, umbabarire unsubize.8Umutima wanjy' urakubgiy' uti: wavuz' uti nimushake mu maso hanjye: Nuko Uwiteka, mu maso hawe ndahashaka.9Ntumpishe mu maso hawe, ntiwirukanish' umugaragu waw'umujinya. ni wowe wahoz' ur' umutabazi wanjye, mana y'agakiza kanjye, ntunjugunye, ntundeke.10Ubgo data na mana bazandeka, Uwiteka azandarura.11Uwiteka, ujy'unyigish' inzira yawe, unyobor' inzira y'igihamo. kubg'abanyubikira.12Ntump' abantera kunkor' uko bashaka, kukw abagabo b'indarikwa bampagurukiye, n'abavug' iby'urugomo.13Mba nararabye iyo ntizera ko nzareba kugira neza k'Uwiteka mw isi y'ababaho.14Tegerez' Uwiteka: komera, umutima waw'uhumure: ujy'utegerez' Uwiteka.Chapter 28
1Uwiteka, ndagutakira; gitare cyanjye, ntiwic' amatwi: kuo, wanyihorera, nahinduka nk'abamanuka bajya muri rwa rwobo.2Tyariz' ugutw'ijwi ryo kwinginga kwanjye, uko ngutakiye, uko mmanits' amaboko, nyarekej'ahera h'urusengero rwawe.3Ntunkururiree hamwe n'abanyabyaha n'inkozi z'ibibi; bavugan' iby'amahoro na bagenzi babo. 4Ubahe ibikwiriy' imirimo yabo, ibikwiriye gukiranirwa kwabo: ubah' ibikwiriy' iby' intoke zabo zakoze: ubitur' ibibakwiriye. 5Kuko batika ku mirimo y' Uwiteka, cyangwa ku by' intoke ze zikora, azabasenya, ntazabubaka.6Uwiteka ahimbarizwe kuko yumviy' ijwi ryo kwinginga kwanjye.7Uwiteka ni we mbaraga zanjye n'ingab' inkingira, umutima wanjy' ujy'umwingira, ngatabarwa: ni cyo gitum' umutima wanjye wishima cyane, kandi nzamushimish'indirimbo yanjye.8Uwiteka n'imbaraga z'abantu be, kandi n'igihome, uwo yasiz'ahungiramo agakira.9Kiz'ubgoko bgawe, uh'umwandu waw'umugisha: kand'ubaragire, ujy'ubaramir'iteka ryose.Chapter 29
1Mwatur'Uwiteka, mwa bana b'Imana mwe, mwatur'Uwiteka kw afit'icyubahiro n'imbaraga.2Mwaturir'Uwiteka kw izina rye rifit'icyubahiro: museng'Uwiteka mwambay'ibyera.3Ijwi ry'Uwiteka rihindira hejuru y'amazi: Imana y'icyubahir'ihindish'inkuba, ni koko, Uwiteka ahindiriz'inkuba hejuru y'amazi menshi.4Ijwi ry'Uwiteka rifit'imbaraga: ijwi ry'Uwiteka ryuzuy'igitinyiro.5Ijwi ry'Uwiteka rimen'imyerezi, Uwiteka amenagur'imyerezi y'i Lebanoni.6Ayikinisha nk'inyana y'inka, Lebanoni n'i Sirioni ahakinisha nk'inyana y'imbogo.7Ijwi ry'Uwiteka rishwaz'ibirimi by'umuriro.8Ijwi ry'Uwiteka rihindish'ubutay'umushitsi, Uwiteka ahindish'umushits'ubutatu bg'i Kadeshi.9Ijwi ry'Uwiteka riramburuz'impara, kandi rikokor'amashyamba, kandi mu rusngero rwe byose bikavuga biti: icyubahiro kib'icyawe.10Uwitek yari yicaye ku ntabe ry'ubgami bge hejuru ya wamwuzure: ni koko, Uwiteka ahora yimy'Iteka ryose yicaye ku ntebe ye.11Uwiteka azah'ubgoko bge imbaraga, Uwiteka azah'ubgoko bge umugisha, ni wo mahoro.Chapter 30
1Uwiteka, ndahimbariza kuko wampagurukije, ntukunde kw abanzi banjye ba nyishima hejuru.2Uwiteka, Mana yanjye, naragutakiye, urankiza.3Uwiteka, wazamuy'ubugingo bganjye, ubukur'ikuzimu: wankijij'urupfu, ngo ne kumanuka nkajya muri rwa rwobo.v 4 Muririmbir'Uwiteka ishimwe, mwa bakunzi be mwe, mushim'izina rye ryera.5Kuk'uburakari bg'ar'ubg'akanya gato, ariko, urukundo rwe ruzan'ubugingo: ahari kurira kwarariz'umuntu n'ijoro, ariko mu gitond'impundu zikavuga.6Nanjye ubgo nagubgaga neza, naravuze nti, ntabgo nzanyeganyezwa: 7Uwiteka, kubg'urukundo rwawe war'ukomej'umusozi wanjye: wampishe mu maso hawe, mpagarik'umutima.8Uwiteka, naragutakiye; kandi ningiz'Uwiteka:9Nti, amaraso yanjy'azamar'iki, ni mmanuka nkajya muri rwa rwobo? mbes'umukungug'uzaguhimbaza? uzatur'umurava wawe?10Uwiteka, nyumva, umbabarire: Uwiteka, mber'umutabazi.11Uhinduy'umuborogo wanjy'imbyino, unkenyuruy'ibigunira byanjye, unkenyez'ibyishimo.12Kugira ng'ubgiza bganjye bukuririmbir'ishimwe, budaceceka. Uwiteka, Mana yanjye, nzagushim'Iteka ryose.Chapter 31
1Uwiteka, ni wowe mpungiraho: singakorwe n'isoni: unkize kubgo gukiranuka kwawe.2Unteger'ugutwi, utebuk'unkize: umber'igitare gikomeye, inzu y'igihome yo ku nkiza.3Kukw ari wowe gitare kyanjye n'igihome kinkingira: nuko kubg'izina ryaw'unjy'imbere unyobore.4Unkure mu kigoyi banteze rwihishwa: kukw ari wowe gihome kinkingira.5Mu maboko yawe ni ho mbikij'ubugingo bganjye; Uwiteka, Mana y'umurava, warashunguye.6Nang'abita ku bitagir'umumaro by'ibinyoma, kubganjye niringir'Uwiteka.7Nzajya nezerwa nishimir'imbabazi zawe, kuko wareby'amakuba yanjye n'ibyago byanjye, wameny'imibabaro y'umutima wanjye,.8Kand'utankiraniye gufatwa n'amaboko y'umwanzi, washyiz'ibirenge byanjy'ahantu hagari.9Uwiteka, umbabaririre, kuko mbabaye: mu maso hanjye hananurwa n'umubiri binanuwe nawo.10Kukw iminsi yo kubaho kwanjye ryihoranamw agahinda, n'imyaka yanjye nkayimara nsuhuz'umutima: intege zanjye zimarwa no gukiranirwa kwanjye nkayimara nsuhuz'umutima.11Kubg'abanzi banjye bose mpinduts'igitutsi, ni koko, mpindukiy'abaturanyi banjy'igitutsi gikomeye, n'abamenyi banjye mbahindukiy'igitey'ubgoba: abandebye mu nzira barampunga.12Nibagiranye nk'uwampuye, utacyibukwa: mpwanye n'urwabya rumenetse.13Kuko numvise benshi bambeshya ubgoba bukanter'impande zose, ubgo bangirag'Imana, bagashak'uburyo banyica.14Ariko kubganjye ni wowe niringiye, Uwiteka, naravuze nti, ur'Imana yanjye.15Ibihe byanjye biri mu maboko yawe, unkize amaboko y'abanzi banjye n''abangenza.16Umurikishiriz'umugaragu wawe mu maso hawe, unkize kubg'imbabazi zawe.17Uwiteka, ne gukorwa n'isoni; kuko ngutakiye. Abanyabyah'ab'ari bo bakorwa n'isoni, baceceker'ikuzimu.18Indimi z'ibinyoma zigobge, zivugan'umukiranuts'agasuzuguro n'ubgibone no kugayana.19Erega kugira neza kwawe ni kwishi, uko wabikiy'abakubaha, uko wakorerey'abaguhungiraho mu maso y'abantu.20Mu bgihisho bgo mu maso yawe ni h'uzabahish'Imana mbi z'abantu, uzabahisha mw ihema gutongana kw'indimi.21Uwiteka aimbarizwe, kuko yanyerekey'imbabazi ze zitangaza mu mudugud'ufit'igihome gikomeye.22Kubganjye na vugany'ubgira nti, nshiriwe mu maso yawe: ariko ngitakiye wumv'ijwi ryo kwinginga kwanjye.23Mukund'Uwiteka, mwa bakunzi mwe; Uwiteka arind'abanyamurava, yitura byinsh' ukor'iby'ubgibne.24Mwa bategerez'Uwiteka mwese mwe, nimukomere, imitima yany'ihumure.Chapter 32
1Hahirw'uwababariw'ibicumuro bye, ibyaha bye bigatwikirwa.2Hahirw'umuntu, Uwiteka atabara ho ukiranirwa, umutima we ntubemw uburinganya.3Ngicecetse, amafka yanjy'ashajishwa no kuhina kwanjy'umuns'ukira.4Kuk'ukuboko kwawe ku manywa na n'ijoro kwandemereraga, ibyuya byanjye bigahinduka nk'amapfa yo mu cyi. Sela5Nakwemerey'ibyaha byanjye, sinatwikiriye gukiranirwa, sinatwikiriye gukiranirwa kwanjye, naravuze nti, ndaturir'Uwiteka ibicumuro byanjye: naw'unkurah'urubanza rw'ibyaha byanjye.Sela.6Ni cyo gitum'umukunzi wawe wes'akwiriye kugusenger'igihe wabonerwamo: n'ukur'umwuzure w'amazi y'isanzure ntuzamugeraho.7Ni wowe bgihisho bganjye, uzandind'amakuba n'ibyago, uzangotesh'impunda zishim'agakiza. Seala.8Nzakwigisa nkwerek'inzir'unyura, nzakugir'Imana, ijisho ryanjye rizakugumaho.9Ntimubenkifarashi cyangw'inyumbu, zitagir ubgenge, zikwiriye guhatwa n'icyuma cyo mu kanwa n'umukoba wo kw ijosi, utagiribyo ntizakwegera.10Abanyebyaha bazabon'imibabare myinshi: arik'uwiringir'Uwiteka imbabazi zizamugota.11Mwabakiranutsi mwe, munezererw'Uwiteka, mwishime; mwa bafit'mitim'itunganye mwese mwe, ibyishimo bibatere kuvuz'impundi.Chapter 33
1Mwabakiranutsi mwe, mwishimir'Uwiteka, gushima gukwiriy'abatunganye.2Musimish'Uwiteka inanga, mumuririmbir'ishimwe kuri Nebelu y'imirya cumi.3Mumuririmbir'indirimbo nshya: mucurangish'inang'ubgenge, muyivugish'inang'ubgenge, muyivugish'ijwi rienga.4Kukw ijambo ry'Uwiteka ritunganye. Imirimo ye yos'ayikoran'umurava.5Akunda gukiranuka n'imanza zitabera: isi yuzuy'imbabazi z'Uwiteka.6Ijambo ry'Uwiteka ni ryo ryaremy'ijuru, umwuka wo mu kanwa ke ni wo waremy'ingabo zo muri ryo zose.7Aterany'amazi yo mu nyanja nk'ikirundo, ashyingur'imuhengeri mu bubiko.8Isi yose yubahe Uwiteka, abari mw isi bose bamutinye.9Kuko yavuze, bikaba, yategetse, bigakomera.10Uwiteka ahindur'ubus'imigambi y'amahanga, akurahw iby'amoko yibgira.11Imigabi y'Uwiteka ikomer'Iteka ryose, ibyo yibgira mu mutima we bihorahw ibihebyose.12Hahirw'ishyanga rifit'Uwiteka hw Imana yaryo, ubgoko yitoranirije kub'umwandu weyatoranije kub'umwandu we.13Uwiteka arebera mw ijuru, areb'abana b'abantu bose.14Ari mu buturo bge, areba ababa mw isi bose.15Ni w'ubumb'imitima yabo bose, akitegerez'imirimo yabo yose.16Nta mwam'ukizwa n'ukw ingabo ze ari nyinshi: intwari ntikizwa n'imbaraga zayo nyinshi.17Ifarashi nta mumar'igira wo gukiza, ntizakirish'umunt'imbaraga zayo nyinshi.18Dore, ijisho ry'Uwiteka riri ku riri ku bategerez'imbabazi ze: abarinde mu nzara, badapfa.19Ngw akiz'ubugingo bgab'urupfu, abarinde mu nzara, badapfa.20Imitima yac'itegerez'Uwiteka ni we mutabazi wacu n'ingab'idukingira.21Imitima yac'izamwishimira, kuko twiringiy'izina rye ryera.22Uwiteka, imbabazi zawe zibe kuritwe, nkuko tugutegereza.Chapter 34
1Nzahimbaz' Uwiteka iminsi yose, ishimwe rye rizaba mu kanwa kanjy'iteka.2Uwiteka ni w' umutima wanjy'uzirata, abanyamubabaro babyumve, bishime.3Mufatanye nanjye guhimbaz' Uwiteka, dushyirane hejur' izina rye.4Nashats' Uwiteka, arasubiza, ankiz' ubgoba nari mfite bgose.5Bamurebyeho, bavirwa n'umucyo, mu maso habo ntihazagir' ipfunw'iteka.6Uyu munyamubabaroyaratatse, Uwiteka aramwumva, amukiz' amakuba n'ibyago bye byose.7Maraika w'Uwiteka abambish'amahema yo kugot' abamwubaha, akabakiza.8Nimusogongere, mumenye yuk' Uwiteka agira neza: hahirw'umuhungiraho.9Mwubah' Uwiteka, mwa bera be mwe, kukw abamwubaha batagir' icyo bakena.10Imigunzu y'intar'ibasha gukena no gusonza, arikw abashak' Uwiteka ntibazagira icyiza bakena. 11Bana bato, nimuze, munyumve: ndabigisha kubah' Uwiteka.12Ni nd' ushk ubugingo, agakunda kurama, kugira ngw azabon' ibyiza?13Ujye ubuz ururimi rwawe, rutavug'ikibi, n'iminwa yawe, itavug' iby'uburiganya.14Va mu byaha, ujy'ukor'ibyiza, ijy'ushak' amahoro uyakurikire, kugira ng'uyashyikire.15Amaso y'Uwiteka ari ku bakiranutsi, n'amatwi y'ari ku gutaka kwabo.16Igitsure cy' Uwiteka kiri ku bakor' ibyaha, kugira ngw amareho kwibukwa kwabo mw isi.17Abakiranutsi baratatse, Uwiteka arabumva, abakiz' amakuba n'ibyago byabo byose.18Uwiteka aba hafi y'abafir' imitim'imenetse, kand' akiz' abafit' imitim'ishenjaguwe. 19Amakuba n'ibyago by'umukiranutsi ni byinshi, ariko, Uwiteka amukiza muri byose. 20Arind' amagufika ye yose, nta na rimwe rivunika.21Ibyaha bizicish'umunyabyaha: abang' umukiranutsi bazacirwahw iteke.22Uwiteka acungur' ubugingo bg'abagaragu be, nta wo mu bamuhungiraho uzacirwahw iteka.Chapter 35
1Uwiteka, burana n'abamburanya, rwana n'abandwanya. 2End'ingabo nto n'inini, uhagurukire kuntabara. 3Kand'ushingur'icumu mu ntagara, wimir' abangenza, ubgir' umutima wanjy' uti, ni jye gakiza kawe.4Abashak'ubugingo bganjye bamw are bagir' igisuzuguriro: abajy'inama, yo kungiria nabi basuzw'inyuma, baterw' ipfunwe.5Babe nk'umurama utumurwa n'umuyaga: kandi maraika w'Uwiteka abirukane.6Inzira yab' ib' umwijima n'ubunyerere, kandi maraika w'Uwiteka abagenze.7Kuko bantegey' ikigoyi ku bushya badafit;impamvu, kandi badafit' impamvu batez' ubugingo bganjy' ubushya.8Kurimbuka kumutungure, ikigoyi yateze ab'ari we gifat' ubge: akigwemo, arimbuke.9Ni bg' umutima wanjy' uzishimir' Uwiteka, uzishimir' agakiza ke. 10Amagufika yanjye yos' azavug' ati, Uwiteka, nind' uhwanye nawe, kuk'ukiz' umunyababar' umurush' amaboko, ukiz' umunyamubabaro n'umuken'ubanyaga?11Abagabo b'ibinyoma barahaguruka, bakandeg' ibyo ntazi, bakabimbaza.12Ibyiza nabagiririye bakabyitur' ibibi, bikampindura nk'imfusha.13Ariko jyeweho, iyo barwaraga, na mbarag'ibigunira, nkababarish' ubugingo bganjye kwiyiriz' ubusa, ngasenga nshurits' umutwe mu gituza. 14Nkamera nk'ahw' ar'inshuti yanjye cyangwa mwene dat' urwaye, nkiyunamira nkambar' ibyo kwirabura, nkuborogera nyina.15Ariko nshumbagiye barishima baraterana, abatagir' umumaro banteraraho, sinabimenya: baranshishimura, ntibarorera.16Bampekenyer' amenyo, nkukw abakobanyi bakora, bakoban' ibitey' ison' ahw abantu basangira.17Mwami, uzageza he kundeberagusa? kiz' ubugingo bganjye kurimbura kwabo, icyo mfite rukumbi gikiz' intare.18Nzagushimira mw iteraniro ryinshi, nzaguhimbariza mu bantu benshi.19Abanyangir' impamvu z'ibinyoma be kunyishima hejuru, abanyangir' ubusa be kunyicinir' amaso.20Kuko batavug' iby'amahoro: Ahubgo bajy' inama yo gushak ibyo babeshyer' abatuza bo mu gihugu.21Banyasamiye cyane: baravuga bati, aha, aha, amaso yacu arabibonye.22Uwiteka, warabibonye, ntuceceke: Mwami , ntumbe kure. 23Ivurugute, ukangukire kunshir' urubanza, urubanza rw'ibyanjye, Mana yanjye, Mwami wanjye.24Uwiteka, Mana yanjye, unshire urubanza rukwiriye gukiranuka kwawe; be kunyishima hejuru. 25Be kwibgira bati, aha, ni cyo twashakaga. be kuvuga bati, tumumize bunguri. 26Abishimir' ibyago byanjye bakorwe n'isoni bamwarane: abanyirata hejuru bambikw' isoni n'igisuzuguriro.27Abakuna ko nsinda nkuko bikwiriye nibavuz' impundu, bishime: iteka bavuge bati, Uwiteka ahimbazwe, wishimir' amahoro y'umugaragu we.28Kand' ururimi rwanjye ruzavuga gukiranuka kwawe, ruzavug' ishimwe ryaw' umunsi wire.Chapter 36
1Ubugome bg'umunyabyaha bubgigiriz' umutima we: nta gutiny' Imana kuri mu masoye. 2Kuko yiyogez' ubge, akibgira, yuko gukiranirwa kwe kutazamenyekana ngo kwangwe.3Amagambo yo mu kanwa ke n'ugukiranirwa, n'uburiganya, yarorereye kugir' ubgenge no gukor' ibyiza.4Yigirir' inama yo gukiranirwa ku buriri bge, yisyira mu nzir' itari nziza, ntiyang' ibyaha.5Uwiteka, urugero rw'imbabazi zawe rugera mw ijuru, urw'umurava wawe rugera no mu bicu. 6Gukiranuka kwawe guhwanye n'i misozi miremire y' Imana, amateka yawe ni nk'imuhengeri Uwiteka, ni wow' ukiz' abantu n'amatungo.7Mana, ereg' imbabazi zawe n'iz'igiciro cyinshi. bana b'abantu bahungira mu gicucu cy'amababa yawe.8Bazahazwa rwose n'umubyibuho wo mu nzu yawe. 9Kukw ah' uri ari ho har' isoko y'ubugingo: mu mucyo wawe ni ho tuzaboner' umucyo.10Ujy'ukomeza kugirir' imbabaz' abakuzi no kwerek' abafit' imitim' itunganye gukiranuka kwawe. 11Ikirenge cy'umwibone cye kunzaho, ukuboko kw'abanyabyaha kwe kunyimura. 12Hariy' ahw inkozi z'ibibi ziguye, zitsinzwe hasi, ntizizabasha guhaguruka.Chapter 37
1Ntuhagarikw' umutima n'abakor' ibyaha, kandi ntugirir' ishyar' abakranirwa.2Kuko bazacibga vuba nk'ubgatsi, buzuma nkigisambu kibisi.3Wiringir' Uwiteka, ukor' ibyiza; guma mu gihugu, ukurikiz' umurava.4Kandi wishimir' Uwiteka, na w' azaguh' iby' umutima waw' usaba.5Ikorez' Uwiteka urugendo rwawe rwose; ab'ari we wiringira, na w' azabisohoza.6Kand' azerekana gukiranuka kwawe nk'umucyo, n'ukuri k'urubanza rwawe nk'amanywa y'ihangu.7Turiz' Uwiteka, umutegereze wihanganye: ntuhagarikw' umutima n'ubonibyiza mu rugendo rwe. n'umunt' usohoz' inama mbi.8Rek' umujinya, va mu burakari: ntuhagarik' umutima, kukw icyo kizana gukor' ibyaha gusa. 9Kukw abakor' ibyaha bazarimburwa; arikw abategerez' Uwiteka ni bo bazaragw' igihugu.10Kuko hazabahw igihe gito, umunyabyaha ntabeho; ni koko, uzitegerez' ahe, umubure.11Ariko, abagwaneza bazaragw igihugu, bazishimir' amahoro menshi.12Umunyabyah' ajy' inama zo kugirir' umukiranutsi nabi, kand' amuhekenyer' amenyo. 13Umwam' Imana izamseka, kukw ireba yukw igihe cye kigiye gusohora.14Abanyabyaha bakuriy' inkota, baforey' imiheto, kugira ngo batsind' umunyamubabaro n'umukene, bic' abagenda batunganye. 15Inkota yabo ni b'izacumit' imitima, imiheto yab' izavunika.16Ibihe umukiranuts' afite.Birut' ubutunzi bginshi bg'abanyabyaha benshi. 17Kukw amaboko y'abanyabyah' azavunika: arik' Uwiteka aramir' abakiranutsi.18Uwiteka az' iminsi y'abatunganye, umwandu wab' uzahorahw iteka.19Ntibazakorwa n'isoni mu gihe cy'ibyago. mu minsi y'inzara bazahazwa.20Arikw abanyabyaha bazarimbuka, kand' abanzi b' Uwiteka bazashira nk'ubgiza bg'urwuri, bazarimbuka, bazarimbukira mu mwotsi. 21Umunyabyah' aragurizwa, ntiyishyure: arik' umukiranuts' agir' ubuntu, agatanga.22Kukw abahabg' umugisha n'Uwiteka bazaragw igihugu, abavumwa na we bazarimburwa. 23Iy' intambge z'umuntu zikomejwe n'Uwiteka, akishimir' inzira ye;24Naho yagwa,ntazarambarara, kuk' Uwiteka amuramij' ukuboko kwe.25Nar' umusore, none ndashaje, ariko sinari nabon' umukiranuts' aretswe, cyangw' urubyaro rwe rusabiriz' ibyokurya.26Agir' ubunt'umuns' ukira, akaguriz' abandi; urubyaro rwe rukabon' umugisha.27Va mu byaha, ujy'ukor' ibyiza, uzaba gakond' iteka.28Uwiteka akund' imanza zitabera, ntarek'abakunzi be. barindw' iteka ryose: ariko, urubyaro rw'abanyabyaha ruzarimburwa. 29Abakiranutsi bazaragw' igihugu, bakibemw iteka.30Akanwa k'umukiranutsi kavug'iby'ubgenge, n'ururimi rwe ruvug' ibyo gukiranuka.31Amategeko y'Imana ye ari mu mutima we: nta ntambge ze zizanyerera.32Umunyabyah' agenzur' umukiranutsi, agashaka kumwica. 33Uwiteka ntazamurekera mu kuboko kwe, kandi ntazamutsindisha mu manza.34Ujy'utegerez' Uwiteka, ukomeze mu nzira ye, na w'azagusyirira hejuru kuragw'igihugu: abanyabyaha bazarimburw' ureba.35Nabony' umunyabyah' ait' ubutware bukomeye, agaye nkigiti kibisi cyishimy'ubutaka. 36Maze barahanyuze, basang' atahari, kandi naramushatse, ntiyaboneka,37Witeregez' uboneye rwose, ureb' utunganye: kuk' umunyamahor' azagir' urubyaro. 38Abacumura bo bazarimburirwa hamwe, urubyaro rw'umunyabyaha ruzarimburwa.39Arikw agakiza k'abakiranutsi gaturuka k'Uwiteka, ni we gihome kibakingira mu gihe cy'amakuba. 40Kand' Uwiteka arabatabara, akabarura, abarura mu banyabyaha, akabakiza, kuko bamuhungiyeho.Chapter 38
1Uwiteka ntumpanish' umujinya wawe; kandi ntumpanish' uburakari bga we bgotsa.2Kukw imyambi yaw' impamye. ukuboko kwawe kukanshikamira.3Nta hazima mu mubiri wanjye kubg'umujinya wawe; nta mahor' amagufika yanjy' afite kubg' ibyaha byanjye.4 Kukw ibyo akiraniwe bindengeye, bihwanye n'umutwar' uremerey' unnanira.5 Inguma zanjye ziranuka kandi ziraboze, kubg'ubugfu bganjye.6 Ndahetamye, nunamye cyane: ngenda nambay' ibyo kwirabur' umuns' ukira.7Kukw ikiyunguyungu cyanjye cyuzuy' umuriro, kandi nta hazima mu mubiri wanjye.8Ndahondobereye, ndavunaguritse: nanihishijwe no guhagarik' umutima.9Mwami, ibyo nshaka byose bir' imbere yawe, kuniha kwanjye ntuguhishwa.10Umutim' urankubita, intege zanjye zirashira: amaso yanjye na y' ubgay' afit' ibihuzenge.11 Abakunzi banjye n'inshuti zanjye bampay' akato kubg'icyago cyanjye; bene wacu bampagaze kure.12Kand' abashaka kunyica banteg'imitego; abanshakir' ibyago bavug' iby'ubgicanyi, bagatekerez' uburiganya, umuns' ukira.13Ariko jyeweho mmeze nk'igipfamatwi, sinumva; mmeze nk'ikiragi kitabumbur' umunwa. 14N'ukuri mmeze nk'umunt' utumva, udafite mu kanw' iby'asubiz' undi.15Kuko, Uwiteka, ari wowe niringiye: mwam' Imana yanjye, ni wow' uzansubiza.16Kuko navuze nti, be kunyishima hejuru: iy' ikirenge cyanjye kinyereye, banyirata hejuru.17Kuko ndi bugufi gucumbagira, kand' umubabaro wanjy' ur'imbere yanjy' iteke.18Kuko nzatura gukiranirwa kwnajye, nzagir' agahinda k'ibyaha byanjye.19Arikw abanzi banjye n'abanyantege nyinshi, kandi n'abanyamaboko: abanyangir' impamvu z'ibinyoma baragwiriye.20Abitur' inab' ababagiriye neza na bo n' abanzi banjye, kuko nkurikiz' icyiza.21Uwiteka, ntundeke: mana yanjye, ntumbe kure. 22Mwami, gakiza kanjye, tebuk' untabare.Chapter 39
1Naribgiye nti, nzirindira mu nzira zanjye, kugira ngo ndacumuz' ururimi rwanjye. Nzajya mfat' ururimi rwanjye, umunyabyah'akir' imbere yanjye.2Nabeshejwe nk'ikiragi no kutavuga, narahoze, naho byab' ibyiza sinabivuga; umubabaro wanjy' uragwira.3Umutima wanjy'ungurumana munda; ngitetekereza, umurir' unyakamo: maze mvugish' ururimi nti:4Uwiteka, ummenyesh' iherezo ryanjye, n'urugero rw'iminsi yanjye; mmenye ko nd'igikenya.5Dore, waginduy'iminsi yanjye nk'intambge z'intoke; igihe cy'ubugingo bganjye kuri wowe kimeze nk'ubusa: n'ukuri'umuntu wese, nubg'akomeye, n'umwuka gusa. Sela.6N'ukur'umuntu wese, agenda nk'igicucu: n'ukuri bahagarikir'umutim'ubusa: umunt'arundany'ubutunzi, ataz'uzabujyana.7Mwami, none ntegerej'iki? ni wowe niringira .8Unkize ibicumuro byanjye byose: ntumpindur uwo gutukwa n'abapfu.9Narahoze, sinabumbur'akanwa; kakw ari wowe wabikoze.10Unkurehw inkoni yawe: mwanze no gukubitwa n'ukuboko kwawe.11Iy'uhaniy'umuntu gukiranirwa kwe, umuhanish'ibihano, unyenzur'ubiza bge nk'inyenzi: n'ukur'umuntu wese n'umwuka gusa. Sela.12Uwiteka, umva gusenga kwanjye, teger'ugutwi gutaka kwanjye; ntiwicir'amatwi amarira yanjye. Kuko nd'umusuhuk'imbere yawe, n'umwimukira, nkuko basogokuruza bose bari bari.13Rekeraho kundeb'igitsure, mbon'uko nsubuzwamw intege, nrarava hano, ntakibaho.Chapter 40
1Ntegerej'Uwiteka nihanganye; anteger'ugutwi, nyumva gutaka kwanjye.2Kand'ankura mu rwobo rwo kurimbura no mu byondo by'isayo, ashyir'ibirenge byanjye ku rutare, akomeze'intambge zanjye.3Kandi yashyiz'indirimbo nshya mu kanwa kanjye, ni yo shimwe ry'Imana yacu: benshi bazabireba, batinye, biringir'Uwiteka.4Hahirw'uwiringir'Uwiteka, kandintahindukirir'abibone cyangw'abiyobagiriza gukurikiz'ibinyoma.5Uwiteka, Mana yanjye, imirim'itangaza wakoze ni myinshi, kand'iby'utekereza kutugirira na byo ni byinshi; ntiharih'uwagereranywa nawe. Nashaka kubyatura no kubirondora, byarut'ubgish'ibyo nshoboye kubara.6Ibitambo n'amaturo y'ifu ntubyishimira, amatwi yanjy'urayazibuye: Ibitambo byokeje n'ibitambo by'ibyaha ntiwabishatse.7Mperako ndavuga nti, dore, ndaje; mu muzingo w'igitabo ni ko byanditswe kuri jye:8Mana yanjye, nishimira gukor'iby'ukunda; ni koko, amategeko yaw'ari mu mutima wanjye.9Namaz'ubutumwa bgiza bgo gukiranuka mw iteraniro ryinshi: sinzabumb'akanwa kanjye, Uwiteka, urabizi.10Nta bgo mpisha gukiranuka kwawe mu mutima wanjye; mvug'umurava wawe n'agakiza kawe: imbabazi zawe n'ukuri kwawe simbihish'iteraniro ryinshi.11Uwiteka, nawe ntunyime kugira neza kwawe, imbabazi zawe n'ukuri kwawe bijye bindind'Iteka.12Kukw ibyago bitabarika bingose, ibyo nakiraniwe bingezeho, nkaba ntabasha kureba. Birut'umusatsi wo ku mutwe wanjy' ubginshi; bitum'umutima wanjy'umvamo.13Uwiteka, emera kunkiza: Uwiteka, tebuk'untabare.14Abashakir'ubugingo bganjye kuburimbura. Bakorwe n'isoni bamwarane: abishimir'ibyago byanjye basubizw'inyuma bagir'igisuzuguriro.15Ababgira bati, aha, aha, barekwe kubg'isoni zabo.16Abagushaka bose bakwishimire bakunezererwe, abakund'agakiza kawe bajye bavuga bati, Uwiteka ahimbazwe.17Icy'akora jyeweho nd'umunyamubabaro n'umukene: arik'Uwiteka anyitaho. Ni wowe mutabazi wanjye n'umukiza wanjye: Mana yanjye, ntutinde.Chapter 41
1Hahirw'Uwita ku bakene, Uwiteka azamukiza ku munsi w'ibyago.2Uwiteka azamurind'amukize, kand'azahirwa ari mw isi: kandi ntumuhe abanzi be kumugirir'uko bashaka.3Uwiteka azamwiyegamiza, aho ndobereye ku buriri, ni wow'umubyikiriz'uburiri, iy'arwaye.4Naravuze nti, Uwiteka, umbabarire: ukz'ubugingo bganjye, kuko nagucumuyeho .5Abanzi banjye banyifuriza nabi bati: azapfa ryari, ngw izina rye ryibairane?6Kand'umwe mur'abo iy'aje kumsura, ab'anshunga; umutima weukiyuzuriz'Imana mbi. Agasohoka, akabivuga.7Abanyanga bose bamvugira mu byongorerano, bangir'Imana zo kungirira nabi.8Bati: Indwar'ikomeye imubayehw'akaramata, noneh'ubg'aryamye ntazabyuk'ukundi.9Kand'inshuti yanjye y'amagara nizeraga, nagaburiraga, ni y'imbagiriy'umugeri.10Ariko wehoho, Uwiteka umbabarire, ubyutse, kugira ngo mbiture.11Iki n'icyo kimmenyesha yuk'unyushimira, n'uk'umwanzi wanjy'atavuguriz impundu kunnesha.12Kandi jyewesh'unkomereza gukiranuka kwanjye, kand'unshyir'imbere yaw'Iteka ryose.13Uwiteka, Imana y'Abisiraeli, ahimbazwe, Uhereye kera kose, ukagez'Iteka ryose, Amen, Kandi Amen.Chapter 42
1Nkukw imparakazi yahaizwa no kwifuz;imigezi, ni k'umutima wanjye wahagizwa no kukwifuza, Mana.2Umurima wanjy'ugirir'Imana inyota, Imana ihoragaho: nzaza ryari ngo ngaragare mu maso y'Imana?3Amarira yanjye ni yo yambereye nk'ibyokurya ku manywa na n'ijoro, kandi bahora bambaz'umuns'ukira bati, Imana yaw'iri hehe?4Ibi ndabyibuka, ngahinduk'umutima, ubgo najyanaga n'abantu benshi nkabajyana mu nzu y'Imana,5Mutima wanjye,n'iki gitumye wiheba? n'iki gitumy' umpagaramo? ujy' utegerez' Imana: kuko nzogera kuyishima agakiza kayo.6Mana yanjye, umutima wanjy'urihebye; ni cyo gituma nkwibukira mu gihugu cya Yorodani, no ku misozi ya Herumoni,no ku musozi Mizari.7Imyuzur' ihamagaranisha guhorera kw'insumo zawe: ibigogo byawe n'umuraba wawe byose birandengeye.8Uwiteka yantegekerag' imbabazi ze ku manywa; n'ijor' indirimbo ye yari mu kanwa kanjye, ni yo nashengeshag' Imana y'ubugingo bganjye.9Nzabaz' Imana, igitare cyanjye, nti, n'iki gitumy' unyibagirwa? n'iki gituma nambikw'ibyo kwirabura n'agahato k'abanzi banye? 10Abanzi banjye bameze nk'inkot'iri mu magufka yanjye, iyo banshinyagurira, bakiriz' umunsi bambaza bati, Imana yaw' iri hehe?11Mutima wanjye, n'iki gitumye wiheba? n'iki gitumy' umpagararamo? ijy'utegerez' Imana: kuko nzongera kuyishima, ni yo gakizaa kanjye n'Imana yanjye.Chapter 43
1Mana, unshir' urubanza, umburanire n'ishyanga ritagir' imbabazi: unkiz' umuriganya n'ikigoryi.2Kuk' ur' Imana y'igihome kinkingira; n'iki cyatumy' unta kure? n'iki gituma nambikw' ibyo kwirabura n'agahato k'abanzi banjye?3Nuko oherez' umucyo wawe n'umurava wawe, binyobore: binjyane ku musozi wawe wera, no mu mahema yawe.4Maze nzajya ku gicaniro cy'Imana, ku Mana ni yo munezero wanjye n'ibyishimo byanjye; nguhimbarish' inanga, Mana, ni wowe Mana yanjye.5Mutima wanjye, n'iki gitumye wiheba? n'iki gitumy' umpagararamo? ujy'utegerez' Imana: kuo nzongera kuyishima, ni yo gakiza kanjye n'Imana yanjye.Chapter 44
1Mana, twariyumviye n'amatwi yacu, basogokuruza batubgiye, Imirimo wakoze mu gihe cyabo, mu gihr cya kera.2Wimuj' amahang' ukuboko kwawe, ushingamw abo; watey' amokw ibyago, kand' abo urabatatanya mu bihugu,3Kukw atar' iyabo nkota yabahaye guhindur' igihugu, kand' atar' ukuboko kwabo kwabakijije: ahubgo n'ikiganza cyawe cy'iburyo n'ukuboko kwawe n'umucyo wo mu maso hawe,kuko wabishimiraga.4Mana, ni wowe Mwami wanjye: tegeker' aba Yakobo agakiza.5Ni wow' uzaduha gutsind' ababisha bacu: izina ryawe ni ryo rizaduha kuribat' abaduhagurukiye.6Kuko ntaziringir' umuheto wanjye, kand' inkota yanjy' atar' iy' izankiza,7Ahubgo ni wowe wadukijij' ababisha bacu, wakojej' ison' abatwanga.8Imana ni yo twirat' umuns' ukira, kandi tuzashim' izina ryaw' iteka ryose.9Ariko none wadutaye kure, wadutej' igisuzuguriro, kandi ntubabarana n'ingabo zacu. 10Watumy'ababisha bacubadukubit' inshuro, abatwanga baratwinyagira.11Wadutanze nk'intama zarobanuriwe kubagwa: wadutatanirije mu mahanga.12Utangir' ubus' abantu bawe, kand' igiciro cyabo ntucyongeresh' ubutunzi bgawe.13Utugir' igitutsi cy'abaturanyi bacu, ibitwenge no gukobga by'abatugose.14Watugiz' iciro ry'imigani mu mahanga, abazungurizw' imitwe n'amoko.15Igisuzuguriro cyanjye kir' imbere yanjy' umuns' ukira, isoni zomumasohanjye zirantwikiriye,16Kubgir'ijwi ry'utongana, agatukana,kubg'umwanzi n'uhor' inzigo.17Ibyo byose byadusohoyeho; ariko ntitwakwibagiwe, kandi ntitwavuye mw isezerano ryawe.18Umutima wacu ntiwasubiy' inyuma, intambge zacu ntiziyobagije ngo zive mu nzira yawe. 19Bitume utuvunagurir' ahantu h'ingunzu, udutwikiriz' igicucu cy'urupfu.20Niba twaribagiw' izina ry' Imana yacu, niba twararamburiy' amabokw indi mana,21Imana ntizabirondora? kukw iz' ibihishwe mu mutima.22Ahubgo twicw' umuns' ukira bakuduhora; twahwanijwe n'intima z'imbagwa.23Mwami, ivurugute, n'iki kigushinjirije? kanguka, ntudute kur' iteka ryose.24N'iki gitum' utwikira mu mso hawe, ukibagirw' umubabaro wacu n'agahato baduhata?25Kuk' ubugingo bgacu bgunamishijwe bukagera mu mukungugu, inda yacu yarumanye n'ubutaka.26Haguruk'udutabare, uducungure kubg'imbabazi zawe.Chapter 45
1Umutima wanjy' urabize, usesekar' ibyiza ndavug' indirimbo nahimbiy' umwami. ururimi rwanjye n'ikaramu y'uwandika vuba.2Urut' ubgiz'abana b'abantu; ubukundiriz' busutswe ku minwa yawe: ni cyo gitumy' Imana iguh; umugisha w'iteka.3Wa ntwari we, ambar' inkota yawe kw itako, ambar' ubgiza bgawe n'icyubahiro cyawe. 4Ugendan' icyubahiro, uri kw ifarashi, uneshe, urenger' ukuri n'ubugwanea no gukiranuka: ukuboko kwawe kw'iburyo kukwigish' ibiter' ubgoba.5Imyambi yaw'iratyaye: amahang' agwa has' imbere yawe. imyambi yaw' iri mu mitima y'ababisha b'umwami.6Mana, intebe yawe n'iy'iteka ryose : inkoni y'ubugabe bgawe n'i nkoni y'utwar' agororoka, 7Wakunze gukiranuka, wanz' ibyaha: ni cyo cyatumy' Imana, ni yo mana yawe, igusig' amavuta yo kwishima, kukurutisha bagenzi bawe.8Imyenda yawe yos' ihumur' ishangi n'umusaga nakesiya, inanga zo mu mazu yubaakishijw' amahembe y'inzovu zirakwishimishije.9Mu bagore bawe b'icyubahiro hari mw abakobga b'abami: iburyo bgawe hahagaz' umwamikazi yambay' izahabu yavuy' Ofiri.10Umva, mukbga, utekereze, uteg' ugutwi; kandi wibagirw' ishyanga ryanyu n'inzu ya so; 11Ni cyo kizatum' umwam' akund' ubgiza bgawe: kukw ari we Mwami wwawe, naw' umuramye.12Kand' uukubga w'i tiro azazan'impano, kand' abatunzi bo mu bantu bazagusaba kubahakirwa.13Umukobga w'umwami, uri mu kirambi, afit' ubgiza bginshi: imyenda ye iboheshejw' izahabu.14Aribuzanirw' umwami, yambay' imyend' idaraje: abakobga bagenzi be bamukurikiye, baribuzanwe ah'uri.15Baribuzanishw' umunezero n'ibyishimo: binjire munzu y'umwami.16Mwami, mu cyimbo cya basogokuruza bawe kizasubiramw abana bawe, ni b'uzagir' abatware mw isi yose.17Nzibukiriz' izina ryaw' ibihe byose; ni cyo gitum'amahang' azagushim' iteka ryose.Chapter 46
1Imana ni yo buhungirobgacu n'imbaraga zacu, n'umufash' utabura kuboneka mubyago no mu makuba.2Ni cyo gituma tutazatinya, nahw isi yahinduka,nahwimisozi yakurw' ahayo,ikajy'imuhengeri.3Nahw amaszi yabo yahorera, kibirindura, nahw imisozi yatigiswa no kwihindiriza kwayo.4Harih' uruzi, imigende yarwo yishimish'ururembo rw'Imana, ni ryo hera har' amahema y'Isumba byose.5Imana iri hagati murirwo, ntiruza nyeganyezwa; imana izarutabara mu museke.6Abanyamahanga barashakuje, ibihugu by'abami byagiz' imidugararo; ivug' ijwi ryayo, is' irayaga.7Uwiteka nyir'ingab ari kumwe natwe, Imana ya Yakobo n' igihome kirekire kidukingira.8Nimuze mureb'imirimoy'Uwiteka, kurimbura yazanye mw isi.9Akurahw intambara kugeza ku impera y'isi, avunagur' imiheto, amacum'ayacamokabiri, amagare ayatwikish'umuriro.10Nimworoshye,mumenye kw ari jye Mana; nzashyirwa hejuru mu mahanga, nzashyirwa hejuru mw isi.11Uwiteka nyir'ingab' ari kumwe natwe, Imanaya Yakobo n'igihome kirekire kidukingira.Chapter 47
1Mwa mahanga yose mwe, nimukomemu mashyi; muvugiriz'Imana impundu z'abanesheje.2Kuk' Uwiteka usumba byos' atey' ubgoba, ar' Umwam'ukomey' utegek' isi yose.3Atugomorer' amoko, tukayatwara, ashyir' amahanga munsi y'ibirenge byacu.4Adutoraniriz' umwandu acu, ni wobyirato bya Yakobo, uwo yakunze.5Imana izamukany' impundu, Uwiteka azamukany' ijwi ry'impanda.6Muririmbir' Imana ishimwe, muririmb' ishimwe muririmbir' Umwami wac'ishimwe, muirirmb'ishimwe.7Kukw Imana ar' Umwamiw'isi yose, muriribish'ishimwe ryay'indirimb' ihimbishijw'ubgenge.8Imana itegek'amahanga: Imana yicaye ku ntebe yayoyera. 9Abakomeye b mu mahanga bateraniye guhinduk' abantu b'Imana y'Aburahamu. kukw ingabo zikingir' abo mw is' ar' iz'Imana; ishyizwe hejuru cyane.Chapter 48
1Uwiteka arakomeye, akwiriye gushimirwa cyane mururembo rw'Imanayacu, ku masoziwayo wera.2Umusozi sioni, ur' ikasikazi, uburebure bgawo ni wo byishimo by'isi yose, niwo rurembo rw'Umwam'ukomeye.3Imana yimenyekanije mu nyumba zo murirwo kw ar' igihome kirekire gikingir' abantu.4Dor' abami barateranya, banyuriraho hamwe, 5Bararureba, baratangara, baratinya, bahunga vuba.6Guhind' imishitsi kubafatirayo, no kuribga, nk'ibise by'umugor' uri ki nda.7Umunyag'uturuts' ahw izuba rirasira uwumenesh' inkuge z'i Tarushishi.8Nkuko twumvise, ni ko twabibnye mu rurembo rw'Uwiteka nyir'ingabo, mu rurembo rw'Imana yacu: Imana izarukomez' iteka ryose.9Mana, twibukiy'imbabazi zawe hagti mu rusengero rwawe.10Mana, nkukw izina ryawe riri, ni kw ishimwe ryawe riri, ukageza ku mpera y'isi: ukuboko kwawe kw'iburyo kuzuye gukiranuka.11Umusozi Sioni unezerwe, abakobga ba Yuda bishimishwe n'imanza zawe zitabera.12Muzenguke sioni, muwugote, mubar' ibihome byawo,13Mwitegereze cyan' inkike zawo, mutekerez' inyumba zaho: kugira ngo muzabitekererez' ab'igihe kizaza.14Kukw iyi Mana ar' Imana yac'iteka ryose, ni y' izatuyobora kugeza ku rupfu.Chapter 49
1Mwa mahanga mwese mwe, nimwumv'ibi; mwa bari mw isi mwese mwe, nimuteg' amatwi: 2Aboroheje nabakomeye, abatunzi hamwe n'abakene.3Akanwa kanjye kagiye kuvug'ubgenge, umutima wanjy' ugiye kwibgir' ibyo kumenya. 4Ndateger' umugan' ugutwi kwanjye; ndahishuz' imang' ijambo ryanjye riruhije.5N'iki cyatuma ntinya mu minsi y'ibyago n'amakuba, gukiranirwa kw'abashaka kungusha kungose?6Bingir' ubutunzi bgabo, bakirat' ibintu byabo byinshi.7Ariko nta ubasha gucungura mugenzi we na hato, cyangwa guh' Imana inshungu ye: 8 Kugira ngw aram' iteka, atabona rwa rwobo:9kukw inshungu y'ubugingo bgab' ar' iy'igiciro cyinshi, ikwiriye kurekw' iteka.10Kukw abona kw abanyabgenge bapfa, umupfapfa n'umeze nk'inka bakarimbukana, bagasigir' aband' ubutunzi bgabo.11Mu mitima yabo bibgira yukw amazu yab' azagumahw iteka ryose, n'ubuturo bgabo ko buzagumahw ibihe byose: ibikingi byabo bakabyitirir' amazina yabo.12Arikw, umuntu ntahoran' icyubahiro, ahwanye n'inyamaswa zipfa.13Iyo nzira yabo n'iy'ubupfu, arikw ababazunguye bashim' amagambo yabo.14Bashorererwa kujy' ikuzimu nk'umukumbi w'intama, urupfu ruzabaragira: abatunganye bazabatwara mu gitondo; ubgiza bgabo buzahabg' ikuzimu ngo butsembge, butagir' aho kuba. 15Ariko, Imana izacungur' ubugingo bganjye, ibukure mu kuboko kw'ikuzimu: kukw izanyakira.16Ntubitinye, umuntu n'atunga, icyubahiro cy'inzu ye kikagwira:17Kuko n'apfa, atazagir' icy'ajyana; icyubahiro cye ntikizamanuka ngo kimukurikire.18Nubgo yibgirag' akiriho kw ahiriwe, kandi nubg' abantu bagushima, witungishije;19 Ubugingo bge buzasanga basekuruza; batazareb' umucy' ukundi.20Umunt' ufit' icyubahiro ntagire n'ubgenge ahwanye n'inyamaswa zipfa.Chapter 50
1Imana Nyir' ingufu, Imana yaremire byose, Uhoragaho agambire no guhamagara isi, itangiriye iyo Izuba rirasiraga, ukagez'aho rirengeraga. 2Guturuka i Siyoni, ububo ere butagir'inenge, ni ho Imana irabagiraniye.3Imana yacu ikayije, kandi ntaho icecekire: hambere yayo umuriro gukakongore, umuyaga gukarishe gukayizunguruke. 4Ikahamagarire mu juru ryo hejuru no mu si kugira ngo acire ubwoko bwe urubanza.5Bakagambe ngo: mushire hamwe abokundaga, abaraganye na nyowe indagano y'ibitambo.6Ijuru rikatangaze gukiranuka kwayo kuko Imana yonyine niyo icaga imanza. Sela.7 Mwumwe bwoko bwa nyowe, nikugambana na Israeli. Ndi Imana, Imana ya wowe. 8Ntaho nkagaye ibitambo bya wowe; ibitambo bitwitswe bihoraga biri hambere ya nyowe ibihe byose.9Ntaho nkakure mfizi mu rugo rwawe, cyangw'isekurume mu biraro by'ihene zawe. 10Kuko ibisimba byose byo mwishamba ari ibya nyowe, n'imbogo zo ku misozi igihumbi. 11Nz'inyoni n'ibisiga byose byo kumisozi, ibisimba byo hanze mushamba n'iza nyowe.12Nabo nopfa n'inzara ntaho nokubwira kuko isi n'ibyujwiyemo n' ibya nyowe. 13Mbesi nkarye inyama z'ibimasa cyangwa nagnwa amaraso y'ihene?1614Uture Imana ibitambo by'amashimwe kandi urihe ibyo waraganiye Irihe hejuru cane ibyo wzmuraganiye.15Kandi umpamagare ku musi gw'amakuba no ku gw'ibyago; nkagukize, hanyuma ukanshimishe.16Ariko, Imana ibazaga umunyabyaha ngo: weho n' amategeko ga nyowe muhuriye he? Ushiraga indagano ya nyowe mu kanwa kawe kubera ki ? 17kandi wangaga inyigisho za nyowe , utaga kure ibyo mbaga ndikukubwira?18Ubonaga umusambo, ukimugira naira wawe, kandi ukifatanya n'abasambanyi .19Uhaga akanwa kawe ibibi, ururimi rwawe ruhoraga rurikugamba ibyo kubesha.20Wicaraga urikugamba nabi mwene swo, urikunegura mwene nyoko.21Ukoraga ibyo byose, ndikukureba nihoreye, ugatekereza ko ngana nawe pe: ariko nkaguhane, no kukwerekana kweli hambere y'amaso ga wowe, uko bikurikiranye. 22Mwewe mwihaga kwibagirwa Imana, mutekereze neza, bitabaye guco nkagushanyaguze, kandi ukabure uwo kwija kugufasha.23Utangaga ibitambo by'amashimwe abaga arikumpa icubahiro: kandi utunganyaga ingeso ze nkamwereke agakiza k'Imana.Chapter 51K'umukuru w' imiziki.Indirimbo ya Daudi, igihe umuhanuzi Natani yamujiye amarire kuraza Batisheba.
1Umbabarire Mana kubera mbabazi za wowe: kubera imbabazi za wowe nyinshi wiji amakosa ga nyowe.2Unyoze kabisa kunuka kwa nyowe, unyeze unkureho ibyaha.3Kuko nyiji ibicumuro bya nyowe, ibyaha nakorire bihoraga hambere ya nyowe.4Ni wowe, ni wowe wonyine nakoreye ibyaha, nakorire ikibi mu maso gawe: urubanza rwa nyowe rukabe urw' ukuri, nta uwo rugaya, kandi ubonereye kuruca.5Dore nazerewe mu byaha, mama yanzereye mu byaha. 6Reba, urikwenda ukuri ko mu mutima gwa nyowe kugira ngo unyigishe ubwenge.7Umbonezeshe hisopu, niho nkabe utungenye: unyoze mbe umweru kurusha urubura.8Unyumvishe umunezero n'ibyishimo kugira ngo amagufa go wavunnye gishime.9Hisha amaso gawe, gere kureba ibyaha nakorire, ufute ibibi bya nyowe byose.10Ureme muri nyowe umutima gutungenye: umutima guri muri nyowe guhinduke mushasha.11Were kunta kure y'amaso gawe, were kunkuraho Umwuka gwawe guboneye.12Ungarurire ibyishimo by'agakiza kawe; umpe umutima go kukumvira.13Niho nkayigishe ababi nzira za wowe, n' abanyabyaha bakakwihaneho.14Yewe Mana, ni weho Mana y'agakiza ka nyowe, unkize urubanza rw' amaraso namennye; kandi nkaririmbe cane ndikumenyesha ubutungane bwa wowe. 15Mwami, mfungure iminwa ; niho akanwa ka nyowe kagagushimire.16Kuko ntaho wishimiraga ibitambo, buno mbambiguheye: ntaho unezezwaga n' ibitambo bitwikirwe.17Ibitambo Imana yishimiraga ni umutima gushenjaguritse. Weho Mana ntaho ukagaye umutima gumenetse, kandi gushenjaguwe,18Ugirire neza Siyoni, kubera ko uhishimiraga: ubaka tena inkuta za Yerusalemu.19Hanyuma ukashimishwe n'ibitambo by'abatungenye, ni byo bitambo byokejwe n'ibitwitswe: niho bakatambe amapfizi k' urutari rwawe.Chapter 52K' umukuru w' umuzika, indirmbo ya Daudi igihe Doegi Umuedomu yijire kubwira Sauli ko Daudi yihishe mu nzu ya Ahimeleki.
1Kuki wishimiye ubugome bwawe, we mwicanyi we? Imbabazi z'Imana zihorahaga ibihe byose. 2Ururimi rwawe rurigupanga kunyita, rumerire nk'urwembe rucaye weho mubeshi we.3Ukundaga ibibi kurusha ibiboneye; no kubesha kurusha kugamba ibitungenye sela.4Ururimi rwaweho ruhoraga rurikubesha, ukundaga amagambo go gusenya abantu gusa. 5Imana ikagutsembetsembe ibihe byose, ikagufate, igukure mu hema ryawe; ikurandure, igukure mu yino si y'abazima. Sela.6Intungane zikabirebe zititire, bakamuseke barikugamba ngo: 7Reba wuno ni wayangire kugira ngo Imana ubuhungiro bwe, ahubwo we yashije ibyiringiro m'ubukire bwe bwinshi, kandi yikomerezaga gutiriganya.8Ariko nyowe merire nk'umutanda mubisi go mu rugo rw'Imana. Nkashire buri bihe ibyizero bwa nyowe mu ndagano zitungenye.9Nkabehi ndikugushima , kubera ibyo wakorire : nkategereze izina rya wowe hambere y'abakunzi bawe, kuko riboneye.Chapter 53Ku muririmyi mukuru, Maskili ya Daudi.
1Urupfapfa rubwiraga umutima gwarwo ngo: ntaho Imana ibagaho. Nta bwenge bafite, birirwaga barigukora ibimwajije; nta n' umwe ukoraga ibiboneye.2Imana ihengerezaga yareby'abantu, iri mu juru, kugira ngo imenye nibo hariho n' umuntu umwe uyishaka. 3Bose basubiye inyuma; bose bazambye; nta n' umwe ukoraga ibiboneye, nta n'umwe.4None si abakoraga ibibi ni ba ntabwenge? Ko bamiraga abantu ba nyowe bunguri nk'umutsima, kandi bakanga gushaka Imana?5Bayitirwe n'ubwoba, nta mpamvu; kuko Imana ikatawanyishe amagufa y'umuntu ushaka kugutera, bene nguwo ikamware kuko Imana yabasuzuguje.6Yewe, iyoba agakiza ka Israeli koturuka i Siyoni! Umusi go Imana ikakure ubwoko bwayo iyo bwajenywe kugahato no kubusubiza iwabo, Yakobo akishime, na Israeli ikanezerwe.Chapter 54K' umunyamuzika mukuru, indirimbo yaririmbishije inanga y' imirya. Indirmbo ya Daudi igihe Abazefi bayijire no kubwira Sauli ngo: Mbesi ntaho wiji ko Daudi yihishe hamwe na twewe?
1Mana, nkirishe inzina rya wowe, mpanishe ingufu zawe.2Mana, yumve ndikugusenga, fungura amatwi wumve amagambo gaviye mu kanwa ka nyowe. 3Kuko abanyamahanga bamereye nabi; abatagiraga imbabazi barigushaka kunyita; ntaho batashije Imana hambere yabo. Sela.4Reba Mana, no wowe untabaraga, Umwami ni we uri kunshigikira. 5Abanzi ba nyowe akabarihe kubera ibibi byabo, ubamareho kubera ubutungane bwa wowe.6Nkaguture ituro ry' ubushake: Uhoragaho, nkabereho ndigushima izina rya wowe kubera rimbonereye 7Kuko Uhoragaho yankijije amakuba n'ibyago byose; ijisho rya nyowe ririkureba gutsindwa kw'abanyagaga.Chapter 55
1Mana, woha ugutwi gusaba kwa nyowe; were kunyihisha ndikukwinginga.2Mpangayikire, unsubize, kubera ko nta buruhuko mfite mu magaganya ga nyowe. 3Kubera ijwi ry'umwazi, Ku era????? kukandamizwa kwa abakundaga ibyaha, kuko bangwishaga mu makuba, no kuzambaguzisha umujinya gwabo.4Umutima gwanje gurigutitira cane, umutsitsi go gupfa kwanguyeho. 5 Gutinya n'imitsitsi bingezeho, ibitinyisho biranfinitse.6Nagambye ngo, o, iyoba mfite amababa nk'inuma, mba ngurutse, nkaruhuka.7Reba, nari ndawayawaya kure, nkibera mu butayu. Sela8Mba nubabakire ihema ry' buhungiro, ryo kunkiza umuyanga n' ikiyaga.9Mwami, bamire, uhabye indimi zabo: kuko nabwenye urugomo n' indwano mu muji.10Ku mutaga no mu joro bigendagenda hejuru y'inkuta zago: kandi ibyaha n'amakosa bibijwiyemo. 11Gukor'ibyaha kuri hagati yago: agahato n'ubutiriganya ndo bivaga mu tuyira twago.12Kuko iyoba ari umwanzi wantukire; mba nashobweyee kwihangana: cyangwa iyoba uwanyangaga wapamgazeho hejuru, mba naramwihishe:13Ahubgo ni wowe, uwo dutumerire kimwe, uwo hafi, kandi mwira wa nyowe wo k' ubura. 14Twagendaga nk' abagnwanyi, tukagendana n'iteraniro mu nzu y'Imana.15Bagwiweho n' urupfu batiteguye, reka redo bagogomere mu kuzimu bariguhumeka: kubera gukor'ibyaha kuri mu mahema gabo no mu mitima zabo.16Ariko nyowe nkahamagare Imana; kandi Uhoragaho akankize. 17K'u mugoroba no mu gitondo na k' umutaga hagati nkabeho ndimkububura no kubogoza: na we akayumve ijwi rya nyowe. 18 Akakize ubuzima bwa nyowe mu mahoro bere kuntsinda my ndwano bampangiye kubera ko abari barikundwanya bari akangarii.19Mana, Utageka ibihe byose akabumve no kubamwaza. Sela. Bayngire guhinda, bayangire gutinya Imana.20Mwira was nyowe yakoreye nabi gabo babanaga neza; yayangire kubaha indagano ye. 21Akanwa ke kanyereraga nk'amavuta, ariko umutima gwe gwabaga gurikupanga indwano gusa. Amagambo ge goroherega kurusha amavuta ga eleyo, ariko gari inkota zikuwe mu mifuko yazo.22Ikoreze Uhoragaho umuzigo gwawe, na we akakwakire, ntaho akayemere ko intungane ko zinyeganyezwa. 23Ariko wowe, Mana, ukabahirije mu cobo bashiriremo, abamenaga amarasoi n'abanya butiriganya ntaho bakabeho n' inusu y' imisi y'abandi, ariko nyowe nkabeho ndikukwiringira.Chapter 56
1Mana, mpfire imbabazi, kubera ko abantu barigushaka kunyita; umunsi gose babaga barigupanga uko baramfata.2Abanzi ba nyowe biriz'umusi barishaka kumira bunguri: kubera ko abandwanyaga kubera kungaya ari kangari.3 Igihe cose nkabe ndigutinya, ni weho nkiringire: 4Imana , ufite igambo ryo guhimbaza, muri we nkijegeke, ubwoba bakashire. Kandi abantu ntaco bakangire.5Bamaraga umunsi gose barikumbeshera no kugamba ibyo ntagambye, ibitekerezo byabo nii kupangira ibibi.6 Bishiraga hamwe bakihisha barigucukura ibyibo ngo ngwemo kubera ko bashakishaga kunyita.7Were kubemerera ko bagezaku mwisho g' ububi bwabo. Mana we, wogwisha bano bantu hasi n'umujinya gwawe!8Ubaraga kuwayawaya kwa nyowe, ushyiraga amarira ga nyowe mu cupa ryawe; mbesi ndo byanditswe mu gitabo ca wowe?9Hanyuma abanyagaga bakasubizwe hanyuma ku musi nkaguhamagare: ibyo mbwijizi, kubera ko Imana iri ikunfasha.10Imana ikampe gushima izina ryayo; Uhoragaho akampe gushima izina rye:11Imana ni yo niringiye, ndo ngatinye; ninde so wintwara ikintu?12Mana, akazi ko kweneza indahiro za nyowe kandiho ; kandi nkaguhe amaturo y'amashimwe.13Kuko wankirije ubuzima bwa ngo nere gupfa. Ni weho wanchungiye ibirenge bya ngo nere gusitara. Ngo ngendere mu maso g'Imana mu mwangaza gw'ababagaho.Chapter 57
1Mana, mbabarire; umbabarire kuko no muri weho mpishaga ubuzima bwa nyowe kugeza ibibazo bishirire. Kwa kweli mberaga mu gicucu c'amababa gawe, ni ho nikeye kugira ngo ndindwe, kugeza aho ibyago bikashire.2Nkahamagare Imana iruta byose; Imana inkoreraga byose. 3Ikantumire guturuka mu juru abo kumfasha no kunkiza, kuko irakariraga abari gushaka kuntubura. Sela. Imana ikantumire imbabazi zayo n'ubutungane bwayo.4Ubuzima bwa nyowe buzungurukirwe n'intare, ntuye hagati y'abarigushakisha kumira, hagati y' abantu bafite amenyo g'amacumu n'inyambi, bafite indimi zimerire nk'inkota zicaye. 5Mana, weho wikeye hejuru y'amajuru, icubahiro cawe kibe hejuru y'isi yose.6Bateze ibirenge bya nyowe umutima gurigutinya. Bacukwiye ibyobo hambere ya nyowe, nuko bonyine bahirimyemo. Sela.7Mana, umutima gwa nyowe gukomeye, yego umutima gwa nyowe gurimo ingufu. Nkakuririmbire, ingo, nkakuririmbire amashimwe. 8Weho bubonere bwa nyowe, byuka; nebuli n'inanga, mubyuke. na nyowe nkabyuke karekare.9Mwami, nkagushimire abantu akangari bateranye ; nkakuririmbire amashimwe mu mahanga. 10Kubera urukundo rwawe rudapungukanga, rureyi, rugeze mu juru: ubutungane bukoze ku bicu. 11Mana, ushirwe hejuru y'amajuru, icubahiro cawe kibere hejuru y'isi yose.Chapter 58Ku mukuru w'abaririmbyi bashijwe i Al Tashesi. Indirimbo ya Saudi, I mikitamu.
1Mbese abashefu bagambaga iby' ukuri? None si mucaga imanza zitahengamire? 2Ahubwo imitima yanyu yujwiyemo imipango mibi, amaboko genyu gari tayari kuzambaguza igihugo.3Inkozi z' ibibi zitandukanywa n'Imana zikiri mu nda: bapfa kuvuka gusa bagatangira kubesha. 4Ubumara bwabo bumerire nk' ubw'inzoka, bamerire nka butugu itumvuga, 5Itumvaga uruyombo rw'abagombozi, naho bagombozaga ubwenge kangari cane.6Mana, bahongore amenyo mu kanwa kabo ; Uhoragaho, hongora ibyinyo by'intare y' igisore.7Bayayushe nkaho babeye amazi guturumbutse m' ubutaka. Igihe barashe imyambi zabo zibe nk'imibigimbe.8Babe nk'ikinyamushongo cishwe n' izuba kigashira: babe nk'umwana uvutse apfiye atabwenye ku zuba.9Inkono zanyu zitaratwikwa n'umuriro gw' imishubi, Imana ikazijanishe serwakira, imishubi mibisi ikabe nk' imiushubi irikwaka.10Utungenye akishimire guhorera kW' Imana: Akogeshe ibikandagizo bye mu maraso g' ababi.11Abantu bakagambe ngo: Kweli itungane zikahabwe umushahara: kweli Imana niyo iciraga isi urubanza.Chapter 59Ku mukuru w'abaririmbyi bari i Al Tashesi. Indirimba ya Daudi. Umushutamu igihe Sauli yatumye mu nzu ngo bamushake no kumwita.
1Mana ya nyowe, unkure mu maboko g'abanzi ba nyowe: ushire hejuru y'abambereye nabi.2Unkize inkozi z'ibibi, undinde abifite imyota yo kumena amaraso.3Kuko barikuntega ngo banyite; abanyambaraga bateraniye kuntera: kandi ntaho ari kubera amakosa cangwa ibyaha bya nyowe, Uhoragaho.4Barigupanga kuntururukaho kandi ntaco barikundyoza. Byuka Mana, ubarebe, kandi ubankize.5Weho, uri Imana y' abarwanyi, ni wowe Mana ya Abisiraeli, haguruka, uhane abapagani bose, were kubabarira amanyakosa. Sela.6Bagarukaga ku mugoroba, barikumoka nk'imbwa, barikuzunguruka umugi.7Reba, bagambaga amabi mu kanwa kabo; inkota ziri mu minwa yabo: kuko bibazaga ngo: Ni nde si urikumva?8Ariko wowe, Uhoragaho, ukabamwaze, uzakob'abapagani bose.9Wa mbaraga yanjye we, nzagutegereza; kukw Imana ari yo gihome kirekire kinkigira.10Imana ikandebeshe indagano yayo itungenye, Imana izanyereke ibyo ndigushaka hambere y' abanzi ba nyowe.11Were kubita, kugira ngo abantu banjye batibyibagirwa: Mwami, weho ngabo yo kuduhisha, batawanyishe mbaraga zawe, ubatsindishe.12Kubera ibyaha byo mu minwa yabo n'amagambo gavagamo, emera Mana ko bafatwe m' umutego g'ubwirasi bwabo, kandi imivumo n'ibubeshi bwabo bibafatishe. 13Ubamirishe umujinya, ubatsembe, bere kongera kubaho kugeza k' umwisho gw'isi, hose bamenye ko Imana itegekaga aba Yakobo n' isi yose. Sela.14Bagarukaga ku mugoroba, barikumoka nk'imbga, barikuzunguruka umugi. 15Babaga bariguhunahuna barigushaka inyama, hanyuma bozibura bagatangira kumoka mu joro ryose.16Ariko nyowe nkabereho ndikugushima kubera ingufu. Mu gitondo nkabe ndikukuririmbira kubera urukundo rwawe kuko wambereye umunara mureyi n' ubwihisho mu bihe by' agahinda.17Ni weho, ngufu za nyowe, nkashimire kubera ko: uri Imana, umunara go kumpisha, n'Imana yo kumpfira imbabazi.Chapter 60
1Mana, uradutaye, urashenye: wararakaye; udusubizemw intege.2Watey'igihungw igishitsi, uragisatura: zib'ubusate bgacyo, kuko gitigita.3Werets'abantu baw'ibikomeye; watunyeshej'inzoga idandabiranya.4Wahay'abakuah'ibendera, kugira ngo bahung' umuheto. Sela.5Kirish'ukuboko kwawe kw'uburyo, umubize, kugira ngw ab'ukunda bakizwe.6Imana yarahiye kwera kway'iti: nzishima, nzagabanish'uruger'igikombe cy'i Sukoti.7Galeadi n'ahanjye. umuryango wa Manase n'uwanjye; uwa Efuraimu ni w'ukingir'umutwe wanjye; Uwa Yuda ni wo nkoni yanjye y'ubgami.8Abamoabu ni bo gikarabiro cyanjye, Abedomu nzabakubit'inkweto mu mutwe. Filisitia, umvugiriz'impundu.9Ni nd'uzanyijjiza mu mudugud'ufit'igihome gikomeye? ni nd'uzangez'Edomu?10Si wowe, Mana, wadutaye, uzangezayo? si wowe, Mana, utajyanaga n'ingabo zucu, uzangezayo?11Udutabar'umubisha, kuko gutabara kw'abantu kutagir'umumaro.12Imana izadukoresh'iby'ubutwari, kukw ari y'izaribat'ababisha bacu.Chapter 61
1Mana, umva gutaka kwanjye; tyariz'ugutwi gusenga kwanjye,.2Mpagaze ku mpera y'isi nzajya nutabaza, uk'umutima wanjy'uzagw'isari. Unshyire ku gitare kirekire ntakwishyiraho.3Kuko wamberey'ubuhungiro n'igihome kirekire kinkigir'umwanzi.4Nzaguma mw ihema ryaw'Iteka, nzahungira mu bgihisho bgo mu mababa yawe. Sela.5Kuko wowe, Mana, wumvis'umuhigo wanjye: umpay'umwandu uhabg'abubah'izina ryawe.6Uzongerer'Umwami iminsi y'ubugingo bge, imyaka y'izaba nk'iy'aab'ibihe byinshi.7Azaguma mu maso y'Imana Iteka: itegur'imbabazi n'umurava, kugira ngo bimurinde.8Bizatuma ndirimbir'izina ryaw'ishimw'Iteka, ngo mpigur'umugiho wanjy'uko bukeye.Chapter 62
1Umutima wanjy'uturiz'Imana yonyine: ni y'agakiza kanjye gaturukaho.2Ni yo gitare cyanjye yonyine n'agakiza kanjye n'igihome kirekire kinkigirara: sinzayeganyezwa cyane.3Muzageza he guter'umuntu, nho mumwicane mwese, nk'inkik'ibogaye, nk'uruzitiro runyegenyega?4Iki cyonyine ni cyo bajy'Imana, n'ukugira ngo bamusunike, ngwangwe, ave mu cyubahiro cye: bishimir'ibinyoma: ariko bavumish'imitima yabo. Sela.5Mutima wanjye, turiz'Imana yonyine; kukw ari y'ibyiringiro byanjye biturukaho.6Ni yo gitare cyanjye yonyine n'agakiza kanjye; n'igihome kirekire kinkingira: sinzanyeganyezwa.7Imana ni y'irimw agakiza kanjye n'icyubahiro cyanjye: igitare cy'imbaraga zanjye n'ubuhungiro bganjye biri mu Mana.8Mwa bantu mwe, mujye muyiringira. Ibyo mu mitima yanyu mubisuk'imbere yayo: Imana ni yo buhungiro bgacu. Sela.9Nukur'aboroheje n'umwuka gusa, kand'abakomeye n'ibinyoma: ni bashyirwa mu gipimo, ntibazika, bazateruka; Bose bateranye, umwuk'abarusha kuremera.10Ntimwiringir'agahato, ntimwizigirir'ubusa kunyaga: ubutunzi ni bugwira, ntimuzabaheran'imitima.11Imana yavuze rimwe; nabyunvise kabiri; ngw Imana ni y'ifit'ububasha.12Kandi ni wowe, mwami, ufit'imbabazi: kuko witur'umuntu wes'ibikwiriy'umurimo we.Chapter 63
1Mana, ni wowe Mana yanjye; ndazindukira kugushaka. Umutima wanjy'ugukumburrira mu gihugu cyumye, kiruhijwe n'amapfa, kitagir'amazi.2Uko ni ko nagutumbiririy'ahera hawe. Kugira ngo ndeb'imbaraga zawe n'ubgiza bgawe.3Kukw imbabazi zaw'ar'izo gukundwa kurut'ubugingo, Iminwa yanjy'izagushima.4Uko niko nzaguhimbaza, nikiriho: izina ryawe ni ryo nzamanikir'amaboko.5Umutima wanjy'uzahazwa nk'uriye umusokoro n'umubyibuho: akanwa kanjye kazagushimish'iminwa yishima.6Uko nzakwibukira ku buriri bganjye, nkagutekereza mu bicuku by'ijoro.7Kuko wamberey'umufasha, kandi nzavgiriz'impundu mu gicucu cy'amababa yawe.8Umutima wanjy'ukomaho; ukuboko kwaw kw'iburyo kura ndamira.9Arikw abashakir'ubugingo bganjye kubutsemba, bazajy'ikuzimu.10Bazahabga gutwarwa n'inkota, bazab'umugabane w'ingunzu.11Ariko, umwam'azishimir'Imana. Uyirahira wes'azirata; kukw akanwa k'ababeshya kazazibywa.Chapter 64
1Mana, umv'ijwi ryanjye ryo kuganya, kiz'ubugingo bganjye gutinyishwa n'umwanzi.2Mpiah'Imana z'abakora nabi bangira rwihishwa, n'imidugararo y'inkozi z'ibibi.3Bayaj'indimi zabo nk'inkota, batamits'imyambi yabo, ni yo magamb'abishye:4Kugira ngo barasir'utunganye mu rwihisho. Bamurasa gitunguro, ntibatinya.5Bihumuririz'imigambi mibi, bajy'inama zo guteg'ibigoyi rwihishwa; bakibgira bati, ni nd'uzabireba?6Bahirimbanira kunguk'inama mbi; bakibgira bati, tunogej'inama twungutse, umutima w'umuntu wese n'ibihishw'aterekeza ntibirondorwa.7Ariko, Imana izabarasa, bazakomeretswa n'umwamb'ubatunguye.8Uko ni bazasitazwa, ururimi rwab'ubgarwo ruzabarwanya: abareba bose bazazunguz'imitwe.9Kand'abantu bose bazatinya; bavug'umurimo w'Imana, batereresh'ubgeng'ibyo yakoze.10Umukiranuts'azanezererw'Uwiteka, amwiringirr; kand'abafit'imitim'itunganye bose bazirata.Chapter 65
1Mana sioni bagushimisha kuguturiza, ni wowe bazahigur'umuhigo.2Ni wowe wumv'iby'usabga, abantu bose bazajy'ah'uri.3Gukiranirwa kwinshi kurannesheje; ibicumuro byac'uzabitwikira.4Hahirw'umunt'utoranya, uka mwiyegereza, kugira ngw agume mu bikaribyawe: tuzahazwa n'ibyiza byo mu nzu yawe, ibyiza by'ahera ho mu rusengero rwawe.5Mana y'agakiza kacu, uzadusubirish'ibitey'ubgoba kubgo gukiranuka kwawe; ni wowe byiringiro by'abo ku mpera y'ubutaka hose, n'iby'abo ku mpera y'inyanja za kure.6Iyo ni y'ishimagirisha imisoz'imabaraga zayo, ikenyey'imbaraga.7Iturisha guhorera kw'inyanja, guhorera k'umraba wo muri zo, n'imidugararo y'amahanga.8Kand'abatuye ku mpera y'isi batiny'ibimenyetso byawe, uvugisha impund'ab'ah'umugorob'ukubira.9Igenderer'isi, akayivubira, uyitungisha cyane; uruzi rw'Imana rwuzuy'amazi, ni wow'uh'abant'amasaka, umaze gutungany'ubutak'utyo.10Uvubir'impanvu zo muri bgo iimvura nyinshi, uringaniz'imitabo yo muri bgo, ubgorohesh'ibitonyanga; uh'umugisha kumeza kwabgo.11Wambik'umwaka kugira neza kwawe nk'ikamba, inkora z'igare ryawe zigush'umwero.12Imvur'igwa ku rwuri rwo mu butayu: imisoz'igakenyer'ibyishimo.13Urwuri rukagatirwa n'imikumbi, ibikombe bitwikirwa n'amasaka; biranguruzwa n'ibyishimo bikaririmba.Chapter 66Ku mucuranzi mukuru.Indirmbo ya Daudi
1Isi yose muririmbire cane Imana, 2Muririmb'icyubahiro cy'izina ryayo, mumushire hejuru mukoresheje amashimwe g' icubahiro.3Mubgir'Imana muti, imirimo yawe kw itey'ubgoba! imbaraga zawe nyinshi zizatum'abanzi bawe bose bagukomokera bagakusheshya.4Abo mw isi yose bazagusenga, bakuririmbire: bazaririmbir'izina ryawe. Sela.5Nimuze mureb'imirimo y'Imana, itey'ubgoba ku by'igirir'abantu.6Yahinduy'inyanj'ubutaka, kandi bambukishij'uruz'ibirenge: aho ni ho twayishimiriye.7Itegekesh'imbaraga zay'Iteka; amaso yayo yitegerez'amahanga: abagome be kwishyira hejuru. Sela.8Mwa mahanga mwe, muhimbaz'Imana yacu, mwumvikanish'ijwi ry'ishimwe ryayo.9Irindir'imitima yacu mu bubugingo, kandi ntikundiribirenge byacu ko biteguza.10Kuko, Mana, watugerageje; wavuvutiye, nkuko bavugutir'ifeza.11Wadutoj'ikigoyi, wadukeshej'umutwar'uremereye mu mugongo.12Wahay'abantu kudukandagiza ku mitwe amafarash'abahetse, twanyuze mu muriro no mu mazi; maz'udukuramo, udushyir'ahantu h'uburumbuke.13Ndinjiran'ibitambo byokeje mu nzu yawe, ndaguhindur'umuhigo naguhize.14Wabumbuj'iminwa yanjye, akanwa kanjye kakawuvuga, ubgo nari mu mubabaro.15Ndagutambir'ibitambo byokeje by'amatungw abyibushye arimw umubabge w'amasekurume y'intama; ndantamb'amapfizi n'ibene. Sela.16Mwa babah'Imana mwese mwe, nimuze mwumve. Nanjye ndavug'ibyo yakorey'bugingo bganjye.17Nayitakishirij'akanwa kanjye, ururimi rwanjye rwarayihimbaje.18Iyaba naribgirag'ibyo gukiranirwa mu mutima wanjye, Uwiteka ntab'anyunviye.19Ariko koko, Imana iranyunviye. Ityarij'ugutw'ijwi ryo gusenga kwanjye.20Imana ihimbazwe, itanze kumva gusenga kwanjye, kand'itakuyehw imbabazi zayo.Chapter 67
1Imana itubabarire, induh'umugisha, itumurikishirize mu maso hayo. Sela.2Kugira ngw inzira yaw'imenywe mw isi, ubugingo bgawe bukiza bumenywe mu mahanga yose.3Mana, amokw agushime; amoko yos'agushme.4Amahanga yishime, aririmbishwe n'ibyishimo. Kuk'uzacir'amokw imanza z'ukuri, kand'uzashorerer'amahanga mw isi. Sela.5Mana, amokw agushime; amoko yos'agshime.6Ubutaka bgez'umwero wabgo: Imana, ni yo Mana yacu, izaduh'umugisha.7Imana izaduh'umugisha' kand'abo ku mpera y'isi hose bazayubaha.Chapter 68
1Imana izahaguruka, abanzi bayo batatane, kand'abayanga bazahunga mu maso hayo.2Nkuk'umwots'utumuka, ni k'uzabatumura: nkukw ibimamara biyagir'imbere y'umuriro, nikw abanyabyaha bazaririmbukir'imbere y'Imana.3Ariko, abakiranutsi bazanezerwa, bazishimir'imbere y'Imana: ni koko, bazishim'ibyishimo.4Nimuririmbir'Imana, muririmbir'izina ryay'ishimwe: muharurir'Imana, muririmbir'izina ryay'ishimwe: muharurir'Imana inzir'inyura mu butayu, iri mw igare; izina ryayo ni ya mwishimir'imbere yayo.5Imana iri mu buturo bgayo bgera, ni se w'impfubyi n'umucamanz'urenger'abafpakazi.6Imana ibesha mu mazu abatagira shinge na rugero, ibohor'imbohe, ikaziha kugubga neza: ariko, abagome bakaba mu gihugu gikakaye.7Mana, ubgo wajyag'imbere y'ubgoko bgawe, ubgo wagendaga mu butayu; Sela.8Isi yahinz'igishitsi, ijuru riyenger'imbere y'Imana: Sinai iriya ihindir'igishits'imbere y'Imana, ni yo Mana y'abisirali.9Mana, wavubiy' imvuta y'ubunt' umwandu wawe: wawushubijemw intege, ubgo war'urushye. 10Ubgoko bgawe bgatuye muri wo: Mana, witegeriy' umunyambabaro kubgo kugira neza kwawe.11Umwam' Imana yatanz' itegeko: abagore bamamaz' inkuru baba benshi.12 Abantu bagab' ingabo barahunga, barahunga: umugor' usigaye mu rugo ni w' ugabay' imiyago. 13Mikiryama mu ngo z' intama, ama baba y' inuma akengeranah wifeza. N'amoya yay' akengeraahw izahabu, y'anuma.14Ubg' ishobora byose yatatanirizag' abamimu gihugu, shelegi yagwaga kuri tsalum oni. 15Umusozi w'i bashani n' umusozi w' Imana, umusozi w'i bashani n' umusozi w'impinga nyinshi.16Mwa misozi y'impinga nyinshi mwe, n'iki gituma mureban' inshyari umusoz' Imana yashatse kubaho? ni koko, Uwiteka azawubahw iteka ryose.17Amagare y' Imana abarik' inzov' ebyiri, inzov'ebyiri; ni koko, umwam' Imana iri hagati yoyo; Sinai ir' ahera ho mu rusengero.18Urazamutse, ujya hejuru, ujyany iminyago, uherew' impano hagati y'abantu: ni koko, uziherewe hagti y'abagore na bo, kugira ng' Uwiteka Imana ibane na bo.19Umwam' ahimbazwe, utwikorerer' umutwaro, uko bukeye, ni we Mana ituber' agakiza. Sela. 20Imana itubera Imana y'agakiza, idukiza kenshi; kand' Uwiteka, Umwami , ni w' ubasha gukura mu rupfu.21Arikw Imana izamenagur' imitwe y'abanzi bayo, n'igikoba kirih' umusatsi cy' umuntu wes' ukomeza kwishyirah' urubanza.22Umwam' Imana yaravuz' iti, nzabagarura bav' i bashani, nzabagarura bav' imuhengeri w' inyanja: 23Kugira ngo winik' ikirenge cyawe mu maraso, indimi z'imbga zawe zigaban' abanzi bawe.24Mana, bareby' amagenda yawe, amagenda y' Imana yanjye, ni yo mwami wanjye, yinjir' ahera. 25Abaririmbyi bagiy' imbere, abacuranzi bakurikiyeho, hagati y'abakobga bavuz' amashako.26Muhimbariz' Imana mu materaniro, mwa bakomotse kw isoko y' Israeli mwe, muhimbaz' Umwam' Imana. 27Nguriy' umuryango wa Benyamini umuhererezi, ni wo mutware wabo, harimo n'abakomeye b'aba Yuda n'umutwe wabo, n'abakomeye b'aba Nafutali.28 Imana yaw' igutegekey' imbaraga; mana, komez' ibyo wadukoreye, 29Uri mu rusengero rwawe. i Yerusalemu ni hw abami bazakuzanir' amaturo.30Hana ya nyamaswa yo mu rufunzo, n'amapfizi menshi n'inyana zo mu mahanga, kugira ngo bakuramye bazany' ibice by' ifeza: Tatany' amahanga yishimir' intambara.31Abakomeye bazaza bavuye mw Egiputa, Etiopia hazihuta kuramburir' Imana amaboko yaho.32Mwa bihugu by'abami bo mw isi mwe, muririmbir Imana; muririmbir' Umwam' ishimwe; Sela. 33Ni w' ugenda kw ijuru ryo hejuru y'amajuru yose, ryahozeho na kera kose; Dor' avug' ijwi, ijwi rikomeye.34Mwaturir' Imana kw ifit' imbaraga ubgiza bgayo buri hejuru y'Abaisiraeli, imbaraga zayo ziri mu bicu. 35Mana, utey' ubgoba, ur' ahera hawe: Imana y'Abisiraeli no gukomera. Imana ihimbazwe.Chapter 69
1Mana, nkiza: kukw amaz' ageze no ku bugingo bganjye. 2Ndigise mu byondo birebire, bidafit ah' umuntu yahagarara: ngeze muri nyina, umuvumb urantembana.3Kurira kranduhije; umuhogo wanjy' urumye: amaso yanjye yarerutse ngitegerez' Imana yanjye. 4Abanyangir' ubusa barut' umusatsi wo ku mutwe wanjy' ubginshi: abashaka kundimbura, bampor' impamvu z'ibinyoma, barakomeye.Ni bgo narihijw' icyo ntanyaze.5Mana, ni wow'uz'ubupfu bganjye: ibyaha byanjye ntubihishwa. 6Mwami, Uwiteka nyir'ingabo, abagutegereza be kumwanzwa n'ibyanjye: mana y'Abisiraeli, abagushaka be guterw'igisuzuguriro n'ibyanjye.7Kuko nihanganir' ibitutsi bakuntukira; mu maso hanjye huzuy' ipfunwe.8Mpinduts umushyitsi kuri bene data, n'umunyamahanga kuri bene mama.9Kukw ishyaka ry'inzu yawe rindya; ibitutsi by'agagutuka byaguye kurijye.10Ubgo nariraga, ngahanish' umutima wanjye kwiyiriz' ubusa, byampindukiy' ibitutsi: 11Ubgo nambarag' ibigunira, nabay' iciro ry' imigani kuri bo.12Abicara mu marembo baramvuga; nd' indirimbo y'abasinzi.13Ariko jyeweho, ni wowe nsenga, Uwiteka: mana, mu gihe cyo kwemenerwamo, kubgo kugira neza kwawe kwinshi unsubirish' umurava w'agakiza kawe.14Unsayure mu byondo, ne kurigita: nkir' abanyanga, nkire n'amazi mremare.15Umuvumba we kuntembana, imuhengeri he kummira, rwa rwobo rwe kumbumbirah' umunwa warwo.16Uwiteka, unsubize; kukw imbabazi zaw' ari nziza: unkebuke nkuko kugira neza kwaw' ari kwinshi. 17Kandi jyew' umugaragu wawe ntumpishe mu maso hawe. kuko mfit' umubabaro: unsubize vuba.18Weger' ubugingo bganjye, ubukize: unshungure kubg'abanzi banjye.19Ni wow' uz' uko ntukwa, n'isoni zanjye n'igisuzuguriro cyanjye, na by' urabizi. abanzi banjye bose bar' imbere yawe.20Ibitutsi byammenaguy' umutima, ndarwaye cyane: nashats' uwangirir' imabazi, ariko ntihaboneka n'umwe; nashats' abo kummar' umubabaro, ndababura.21Kandi bampay' indurwe kub' ibyokurya byanjye; ngiz' inyota, bamp' umushari wa vino.22Ameza yab' imbere yab' ahinduke igigoyi: bakiri mu mahoro, ahinduk' umutego.23Amaso yab' ahumwe, batareba; uhindih' umushits ikiyunguyungu cyab' iteka.24 ubasukeh' uburakari bgawe, umujinga w'inkazi waw' ubagereho.25Iwabo hasigar' ubusa, kandi ntihakagir' uba mu mahema yabo.26Kuko bagenz' uwo wakubise; kandi bavug' umubabaro w'abo wakomerekeje.27Rundany' ibyaha ku byaha byabo: be kwinjira mu byo gukiranuka kwawe.28Basibanganywe mu gitabo cy'ubugingo, be kwandikanwa n'abakiranutsi.29Ariko jyeweho nd' umunyamubabaro, ndaribga; mana, agakiza kawe kanshyire hejuru.30Nzashimish' izina ry' Imana indirimbo: nzayihimbarish' ishimwe ry'ibyo yankoreye.31Ibyo bizanezez' Uwiteka, birush' imifizi cyangw' ikimasa gifit' amahembe, cyatuy' izara.32Abagwa neza bazabireba, bishime: mwa bashak' Imana mwe, imitima yany' isubizwemw ubugingo.33Kuk' Uwiteka yumv' abakene, ntasuzugur' abe bari mu nzu y'imbohe.34Ijuru n'isi bimushime, n'inyanja n'ibizigendamo byose.35Kukw Imana izakiz' isioni, ikubak' imidugudu ya Yuda; bazayibamo, igihugu kibabere gakondo. 36Kand' urubyaro rw'abagaragu bayo ruzakiragwa; abakund' izina ryayo bazagituramo.Chapter 70
1Mana, wije vuba vuba; Uhoragaho, gira vuba untabare. 2Unkize ni weho Mana ya nyowe. Abashak'ubugingo bganjye bakorwe n'isoni bamware: abishimir' ibyago byanjye basubizw' inyuma bagir' igisuzuguriro. 3Abambgira bati, aha, aha, basubizw' inyuma kugbisoni zabo.4Abagushaka bose bakwishimire ba kunezererwe, abakund' agakiza kawe bajye bavuga bati, imana ihimbazwe.5Ariko jyeweho nd' umunyamubabaro, n'umukene; ni wowe mutabazi wanjye n'umukiza wanjye; Uwiteka, ntutinde.Chapter 71
1Uwiteka, ni wowe mpungiyeho: singakorwe n'isoni.2Kubgo gukiranuka kwaw' unkize, untabare: unteger' ugutwi unkize.3Umber' urutare rw'ubuturo, aho nzabasha kujya mpungira: wategeketse kunkiza, kukw ari wowe kinkingira.4Mana yanjye, nyarura mu maboko y'umunyabyaha, nyarura mu maboko y'umunyarugom' ukiranirwa.5Kukw ari wowe byiringiro byanjye, Mwam' Uwiteka: ni wowe nizera, uhereye mu buto bganjye.6Ni wowe njya nishingikirizaho, uhereye mw ivuka ryanjye: ni wowe wankuye mu nda ya mama: nzajya ngushim' iminsi yose.7 Nd' ishyano ritangaza benshi: ariko ni wowe buhungiro bganjye bukomeye.8Akanwa kanjye kazuzur' ishimwe ryawe, n'icyubahiro cyaw' umunsi wire.9Ntunte mu gihe cy'ubusaza, ntundeke mu gih' intege zanjye zishize.10Kukw abanzi banjye bamvuga, abubikir' ubugingo bganje bajy' inama:11Bati, Imana yaramuretse; mumwirukane, mumufate, kukw atagir' uwo kumukiza.12Mana, ntumbe kure: mana yanjye, tebuk' untabare. 13Abanzi b'ubugingo bganjye bakorwe n'isoni barimbuke: abashaka kungirira nabi bambikw' ibitutsi n'igisuzuguriro.14Ariko nyowe nkabeho ndikukwiringira ibihe byose, nkakuririmbire amashimwe igihe n' ibihe. 15Akanwa ka nyowekakatangaze ubutungane bwawe, n'agakiza umunsi k' ugundi, nano ntashobweye kubyumva . 16 Nkabeho ndigutangaza imirimo yawe ikomeye, Mwami Uhoragaho. Nkagambe utungane kwawe wonyine.17Mana, ni wowe wanyigishije, gutangira mu bwana bwa nyowe, kugeza na buno ndigutangaza imirimo itangaje wakorire. 18Mana, were kundeka, kugez' igihe umutsatsi ga nyowe gukabe imvi: ntarabgir' ab'igihe kizaz' iby' amaboko gawe.Mama were kunta19Mana, urugero rwo gukiranuka kwawe rugera mwijuru: ni wowe wakoz' ibikomeye mana, ni nd' uhwanye nawe?20Ni wowe watwerets' ibyago byinshi bikomeye, uzagaruka utuzure, utuzamure, udukur' ikuziu.21Ungwirize gukomera, uhindukire, ummar' umubabaro.22Nanjye nagushimisha nebelu; Mana yanjye, nzashim' umurava wawe: ni wowe nzaririmbir' ishimwe, mbgir' inanga, uwera w'Abisiraeli we.23 Iminwa yanjy' izishima cyane, ubgo nzakuririmbir' ishimwe: n'ubugingo bganjye wacunguye buzishima.24Kand' ururimi rwanjye ruzavuga gukiranuka kwawe, umunsi wire: kukw abashaka kungirira nabi bakojejw' isoni, bamwajwe.Chapter 72
1Uhe umwami guc' imanza kwawe, uh' umwana w'umwami kutabera kwawe.2Azacir' abantu baw' imanza zitabera, n'abanyababaro baw' azabacir' imanza z'ukuri.3Guc' imzna zitabera kuzatum' imisozi miremire. n'imiguf' izanir' abant' amahoro.4Azac' Imanza zirenger' abanyamubabaro bo mu bantu, azakiz' abana b'abakene. Kand' azavunagur' umunyagahato.5Bazakubah' ibihe byose, izuba n'ukwezi bikiriho.6Azamera nk'imvur' imanuka, ikanyagir' ibyatsi biciwe, nk'ibitonyanga bitonyangir' ubutaka. 7Mu munsi ye, abakiranutsi bazashisha, kandi hazabahw amahoro menshi, kugez' ah' ukwezi kuzashirira.8Azatwar' ahereye ku nyanja, ageze ku yindi nyanja, kand' ahereye kuri rwa Ruzi, ageze ku mpera y'isi.9Ababa mu butayu bazamwunamira. abanzi be bazarigat' umukunguru.10Abami b'i Tarushishi n'abami bo kubirwa b'i sheba n'abami boku birwa bazazan' amaturo. Abami b'i sheba n'abami b'i seba bazazan'ikoro.11Abami bose bazamwikubit' imbere, amahanga yos' azamukorera.12Kukw azakiz' umukene, ubg' azataka; n'umunyamubabaro, utagira gitambara.13Azababarir' uworoheje n'umukene, ubugingo bg'abaken' azabukiza.14Azacungur' ubugingo bgabo, abukiz' agahato n'urugomo; kand' amaraso yab' azab' ay'igiciro cyinsh' imbere ye.15Nukw azarama, kandi bazamuha kw izahabu y'i Sheba, bazamusabir' iteke, bazamusabir' umugish' umunsi wire.16Hazabahw amasaka menshi mu gihugu no mu mpinga z'imisozi; amahundo yay' azanyeganyega nk'ibiti byo kuri Lebanoni: abanyamudugudu bazaashisha nk'ubgatsi bgo ku butaka burabije.17Izina rye rizahorahw iteka ryose; izina rye rizahamaho, izuba riki riho. abantu bazisabir' umugisha wo guhwana na we, amahanga yos' azamwit' umunyehirwe.18Uwiteka Imana ni yo mana y'Abisiraeli , ihimbazwe: 19Izina ryayo ry'icyubahiro cyayo; isi yose yuzur' icyubahiro cyayo; Amen, kandi Amen.20Ibyo Dawidi mwen' Yesai yasabye birarangiye.Chapter 73
1N'ukur' Imana igirira nez' Abisiraeli, bafit' imitim' iboneye.2Ariko iyeweho ibirenge byanjye byari bugufi bgo guhanuka, intambge anjye zari zishigaje hato zikanyerera.3Kuko nagirirag' ishyar' abibone, ubgo narebag' abanyabyaha baguwe neza.4Kuko batababazwa mw ipfa ryabo, ahubg' imbaraga zabo zirakomera.5Ntibagir' imibabaro nk'abandi, ntibaterwa n'ibyago nk'abandi.6Ni cyo gitum' ubgibone buba nk'urunigi mu majosi yabo, urugomo rukabatwikira nk'igishura. 7Amaso yab' avanyw' imutwe no kubyibuha kwabo, bafit' ibirut' iby'umutima w'umuntu wakwifuza.8Barakoba, bakavugishw' iby'agahato no gukiranirwa kwabo: bavug' iby'ubgibone.9Bashyiz' akanwa kabo mw ijuru, ururimi rwabo ruzerera mw isi yose.10Ni cyo gitum' abantu be bagaruk'aho, bakamar' amazi yuzuye mu gikombe,11Bakavuga bati: Imana ikibgirwa n'iki? isumba byose har' icy' izi?12Dore, abo ni bobanyabyaha: kandi kuko bagir' amahor' iteka bagwiz' ubutunzi.13N'ukuri nogerej' ubus' umutima wanjye, kudacumura nagukarabiy' ubusa.14Kuko natewe n'ibyag; umuns' ukira, ngahanw' ibihano mu bitondo byose.15Iyaba naravuze nti, reba mvuge ntyo; mba narahemukiy' ubgoko bg'abana bawe.16Natekerej' uko nabasha kubimenya, birandushya, birannanira; 17Kugez' aho nagiriy' ahera h' Imana, nkita kw iherezo rya ba bandi.18N'ukur' ubashyir' ahanyerera; urabagusha, bagasenyuka.19Erega bahinduts' amatongo mu kanya gato, ubgoba bg'uburyo bginshi burabatsembye rwose.20Nkukw inzozi zimeze, iy' umunt'akangutse, ni ko nawe, Mwami, n'ukanguka, uzasuzugur' icyubahiro cyabo cy'igicucu.21Ubg' umutima wanjye washariraga, nkibabaza mu mutima,22Nar' umupfapfa, nta bgenge nagiraga, nameraga nk'ink'imbere yawe.23Ariko none ndi kumwe naw'iteka: umfash' ukuboko kw'iburyo.24Uzanyoboz' ubgenge bgawe, kandi hanyum' uzanyakiran' icyubahiro.25Ni nde mfite mw ijuru, utari wowe? kandi mw isi nta we nishimira, utari wowe.26Umubiri wanjye n'umutima wanjye birashira, irikw Imana ni yo gitar' umutima wanjy' uhungiraho, kandi ni yo mugabane wanjy'iteka ryose.27Kukw abakujya kure bazarimbuka: watsemby abakurekeshejwe no kurarikira bose. 28Ariko jyeweho kweger' Imana ni ko kwiza kuri jye. umwam' Uwiteka ni we ngiz' ubuhungiro, kugira ngo namamaz' imirimo wakoze yose.Chapter 74
1Mana, n'iki cyakuduteshej' iteka? n'iki gitum' umujinya wawe, ugirir' intama zo mu cyanya cyawe, ucumb' umwotsi?2Ibuk' iteraniro ryawe waguze kera iryo wacunguriye kub' ubgoko bgawe bg'umwandu n'umusozi Sioni watuyeho.3Shingur' ibirenge byawe, ujye mu matongo y'iteka: ababisha bakorey' aher' ibibi byose. 4Ababisha bawe batontomeye hagti y'inzu twateraniragamo kugusenga: bashingiy' amabendera yabo kub' ibimenyetso.5Basa nk'abantu bamanikir' intorezo gutem' ibiti by'insikane.6Non' isuku y'ababaji y'abo yose barayimenaguz' intorezo n'inyundo.7Batwits' ahera hawe: bahumanishij' ubuturo bg'izina ryawe kubusenya rwose.8Baribgiye bati, tubarimbure rwose: batwits' amazu yose yo mu gihugu, twateraniragamo guseng' Imana:9Ntitureb' ibimenyetso byacu, nta muhanuz' ukiriho: kandi nta n'umwe muri twe. uz'ahw ibyo bizagarukira.10 Mana, umubish' azageza he kudutuka? umwanz' azatuk'izina ryaw' iteka?11N'iki gitum' uhin' ukuboko, ukuboko kwawe kw' iburyo? gukure mu gituza cyawe, abarimbure.12Ariko, Imana yahoz' ar' Umwami wanjye na kera, ikorer' iby'agakiza hagati y'isi.13Ni wowe watandukanishij' inyanj'imbaraga zawe, wameney' imitwe y'ibinyamaswa mu mazi.14 Ni wowe wameneguy' imitwe ya Lewiatani, warayitanze, ib' ibyokurya by'ibyo mu butayu. 15Ni wowe watoboy' isoko n'umugezi, wakamij' inzuzi zidakama.16Amanywa n'ayawe, kandi n'ijoro n'iryawe: waremy' umucyo n'izuba.17Ni wowe washyizehw ingabano zose z'isi, waremy' icyi n'itumba.18Ibuk' ibi: yukw ababisha bayashy' Uwiteka, ishyanga ritagir' ubgenge ryatuts' izina ryawe.19Ntuh' inyamasw' ubugingo bg'inuma yawe: ntiwibagirw' ubugingo bg'abanyamubabaro baw'iteka ryose.20 Ite kuri rya sezerano: kukw ahantu h'umwijima ho mw isi huzuy' ubuturo bg'urugomo.21Uhatwa ye kugaruk'akojejw'isoni: umunyamubabaro n'umukene bashim' izina ryawe.22Mana, haguruka, wiburanire: ibuka yuk'umupfapfa yiriz' umuns' agutuka.23Ntiwibagirwe amajwi y'ababisha bawe: urusaku rw'abaguhagurukira rutumbagir' iteka.Chapter 75
1Mana, turagushima; turagushimira kukw izina ryawe riri bugufi. abantu bamamaza imirim'itangaza wakoze.2Ni mbon' igihe cyashyizweho, nzac' imanza zitabera. 3Isi n'abayibamo bose baikamw igikuba, ni jye wtey' inkingi zayo. Sela.4Mbgir' abibone nti, ntimuki bone: n'abanyabyaha nti, ntimumugashyire hejur' amahembe yanyu.5 Ntimugashyire hejuru cyan' amahembe yanyu, ntimukavug' iby' agasuzuguro mugamits' ijosi.6 Kukw agakiza kadaturuk' i burasirazuba, cyangw' i burengerazuba, cyangwa mu butayu bg'imisozi.7Ahubg' Imana ni yo mucamanza: icish' umwe bugufi, igashyir' undi hejuru.8Kuko mu ntoke z'Uwiteka harihw agacuma, kurimo vino ibira: kuzuye vino ivanze n'ibiyiryoshya, arayisuka: n'ukur' abanyabyaha bo mw isi baziranguz' itende ryayo, barinywe.9Ariko jyewehw iteka nzajya namamaz' ibyo: nzaririmbir' Imana ya Yakobo ishimwe.10Kand' amahembe yose y'abanyabyaha nzayaca; ariko, amahembe y'abakiranuts' azashyirwa hejuru.Chapter 76
1Mu bayuda Imana iramenyekana: mu bisiraeli izina ryayo rirakomeye.2Kand' i Salemu ni ho hema ryayo, i sioni ni ho buturo bgayo,3Ni ho yameney' imirabyo yo mu muheto, n'ingabo n'inkota n'intwaro z'intamabara. Sela.4Ur' uw'icyubahiro n'ubgiza bginshi, utabarutse mu misozi y'iminyago.5Intwari mu mitima ziranyazwe, zisinzir' ubuticura, kandi nta bo mu banyambaraga babony' amaboko yabo.6Mana ya Yakobo, gucyaha kwawe kwatumy' amagare n'amafarashi bisinzirira guhwera. 7Wowe, ni wow' utey' ubgoba: ni nd' ubasha guhagarar' imbere yawe, igih' urakaye?8Wumvikanishij' amateka, uri mw ijuru: isi yaratinye, iraceceka,9Ubg' Imana yahagurutswaga no guc' amateka, ngw ikiz' abagwa neza bo mw isi bose Sela.10N'ukur' umujinya w'abant' uzagushimisha: umujiny' uzasigar' uzawukenyera.11Muhig' umuhigo, muwuhigur' Uwiteka, Imana yanyu: abayigose bose bazanire amatur' itey' ubgoba.12Izarimbur' imyuka y'abakomeye: niy' itey' ubgob' abami bo mw isi.Chapter 77
1Ndatakir' Imana n'ijwi ryanjye, ndatakirir' Imana n'ijwi ryanjye na y' iranteger' ugutwi.2Ku munsi w'umubabaro wanjye nashats' Umwam' Imana: n'ijoro nayitegey' amaboko, sina cogora; umutima wanjye wanga kumarw'umubabaro.3Nibuk'Imana, ngahagarik' umutima, ndaganya umutima wanjy' ukagw' isari. Sela.4Ufata ibihene by'amaso yanjye, kugira ngo bidahumiriza: mfit' umubabar' utuma ntabasha kuvuga.5Niya nibgir' iminsi ya kera, imyaka y'ibihe bya kera.6Nibuk' indirimbo yanjye ya n'ijoro, nkibgira mu mutima; umwuka wanjye wibazany' umwet'uti:7Umwam' azadut' iteka ryose? ntazongera kutwishimir' ukundi?8Imbabazi ze zagiye rwos' iteka ryose? isezerano rye ryapfuy' ibihe byose?9Imana yibagiye kugira neza? umujinya way' utumy' ikingiran'imbabazi zayo? Sela.10Maze ndavuga nti: ibyo n' indwara y'umutima wanjye. mbega natekereje yuk' ukuboko kw'iburyo kw' Isumba byose guhinduka.11Nzibuts' abant' ibikomey' Uwiteka yakoze, kuko nzibuk'itangaza byawe byakera.12Kandi nzibgir' ibyo wakoze byose, nzita ku bikomeye wakoze.13Mana, inzira yaw' ir' ahera; ni nde man' ikomeye, ihwanye n'Imana rurema?14Ni wowe Mana ikor' ibitangaza: wamenyekanishij' imbaraga zawe mu mahanga. 15wacunguj' ubgoko bgaw'ukuboko kwawe, ni bgo bene Yakobo na Yosefu.16Mana, amazi yarakurebye, amazi yarakurebye, aratinya. imuhangeri hahind' umushitsi, 17Ibicu bisuk' amazi, ijuru rirahinda, imyambi yaw' irashwara.18Ijwi ry'inkuba yawe ryari muri serwakira: imirabyo yaw' imurikir' isi, is' ihind' umushitsi, iratigita. 19Inzira yawe yari mu nyanja, inzira zawe zari mu mazi y'isanzure, ibirenge byawe ntibyamenyekanye.20Wayoboj' ubgoko bgawe nk'umukumbi ukubko kwa Mose na Aroni.Chapter 78
1Bgoko bganjye nimwumv' amategeko yanjye; nimuteger' amatw' amagambo yo mu kanwa kanjye. 2Ndabumbur' akanwa, mbacir' imigani; ndavug' amagamb' aruhije ya kera.3Ibyo twumvise tukamenya, ibyo basogokuruza batubgiye,4Ntituzabihish' abuzukuruza babo, tubgir' ab'igihe kizaz' ishimwe ry'Uwiteka, n'imbaraga ze n'imirim' itangaza yakoze.5Kuko yakomeje guhamya mu ba Yakobo, yashyizehw itegeko mu Bisiraeli, iryo yategetse basogokuruza, ngo babibgir' abana babo. 6Kugira ngw ab'igihe kizaza bazabimenye, ni bo bana bazavuka; ngo na bo bazahaguruke, babibgir' abanababo.7Kugira ngo biringir' Imana kandi batibagirw' iby' Imana y'akoze, ahubgo bitonder' amategeko yayo.8Be kuba nka basekuruza, ab'igihe cy'ibigande ct'abagome, batibonez' imitima, imitima yab' idakiranukir' Imana.9Aba Efuraimu, batway' intwaro n'imiheto, basubiy' inyuma ku munsi w'intambara.10Ntibitondey' isezerano ry' Imana, banze kugendera mu mategeko yayo.11Bibagiw' ibyo yakoze, n'imirimo yay' itangaza yaberetse.12Yakoreye ibitangaza mu maso ya basekuruza mu gihugu cy'i Misri, mu kigarama cy'i Zoani. 13Yatandukanije inyanja, ibicisha hagati yayo; ihagarika amazi nk'ikirundo. 14Kandi ku manywa yabayobozaga igicu, ijoro ryose ikabayoboza kumurika k'umuriro.15Yasaturiye ibitare mu butayu, ibanywesha amazi menshi ava ikuzimu. 16Kandi yavushije amasoko mu gitare, itembesha amazi nk'imigezi.17Ariko bagumya kuyicumuraho, kugomerera isumba byose mu gihugu gikakaye. 18Bagerageresha Imana imitima yabo, bayigerageresha gusaba ibyokurya byo guhaza kwifuza kwabo.19Bagaya Imana bati: mbese Imana ibasha gutunganiriza ameza mu butayu? 20Dorem yakubise cya gitare, amazi aradudubiza, imigezi iratemba; mbese yabasha kuduha n'umutsima? Izabonera ubwoko byayo inyama?21Nicyo cyatumye Uwiteka arakara, abyumvise, umuriro uacanwa wo gutwika aba Yakobo. Umujinya ugacumba ku Bisiraeli. 22Kuko batizeye Imana, kandi ntibiringire agakiza kayo.23Ariko, itegeka ibicu byo hejuru, ikingura inzugi z'ijuru; 24Ibagushiriza manu yo kurya, ibaha ku maska yo mw'ijuru.25Bose barya umutsima w'abakomeye, ibohereza ibyokurya byo kubahaza rwose.26Ihuhisha mw'ijuru umuyaga uturutsa iburasirazuba, iyoboza ubutware bwayo umuyaga uturutsa ikusi. 27Kandi ibamanurira inyama nyishi nk'umukungugu, n'inyoni ziguruka nyishi zimeze nk'umusenyi wo ku nyanja. 28Izigusha hagati mu rugo rw'amahema yabo, zigota aho bari.29Nuko bararya, barahaga cyane; yabahaye ibyo bifuje. 30Bari bataratandukana no kwifuza kwabo, ibyokurya byabo byari bikiri mu kanwa kabo.31Umujinya w'Imana urabahagurukira, wica abanini bo muri bo, urimbura abasore bo mu Bisiraeli. 32Nubwo byababayeho, bagumya gucumura, ntibizere iminsi yabo nk'umwuka, n'imyaka yabo iyirangirisha kurimbuka kubatunguye.33Bituma irangiza iminsi yabo nk'umwuka, n'imyaka yabo iyirangirisha kurimbuka kubatunguye. 34Uko yabicaga, babaririzaga ibyayo, bakagaruka bakazindukira gushaka Imana.35Bakibuka yuko Imana ariyo gitare cyabo, kandi yuko Imana isumba byose ari umucunguzi wabo. 36Ariko bayishyeshyeshaga akanwa kabo, bakayibeshyesha indimi zabo.37Kuko imitima yabo itayitunganiye, kandi batari abanyamurava mw'isezerano ryayo.38Ariko yo, kuko yuzuye imbabazi, ibabarira gukiranirwa kwabo, ntiyabarimbura: kandi kenshi isubiza inyuma uburakari bwayo, ntikangura umujinya wayo wose.39Nuko yibukaga yuko ari abantu buntu n'umuaga uhita ntugaruke. 40Erega ni kenshi bayigomereraga mu butayu, bayibabarizaga ahatagira abantu. 41Bagahindukira, bakagerageza Imana, bakarakaza Iyera y'Abisiraeli.42Ntibibukaga ukuboko kwayo, cangwa umunsi yabacunguriyemo, ikabakiza abanzi. 43Kandi yuko yashize ibimenyetso byayo mu Egiputa, n'ibitangaza byayo mu kigarama cy'i Zoani.44Igahindura inzuzi z'abaho amaraso, n'imigezi yabo, ntibabashe kuyinywaho. 45Yabaherejemwo amarumbo y'isazi, zirabarya; n'ibikeri, birabarimbura. 46Kandi iha ubuzikiri imyaka yabo, n'imirimo yabo iyiha inzige.47Yicisha imizabihu yabo urubura, n'imishikima yabo iyicisha imbeho. 48Itanga inka zabo ngo zicwe n'urubura, n'imikumbi yabo ngo ikubitwe n'inkuba zotsa. 49Ibatera uburakari bwayo bukaze, umujinya n'uburakari nibyago, umutwe w'abamaraika b'abarimbuzi.50Ihanurira burakari bwayo inzira, ntiyakiza ubugingo bwabo urupfu, ahubwo iha indwara yanduza ubugingo bwabo. 51Ikubita abana b'imfura bose bo muri Misri, irabica, abo gukomera kwabo kwatangiriyeho bo mu mahema ya Hamu.52Ariko ubwoko bwayo ubwayo ibushorera nk'intama ibakurayo, ibayoborera mu butayu nk'umukumbi. 53Ibayobora amahoro, bituma badatinya; maze inyanja irengera ababisha babo.54Kandi ibajyana ku rugabano rw'ahera hayo, kur'uyu musozi, ukuboko kwayo kw'iburyo kwahinduye. 55Yirukana amahanga imbere yabo, ibagereshereza imigozi igihugu cyabo kub umwandu wabo, iturisha imiryango y'Abisiraeli mu mahema y'abo ngabo.56Ariko, Abisiraeli bagerageza Imana Isumba byose, barayigomera, ntibitondera ibyo yahamije. 57Ahubwo basubira inyuma, bava mw'isezerano nka basekuruza; barateshuka, nk'umuheto uhemukira nyirawo.58Kuko bayirakarishije gusengera ahantu habo ho ku mpnga z'imisozi, bayiteje ishyari ibishushanyo byabo bibajwe. 59Imana ibyumvise, irarakara, yanga Abisiraeli urunuka.60Bituma ireka ubuturo bw'i Shilo, nibwo hema yabambye hagati y'abanyu. 61Itanga imbaraga zayo ngo zijyanwe ho iminyago, n'icyubahiro cyayo ngo gifatwe n'amaboko y'ababisha.62Kandi itanga n'abantu bayo ngo bicwe, n'inkota, irakarira umwandu wayo. 63Umurira umwandu wayo. Abakobwa babo ntibagira indirimbo y'ubukwe.64Abatambyi babo bicwa n'inkota, abapfakazi babo ntibababorogera. 65Maze Umwami Imana irakanguka nk'uwasinziriye, nk'itwari ivugisha cyane na vino. 66Ikubita ababisha bayo, ibasubiza inyuma, ibakoza isoni zidashira.67Kandi yanga ihema rya Yosefu, ntiyatoranya umuryango wa Efuraimu. 68Ahubwo itoranya umuryango wa Yuda, umusozi Sioni yakunze. 69Yubaka ahera hayo, hadatsembwa nk'ijuru, nk'isi yashimangiye iteka.70Kandi itoranya Dawidi umugaragu wayo, imukura mu ngo z'intama; 71Kandi imukura ku gukurikira intama zonsa, kugira ngo aragire aba Yakobo ubwoko bwayo, Abisiraeli umwandu wayo. 72Nuko abaragirisha umutima utunganye, abayoboza ubwenge bw'amaboko ye.Chapter 79
1Mana, abo hanze bayijire mu murage gwawe; bahumanije i Yerusalemu, bahagize ibirundo. 2Intumbi z'abagaragu bawe bazihaye ibisiga byo hejuru ngo bizirye, inyama z'abakunzi bawe bazihaye inyamaswa yo mw'isi. 3Amaraso yabo impande zose z'i Yerusalemu bayavushije nk'umena amazi, ntibabona gihamba.4Duhindutse igitutsi ku baturanyi bacu, ibitwenge no gukobwa by'abatugose. 5Uwiteka uzageza he kurakara iteka ryose; ishari ryawe rizaka nk'umuriro?6Suka umujinya wawe ku mahanga atakuzi, no ku bwami bwose butambaza izina ryawe. 7Kuko bariya aba yakobo,barimbuye ubuturo bwabo.8Ntiwibuke gukiranirwa kwa bosogokuruza ngouduhore; imbabazi zawe zitebuke kudusanganira. Kuko ducishijwe bugufi cyane. 9Mana y'agakiza kacu, udutabare kubwo icubahiro cy'izina ryawe, udukize utwikire ibyaha byacu kubwo izina ryawe.10Kuki abapagani babaza bati, Imana yabo iri he? Guhorera amaraso y'abagaragu bawe yavuye kumenyekana mu bapagani imbere yacu. 11Kuniha kw'imbohe kuze imbere yawe; nkuko ukuboko kwawe gukomeye, kiz'abategekewe gupfa.12Kandi witure abaturanyi bacu karindwi, ibitutsi bagututse, Mwami. 13Natwe bantu bawe, intama zomu cyanya cyawe, tuzabigushimira iteka: tuzerekane ishimwe ryawe kugeza ibihe byose.Chapter 80
1Wa mwugeri w'Abisiraeli we, tega ugutwi, ni wowe ushorera aba Yosefu nk'umukumbi; yewe wicara hejuru y'Abakerubi, rabagirana. 2Imbere y'aba Efuraimu n'aba Benyamini n'aba Manase, kungura imbaraga zawe, uz'udukize.3Mana, utwigarurire, umurikishe mu maso hawe, natwe turakira.4Uwiteka, Mana nyir'ingabo, uburakari bwawe buzageza he gucumbira ku gusenga k'ubwoko bwawe? 5Wabagaburiye amarira nk'umutsima, wabahaye amarira menshi yo kunywa. 6Utugize rurwanirwa rw'abaturanyi bacu; abanzi bacu badusekera hamwe.7Mana nyir'Ingabo, utwigarurire, umurikishe mu maso hawe, natwe turakira. 8Wakuye umuzabibu muri Misri, wirukana amahanga, urawutera.9Uharure imbere yawo, na wo ushore imizi, wuzure igihugu. 10Imisozi itwikirwa n'igicucu cyawo, n'imyerezi y'Imana iterwa igicucu n'amashami yawo. 11Ubwabo amashami, agera no ku nyanja, kandi amashami yawe agera no kuri rwa ruzi.12N'iki cyatumye asenya inzitiro zawo, ngo abahisi bose bawusorome? 13Ingurube yo mw'ishamba irawangiza, inyamaswa zomu gasozi zirawona.14Mana ny'iringabo, turakwinginze, garuka, urebe mw'isi, uri mw'ijuru, ubirebe, ugendere uwo muzabibu. 15Rinda icyo ukuboko kwawe kw'iburyo kwateye, n'isha;i wikomereje. 16Uwo muzabibu waratwitse, waraciwe, barimburwa no guhana ko mumasohawe.17Ukuboko kwawe kube ku muntu wo mu kuboko kwawe kw'iburyo. Umwana w'umuntu wikomereje. 18Nuko rero natwe ntiturasubira inyuma ngo tuguhararuke, tuzure natwe turambaze izina ryawe.19Uwiteka, Mana nyir'ingabo, utwigarurire, umurikishe mu maso hawe, natwe turakira.Chapter 81
1Muririmbishirize Imana ijwi rirenga, ni yo mbaraga zacu; muvugirize Imana ya Yakobo impundu. 2Muririmbe indirimbo, muvuze ishano, mucurange inanga nziza ne nebelu. 3Muvuze impanda, ukwezi kubonetse, kandi ukwezi kuzoye, ku munsi wacu mukuru.4Kuko irya ari iryo tegeko ryategetswe Abisiraeli, itegeko ry'Imana ya Yakobo. 5Yarikomereje mu ba Yosefu kuba iryo guhamya, ubwo yasohokaga, igahagurukira igihugu cy'i Misri, niho n'umvise amagambo y'uwo ntari nzi ngo:6Nakuye urutugu rwe kumutwaro, amaboko ye yakuweho uburetwa bw'igitebo. 7Ubwo wari mumubabaro, waratatse, ndagukiza; nagushubije ndi mu byihisho bw'inkuba; nakugerageje ku mazi y'i Meriba sela.8Bwoko bwanjye, umva, ndaguhamiriza, wa bwoko bw'Abisiraeliwe, iyaba unyumvira. 9Muri wowe ntihakaba ikigirwamana cy'abanyamahanga, kandi ntukagire ikigirwamana cy'abanyamahanga usenga. 10Ni jye Uwiteka Imana yawe wagukuye mu gihugu cy'i Misri. Asama cyane, nduzuze akanwa kawe.11Maze ubwoko bwanjye, ntibwumviye ijwi ryanje, Abisiraeli banga kunyitondera. 12Nanjye ndabareka, ngo bakurikize kunanirwa kw'imitima yabo. Bagendere mu migambi yabo.13Iyaba ubwoko bwanjye bunyumvira, iyaba Abisiraeli bagendera mu nzira zanjye! 14Natsinda ababisha babo vuba, nahindurira ukuboko kwanjye ku babarwanya.15Abanzi b'Uwiteka bakamugomokera, bakamushyeshya; ariko ba bandi bakarama iteka.16Yabagaburira amasaka ahunze: kandi naguhaze ubuhura bwo mu mbigo.Chapter 82
1Imana ihagarara mw'iteraniro ryayo, icira abigira imana urubanza iti: 2Muzageza he guca imanza zibera, zita ku cyubahiro cy'abanyabyaha? Sela.3Muce imanza zikwiriye uwohereje n'imfubyi; muce imanza zirenganure umunyamubabaro n'umutindi.4Mutabare uworoheje n'umukene; mubakize amaboko y'abanyabyaha.5Abo mbiye ntacyo bazi, ntaco bamenya: bagendagenda mu mwijima, imfatiro zose z'isi ziranyeganyega.6Nijye wababwiye nti, muri imana, mwese muri abana b'Isumba byose. 7Ariko muzapfa nk'abantu, muzagwa nk'umwe mu bakomeye.8Mana, haguruka, ucire isi urubanza, kuko uzagira amahanga yose umwandu wawe.Chapter 83
1Mana, ntuceceke: Mana, ntuhore, ntiwirengagize.2Kukw abanzi bawe bagir'imidugararo, abakwangababyukij'umutwe.3Bgambirir'imigambi y'uburinganya ngo bagirir'imigambi y'uburinganya ngo bagirire nab'ubgoko bgawe, bagir'inam'ab'utindira mu rwihisho.4Baravuze bati: nimuze, tubarimbure batab'ishyanga, kugira ngw izina ry'abisiraeli ritibukw'ukundi.5Kuko bahuj'umutima wo kujy'inama; ni wowe basezeraniye:6Ni bo banyamahema b'edomu n'Abishimaeli; kandi n'Abamoabu n'Abahagiri.7N'Abagehalu n'Abamoni n'Abamaleki, n'Afilisitia n'abatuy'i Tiro.8Abashuri na bo bafatanije na bo; batabaye bene Loti. Sela.9Ubagirire nk'ibyo wagiriy'Abamidiani; nk'ibyo wagiririye Sisera na Yabini ku mugezi kishoni:10Barimbukiy'Endoru, bahinduts'ifumbire ry'Ubutaka.11Uhindur'abatware babo nka Orebu na Zeebu; imfura zabo zos'uzihindure nka zeba na Zalumuna.12Kuko zavuze ziti: twiyendere ubuturo bg'Imana.13Mana yanjye, ubahindure nk'umukungug'ujyanwa na serwakira, nk'umuram'utumurwa n'umuyaga.14Nkuk'umurir'utwik'ishyamba, nkukw ibirimi by'umuriro bitwik'imisozi:15Ab'ari k'ubahinish'umuyaga wawe, ubatez'ubgob'umuyaga wawe w'ishuheri.16Wuzuze mu maso hab'izina ryawe, Uwiteka.17Bakorwe n'isoni, batiny'Iteka ryose: bamwarw, barimbuke:18Kugira ngo bamenye yik'uwitw'Uwiteka kw ari wowe wenyin'usumba byose, utegek'isi yose.Chapter 84
1Uwiteka nyir'ingabo, ereg'amahema yawe n'ay'igikundiro!2Umutima wanjy'urifuz'ibikari byawe, ndetse biwutera kugw'isari. Umutima wanjye n'umubiri wanjye bivugiriz'Imana ihorahw impundu.3Igishwi cyiboney'inzu, intashya yiboney'icyari, ahwishyir'ibyana byayo, ni ku bicaniro byawe, Uwiteka nyir'ingabo, Mwami wanjye, Mana yanjye.4Hahirw'ababa mu nzu yawe, babasha kugushim'budasiba. Sela.5Hahirw'abafite mu mitim'inzirazijy'i Sioni.6Iyo banyuze mu gikombe cyitwa baka, bagihindur'ahantu h'amasoko, imvura y'imihind'icyambik'imigisha.7Bagenda bagwiz'imbaraga, umuntu wese wo muri b'aboneka mu maso y'Imana i Sioni.8Uwitek, Mana nyir'ingabo, umva gusenga kwanjye: Mana ya Yakobo, nteger'ugutwi. Sela.9Mana, ngab'idukingira, reba: witegereze mu maso h'uwo wasize.10Kik'umunsi umwe mu bikari byaw'urut'iyind'igihumb'ahandi. Nakunda guhagarara ku muryango w'inzu y'Imana yanjye, bindutura kuba mu mahema y'abanyabyaha.11Kuk'Uwiteka Imana ar'izuba n'ingab'ikingira; Uwiteka azatang'ubuntu n'icyubahiro: nrazagir'ikintu cyiza yim'abagenda batunganye.12Uwiteka nyir'ingabo. Hahirrw'umunt'ukwiringira.Chapter 85
1Uwiteka, wagiriy'igihumbi cyaw'imbabazi; wagaruy'aba Yakobo bajyanywe hw iminyago.2Wabariye gukiranirwa k'ubgoko bgawe, watwikiriy'ibyaha byabo byose. Sela.3Wtuyeh'umujinya wawe wose. warets'uburakari bgawe bukaze, urabgoroshya.4Mana y'agakiza kacu, utwigarurire, kand'ushir'umujinya waw'utugirira.5Uzaturakarir'Iteka? uzakomez'uburakari bgaw'ibihe byose?6Ntuzagarik'ubgawe, ng'utuzure, kugira ng'ubgoko bgawe bukwishimire?7Uwiteka, utwereke imbabazi zawe, uduh'agakiza kawe.8Reka numv'iby'Imana, Uwiteka, izavuga: kukw izabgir'ubgoko bgayo n'abakunzi bay'amahoro: ariko be kugarukir'ubupfu.9N'ukur'agakiza kayo kari bugufi bg'abanyubaha. Kugira ng'ubgiza (bgayo) bube mu gihugu cyacu.10Imbabazi n'umurava birahuye, gukiranuka n'amahoro birahoberanye.11Umurav'umeze mu butaka, gukiranuka kurebye mw isi kuri mw ijuru.12Kand'Uwiteka azatang'ibyiza: igihugu cyacu kizer'umwero wacyo.13Gukiranuka kuzamubanziriza, kandi kuzahindur'intambge ze inzira yanyurwamo.Chapter 86
1Uwiteka, nteger'ugutwi, unsubize kuko nd'umunyamubabaro n'umukene.2Rindir'umutima wanjye kuko nd'umukunzi wawe: Mana yanjye, kiz'umugaragu waw'ukwiringira.3Mwami, mbabarira kukw ari wowe ntakir'umuns'ukira.4Wishimiriz'umutima w'umugaragu wawe, kukw ari wowe, Mwami, nshururir'umutima.5Kuko wowe, Mwami, uri mwiza, witeguye kubabarira, kandi wuzuy'imbabazi ku bakwa mbaza bose.6Uwiteka, teger'ugutwi gusenga kwanjye.7Ku munsi w'amakuba yanjye no ku w'ibyago byanjye nzakwambaza: kuk'uzasubiza.8Mwami, mu bigirwamana nta gihwanye nawe; kandi nta mirim'ihwanye n'iya we.9Mwami, amahanga yose waremy'azaza, akwikubit'imbere, akuramye: kandi bazahimbaz'izina ryawe.10Kuk'ukomeye kand'ukor'ibitangaza: ni wowe Mana wenyine.11Uwiteka, ujy'unyigish'inzira yawe; nanjye nzajya ngendera mu murava wawe. teraniriza hamw'ibiri mu mutima wanjye ngo wubah'izina ryawe.12Mwami, Man yanjye wose; nzahimbaz'izina ryaw'Iteka ryose.13Kukw imbabaz'ungirir'ari nyinshi; kandi wakijij'ubugingo bganjye, ntibgajy'ikuzimu ko hasi.14Mana, abibone bampagurukiye, iteraniro ry'abanyarugomo ryashats'ubugingo bganjye, batagushyiz'imbere yabo.15Ariko wowe, Mwami, ur'Imana y'ibambe n'imbabazi. Itanda kurakara, ifite kugira neza kwinshi n'umurava mwinshi.16Unkebuke, umbabarire; uh'umugaragu waw'imbaraga zawe, ukiz'umwana w'umuja wawe.17Unyerek'ikimenyetso cy'ibyiza, kugira ngwabanyanga bakirebe bamware; kuko wowe, Uwiteka untabaye, ukammar'umubabaro.Chapter 87
1Urufatiro yashyizeho ruzi ku misozi yera.2Uwiteka akund'amarembo y'i Sioni, akayaritish'ubuturo bgose bg'aba Yakobo.3Wa rurembo rw'Imana we, uvugwahwiby'icyubahiro. Sela.4Nzavuga Rahabu ni Babuloni ko biri mu bammenya. Dore Filisitia n'i Tiro na Etiopia; iyo ni ho bavukiye.5Ni koko, bazavug'iby'i Sioni bati, umuntu wese yavukiyeyo. Kand'isumba byos'ubgay'izahakomeza.6Uwiteka ni yandik'amahanga , azabar'ati: ishyanga naka na naka yavukiy'iyo.7Abaririmbyi bazavuga bati: Amasoko yanjye yos'ari muri wowe. 2Gusenga kwanjye kwinjire imbere yawe: uteger'ugutwi gutaka kwanjye:3Kuk'umutima wanjye wuzuy'imibabaro. Kand'ubugingo bganjye bgegerey'i kuzimu.4Bambarana n'abamanuka bajya muri rwa rwobo; mmeze nk'udafite gitabara.5Nasizwe mu bapfuye, mmeze nk'abishwe baryama mu gituro, ab'utacyibuk'ukundi; kandi batandukanye n'ukuboo kwawe.6Washyize mu rwobo rwo hasi, ahantu h'umwijima h'ikuzimu.7Umujinya waw'uranshikamiye, kandi wambabarishij'umuraba wawe wose. Sela.8Wantandukanije n'abamenyi banjye, ubashyira kure; wangiz'uwo bang'urunuka; ndakingiranywe, simbasha gusohoka.9Mu maso hanjye hananurwa n'umubabaro: Uwiteka, njya ngutakir'uko bukeye, nkakuramburir'amaboko.10Mbes'uzerek'abapfuy'ibitangaza? ibicucu bizazuka bigushime? Sela.11Imbabazi zawe zizavugirw'ikuzimu? cyangwa s'umurava waw'uzavugirwa mw irimbukiro?12Ibitangaza byawe bizamenyekanira mu mwijima? gukiranuka kwawe kuzamenyekanira mu gihugu cyibagiza?13Ariko, Uwiteka, ni wowe ntakira, kandi mu gitondo gusenga kwanjye kuzajya kugusanganira.14Uwiteka, n'iki gitum'ut'ubugingo bganjye? n'iki gitum'umpisha mu maso hawe?15Nahereye mu buto mbabazwa, ndwana n'umutima: ngitewe n'ibitey' ubgoba byawe mpagarik' umutima.16Umujinya wawe w'inkaz' urandengeye; ibitey' ubgoba byawe birantsembye.17Byangose nk'amazi, umuns' urira; byanzengukiye byos' icyarimwe.18Abakunzi banjye n'inshuti zanjye wabatandunirije kure yanjye, abamenyi banjye bagiye mu mwijima.Chapter 89
1Nzaririmb' itek'imbabazi z'Uwiteka; ab'ibihe byose nzabamenyesh' umurava wawe n'akanwa kanjye,2Kuko navuzze nti, Imbabazi zizakomwzw'iteka, no mw ijur' ubgoho, uzahashimangir' umurava wawe.3Nasezerany' isezerano n'uwo natoranije, narahiye Dawidi umugaragu wanjye: 4Nti, nzashimangir' urubyaro rwaw' iteka, intebe yawe y'ubgami nzayikomeza, ukagez' ibihe byose.5Uwiteka, ijuru rizashim' ibitangaza byawe; umurava waw' uzashimirwa mw iteraniro ry'abera.6Ni nde wo mw ijuru wagereranywa n'Uwiteka? ni nde wo mu bana b'Imana uhwanye n'Uwiteka?7Ni we Mana itey' ubgoba bginshi mu rukiko rw'abera, ni yo gutinywa kurush' abayikikije bose.8Uwiteka, Mana nyir'ingabo, ni nde munyambaraga, uhwanye naw, Uwiteka? umurava waw' urakugos' impande zose.9Ni wow' utegeka kwihinduriza kw'inyanja: iy' umuraba way' uhagurutse, urawuturisha.10Ni wowe wamenaguye Rahabu, imeze nk'uwishwe: watatanishij' ababisha baw'ukuboko kw'imbaraga zawe.11Ijuru n'iryawe, isi na yo n'iyawe: isi n'ibiyuzuye, ni wowe wabishimangiye.12Ikasikazi n'ikusi ni wowe waharemye: itaburo n'i Herumoni hishimir' izina ryawe.13Ufit' ukoboko kw'imbaraga, ukuboko kwawe kw' iburyo gushyizwe hejuru.14Gukiranuka no guc'imanza zitabera n'imfatiro z'intebe yawe: imbabazi n'umurava birakubaanziriza.15Hahirw' ishyanga riz' ijwi ry'impundu, Uwiteka, rigendera mu mucyo wo mu maso hawe.16Bishimir' izina ryaw' umuns' ukira: kandi gukiranuka kwawe ni ko kubashyirisha hejuru.17Kuk' ur' icyubahiro cy'imbaraga zabo: imababazi zawe ni zo zizashyirisha hejur' ihembe ryacu.18Kikw ingab' idukingir' ar' Uwiteka; Umwami wac' ar' Uwera w'abasiraeli.19Cya gihe wabgiriy' abakunzi bawe mu byo beretswe, uti: mpay' umunyabaraga gufasha kwanjye, nshyize hejur' uwatoranijwe mu bantu.20Mbonye Dawidi umugaragu wanjye, mmusiz' amavuta yanjye yera: 21Ikiganza cyanjye kizajya kibana nawe, ukuboko kwanjye kuzamukomeza.22Umwanzi we ntazamutungura: kand' umunyabyaha ntazamugirira nabi.23Nanjye nzakubit' ababisha be bagw' imbere ye, nzakubit' abamwanga.24Arik' umurava wanjye n'imbabazi zanjye bizabana nawe; kand' izina ryanjye rizashyirisha hejur'ihembe rye.25Nzashyir' inyanja mu ntoke ze, n'inzuzi mu kuboko kwe kw'iburyo.26Azantakir' ati, ni wowe data, Imana yanjye, igitare cy'agakiza kanjye.27Kandi nzamuhindur' impura yanjye, asumb' abandi bami bo mw isi.28Namubikir' imbabazi zanjy'iteka ryose, isezerano ryanjye rizakomeza kuri we.29Kandi nzaramish' urubyaro rwa, iteka ryose, nzaramish' intebe ye y'ubgami nk'iminsi y'ijuru.30Nib' abana be bazarek' amategeko yanjye, ntibagendere mu byo nategetse;31Niba bazaca, mu mateka yanjye, ntibitonder' amategeko yanjye;32Ni bgo nzahoresh' ibicumuro byab' inkoni, no gukiranirwa kwabo nzaguhoresha kubakubita.33Ariko sinzamukuraho rwos' imbabazi zanjye, sinzivuguruz' umurava wanjye.34 Sinzic' isererano ryanjye, sinzahindur ijambo ryavuye mu kanwa kanjye.35Igihe kimwe narahiye kwera kwanjye; sinzabeshya Dawidi;36Urubyaro rwe ruzaram' iteka, intebe ye y'ubgam' izarama nk'izub'imbere yanjye.37Izakomezw' iteka ryose nk'ukwezi; mw ijuru harih' ubihamya wo kwizerwa.38Ariko, ubgawe wataye kure uwo wasize, uramureka, wamugiriy' umujinya.39Wanz' urunuk' isezerano ry'umugaragu wawe, wahumanishij' ikamba rye kurijugunya hasi. 40Wagushij' inkike ze zose; washenye ibihome bye.41Abahisi bose baramunyaga: abaye igitutsi ku baturanyi be. 42Washize hejuru ukuboko kw'iburyo kw'ababisha be, wishimishije abanzi be bose. 43Ni koko, usubiza inyuma ubugi bw'inkota ye, kandi ntiwamuhaye guhagarara ashikamye mu ntambara.44Wamazeho ubwiza bwe, wajugunye intebe ye y'ubwami hasi. 45Wagambanije iminsi y'ubusore bwe, wamwambitse isoni.46Uwiteka uzageza he kwihisha iteka? umujinya wawe uzageza he kwaka nk'umuriro? 47Ibuka ko ndi uw'igihe gito: erega abana b'abantu bose wabaremeye ubusa!48Ninde uzarama ntapfe, agakiza ubugingo bwe ukuboko kw'ikuzimu?49Mwami, imbabazi zawe za kera ziri he, warahiye Dawidi kubwo umurava wawe? 50Mwami, ibuka ibitutsi batutse abagaragu bawe, uko niyumanganya mu mutima ibyo amahanga yose uko ari menshi. 51Uwiteka, ibuka ibitutsi by'abanzi bawe; batutse intambwe z'uwo wasize.52Uwiteka ahimbazwe iteka ryose, Amenm kandi Amen.Chapter 90
1Mwami, wabeye ubwihisho bwacu ibihe byose, 2Hambere yuko imisozi yoremwa, utari warema isi n'ubutaka, utangiriye ibihe byose no kugeza ibihe, uri Mana.3Usubizaga abantu mu m' umucucu; kandi ukagamba ngo: Mwewe mukomotse ku bantu, musubiremo. 4Kuko urebaga imyaka igihumbi ngaho ari ejo , cangwa ngaho ari igicuku co mu joro.5Ubibizaga nk'isuri, bamerire nk'itiro, mu gitondo bakamera nk'ubunyasi birigushibuka. 6Mu gitondo burameraga, bukaguruka, k' umugoroba bukapoteza ububonere, hanyuma bukuma.7M' ukuri uburakari bwa wowe bwatumazeho, umujinya gwa wowe gurikudutitiza. 8Washije ububi bwacu hambere yawe, n'ibyaha byacu byahishwe wabishije m' umuco go mu maso ga wowe.9Kuko iminsi yacu yose ishije tukiri m' umujinya gwa wowe, imyaka zacu tuzirangizaga ngo guhumbya. 10imyaka zacu ku si ni mirongo irindwi, cangwa mirongo munane tubeye dutinze, kandi ibihe byizaby' amaisha gacu gujwiyemo ibibazo n' amaganya. Kandi zitambukaga vuba, zirikuguruka.11Ni nde womenya ingufu zo kurakara kwa wowe? Ni nde wiji umujinya gwa wowe? Ni nde wiji uko ukwiriye kubahwa? 12Twigishe kubara imisi yacu, kugira ngo dukurire m' mbwenye bwa wowe. 13Uhoragaho, Reba hanyuma. Kuki utinze? Ukageze giheki? Girira impuhwe abakozi ba wowe14Duhagishe urukundo rwa wowe rudashiraga mu gitondo kugira ngo tubeho turikwishima kandi tunezerewe mu misi yacu yo hanyuma. 15Duhereze ibyishimo bingana n'imisi tubeye mu mibabaro, n'imyaka twabwenyemo ibyago. 16Wemerere abakozi kubona into wakorire, wemere abanzi wazeye kubona ubukurunbwa wowe.17Iyoba ububonere bw'Uhoragaho, Imana bwoba kuri twewe, iyoba wokomeza akazi k'intoke zacu, ukomeze ibyo twakoreshe amabako gacu.Chapter 91
1Uwihishe mu mahema g'Isumba byose, akahore mu gicucu cy' shobweye byose. 2Nkabwire Uhoragaho ngo: Uri ubwihisho bwa nyowe, uri igikuta co kunkinga abanzi, uri Imana ya nyowe niringiraga.3Kuko Ni we ukagukure m' umutego g' umuhizi, na mugiga yo kugahura. 4Akakwambike ubwoya bwe, kandi ukahungire musi y'amababa ge; kwizerwa kwe n'ingabo yo kundinda.5Ndo ukatitizwe mu joro, cangwa umwambi gugendaga m' umutaga, 6cangwa mugiga igendera mu muyobe, cangwa indwara yo gutsemba ku mutaga saha sita. 7Abantu igihumbi bakagwe iruhande rwa wowe, abantu akangari bakagwe m' uburyo bwa wowe; ariko ndo bakagukoreho.8Ukabarebe n' amaso gawe gusa, ukabone ibihano by' ababi. 9Kuko ari weho buhungiro bwa nyowe. Ubeye ugize Uhoragaho ubuhungiro bwa wowe, ukagira Isumba byose ubwihisho bwa wowe,10Ikibi ndo kikakugereho, kandi nta cago kikagere back y'ihema rya wowe. 11Kuko akagutumire malaika ze kugucunga, no kukurinda mu nzira za wowe zose.12Bakakupanishe n' amaboko gabo ngo were gusitara ku kibuye. 13Uknyatishe ibirenge by wowe intare na kabra, ukatubure utwana tw'intare n'ibiyoka.14Kuko yankunze ubutagira umwisho, nico kikatume namukiriza; nkamumenyeshe ku bantu kubera ko yagumye kunyumvira. 15Abeye ampamageye, na nyowe ngamwitabe, ngahore nawe mu makuba no mu byago; ngamutsindishe no kumyubahisha. 16Ngamuhagishe imisi mireyi, no kumwereka agakiza ka nyowe.Chapter 92
1Ni byiza gushim' Uwiteka, no kuririmbir' izina ryaw' ishimwe, usumba byose:2Kwerekan' imbabazi zawe mu gitondo, n'umurava waw' uko bgije,3Tubgir' inanga y'imirya cumi na nebelu, tubgirish' inang' ijwi ry'uwibgira.4Kuko wowe, Uwiteka, wanyishimishije n'umurimo wakoze: nzavugishw' impundu n'imirimo y'intoke zawe.5Uwiteka, ereg' imirimo wakoz' irakomeye, iby' utekereza bifit' uburebure bg'ikijiyepfo.6Umunt' umeze nk'inka ntaz' ibi; umupfu ntabimenya; 7Iy' abanyabyaha barutse nk'ibyatsi; kand' inkozi z'ibibi zos' iyo zeze, n'ukugira ngo barimbuk' iteka:8Ariko wowe, Uwiteka, ushyizwe hejur' iteka ryose.9Dor' abanzi bawe, Uwiteka, dor' abanzi bawe bazarimbuka; inkozi z'ibibi zose zizatatanywa.10Ariko washyize hejur' ihembe ryanjye nk'iry'imbogo, nzizw' amavuta mashya.11Kand' ijisho ryanjye yumvis' ibyo nshakir' abanyabyaha bampagurukiye.12Umukiranuts' azashisha nk'umukindo, azashyirwa hejuru nk'umwerezi w'i Lebanoni. 13Ubgo batewe mu rugo rw' Uwiteka, bazashishira mu bikari by'Imana yacu.14Bazagumya kwera no mu busaza; bazagir' amakakama menshi n'itoto; 15Kugira ngo byerekane yuk' Uwiteka atunganye; ni we gitare cyanjye, ntarimo gukiranirwa na guke.Chapter 93
1Uwiteka ari ku ngoma, yambay' icyubahiro; Uwiteka arambaye, yikenyej' imbaraga. kand' is' irakomeye, ntibasha kunyeganyega.2Intebe yawe yakomey' uhereye kera, wow' uhoraho wahereye kera kose.3Uwiteka, inzuzi ziteye hejuru, inzuzi ziteye hejur' amajwi yazo: inzuzi zitera hejuru guhorera kwazo.4 Amajwi y'amazi menshi, umurab'ukomeye w'inyanja, Uwiteka uri hejur' abirush' imbaraga.65Ibyo wahamije n'ibyo kwiringirwa cayane; Uwiteka, kwera gukwiriy' inzuyaw' iteka ryose.Chapter 94
1Uwiteka, Mana yo guhor' inzigo, Mana yo guhor' inzigo, rabagirana. 2Wa mucamanza w'abari mw isi we, wishyire hejuru: witur' abibon' ibibakwiriye.53Uwiteka, abanyabyaha bazagezahe, abanyabyaha bazageza he kwishima?4Badudubirany' amagambo, bavug' iby'agasuzuguro, inkozi z'ibibi zose zirirarira.5Barikunyanyata abantu ba wowe, babereye agahinda ubwoko be wowe. 6Yarangije abapfazi n' abanyamahanga butuye mu gihugu cabo, barikwita abadafite ba se. 7Barikugamba ngo: Imana ndoho irikubireba, Imana ya Yakobo ndoho yobimenya.8Mwa bameze nk'inka mwa e bo mu bantu, mwite kur'ibi; mwa bapfu mwe, muzagir' ubgenge ryari? 9Iyashyizeh' ugutwi, ntizumva? iyaremy' ijisho, ntizareba?10None si umuhannyi w' abantu, ndo ari ubikoraga m' ukuri? Uwo niwo uhaga umuntu ubumenyi. 11Imana yiji ibitekerezo by' umuntu, kandi yiji ko ari umuyaga.12 Uwiteka, hahirw' umunt' uhana, ukamwigishish' amategeko yawe:13Kugira ng' umuruhur' iminsi y'amakuba n'ibyago, kugez' ahw abanyabyaha bazacukurirw' ubushya:14Kuko Imana ndoho ikasige bonyine abantu be, cangwa kwibagirwa abaragwa be. 15Kuko urubanzarwe rukahore ari urwa kweli, kandi abatungenye mu mitima akazikurikize. 16Ni nde ukahagarare ngo ambuze guhana abakozi b' ibibi? Ndo si ukihambadike ngo here guhana ababi?17Atari Imana irikumfasha, mba ndyamire abantu hahorire. 18Igihe nagambye ngo: Igikandagizo ca nyowe kirikunyerera, indagano ya wowe yo kwizerwa, Mana, yamfashije. 1920Mbes' intebe y'abanyarugomo izafatanya nawe, bagir' amategek' urwitwazo rw' igomwa? 21Bateranira guter' ubugingo bg'umukiranutsi, bagacirahw itek' amaras' atarih'urubanza.22Arik' Uwiteka n'igihome kirekire kinkingira, Imana yanjye n'igitare cy'ubuhungiro bganjye.23Kand' izabagaruraho gukiranirwa kwabo, izabarimburira mu byaha byabo, Uwiteka, Imana yacu, izabarimbura.
Chapter 95
1Nimuze, turirimbir' Uwiteka: tuvugiriz' ipund' igitare cy'agakiza kacu.2Tujye mu maso ye tumushima tumuvugiriz' impundu n'indirimbo.3Kuk' Uwiteka ar' Imana ikomeye, n' umwam' ukomeye usumb' ibigirwamana byose.4Ikuzimu hari mu kuboko kwe, kand' impinga z'imisozi na zo n'ize.5Inyanja n'iye, ni we wayiremye: intoke ze ni zo zabumby' ubutaka.6Ni muze, tumuramye twunwmye, dupfukamir' Uwiteka, Umuremyi wacu.7Kukw ari we Mana yacu, natwe tur' abantu b'icyanya cye, tur' intama zo mu kuboko kwe. uyu muns' icyampa mukumv' ijwi rye.8Ntimwinangir' imitima, nkuko mwayinangiriy' i Meriba, no ku munsi w'i Masa mu butayu. 9Ubgo basekuruza wanyu bangeragazaga, bakantata, bakabon' umurimo wanjye.10Narakariy' ab'icyo gih' imyaka mirongwine, ndavuga nti, ubu n'ubgoko buhora buyoba mu mitima yabgo, kandi ntibameny' inzira zanjye.11Ni cyo cyatumye ndahiran' umujinya nti, ntibazinjira mu buruhukiro bganjye.Chapter 96
1Muririmbir' Uwiteka indirimbo nshya:Mwa bari mw isi mwese mwe, muririmbir' Uwiteka. 2Muririmbir' Uwiteka, muhimbaz' izina rye: mwerekan' agakiza ke, uko bukeye.3Mwogez' icyubahiro cye mu mahanga, Imirim' itangaza yakozemuyogeze mu mahanga yose.4Kuk' Uwiteka akomeye, akwiriye gushimwa cyane, kand' atey' ubgoba, arush' ibigirwamana byose.5Kukw ibigirwamana by'amahanga byos' ar' ubusa, ario Uwiteka, ni we waremy' ijuru.6Icyubahiro no gukomera bir' imbere ye, imbaraga n'ubgiza bir' ahera he.7Mwa miryango y'amahanga mwe, mwaturir' Uwiteka, mwaturir' Uwiteka kw afit' icyubahiro n'imbaraga.8Mwaturir' Uwiteka kw izina rye rifit' icyubahiro, muze mu bikari bye muzany' ituro.9Museng' Uwiteka, mwambay' ibyera: mwa bari mw isi mwese mwe, muhindir' umushits' imbere ye. 10Muvugire mu mahanga muti, Uwiteka ari ku ngoma: kand' is' irakomeye, ntibashakunyeganyega; azacir' amahang' imanza zitabera.11Ijuru rinezerwe, isi yishime; inyanj' ihorerane n'biyuzuye.12Ikigarama cyishimane n'ibikirimo byose: ni bg' ibiti byo mw ishyamba bizaririmbishwa n'ibyishimo. 13Imbere y'Uwiteka, kukw agiye kuza, agiye kuza, agacir' abari mw is' imanza. azacir'amahang' imanza zihwanye n'umurava we.Chapter 97
1Uwiteka ari ku ngoma; isi yishime; ibirwa binezerwe, uko bingana.2Ibicu n'umwijima biramukikiza: gukiranuka no guc' imanza zitabera n'imfatiro z'intebe ye.3Umurir' uramubanziriza, ugatwik' ababisha be, impande zose.4Imirabyo ye yamurikiy' isi, ubutaka burabireba, buhind' umushitsi.5Imisoz'iyagira nk'ibimamar' imbere y'Uwiteka, imbere y'Uwmami w'isi yose.6Ijuru rivuga gukiranuka kwe, amahanga yose yareby'ubgiza bge,7Abaseng' ibishushanyo bibajwe bakirat' iby'ubusa, bamware: ibigirwamana byose biramuramya. 8Sioni yarabyumvise, iranezerwa, abakobga ba Yuda bishimishwa n'imanza zawe zitabera, Uwiteka.9Kuko wowe, Uwiteka, usumba byose, ugategek'isi yose, ushyizwe hejuru cyane y'ibigirwa mana byose.10Mwa bakund' Uwiteka mwe, mwang' ibibi: arinda ubugingo bg'abakunzi be; abakiz' amaboko y'abanyabyaha.11Umucy' ubibirwa umukiranutsi, umunezer' ubibirw' abafit' imitim'itunganye.12Mwa bakiranutsi mwe, mwishimir' Uwiteka: kandi mushim' izina rye, ni rye rwibutso rwo kwera kwe.Chapter 98
1Muririmbir' Uwiteka indirimbo nshya: kuo yakoz' ibitangaza: ikiganza cye cy'iburyo n'ukuboko kwe kwera yabizanisij' agakiza.2Uwiteka yamenyekanishij' agakizake: gukiranuka kwerekenye ku mugaragaro mu maso y'amahanga.3Yibuts' imbabazi ze n'umurava we, kubigirir' inzu y'Abisiraeli: abo ku mpera y'isi hose bareby' agakiza k'Imana yacu.4Mwa bari mw isi mwese mwe, muvugiriz' Uwiteka impundu: musandure, muririmbishwe n'ibyishimo, muririmb' ishimwe.5Muririmbir' Uwiteka ishimwe, mu bgir' inanga; mubgir' inanga, muririmb' indirimbo.6Muvugiriz' impund' imbere y'Umwami, Uwiteka, n'impanda n'ijwi ry'ihembe.7Inyanj' ihorerane n'ibiyuzuye; n'isi n'abayibamo bose; 8Inzuzi zikome mu mashyi, imisoz' iririmbire hamwe, iririmbishwe n'ibyishimo, 9Imbere y'Uwiteka, mw is' imanza: azacir' abari mw is' imanza zitabera azacir' amahang' imanza zitunganye.Chapter 99
1Uwiteka ari ku ngoma; amahang' ahinz' imishitsi: yicaye ku bakerubi; is' iranyeganyega.2Uwiteka muri sioni arakomeye; kand' ari hejuru y'amahanga yose.3Bashime izina ryawe rikomeye ritey' ubgoba: ni we wera.4Imbaraga z'umwami zikund' imanza zitabera, ni wow' ukomez' ibitunganye. imanza zitabera no gukiranuka ni wow' ubikorera mu ba Yakobo. 5Mushyire hejur' Uwiteka Imana yacu, kandi musenger' imbere y'intebe y'ibirenge bye: ni we wera.6Mose na Aroni bo mu batambyi be, na Samueli wo mu bambazag'izina rye, bambazag' Uwiteka, akabasubiza.7Yababgiriraga mu nkingi y'igicu, bakitonder' ibyo yahamije n'amategeko yabategetse.8Uwiteka, Mana yacu, warabasubizaga: war' Imana ibababarira, nubgo wabahorag' ibyo bakoraga.9Mushyire hejur' Uwiteka, Imana yacu, musengere ku musozi we wera: kuk' Uwiteka, Imana yacu, ar' uwera.